{"id":41771,"date":"2021-06-12T06:10:01","date_gmt":"2021-06-12T04:10:01","guid":{"rendered":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=41771"},"modified":"2021-06-12T06:40:15","modified_gmt":"2021-06-12T04:40:15","slug":"leta-ya-kigali-yongeye-kotswa-igitutu-cyo-kurekura-paul-rusesabagina","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-ya-kigali-yongeye-kotswa-igitutu-cyo-kurekura-paul-rusesabagina\/","title":{"rendered":"Leta ya Kigali yongeye kotswa igitutu cyo kurekura Paul Rusesabagina"},"content":{"rendered":"\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Yanditswe na <strong>Arnold Gakuba<\/strong><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\"><em>Imiryango iharanira uburenganzira bwa muntu irimo na Leta zitandukanye zongeye gusaba Leta ya Kigali ko yarekura Bwana Paul Rusesabagina. Imiryango\u00a0 iharanira Uburenganzira bwa muntu irimo \u201cEdelstam Foundation\u201d\u00a0 yandikiye Perezida Paul Kagame imusaba ko yarekura Paul Rusesabagina washimutswe akaba amaze iminsi irenga 260 afunzwe ku buryo butemewe n\u2019amategeko,\u00a0 umuryango \u201cLantos Foundation\u201d wo urasabira kandi ibihano Abategetsi 2 b&#8217;u Rwanda kubera ikibazo cya Paul Rusesabagina naho Leta y\u2019Ububiligi yo iringinga Leta y\u2019U Rwanda ngo yohereze Paul Rusesabagina mu Bubiligi; naho Urugaga rw\u2019Abavoka b\u2019Uburayi \u201cEuroperan Bars Federation\u201d\u00a0 narwo rushyigikiye ko uburenganzira bwa Paul Rusesabagina bwubahirizwa.\u00a0<\/em><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Kuri uyu wa kabiri tariki ya 8 Kamena 2021, komite ishinzwe ububanyi n\u2019amahanga y\u2019Inteko y\u2019U Bubiligi yemeje icyifuzo cy\u2019icyemezo cyatanzwe na Perezida wayo Els Van Hoof gisaba guverinoma gutangiza ibiganiro n\u2019u Rwanda ku bijyanye no gutaha kwa Paul Rusesabagina, ubu uburanishirizwa\u00a0 i Kigali. Iyo komite iranenga cyane ubutegetsi bwa Perezida Kagame bwashimuse Bwana Paul Rusesabagina wabaga mu buhungiro kuva muri 1996 muri Amerika no mu Bubiligi akaba yaratawe muri yombi mu mpera za Kanama 2020 na polisi y\u2019u Rwanda i Kigali mu buryo budasobanutse, igihe indege yibwiraga ko imujyanye i Burundi yamugejeje i Kigali. We n&#8217;abamwunganira, barimo Umubiligi Vincent Leurquin, baramagana ibyakozwe na Leta y\u2019u Rwanda bakavuga ko ari &#8220;<strong><em>ugushimutwa<\/em><\/strong>&#8220;.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Umuryango Edelstam Foundation ufite icyicaro i Stockholm mu gihugu cya Sweden wo uravuga ko Paul Rusesabagina yafashwe nta cyemezo mpuzamahanga cyo kumuta muri yombi. Ikindi kandi Leta y&#8217;u Rwanda yagiye ihonyora uburenganzira bwe burimo kumwica urubozo no kumubuza kunganirwa. Uwo muryango uvuga ko Paul Rusesabagina ari umuntu\u00a0 waharaniye uburenganzira bwa muntu kuva muri jenoside yo mu Rwanda muri 1994. Yamamaye cyane kubera filime \u201cHotel Rwanda\u201d yasohotse muri 2004 ndetse n\u2019igitabo cy\u2019ubuzima bwe cyasohotse 2006. Kuva icyo gihe, Paul Rusesabagina akaba yarakomeje guharanira uburenganzira bwa muntu ndetse anashinga umuryango yise \u2018<strong><em>\u2019Hotel Rwanda Rusesabagina<\/em><\/strong>\u2019\u2019 wo gufasha abahohotewe na jenoside no guteza imbere ibikorwa by&#8217;amahoro mu Rwanda ndetse no ku isi hose. Mu gitabo cye, Bwana Paul Rusesabagina yagiye anenga guverinoma y&#8217;u Rwanda kubera ihohoterwa ry&#8217;uburenganzira bwa muntu, twizera ko aribyo byatumye Leta y&#8217;u Rwanda ishaka kumucecekesha.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Hagati aho, ku itariki ya 7 Kamena 2021 &#8211; Umuryango <em>Lantos Foundation<\/em>  uharanira uburenganzira bwa muntu n\u2019ubutabera watangaje ko washyikirije Minisiteri y\u2019ububanyi n\u2019amahanga ya Leta Zunze Ubumwe z\u2019Amerika ndetse na Minisiteri y\u2019imari ya Leta Zunze Ubumwe z\u2019Amerika ibaruwa isaba ko bafatira ibihano Minisitiri w\u2019ubutabera w\u2019u Rwanda Bwana Johnston Busingye ndetse n\u2019umuyobozi w\u2019ibiro bishinzwe ubugenzacyaha mu Rwanda (RIB) Colonel Jeannot Ruhunga kubera uruhare bagize mu ihohoterwa ry&#8217;uburenganzira bwa muntu ryakorewe Paul Rusesabagina kuva muri Kanama 2020 kugera ubu.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Ku itariki ya 4 Gicurasi 2021, Urugaga rw\u2019Abavoka b\u2019i Burayi \u201cEuroperan Bars Federation\u201d rwibumbiyemo abanyamategeko barenga miliyoni (1,000,000) ruharanira iyubahirizwa ry\u2019amategeko, ukwigenga k\u2019ubucamanza n\u2019uburenganzira bwo kuburanishwa hakurikijwe amategeko rurasaba ko habaho guhuza imbaraga kugirango Paul Rusesabagina agarurwe mu muryango we. Urwo rugaga kandi rurasaba Leta ya Kigali kureka Paul Rusesabagina akunganirwa mu mategeko n\u2019uwo ashaka no kubahiriza ihame ry\u2019uko akiri umwere igihe cyose atarahamywa n\u2019icyaha. Urwo rugaga rukaba rusaba ko Paul Rusesabagina yahita arekurwa agasubira mu murynago we.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\"><strong>Kuregwa ibinyoma<\/strong><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Bwana Rusesabagina aregwa ibyaha icyenda birimo ubwicanyi, ubujura bwitwaje intwaro, ndetse no kurema umutwe w\u2019iterabwoba. Amakuru yasohotse mu kinyamakuru <em>The New York Times<\/em> ku ya 16 Gashyantare 2021, avuga ko ibyo birego bishingiye ku ruhare Bwana Rusesabagina yagize mu micungire y\u2019umutwe wa politiki MRCD. Bitewe n&#8217;uko yagize uruhare mu gushinga MRCD, Leta y&#8217;u Rwanda yemeza ko ari we wari umuyobozi w\u2019umutwe wa FLN; bityo akaba n&#8217;umwe mu bagize uruhare mu bitero by\u2019iterabwoba. Icyakora, nk&#8217;uko byatangajwe na Porofeseri Brian Endless, Umujyanama mukuru muri Fondasiyo ya \u201c<strong><em>Hotel Rwanda Rusesabagina<\/em><\/strong>\u201d, ngo aya mashyaka yombi akora yigenga, kandi Bwana Rusesabagina yinjira muri MRCD hari hashize imyaka ibiri FLN imaze gushingwa. Byongeye kandi, igihe ibitero bivugwa ko byamenyekanye, Bwana Rusesabagina yasabye ko Umuryango w&#8217;Abibumbye wakora iperereza ku byabaye. Vuba aha, ku ya 29 Mata 2021, abatangabuhamya Herman Nsengimana na Marc Nizeyimana, bavuze ko Bwana Rusesabagina atari we wari ukuriye ingabo za FLN. Nk\u2019uko amakuru yasohowe n\u2019urukiko ku ya 29 Mata 2021 ibivuga, abatangabuhamya bavuze ko bahawe amabwiriza na Jenerali Wilson Irategeka.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Umwanzuro w\u2019Inteko y\u2019Ububiligi uramagana ibirego Leta y\u2019U Rwanda irega Bwana Paul Rusesabagina kandi urasaba ko hakorwa iperereza ryigenga ku bikorwa yakorewe kuva yagezwa mu Rwanda. Els Van Hoof yagize ati: &#8220;<em>Iri ni ihohoterwa rikabije ry\u2019amasezerano mpuzamahanga yo kurinda ibura ku gahato. Uburenganzira bwe bwarahungabanijwe cyane<\/em>&#8220;. Yongeyeho ati: &#8220;<em>Niba u Rwanda rudashoboye gutanga ibisabwa kugira ngo rumuburanishe mu buryo buboneye, Ububiligi bugomba gufata ingamba kugira ngo urubanza rucibwe muri icyo gihugu.<\/em>&#8221; Iki cyemezo kandi kirahamagarira u Bubiligi gukora ibishoboka byose kugira ngo bwizeze Paul Rusesabagina uburenganzira bwe bwo kuburanishwa no kumuha ubufasha nk\u2019umuturage w\u2019Ububiligi aho ari muri gereza.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\"><strong>Kurenga ku mategeko ya Nelson Mandela<\/strong><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Amategeko ntarengwa y\u2019Umuryango w\u2019Abibumbye agenga ifungwa, akaba kandi yariswe amategeko ya Nelson Mandela, atangaza ko gufungwa wenyine mu gihe kirenze iminsi 15 ikurikiranye bitemewe. Nk\u2019uko byatangajwe na Kitty Kurth, Umujyanama ushinzwe itumanaho&nbsp; muri Umuryango \u201cHotel Rwanda Rusesabagina\u201d, Kitty Kurth atangaza ko Leta y&#8217;u Rwanda yarenze kuri aya mategeko aho bashyize Bwana Paul Rusesabagina mu kasho wenyine mu gihe kingana n&#8217;iminsi 260 mu masaha 22.5 ku munsi. Byongeye kandi, Bwana Paul Rusesabagina arwaye indwara y\u2019umutima isaba imiti yandikiwe. Nk\u2019uko umuryango we ubitangaza, Ambasade y\u2019Ububiligi yagejeje imiti aho Bwana Paul Rusesabagina yari aherereye muri Nzeri, ariko abayobozi ntibayimuha, ibyo bikaba byashyira ubuzima bwa Bwana Rusesabagina mu kaga gakomeye.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Bwana Paul Rusesabagina ni umwenegihugu w\u2019Ububiligi kandi akaba\u00a0afite uburenganzira buhoraho bwo gutura muri Amerika. Fondasiyo Edelstam ivuga ko hakenewe inkunga y\u2019umuryango mpuzamahanga kubera ihohoterwa rikabije ry\u2019uburenganzira bwa muntu Bwana Paul Rusesabagina arimo gukorerwa. Kubera iyo mpamvu, Fondasiyo Edelstam ubu ivugana na Perezida Kagame mu buryo butaziguye, ibifashijwemo n\u2019umwe mu bagize inama y&#8217;ubutegetsi ya Fondasiyo ya Edelstam, kandi irasaba ko Paul Rusesabagina yarekurwa bidatinze.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Ikigo Lantos cyo kirerekana ko ishimutwa rya\u00a0 Paul Rusesabagina ririmo ubufatanyacyaha bwa Busingye na Ruhunga kandi bikaba bisobanutse neza. Minisitiri Busingye yemeye mu kiganiro kuri televiziyo kuri Al Jazeera muri Gashyantare 2021 ko guverinoma y&#8217;u Rwanda yishyuye indege yatwaye Rusesabagina, imujyanye i Kigali we atabizi. Mu buryo nk&#8217;ubwo, Colonel Ruhunga, nk&#8217;umuyobozi wa RIB, ntiyagenzuye gusa igikorwa cyo gushimuta Rusesabagina, ahubwo yanavuzwe mu nyandiko mvugo ya gereza iherutse avugwa kuba umwe mu bantu babiri basuye Rusesabagina ubwo yari afungiye ahantu  hatazwi mu minsi itatu hagati igihe yashimuswe n&#8217;igihe yashyiriwe ahagaragara ari mu mapingu i Kigali.\u00a0<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\"><strong>Gusabira abayobozi b\u2019u Rwanda ibihano<\/strong><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Perezida wa Fondasiyo Lantos, Dr. Katrina Lantos Swett yagize ati: &#8220;<em>Kuva kera cyane, ibikorwa biteye ubwoba bya guverinoma y&#8217;u Rwanda iyobowe na Paul Kagame byakomeje kuba nta nkurikizi<\/em>.&#8221; Ati: \u201c<em>Muri uru rwego, hari ibimenyetso simusiga byerekana ko Minisitiri Busingye na Koloneli Ruhunga bahohoteye uburenganzira bw&#8217;ibanze bw&#8217;ikiremwamuntu. Igisubizo gikomeye cyatangwa na Leta Zunze Ubumwe z&#8217;Amerika kirakenewe rwose kandi amahanga akomeje kureberera yaba ahaye urwaho Leta y&#8217;u Rwanda ngo ikomeze ihohotere abantu. <\/em>\u201d arangiza agira ati\u201d <em>Tugomba gufata ingamba vuba \u2013 ni ngombwa koherereza ubutumwa Leta y\u2019u Rwanda ubutumwa\u00a0 buyiyama mu guhonyora uburenganzira bwa Paul Rusesabagina. Kandi ingaruka z&#8217;ubwo butumwa zikazaba mbi kuri Leta ya Kigali. <\/em>\u201d<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Yanditswe na Arnold Gakuba Imiryango iharanira uburenganzira bwa muntu irimo na Leta zitandukanye zongeye gusaba Leta ya Kigali ko yarekura Bwana Paul Rusesabagina. Imiryango\u00a0 iharanira Uburenganzira bwa muntu irimo \u201cEdelstam Foundation\u201d\u00a0 yandikiye Perezida Paul Kagame imusaba ko yarekura Paul Rusesabagina washimutswe akaba amaze iminsi irenga 260 afunzwe ku buryo butemewe n\u2019amategeko,\u00a0 umuryango \u201cLantos Foundation\u201d wo [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":37579,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[67],"tags":[],"class_list":["post-41771","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amahanga"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>Leta ya Kigali yongeye kotswa igitutu cyo kurekura Paul Rusesabagina - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-ya-kigali-yongeye-kotswa-igitutu-cyo-kurekura-paul-rusesabagina\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Leta ya Kigali yongeye kotswa igitutu cyo kurekura Paul Rusesabagina - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Yanditswe na Arnold Gakuba Imiryango iharanira uburenganzira bwa muntu irimo na Leta zitandukanye zongeye gusaba Leta ya Kigali ko yarekura Bwana Paul Rusesabagina. Imiryango\u00a0 iharanira Uburenganzira bwa muntu irimo \u201cEdelstam Foundation\u201d\u00a0 yandikiye Perezida Paul Kagame imusaba ko yarekura Paul Rusesabagina washimutswe akaba amaze iminsi irenga 260 afunzwe ku buryo butemewe n\u2019amategeko,\u00a0 umuryango \u201cLantos Foundation\u201d wo [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-ya-kigali-yongeye-kotswa-igitutu-cyo-kurekura-paul-rusesabagina\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2021-06-12T04:10:01+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2021-06-12T04:40:15+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/08\/WhatsApp-Image-2020-08-31-at-13.25.20.jpeg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"1008\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"567\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"6 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-ya-kigali-yongeye-kotswa-igitutu-cyo-kurekura-paul-rusesabagina\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-ya-kigali-yongeye-kotswa-igitutu-cyo-kurekura-paul-rusesabagina\/\",\"name\":\"Leta ya Kigali yongeye kotswa igitutu cyo kurekura Paul Rusesabagina - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-ya-kigali-yongeye-kotswa-igitutu-cyo-kurekura-paul-rusesabagina\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-ya-kigali-yongeye-kotswa-igitutu-cyo-kurekura-paul-rusesabagina\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/08\/WhatsApp-Image-2020-08-31-at-13.25.20.jpeg\",\"datePublished\":\"2021-06-12T04:10:01+00:00\",\"dateModified\":\"2021-06-12T04:40:15+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-ya-kigali-yongeye-kotswa-igitutu-cyo-kurekura-paul-rusesabagina\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-ya-kigali-yongeye-kotswa-igitutu-cyo-kurekura-paul-rusesabagina\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-ya-kigali-yongeye-kotswa-igitutu-cyo-kurekura-paul-rusesabagina\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/08\/WhatsApp-Image-2020-08-31-at-13.25.20.jpeg\",\"contentUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/08\/WhatsApp-Image-2020-08-31-at-13.25.20.jpeg\",\"width\":1008,\"height\":567},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-ya-kigali-yongeye-kotswa-igitutu-cyo-kurekura-paul-rusesabagina\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Leta ya Kigali yongeye kotswa igitutu cyo kurekura Paul Rusesabagina\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Leta ya Kigali yongeye kotswa igitutu cyo kurekura Paul Rusesabagina - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-ya-kigali-yongeye-kotswa-igitutu-cyo-kurekura-paul-rusesabagina\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Leta ya Kigali yongeye kotswa igitutu cyo kurekura Paul Rusesabagina - Umunyarwanda","og_description":"Yanditswe na Arnold Gakuba Imiryango iharanira uburenganzira bwa muntu irimo na Leta zitandukanye zongeye gusaba Leta ya Kigali ko yarekura Bwana Paul Rusesabagina. Imiryango\u00a0 iharanira Uburenganzira bwa muntu irimo \u201cEdelstam Foundation\u201d\u00a0 yandikiye Perezida Paul Kagame imusaba ko yarekura Paul Rusesabagina washimutswe akaba amaze iminsi irenga 260 afunzwe ku buryo butemewe n\u2019amategeko,\u00a0 umuryango \u201cLantos Foundation\u201d wo [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-ya-kigali-yongeye-kotswa-igitutu-cyo-kurekura-paul-rusesabagina\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2021-06-12T04:10:01+00:00","article_modified_time":"2021-06-12T04:40:15+00:00","og_image":[{"width":1008,"height":567,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/08\/WhatsApp-Image-2020-08-31-at-13.25.20.jpeg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"6 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-ya-kigali-yongeye-kotswa-igitutu-cyo-kurekura-paul-rusesabagina\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-ya-kigali-yongeye-kotswa-igitutu-cyo-kurekura-paul-rusesabagina\/","name":"Leta ya Kigali yongeye kotswa igitutu cyo kurekura Paul Rusesabagina - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-ya-kigali-yongeye-kotswa-igitutu-cyo-kurekura-paul-rusesabagina\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-ya-kigali-yongeye-kotswa-igitutu-cyo-kurekura-paul-rusesabagina\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/08\/WhatsApp-Image-2020-08-31-at-13.25.20.jpeg","datePublished":"2021-06-12T04:10:01+00:00","dateModified":"2021-06-12T04:40:15+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-ya-kigali-yongeye-kotswa-igitutu-cyo-kurekura-paul-rusesabagina\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-ya-kigali-yongeye-kotswa-igitutu-cyo-kurekura-paul-rusesabagina\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-ya-kigali-yongeye-kotswa-igitutu-cyo-kurekura-paul-rusesabagina\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/08\/WhatsApp-Image-2020-08-31-at-13.25.20.jpeg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/08\/WhatsApp-Image-2020-08-31-at-13.25.20.jpeg","width":1008,"height":567},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-ya-kigali-yongeye-kotswa-igitutu-cyo-kurekura-paul-rusesabagina\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Leta ya Kigali yongeye kotswa igitutu cyo kurekura Paul Rusesabagina"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/41771","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=41771"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/41771\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":41772,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/41771\/revisions\/41772"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/37579"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=41771"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=41771"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=41771"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}