{"id":42359,"date":"2021-07-23T23:53:51","date_gmt":"2021-07-23T21:53:51","guid":{"rendered":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=42359"},"modified":"2021-07-23T22:14:41","modified_gmt":"2021-07-23T20:14:41","slug":"karasira-mu-rukiko-yifashishije-indirimo-hataka-nyirubukozwemo-ya-kizito-mihigo","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/karasira-mu-rukiko-yifashishije-indirimo-hataka-nyirubukozwemo-ya-kizito-mihigo\/","title":{"rendered":"Karasira mu rukiko yifashishije indirimo \u201cHataka nyir\u2019ubukozwemo&#8221; ya Kizito Mihigo"},"content":{"rendered":"<p>Ubushinjacyaha bwa Leta y&#8217;u Rwanda burasabira bwana Aimable Karasira Uzaramba gufungwa by\u2019agateganyo mu gihe cy\u2019ukwezi mbere y\u2019uko urubanza rutangira kuburanishwa mu mizi. Abamwunganira bo baramusabira gufungurwa by\u2019agateganyo akavuzwa uburwayi bwo mu mutwe. Uyu mugabo araregwa ibyaha bya jenoside no kudasobanura inkomoko y\u2019umutungo. Ibyaha avuga ko bishingiye ku mpamvu za politiki kuko yakunze kumvikana anenga imikorere y\u2019ubutegetsi.<\/p>\n<p>Uru ni urubanza rwabaye hifashishijwe uburyo bw\u2019ikoranabuhanga rya skype mu mugambi wo kwirinda icyorezo COVID-19. Rwatangiranye impaka ndende zasabaga ko rwasubikwa bishingiye kuri raporo ya muganga igaragaza uko ubuzima bwa Aimable Karasira Uzaramba buhagaze. Byarangiye umucamanza ategetse ko inzitizi zose nta shingiro zifite, ategeka ko urubanza ruburanishwa.<\/p>\n<p>Nyuma yo kumumenyesha ibyaha bine akurikiranyweho n\u2019ubushinjacyaha Karasira yabwiye umucamanza ko atabyemera. Ubushinjacyaha bumurega ko mu bihe bitandukanye yagiye agaragara ku miyoboro ya YouTube yumvikanisha ko jenoside itateguwe, ko umuherwe Felicien Kabuga atateye inkunga ibikorwa bya jenoside ahubwo ko azira kudatanga amafaranga yo gufasha Inkotanyi nk\u2019abandi bacuruzi.<\/p>\n<p>Leta y&#8217;u Rwanda iramurega ko yavuze ko ihanurwa ry\u2019indege yarimo Perezida Juvenal Habyarimana na mugenzi we w\u2019Uburundi Cyprien Ntaryamira ari yo yabaye imbarutso ya Jenoside kandi ko leta ya Habyarimana yakoze Jenoside yirwanaho.<\/p>\n<p>Ubushinjacyaha buvuga ko yabivugaga yirengagiza ukuri kw\u2019ibyabaye. Buramurega kandi kudasobanura inkomoko y\u2019akayabo k\u2019amafaranga yasanzwe ahantu hatandukanye harimo 10,000 by\u2019amadolari yafatiwe iwe. Ubushinjacyaha bukamusabira gufungwa by\u2019agateganyo mu gihe cy\u2019ukwezi. Buravuga ko bugikora iperereza ryimbitse. Bwabwiye urukiko ko kumufunga by\u2019agateganyo ari bwo buryo bwo guhagarika icyaha kuko ngo Karasira yari yarabigize akamenyero. Bukavuga ko bumukurikiranyeho icyaha gihanishwa imyaka iri hejuru y\u2019ibiri y\u2019igifungo.<\/p>\n<p>Ibyaha byo guha ishingiro jenoside, kuyihakana no gukurura amacakubiri Karasira yasabye urukiko kumwemerera ntabyisobanureho. Yavuze mu gihe yavugaga amagambo aregwa atabaga ayoboye ibitekerezo bye neza kuko yari amaze iminsi adafata imiti imufasha mu burwayi bw\u2019agahinda gakabije. Kuri we mu magambo ye kubimubazaho ni nko kubona umuntu wasindutse ukamubaza ku bintu yavuze yasinze.<\/p>\n<p>Ku nkomoko y\u2019amafaranga Leta imurega, avuga ko yayahabwaga n\u2019inshuti zimukurikira ku mbuga nkoranyambaga. Asobanura ko n\u2019ibikorwa by\u2019ubuhanzi byakunze kumwinjiriza amafaranga atari make n\u2019ibindi biganiro byo ku muyoboro wa YouTube. Yavuze ko ayo yahabwaga yanayafashagamo abakene n\u2019abari mu bindi bibazo.<\/p>\n<p>Urukiko rwamusabye kugira icyo avuga ku buremere bw\u2019amagambo aregwa mu gihe ari gufata imiti uko bikwiye na cyane ko abamwunganira bavuga ko atangiye kugarura ubuyanja. Uregwa yasubije ko n\u2019ubwo aho afungiye nta makuru afite ahagije, nta ngaruka z\u2019amacakubiri ibiganiro bye byateje ku babyumvaga . Avuga ko iyo atameze neza ibyo atekereje byose ashobora kubivuga gusa akongeraho ko ashobora kuba yaravuze ukuri kudakenewe.<\/p>\n<p>Abanyamategeko bamwunganira Gatera Gashabana na mugenzi we Evode Kayitana barasanga nta mpamvu zikomeye zatuma aba afunzwe by\u2019agateganyo. Basobanura ko akimara gufatwa yagaragaje ko arwaye kandi ko na raporo ya muganga yabigaragaje. Muganga ngo yagaragaje ko kuba Karasira yararokotse jenoside ari nyakamwe, akaza kwirukanwa ku kazi ko kwigisha muri kaminuza byarushijeho kumugiraho ingaruka. Uyu kenshi ngo iyo agahinda kamweguye ashobora gukora ibyo atatekerejeho. Muganga ngo avuga ko kumwitaho bizafata igihe kitari gito. Bakamusabira gukurikiranwa ari hanze akitabwaho n\u2019abaganga.<\/p>\n<p>Basaba ko igihe urukiko rwamurekura by\u2019agateganyo rwamutegeka ibyo agomba kubahiriza kandi ko atatoroka ubutabera kuko adafite n\u2019impapuro z\u2019inzira. Baravuga ko amafaranga yose bamusanganye afite inkomoko yayo. Bati \u201c Ntabujijwe guhabwa impano. Ni ugushakisha impamvu zo kuyafata, wenda bayafate mu gihe runaka bazayamusubize\u201d. Bibutsa urukiko ko itegeko nshinga rya repubulika ryemerera buri wese ubwisanzure bwo gutanga ibitekerezo kandi bukarindwa na leta kandi ko ibyo yavuze bitagize icyaha.<\/p>\n<p>Karasira yavuze ko mu byo aregwa ubushinjacyaha bwamuregesheje ibice by\u2019amavidewo aho kwita ku biganiro byose uko byakabaye. Ati \u201cIkijyanye na jenoside cyo rwose ndi umucikacumu, mu muryango wanjye hasigaye ngerere nisanze nta bwoko mbarizwamo baba abahutu yewe n\u2019abatutsi , njyewe niyita umushingwacumu.\u201d<\/p>\n<p>Yifashishije indirimo \u201cHataka nyir\u2019ubukozwemo ya \u201cNyakwigendera Kizito Mihigo, Karasira yabwiye urukiko ko iyo bigeze ku mateka ya jenoside hari ababyitwaza ariko abanyuze mu bikomeye mu buryo bwa nyabwo bagahitamo kwicecekera. Ati \u201cukuri kose si ngombwa kukuvuga ahari kera igihe kizagera bazemera ko ibintu byanjye ari ukuri , amateka nyayo yandikwa n\u2019abari ku butegetsi(\u2026)\u201d<\/p>\n<p>Uregwa Karasira yongera kugaruka ku nkomoko y\u2019amafaranga ye Karasira yavuze ko hari n\u2019abantu bamubwiraga ko bakorera ubutasi bwa gisirikare DMI bakunze guhura na we bamusaba gukora ibiganiro byibasira abatavuga rumwe n\u2019ubutegetsi bakabimuhembera. Avuga ko mu bo bamusabaga kwibasira harimo Bwana Paul Rusesabagina , abibumbiye muri Jambo ASBL n\u2019abandi . Karasira avuga ko umutimanama we utamwemereye kubikomeza.<\/p>\n<p>Yavuze ko nta muntu n\u2019umwe wo hanze wigeze amukoresha mu biganiro bitavuga neza ubutegetsi ko ahubwo ari we washakaga kumenya amakuru yabo. Ati \u201cKu mutima wanjye nafungwa ntafungwa , sisitemu iyobora ntabwo nyemera numva ari abanzi banjye.\u201d Ni amagambo yakuruye amarangamutima ku bumvaga urubanza.<\/p>\n<p>Ubushinjacyaha bwo bukomeza gushimangira ko amagambo Karasira aregwa yayavugaga afite ubushobozi n\u2019ubusesenguzi bw\u2019umubiri azi n\u2019impamvu ayavuga. Agira icyo avuga ku busabe bw\u2019ubushinjacyaha ku kuba afunzwe by\u2019agateganyo mu gihe cy\u2019ukwezi mbere y\u2019urubanza mu mizi, Uregwa ati \u201c Ino hakunze gukora amabwiriza kuruta amategeko mubishatse n\u2019ejo nafungurwa cyangwa nkamaramo nk\u2019iyo Mandela yamazemo. Mwakora icyo mushaka urubanza rwanjye ndabizi ko ari urubanza rwa Politiki ntacyo nabihinduraho.\u201d<\/p>\n<p>Karasira yatawe muri yombi kuva mu mpera z\u2019ukwezi kwa Gatanu uyu mwaka. Aregwa ibyaha bine. Byose akomeza kubihakana akavuga ko afunzwe ku mpamvu za politiki.<\/p>\n<p>VOA<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ubushinjacyaha bwa Leta y&#8217;u Rwanda burasabira bwana Aimable Karasira Uzaramba gufungwa by\u2019agateganyo mu gihe cy\u2019ukwezi mbere y\u2019uko urubanza rutangira kuburanishwa mu mizi. Abamwunganira bo baramusabira gufungurwa by\u2019agateganyo akavuzwa uburwayi bwo mu mutwe. Uyu mugabo araregwa ibyaha bya jenoside no kudasobanura inkomoko y\u2019umutungo. Ibyaha avuga ko bishingiye ku mpamvu za politiki kuko yakunze kumvikana anenga imikorere [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":42353,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[30],"tags":[],"class_list":["post-42359","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-rwanda"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v27.8 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Karasira mu rukiko yifashishije indirimo \u201cHataka nyir\u2019ubukozwemo&quot; ya Kizito Mihigo - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/karasira-mu-rukiko-yifashishije-indirimo-hataka-nyirubukozwemo-ya-kizito-mihigo\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Karasira mu rukiko yifashishije indirimo \u201cHataka nyir\u2019ubukozwemo&quot; ya Kizito Mihigo - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Ubushinjacyaha bwa Leta y&#8217;u Rwanda burasabira bwana Aimable Karasira Uzaramba gufungwa by\u2019agateganyo mu gihe cy\u2019ukwezi mbere y\u2019uko urubanza rutangira kuburanishwa mu mizi. Abamwunganira bo baramusabira gufungurwa by\u2019agateganyo akavuzwa uburwayi bwo mu mutwe. Uyu mugabo araregwa ibyaha bya jenoside no kudasobanura inkomoko y\u2019umutungo. Ibyaha avuga ko bishingiye ku mpamvu za politiki kuko yakunze kumvikana anenga imikorere [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/karasira-mu-rukiko-yifashishije-indirimo-hataka-nyirubukozwemo-ya-kizito-mihigo\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2021-07-23T21:53:51+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/07\/karasira-mu-rukiko.jpeg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"972\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"744\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"4 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/karasira-mu-rukiko-yifashishije-indirimo-hataka-nyirubukozwemo-ya-kizito-mihigo\\\/#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/karasira-mu-rukiko-yifashishije-indirimo-hataka-nyirubukozwemo-ya-kizito-mihigo\\\/\"},\"author\":{\"name\":\"therwda\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"headline\":\"Karasira mu rukiko yifashishije indirimo \u201cHataka nyir\u2019ubukozwemo&#8221; ya Kizito Mihigo\",\"datePublished\":\"2021-07-23T21:53:51+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/karasira-mu-rukiko-yifashishije-indirimo-hataka-nyirubukozwemo-ya-kizito-mihigo\\\/\"},\"wordCount\":879,\"commentCount\":0,\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/karasira-mu-rukiko-yifashishije-indirimo-hataka-nyirubukozwemo-ya-kizito-mihigo\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2021\\\/07\\\/karasira-mu-rukiko.jpeg\",\"articleSection\":[\"Rwanda\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/karasira-mu-rukiko-yifashishije-indirimo-hataka-nyirubukozwemo-ya-kizito-mihigo\\\/#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/karasira-mu-rukiko-yifashishije-indirimo-hataka-nyirubukozwemo-ya-kizito-mihigo\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/karasira-mu-rukiko-yifashishije-indirimo-hataka-nyirubukozwemo-ya-kizito-mihigo\\\/\",\"name\":\"Karasira mu rukiko yifashishije indirimo \u201cHataka nyir\u2019ubukozwemo\\\" ya Kizito Mihigo - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/karasira-mu-rukiko-yifashishije-indirimo-hataka-nyirubukozwemo-ya-kizito-mihigo\\\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/karasira-mu-rukiko-yifashishije-indirimo-hataka-nyirubukozwemo-ya-kizito-mihigo\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2021\\\/07\\\/karasira-mu-rukiko.jpeg\",\"datePublished\":\"2021-07-23T21:53:51+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/karasira-mu-rukiko-yifashishije-indirimo-hataka-nyirubukozwemo-ya-kizito-mihigo\\\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/karasira-mu-rukiko-yifashishije-indirimo-hataka-nyirubukozwemo-ya-kizito-mihigo\\\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/karasira-mu-rukiko-yifashishije-indirimo-hataka-nyirubukozwemo-ya-kizito-mihigo\\\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2021\\\/07\\\/karasira-mu-rukiko.jpeg\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2021\\\/07\\\/karasira-mu-rukiko.jpeg\",\"width\":972,\"height\":744},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/karasira-mu-rukiko-yifashishije-indirimo-hataka-nyirubukozwemo-ya-kizito-mihigo\\\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Karasira mu rukiko yifashishije indirimo \u201cHataka nyir\u2019ubukozwemo&#8221; ya Kizito Mihigo\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"url\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/author\\\/therwda\\\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Karasira mu rukiko yifashishije indirimo \u201cHataka nyir\u2019ubukozwemo\" ya Kizito Mihigo - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/karasira-mu-rukiko-yifashishije-indirimo-hataka-nyirubukozwemo-ya-kizito-mihigo\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Karasira mu rukiko yifashishije indirimo \u201cHataka nyir\u2019ubukozwemo\" ya Kizito Mihigo - Umunyarwanda","og_description":"Ubushinjacyaha bwa Leta y&#8217;u Rwanda burasabira bwana Aimable Karasira Uzaramba gufungwa by\u2019agateganyo mu gihe cy\u2019ukwezi mbere y\u2019uko urubanza rutangira kuburanishwa mu mizi. Abamwunganira bo baramusabira gufungurwa by\u2019agateganyo akavuzwa uburwayi bwo mu mutwe. Uyu mugabo araregwa ibyaha bya jenoside no kudasobanura inkomoko y\u2019umutungo. Ibyaha avuga ko bishingiye ku mpamvu za politiki kuko yakunze kumvikana anenga imikorere [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/karasira-mu-rukiko-yifashishije-indirimo-hataka-nyirubukozwemo-ya-kizito-mihigo\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2021-07-23T21:53:51+00:00","og_image":[{"width":972,"height":744,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/07\/karasira-mu-rukiko.jpeg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"4 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/karasira-mu-rukiko-yifashishije-indirimo-hataka-nyirubukozwemo-ya-kizito-mihigo\/#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/karasira-mu-rukiko-yifashishije-indirimo-hataka-nyirubukozwemo-ya-kizito-mihigo\/"},"author":{"name":"therwda","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"headline":"Karasira mu rukiko yifashishije indirimo \u201cHataka nyir\u2019ubukozwemo&#8221; ya Kizito Mihigo","datePublished":"2021-07-23T21:53:51+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/karasira-mu-rukiko-yifashishije-indirimo-hataka-nyirubukozwemo-ya-kizito-mihigo\/"},"wordCount":879,"commentCount":0,"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/karasira-mu-rukiko-yifashishije-indirimo-hataka-nyirubukozwemo-ya-kizito-mihigo\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/07\/karasira-mu-rukiko.jpeg","articleSection":["Rwanda"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/karasira-mu-rukiko-yifashishije-indirimo-hataka-nyirubukozwemo-ya-kizito-mihigo\/#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/karasira-mu-rukiko-yifashishije-indirimo-hataka-nyirubukozwemo-ya-kizito-mihigo\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/karasira-mu-rukiko-yifashishije-indirimo-hataka-nyirubukozwemo-ya-kizito-mihigo\/","name":"Karasira mu rukiko yifashishije indirimo \u201cHataka nyir\u2019ubukozwemo\" ya Kizito Mihigo - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/karasira-mu-rukiko-yifashishije-indirimo-hataka-nyirubukozwemo-ya-kizito-mihigo\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/karasira-mu-rukiko-yifashishije-indirimo-hataka-nyirubukozwemo-ya-kizito-mihigo\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/07\/karasira-mu-rukiko.jpeg","datePublished":"2021-07-23T21:53:51+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/karasira-mu-rukiko-yifashishije-indirimo-hataka-nyirubukozwemo-ya-kizito-mihigo\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/karasira-mu-rukiko-yifashishije-indirimo-hataka-nyirubukozwemo-ya-kizito-mihigo\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/karasira-mu-rukiko-yifashishije-indirimo-hataka-nyirubukozwemo-ya-kizito-mihigo\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/07\/karasira-mu-rukiko.jpeg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/07\/karasira-mu-rukiko.jpeg","width":972,"height":744},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/karasira-mu-rukiko-yifashishije-indirimo-hataka-nyirubukozwemo-ya-kizito-mihigo\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Karasira mu rukiko yifashishije indirimo \u201cHataka nyir\u2019ubukozwemo&#8221; ya Kizito Mihigo"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/42359","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=42359"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/42359\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":42360,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/42359\/revisions\/42360"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/42353"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=42359"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=42359"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=42359"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}