{"id":4213,"date":"2013-10-09T20:28:35","date_gmt":"2013-10-09T18:28:35","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=4213"},"modified":"2013-10-09T20:28:35","modified_gmt":"2013-10-09T18:28:35","slug":"augustin-iyamuremye-ati-rwigema-ashobora-kuba-yari-imfizi-itimirwa","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/augustin-iyamuremye-ati-rwigema-ashobora-kuba-yari-imfizi-itimirwa\/","title":{"rendered":"Augustin Iyamuremye ati: Rwigema ashobora kuba yari imfizi itimirwa"},"content":{"rendered":"<p><strong>Nyuma y\u2019aho kimwe mu bitangazamakuru bikomye hano mu Rwanda gitangarije inkuru z\u2019abana babiri bavuga ko babyawe n\u2019Intwali Maj.Gen Fred Gisa Rwigyema, bamwe mu bakurikiranira hafi Politiki y\u2019u Rwanda batangiye gukeka ko bishobora kuzarangira Fred Gisa Rwigema akuwe ku rutonde rw\u2019Intwali.<\/strong><!--more--><\/p>\n<p>Aba bana bavuga ko ari aba Rwigyema bakaba bavuga ko babayeho bihishe kubera Mukase ( Janet Rwigema) ngo washakaga kubicisha, kandi ko bombi baziranye ko bava indi imwe.<\/p>\n<p>Bavuga ko bafashe icyemezo cyo kwigaragaza, ariko na none bigatera urujijo kuko ikinyamakuru cyasohoraga inkuru za bo bwa mbere cyavugaga ko cyazivanye kuri facebook y\u2019abo bana.<\/p>\n<p>Ikindi cyakomeje gutera urujijo, uretse kuba baravuze ko bagiye kujya ahagaragara nyamara uretse kuri facebook ubu ukaba utamenya aho baba, ni uko uko kujya ahagaragara kwa bo bavuga byabaye mu mataliki yegereza italiki ya 1 Ukwakira 1990, italiki ise bavuga ubabyara yatangirijeho urugamba rwo kubohora u Rwanda.<\/p>\n<p>Umunsi wahoze ufatwa nk\u2019ukomeye nyuma y\u2019aho FPR Inkotanyi ifatiye ubutegetsi, ariko ukaza kuba nk\u2019indi yose nyuma y\u2019aho Umunsi w\u2019Intwali wimuriwe ku ya 1 Gashyantare za buri mwaka.<\/p>\n<p>Ibi byatumye abantu bibaza kuri iri \u201ckinamico\u201d, ndetse batangira gukeka ko Fred Gisa Rwigyema yaba agiye gukurwa ku rutonde rw\u2019Intwali.<\/p>\n<p>Umuryango\u00a0waganiriye n\u2019Umukuru w\u2019Urwego rw\u2019Igihugu Rushinzwe Intwali z\u2019Igihugu, Imidali n\u2019Impeta z\u2019Ishimwe, Hon. Augustin Iyamuremye adutangariza ko kuba Intwali Maj.Gen Fred Gisa Rwigyema yaba yari afite abana yabyaranye n\u2019abandi bagore, atari uwo bashakanye ntaho bihuriye n\u2019ubutwali bwe.<\/p>\n<dl>\n<dt><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignright\" alt=\"JPEG - 41.6 ko\" src=\"http:\/\/www.umuryango.rw\/local\/cache-vignettes\/L400xH466\/Senator-Augustine-Iyamuremye-04778.jpg\" width=\"400\" height=\"466\" \/><\/dt>\n<dt>Yagize ati\u00a0:<i>\u201d Icyo bashingiyeho Rwigyema aba intwali ntaho gihuriye no kuba yaba yarabyaye abana hanze y\u2019umugore we. Icyo bashingiyeho aba Intwali ntikivaho, kereka iyo aba akiriho agahemukira abo bana, nta n\u2019ubwo bakuze ariho\u2026Kuba yaba yaracaga inyuma umugore we n\u2019icyo yagiriwe Intwali ntaho bihuriye, mu buzima ntawe utagira inenge kandi abashakanye basabana imbabazi, nta gihamya iraboneka ko koko abo bana ari abe.\u201d<\/i><\/dt>\n<dt><\/dt>\n<dt><em>(Photo:Hon Augustin Iyamuremye, Umukuru w\u2019Urwego rw\u2019Igihugu Rushinzwe Intwali z\u2019Igihugu, Imidali n\u2019Impeta z\u2019Ishimwe, uyu mugabo ubundi wize ibijyanye n&#8217;ubuhinzi ni umukwe wa Nyakwigendera Dr Sindikubwaho wari umukuru w&#8217;igihugu hagati ya Mata na Nyakanga 1994, uretse ibyo akaba yari \u00a0akuriye inzego z&#8217;iperereza za Leta y&#8217;u Rwanda mbere ya 1994!)<\/em><\/dt>\n<\/dl>\n<p>Hon Iyamuremye akaba yarakomeje avuga ko umuco w\u2019uko\u00a0<i>\u201cImfizi itimirwa\u201d<\/i>(ni ukuvuga ko umugabo ashobora gutera akabariro ku wo ashaka), utangiye gucika mu Rwanda mu bihe bya vuba.<\/p>\n<p>Ati\u00a0:<i>\u201d Rwose mu gihe cya bo kuba umugabo yabyara hanze y\u2019urugo byari ibintu bisanzwe, kandi mu muco wa kera ntibyabarwaga nko kubura ubunyangamugayo, uretse ko n\u2019ubu hari ibihugu byinshi bikemera ko umugabo ashaka abagore benshi\u201d.<\/i><\/p>\n<p>Kugeza ubu abana bavuga ko ari abe yabyaranye n\u2019abagore batari ab\u2019isezerano akaba nta n\u2019umwe urajya ahagaragara cyangwa ngo avugane n\u2019itangazamakuru. Ikinyamakuru cyabivuze bwa mbere kikaba cyaravuze ko cyabivanye kuri facebook, tutirengagije ko rimwe na rimwe ukuri ku makuru abantu batangaza ku mbuga zabo za facebook kuba kugerwa ku mashyi.<\/p>\n<p><strong><em>Source:Umuryango<\/em><\/strong><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Nyuma y\u2019aho kimwe mu bitangazamakuru bikomye hano mu Rwanda gitangarije inkuru z\u2019abana babiri bavuga ko babyawe n\u2019Intwali Maj.Gen Fred Gisa Rwigyema, bamwe mu bakurikiranira hafi Politiki y\u2019u Rwanda batangiye gukeka ko bishobora kuzarangira Fred Gisa Rwigema akuwe ku rutonde rw\u2019Intwali.<\/p>\n","protected":false},"author":4,"featured_media":4214,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[64],"tags":[],"class_list":["post-4213","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amakuru"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v27.8 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Augustin Iyamuremye ati: Rwigema ashobora kuba yari imfizi itimirwa - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/augustin-iyamuremye-ati-rwigema-ashobora-kuba-yari-imfizi-itimirwa\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Augustin Iyamuremye ati: Rwigema ashobora kuba yari imfizi itimirwa - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Nyuma y\u2019aho kimwe mu bitangazamakuru bikomye hano mu Rwanda gitangarije inkuru z\u2019abana babiri bavuga ko babyawe n\u2019Intwali Maj.Gen Fred Gisa Rwigyema, bamwe mu bakurikiranira hafi Politiki y\u2019u Rwanda batangiye gukeka ko bishobora kuzarangira Fred Gisa Rwigema akuwe ku rutonde rw\u2019Intwali.\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/augustin-iyamuremye-ati-rwigema-ashobora-kuba-yari-imfizi-itimirwa\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2013-10-09T18:28:35+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwandan\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwandan\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/augustin-iyamuremye-ati-rwigema-ashobora-kuba-yari-imfizi-itimirwa\\\/#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/augustin-iyamuremye-ati-rwigema-ashobora-kuba-yari-imfizi-itimirwa\\\/\"},\"author\":{\"name\":\"therwandan\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461\"},\"headline\":\"Augustin Iyamuremye ati: Rwigema ashobora kuba yari imfizi itimirwa\",\"datePublished\":\"2013-10-09T18:28:35+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/augustin-iyamuremye-ati-rwigema-ashobora-kuba-yari-imfizi-itimirwa\\\/\"},\"wordCount\":488,\"commentCount\":2,\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/augustin-iyamuremye-ati-rwigema-ashobora-kuba-yari-imfizi-itimirwa\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"\",\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/augustin-iyamuremye-ati-rwigema-ashobora-kuba-yari-imfizi-itimirwa\\\/#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/augustin-iyamuremye-ati-rwigema-ashobora-kuba-yari-imfizi-itimirwa\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/augustin-iyamuremye-ati-rwigema-ashobora-kuba-yari-imfizi-itimirwa\\\/\",\"name\":\"Augustin Iyamuremye ati: Rwigema ashobora kuba yari imfizi itimirwa - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/augustin-iyamuremye-ati-rwigema-ashobora-kuba-yari-imfizi-itimirwa\\\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/augustin-iyamuremye-ati-rwigema-ashobora-kuba-yari-imfizi-itimirwa\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"\",\"datePublished\":\"2013-10-09T18:28:35+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/augustin-iyamuremye-ati-rwigema-ashobora-kuba-yari-imfizi-itimirwa\\\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/augustin-iyamuremye-ati-rwigema-ashobora-kuba-yari-imfizi-itimirwa\\\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/augustin-iyamuremye-ati-rwigema-ashobora-kuba-yari-imfizi-itimirwa\\\/#primaryimage\",\"url\":\"\",\"contentUrl\":\"\",\"width\":200,\"height\":292},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/augustin-iyamuremye-ati-rwigema-ashobora-kuba-yari-imfizi-itimirwa\\\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Augustin Iyamuremye ati: Rwigema ashobora kuba yari imfizi itimirwa\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461\",\"name\":\"therwandan\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g\",\"url\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwandan\"},\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/author\\\/therwandan\\\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Augustin Iyamuremye ati: Rwigema ashobora kuba yari imfizi itimirwa - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/augustin-iyamuremye-ati-rwigema-ashobora-kuba-yari-imfizi-itimirwa\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Augustin Iyamuremye ati: Rwigema ashobora kuba yari imfizi itimirwa - Umunyarwanda","og_description":"Nyuma y\u2019aho kimwe mu bitangazamakuru bikomye hano mu Rwanda gitangarije inkuru z\u2019abana babiri bavuga ko babyawe n\u2019Intwali Maj.Gen Fred Gisa Rwigyema, bamwe mu bakurikiranira hafi Politiki y\u2019u Rwanda batangiye gukeka ko bishobora kuzarangira Fred Gisa Rwigema akuwe ku rutonde rw\u2019Intwali.","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/augustin-iyamuremye-ati-rwigema-ashobora-kuba-yari-imfizi-itimirwa\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2013-10-09T18:28:35+00:00","author":"therwandan","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwandan","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/augustin-iyamuremye-ati-rwigema-ashobora-kuba-yari-imfizi-itimirwa\/#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/augustin-iyamuremye-ati-rwigema-ashobora-kuba-yari-imfizi-itimirwa\/"},"author":{"name":"therwandan","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461"},"headline":"Augustin Iyamuremye ati: Rwigema ashobora kuba yari imfizi itimirwa","datePublished":"2013-10-09T18:28:35+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/augustin-iyamuremye-ati-rwigema-ashobora-kuba-yari-imfizi-itimirwa\/"},"wordCount":488,"commentCount":2,"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/augustin-iyamuremye-ati-rwigema-ashobora-kuba-yari-imfizi-itimirwa\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"","articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/augustin-iyamuremye-ati-rwigema-ashobora-kuba-yari-imfizi-itimirwa\/#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/augustin-iyamuremye-ati-rwigema-ashobora-kuba-yari-imfizi-itimirwa\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/augustin-iyamuremye-ati-rwigema-ashobora-kuba-yari-imfizi-itimirwa\/","name":"Augustin Iyamuremye ati: Rwigema ashobora kuba yari imfizi itimirwa - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/augustin-iyamuremye-ati-rwigema-ashobora-kuba-yari-imfizi-itimirwa\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/augustin-iyamuremye-ati-rwigema-ashobora-kuba-yari-imfizi-itimirwa\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"","datePublished":"2013-10-09T18:28:35+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/augustin-iyamuremye-ati-rwigema-ashobora-kuba-yari-imfizi-itimirwa\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/augustin-iyamuremye-ati-rwigema-ashobora-kuba-yari-imfizi-itimirwa\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/augustin-iyamuremye-ati-rwigema-ashobora-kuba-yari-imfizi-itimirwa\/#primaryimage","url":"","contentUrl":"","width":200,"height":292},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/augustin-iyamuremye-ati-rwigema-ashobora-kuba-yari-imfizi-itimirwa\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Augustin Iyamuremye ati: Rwigema ashobora kuba yari imfizi itimirwa"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461","name":"therwandan","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwandan"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwandan\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/4213","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/4"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=4213"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/4213\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=4213"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=4213"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=4213"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}