{"id":42146,"date":"2021-07-07T23:34:11","date_gmt":"2021-07-07T21:34:11","guid":{"rendered":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=42146"},"modified":"2021-07-07T23:34:14","modified_gmt":"2021-07-07T21:34:14","slug":"ntibakatubeshye-wakwibohora-ute-ushonje","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ntibakatubeshye-wakwibohora-ute-ushonje\/","title":{"rendered":"Ntibakatubeshye wakwibohora ute ushonje?"},"content":{"rendered":"\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Yanditswe na <strong>Frank Steven Ruta<\/strong><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Kuva uku kwezi kwa Karindwi kwatangira kugatangirana n\u2019ingamba zikaze zo kwirinda Coronavirus mu Rwanda, abantu benshi bakomeje kugaragaza ko ingamba ziriho zibasonjesha, ndetse iby\u2019umunsi wo kwibohora bakabyita iby\u2019abahaze n\u2019abagashize.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Umunsi w\u2019ubwigenge tariki ya 01 Nyakanga 2021, wo nta kintu na kiwe cyawurangaga nk\u2019umunsi mukuru, kuko n\u2019ubusanzwe ijambo ubwigenge abategetsi b\u2019u Rwanda rwa none barifata nk\u2019umugani, bakemeza ko ngo u Rwanda rwigenze nyabyo ubwo FPR yafataga ubutegetsi ku ruhembe rw\u2019umuheto tariki ya 04\/07\/1994. Nta nyandiko n\u2019imwe ya Leta mu buryo bweruye cyangwa se ijambo ryaba irya Perezida Kagame cyangwa undi muyobozi ryigeze rikomoza ku bwigenge bw\u2019u Rwanda, habe no kuwifuriza Abanyarwanda.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">N&#8217;ubwo bisanzwe bizwi ko umunsi w\u2019ubwigenge uhurizwa hamwe n\u2019uwo kwibohora, bikizihirizwa rimwe&nbsp; kuwa 04 Nyakanga, hakavugwa gusa ibigwi bya FPR, kwigenga byo bigakomozwaho gato cyane, hagakorwa n\u2019ibirori cyangwa se indi mihango ijyanye n\u2019uyu munsi ufatwa nk\u2019uruta indi yose mu Rwanda rwa none, siko byagenze kuko ubuzima bw\u2019I Kigali bwari bukonje nk\u2019aho nta kintu na gito cyabaye.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">None kuwa 04 Nyakanga 2021, itariki yitiriwe umunsi wo kwibohora,&nbsp; abantu bari biriwe mu ngo zabo kubera Covid19, nta kazi kakozwe, n\u2019ikiruhuko ntikitaweho kuko uretse kuvugwaho cyane ku maradio bumva indirimbo z\u2019ingabo zahoze zitwa inkotanyi, nta kindi gisobanuro uyu munsi wari ufite, kuko wahuriranye no kuba abantu bafite ibindi byinshi kandi bya ngombwa bibahangayikishije.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Tariki ya 04 Nyakanga yo yageze abantu bararushijeho kurakara, kuko bamwe batangiye gusonza, bitewe n\u2019uko imirimo yabo ya nyakabyizi, imwe muri yo ishoboka ari uko indi mirimo nayo ikorwa, ariko ubu bikaba bitemewe, kubera gahunday a Guma Mu Rugo iriho ku bakozi bose bakorera mu biro.&nbsp; Mu bashonje hari abakora amasuku, abagemura aho za ofisi ziri, abakora mu ma restora bagatekera abakozi baba biriwe muri za ofisi n\u2019abandi benshi banyuranye ubu bari gushomera, kandi ubusanzwe babaho ubuzima bw\u2019umunsi ku wundi bita ubwa Mbonabucya cyangwa Mbarubucyeye.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Mu biganiro ku ma radio y\u2019i Kigali (Radio 10, City Radio, Flash FM, SALUS, Radio Huguka, Isango Star), ariko bigaragara ko ubwoba bw\u2019abanyamakuru butatumaga bareka utanze igitekerezo ngo yisanzure agisobanure neza, abantu bahamagara kuri aya ma radio baramutse bavuga ko nta kwibohora gushoboka bashonje, ko nta kwibohora kwashoboka baboheye mu mazu, bityo uyu munsi bakaba bawufata nk\u2019umugani.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Abafundi, abayede, abazunguzayi n\u2019abanyaduconsho, ubu bararebana ay\u2019ingwe n\u2019inzego z\u2019umutekano, kubwo kuba batumva impamvu bari kubuzwa gushaka imibereho yabo ubwabo n\u2019iy\u2019imiryango yabo, mu gihe Abapolisi nabo basigaye birirwa bahiga bukware ababa bazindutse bashakisha, babategeka gusubira mu ngo, cyangwa se bakabapakiza imodoka babajyana gufungirwa mu ma stades, aho bava bishyuye buri wese amafaranga ibihumbi icumi (10000 FRW), bagahabwa inyemezabwishyu yanditseho ko ari ay\u2019umutekano, ay\u2019isuku, cyangwa ikindi cyose kitarimo ijambo Covid19 baba bafatiwe. Hari n\u2019abatagira inyemezabwishyu n\u2019imwe bahabwa, kugeza uyu munsi aho aya mafaranga ajya, ikigega ashyirwamo n\u2019icyo akoreshwa bikaba bitaramenyekana.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Uko abo bazunguzayi n\u2019abandi bafatwa, ni nako hari abibaza impamvu nyakuri za ofisi zafunzwe, kandi bigaragara ko amakoraniro manini nk\u2019amasoko na za gare ari byo bihuza abantu benshi, kandi bikagira ingamba nke hafi ya tazo, zo kwirinda Coronavirus.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Itangazo rya Minisiteri y\u2019Ubuzima rivuga ko kuva ku itariki ya 01 Nyakanga 2021 abazavurirwa kuri \u201cmutuelle de sant\u00e9\u201d ari abamaze kwishyura amafaranga ya 2021\/2022, mu gihe imibare igaragaza ko abayatanze batanagera kuri&nbsp; 30%, bitewe n\u2019ubukene bukabije bukomeje kwiyongera mu miryango.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Amajwi ya benshi mu baturage arahurira ku gusaba Leta ikadohora ikagabanya impamvu zose zituma ubuzima bukomeza kurushaho guhenda, kuko ibiciro ku masoko bikomeje guhanikwa, kandi bakanasaba ko Coronavirus idakomeza kwifashishwa nk\u2019impamvu yo kubaburabuza no kubakenesha.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Yanditswe na Frank Steven Ruta Kuva uku kwezi kwa Karindwi kwatangira kugatangirana n\u2019ingamba zikaze zo kwirinda Coronavirus mu Rwanda, abantu benshi bakomeje kugaragaza ko ingamba ziriho zibasonjesha, ndetse iby\u2019umunsi wo kwibohora bakabyita iby\u2019abahaze n\u2019abagashize. Umunsi w\u2019ubwigenge tariki ya 01 Nyakanga 2021, wo nta kintu na kiwe cyawurangaga nk\u2019umunsi mukuru, kuko n\u2019ubusanzwe ijambo ubwigenge abategetsi b\u2019u [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":24698,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[36],"tags":[],"class_list":["post-42146","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-umuturage"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>Ntibakatubeshye wakwibohora ute ushonje? - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ntibakatubeshye-wakwibohora-ute-ushonje\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Ntibakatubeshye wakwibohora ute ushonje? - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Yanditswe na Frank Steven Ruta Kuva uku kwezi kwa Karindwi kwatangira kugatangirana n\u2019ingamba zikaze zo kwirinda Coronavirus mu Rwanda, abantu benshi bakomeje kugaragaza ko ingamba ziriho zibasonjesha, ndetse iby\u2019umunsi wo kwibohora bakabyita iby\u2019abahaze n\u2019abagashize. Umunsi w\u2019ubwigenge tariki ya 01 Nyakanga 2021, wo nta kintu na kiwe cyawurangaga nk\u2019umunsi mukuru, kuko n\u2019ubusanzwe ijambo ubwigenge abategetsi b\u2019u [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ntibakatubeshye-wakwibohora-ute-ushonje\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2021-07-07T21:34:11+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2021-07-07T21:34:14+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/02\/nyuma-y_umuganda-abaturage-bagiranye-inama-n_abayobozi-717x400.gif\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"717\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"400\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/gif\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ntibakatubeshye-wakwibohora-ute-ushonje\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ntibakatubeshye-wakwibohora-ute-ushonje\/\",\"name\":\"Ntibakatubeshye wakwibohora ute ushonje? - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ntibakatubeshye-wakwibohora-ute-ushonje\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ntibakatubeshye-wakwibohora-ute-ushonje\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/02\/nyuma-y_umuganda-abaturage-bagiranye-inama-n_abayobozi-717x400.gif\",\"datePublished\":\"2021-07-07T21:34:11+00:00\",\"dateModified\":\"2021-07-07T21:34:14+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ntibakatubeshye-wakwibohora-ute-ushonje\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ntibakatubeshye-wakwibohora-ute-ushonje\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ntibakatubeshye-wakwibohora-ute-ushonje\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/02\/nyuma-y_umuganda-abaturage-bagiranye-inama-n_abayobozi-717x400.gif\",\"contentUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/02\/nyuma-y_umuganda-abaturage-bagiranye-inama-n_abayobozi-717x400.gif\",\"width\":717,\"height\":400},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ntibakatubeshye-wakwibohora-ute-ushonje\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Ntibakatubeshye wakwibohora ute ushonje?\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Ntibakatubeshye wakwibohora ute ushonje? - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ntibakatubeshye-wakwibohora-ute-ushonje\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Ntibakatubeshye wakwibohora ute ushonje? - Umunyarwanda","og_description":"Yanditswe na Frank Steven Ruta Kuva uku kwezi kwa Karindwi kwatangira kugatangirana n\u2019ingamba zikaze zo kwirinda Coronavirus mu Rwanda, abantu benshi bakomeje kugaragaza ko ingamba ziriho zibasonjesha, ndetse iby\u2019umunsi wo kwibohora bakabyita iby\u2019abahaze n\u2019abagashize. Umunsi w\u2019ubwigenge tariki ya 01 Nyakanga 2021, wo nta kintu na kiwe cyawurangaga nk\u2019umunsi mukuru, kuko n\u2019ubusanzwe ijambo ubwigenge abategetsi b\u2019u [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ntibakatubeshye-wakwibohora-ute-ushonje\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2021-07-07T21:34:11+00:00","article_modified_time":"2021-07-07T21:34:14+00:00","og_image":[{"width":717,"height":400,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/02\/nyuma-y_umuganda-abaturage-bagiranye-inama-n_abayobozi-717x400.gif","type":"image\/gif"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ntibakatubeshye-wakwibohora-ute-ushonje\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ntibakatubeshye-wakwibohora-ute-ushonje\/","name":"Ntibakatubeshye wakwibohora ute ushonje? - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ntibakatubeshye-wakwibohora-ute-ushonje\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ntibakatubeshye-wakwibohora-ute-ushonje\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/02\/nyuma-y_umuganda-abaturage-bagiranye-inama-n_abayobozi-717x400.gif","datePublished":"2021-07-07T21:34:11+00:00","dateModified":"2021-07-07T21:34:14+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ntibakatubeshye-wakwibohora-ute-ushonje\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ntibakatubeshye-wakwibohora-ute-ushonje\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ntibakatubeshye-wakwibohora-ute-ushonje\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/02\/nyuma-y_umuganda-abaturage-bagiranye-inama-n_abayobozi-717x400.gif","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/02\/nyuma-y_umuganda-abaturage-bagiranye-inama-n_abayobozi-717x400.gif","width":717,"height":400},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ntibakatubeshye-wakwibohora-ute-ushonje\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Ntibakatubeshye wakwibohora ute ushonje?"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/42146","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=42146"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/42146\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":42147,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/42146\/revisions\/42147"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/24698"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=42146"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=42146"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=42146"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}