{"id":41749,"date":"2021-06-12T00:16:17","date_gmt":"2021-06-11T22:16:17","guid":{"rendered":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=41749"},"modified":"2021-06-12T00:16:40","modified_gmt":"2021-06-11T22:16:40","slug":"kagame-ariyama-abafatanyabikorwa-bashyigikira-abahungabanya-umutekano","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kagame-ariyama-abafatanyabikorwa-bashyigikira-abahungabanya-umutekano\/","title":{"rendered":"Kagame Ariyama &#8220;Abafatanyabikorwa&#8221; Bashyigikira Abahungabanya Umutekano"},"content":{"rendered":"\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Perezida w&#8217;u Rwanda Paul Kagame arasaba inzego zibishinzwe muri minisiteri y&#8217;ingabo gukemura ikibazo cy&#8217;ikoranabuhanga avuga ko kigaragara muri gahunda zo kurinda umutekano. Yababuriye ko niyongera gusanga ibyo bibazo bitarakemuka, ababishinzwe bazahura n&#8217;akaga.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Mu ijambo yagejeje ku bari bitabiriye umuhango wo gusoza amasomo mu by\u2019umutekano ku ishuli ryigisha ibya gisirikare rya Nyakinama mu majyaruguru y&#8217;u Rwanda, Perezida Paul Kagame yibukije ko muri rusange bafite inshingano zikomeye zibategereje zo kurinda umutekano w\u2019igihugu. Yavuze ko byose bisaba gusesengura imiterere y\u2019isi igenda ihindagurika kandi ifite icyo abona nk\u2019ubusumbane.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Ku musanzu Perezida Kagame yasabye abarangije amasomo mu by\u2019umutekano urarebana no guhindura imyumvire muri bo ubwabo babanje kumenya uko igihugu kimeze aho cyavuye n\u2019aho cyifuza kugana. Muri uyu muhango Perezida Kagame yavuze ko n\u2019ubwo amasomo atangwa yewe n\u2019imyitozo mu by\u2019umutekano hakiri icyuho kinini kubijyanisha n\u2019imikoreshereze y\u2019ikoranabuhanga.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Kuva hagati mu mwaka wa 2018 hakunze kumvikana ibitero mu bice bitandukanye by\u2019u Rwanda. Nta muntu ku giti cye mu bakekwaho gushaka guhungabanya umutekano nta n\u2019igihugu mu bikekwaho gufasha abarwanya u Rwanda Perezida Kagame yigeze atomora mu mazina<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Gusa, mu mvugo y\u2019amarenga yumvikanye avuga ko ku bufatanye n\u2019&#8221;abafatanyabikorwa&#8221;, bashyira hamwe mu rwego rwo kurinda umutekano. Ku rundi ruhande, Perezida kagame avuga ko abo &#8220;bafatanyabikorwa&#8221; basubira inyuma bagafasha abashaka guhungabanya umutekano w\u2019igihugu.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Perezida Kagame yasabye &#8220;abafatanyabikorwa&#8221; guhagarika gutera inkunga abashaka guhungabanya umutekano. Kuri iyi nshuro iri shuli rikuru rya gisirikare rya Nyakinama mu karere ka Musanze ryasohoye abanyeshuli 47 barimo abasirikare 44 bo ku rwego rwa Colonel na Major n\u2019abapolisi batatu. Muri bo 29 Kaminuza y\u2019u Rwanda yabahaye impamyabumenyi yo mu cyiciro cya gatatu cya Kaminuza (Masters Degree) mu bijyanye no gucunga umutekano.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Muri rusange bose mu barangije i Nyakinama abakuriye ishuli bavuga ko bahakuye ubumenyi mu masomo ajyanye no gucunga umutekano mu buryo bwagutse, uburyo bwo gutegura no kurwana intambara ndetse n\u2019uburyo bwo guhangana n\u2019icyo ari cyo cyose gishobora guhungabanya umutekano w\u2019igihugu.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">VOA<\/p>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-embed is-type-video is-provider-youtube wp-block-embed-youtube wp-embed-aspect-16-9 wp-has-aspect-ratio\"><div class=\"wp-block-embed__wrapper\">\n<iframe loading=\"lazy\"  id=\"_ytid_44641\"  width=\"640\" height=\"360\"  data-origwidth=\"640\" data-origheight=\"360\" src=\"https:\/\/www.youtube.com\/embed\/KisJJoArERY?enablejsapi=1&#038;autoplay=0&#038;cc_load_policy=0&#038;cc_lang_pref=&#038;iv_load_policy=1&#038;loop=0&#038;modestbranding=0&#038;rel=1&#038;fs=1&#038;playsinline=0&#038;autohide=2&#038;theme=dark&#038;color=red&#038;controls=1&#038;\" class=\"__youtube_prefs__  epyt-is-override  no-lazyload\" title=\"YouTube player\"  allow=\"accelerometer; autoplay; clipboard-write; encrypted-media; gyroscope; picture-in-picture\" allowfullscreen data-no-lazy=\"1\" data-skipgform_ajax_framebjll=\"\"><\/iframe>\n<\/div><\/figure>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Perezida w&#8217;u Rwanda Paul Kagame arasaba inzego zibishinzwe muri minisiteri y&#8217;ingabo gukemura ikibazo cy&#8217;ikoranabuhanga avuga ko kigaragara muri gahunda zo kurinda umutekano. Yababuriye ko niyongera gusanga ibyo bibazo bitarakemuka, ababishinzwe bazahura n&#8217;akaga. Mu ijambo yagejeje ku bari bitabiriye umuhango wo gusoza amasomo mu by\u2019umutekano ku ishuli ryigisha ibya gisirikare rya Nyakinama mu majyaruguru y&#8217;u Rwanda, [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":41750,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[30],"tags":[],"class_list":["post-41749","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-rwanda"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>Kagame Ariyama &quot;Abafatanyabikorwa&quot; Bashyigikira Abahungabanya Umutekano - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kagame-ariyama-abafatanyabikorwa-bashyigikira-abahungabanya-umutekano\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Kagame Ariyama &quot;Abafatanyabikorwa&quot; Bashyigikira Abahungabanya Umutekano - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Perezida w&#8217;u Rwanda Paul Kagame arasaba inzego zibishinzwe muri minisiteri y&#8217;ingabo gukemura ikibazo cy&#8217;ikoranabuhanga avuga ko kigaragara muri gahunda zo kurinda umutekano. Yababuriye ko niyongera gusanga ibyo bibazo bitarakemuka, ababishinzwe bazahura n&#8217;akaga. Mu ijambo yagejeje ku bari bitabiriye umuhango wo gusoza amasomo mu by\u2019umutekano ku ishuli ryigisha ibya gisirikare rya Nyakinama mu majyaruguru y&#8217;u Rwanda, [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kagame-ariyama-abafatanyabikorwa-bashyigikira-abahungabanya-umutekano\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2021-06-11T22:16:17+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2021-06-11T22:16:40+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/06\/Skjermbilde-2021-06-12-kl.-00.14.49.png\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"663\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"462\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/png\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kagame-ariyama-abafatanyabikorwa-bashyigikira-abahungabanya-umutekano\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kagame-ariyama-abafatanyabikorwa-bashyigikira-abahungabanya-umutekano\/\",\"name\":\"Kagame Ariyama \\\"Abafatanyabikorwa\\\" Bashyigikira Abahungabanya Umutekano - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kagame-ariyama-abafatanyabikorwa-bashyigikira-abahungabanya-umutekano\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kagame-ariyama-abafatanyabikorwa-bashyigikira-abahungabanya-umutekano\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/06\/Skjermbilde-2021-06-12-kl.-00.14.49.png\",\"datePublished\":\"2021-06-11T22:16:17+00:00\",\"dateModified\":\"2021-06-11T22:16:40+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kagame-ariyama-abafatanyabikorwa-bashyigikira-abahungabanya-umutekano\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kagame-ariyama-abafatanyabikorwa-bashyigikira-abahungabanya-umutekano\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kagame-ariyama-abafatanyabikorwa-bashyigikira-abahungabanya-umutekano\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/06\/Skjermbilde-2021-06-12-kl.-00.14.49.png\",\"contentUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/06\/Skjermbilde-2021-06-12-kl.-00.14.49.png\",\"width\":663,\"height\":462},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kagame-ariyama-abafatanyabikorwa-bashyigikira-abahungabanya-umutekano\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Kagame Ariyama &#8220;Abafatanyabikorwa&#8221; Bashyigikira Abahungabanya Umutekano\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Kagame Ariyama \"Abafatanyabikorwa\" Bashyigikira Abahungabanya Umutekano - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kagame-ariyama-abafatanyabikorwa-bashyigikira-abahungabanya-umutekano\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Kagame Ariyama \"Abafatanyabikorwa\" Bashyigikira Abahungabanya Umutekano - Umunyarwanda","og_description":"Perezida w&#8217;u Rwanda Paul Kagame arasaba inzego zibishinzwe muri minisiteri y&#8217;ingabo gukemura ikibazo cy&#8217;ikoranabuhanga avuga ko kigaragara muri gahunda zo kurinda umutekano. Yababuriye ko niyongera gusanga ibyo bibazo bitarakemuka, ababishinzwe bazahura n&#8217;akaga. Mu ijambo yagejeje ku bari bitabiriye umuhango wo gusoza amasomo mu by\u2019umutekano ku ishuli ryigisha ibya gisirikare rya Nyakinama mu majyaruguru y&#8217;u Rwanda, [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kagame-ariyama-abafatanyabikorwa-bashyigikira-abahungabanya-umutekano\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2021-06-11T22:16:17+00:00","article_modified_time":"2021-06-11T22:16:40+00:00","og_image":[{"width":663,"height":462,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/06\/Skjermbilde-2021-06-12-kl.-00.14.49.png","type":"image\/png"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kagame-ariyama-abafatanyabikorwa-bashyigikira-abahungabanya-umutekano\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kagame-ariyama-abafatanyabikorwa-bashyigikira-abahungabanya-umutekano\/","name":"Kagame Ariyama \"Abafatanyabikorwa\" Bashyigikira Abahungabanya Umutekano - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kagame-ariyama-abafatanyabikorwa-bashyigikira-abahungabanya-umutekano\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kagame-ariyama-abafatanyabikorwa-bashyigikira-abahungabanya-umutekano\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/06\/Skjermbilde-2021-06-12-kl.-00.14.49.png","datePublished":"2021-06-11T22:16:17+00:00","dateModified":"2021-06-11T22:16:40+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kagame-ariyama-abafatanyabikorwa-bashyigikira-abahungabanya-umutekano\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kagame-ariyama-abafatanyabikorwa-bashyigikira-abahungabanya-umutekano\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kagame-ariyama-abafatanyabikorwa-bashyigikira-abahungabanya-umutekano\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/06\/Skjermbilde-2021-06-12-kl.-00.14.49.png","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/06\/Skjermbilde-2021-06-12-kl.-00.14.49.png","width":663,"height":462},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kagame-ariyama-abafatanyabikorwa-bashyigikira-abahungabanya-umutekano\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Kagame Ariyama &#8220;Abafatanyabikorwa&#8221; Bashyigikira Abahungabanya Umutekano"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/41749","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=41749"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/41749\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":41751,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/41749\/revisions\/41751"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/41750"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=41749"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=41749"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=41749"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}