{"id":42517,"date":"2021-07-31T14:02:00","date_gmt":"2021-07-31T12:02:00","guid":{"rendered":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=42517"},"modified":"2021-07-31T14:02:16","modified_gmt":"2021-07-31T12:02:16","slug":"rwanda-minisitiri-biruta-yabeshye-abanyarwanda","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-minisitiri-biruta-yabeshye-abanyarwanda\/","title":{"rendered":"RWANDA: Minisitiri BIRUTA yabeshye Abanyarwanda!"},"content":{"rendered":"<p>Yanditswe na\u00a0<b>RUGEMINTWAZA Erasme<\/b><\/p>\n<p><i>K<\/i><i>uri uyu wa kane tariki ya 29\/07\/2021, Minisitiri w\u2019Ububanyi n\u2019Amahanga w\u2019u Rwanda, Vincent BIRUTA yagiranye ikiganiro n\u2019abanyamakuru. Nk\u2019uko yabivuze kwari ukugira ngo ahe amakuru agezweho ibitangazamakuru ku bibazo binyuranye birimo kuvugwa muri politiki y\u2019u Rwanda. Ese yavuze iki kuri Koronavirusi, Diporomasi y\u2019u Rwanda, kuri Pegasus, ku ngabo z\u2019u Rwanda ziri muri Mozambique?<\/i><\/p>\n<p>Ku ikubitiro, Minisitiri Vincent BIRUTA, yavuze ku cyorezo cya Covid-19, avuga ko u Rwanda kimwe n\u2019isi yose rwazahajwe n\u2019iki cyorezo cyatumye ubusumbane hagati y\u2019abakize n\u2019abakene bugaragara cyane, unarebeye gusa ku kibazo cy\u2019inkingo; avuga ko cyakora u Rwanda rurimo gukora ibishoboka kugira ngo haboneke uruganda ruzakora imiti ndetse n\u2019inkingo<\/p>\n<p>Ku mubano w\u2019u Rwanda n\u2019amahanga yagaragaje ko wifashe neza uhereye ku nzinduko z\u2019abayobozi b\u2019ibihugu by\u2019Ubufaransa Emmanuel Macron, uwa Kongo Etienne Tsishekedi n\u2019abandi bayobozi bakuru banyuranye bangendereye u Rwanda, ko ndetse na Perezida Paul Kagame yagiye yohereza abamuhagararira mu ruhando rw\u2019amahanga. Akemeza ko rero Diporomasi y\u2019u Rwanda yifashe neza, dore ko n\u2019Ubufaransa bwohereye Ambasaderi wabwo mu Rwanda Nyakubahwa Antoine ANFRE.<span class=\"Apple-converted-space\">\u00a0 <\/span>Ku mubano n\u2019ibihugu by\u2019abaturanyi yagarutse ku mubano w\u2019u Rwanda n\u2019u Burundi avuga ko hari ubushake bw\u2019uko ibintu bijya mu buryo uhereye ku mubobano yagiranye na mugenzi we w\u2019u Burundi ku mupaka umwaka ushize mu kwa 10\/2020, ukongeraho uruzinduko rwa Minisitiri w\u2019intebe w\u2019u Rwanda, Edouard NGIRENTE yakoreye mu Burundi tariki ya 01\/07\/2021 mu birori bwo kwizihiza ubwingenge ku nshuro ya 59. Kuri Uganda yavuze ko ntagihinduka ko ariko byose bizaturuka ku bushake bwa Uganda, bityo ikareka gutoteza Abanyarwanda ndetse no gufasha abarwanya u Rwanda bigahagarara.<\/p>\n<p>Muri Diporomasi kandi yavuze ku ngabo z\u2019 U Rwanda zoherejwe muri Mozambique. Minisiriti<span class=\"Apple-converted-space\">\u00a0 <\/span>Vincent Biruta yavuze ko aba basirikare 1000 boherejwe haherewe ku masezerano y\u2019u Rwanda na Mozambique, kandi ko mbere y\u2019uko izi ngabo zigenda , u Rwanda rwabiganiriyeho n\u2019abandi uhereye ku muryango w\u2019ubumwe bw\u2019Afurika, aho n\u2019umunyamabanaga wawo Faki Mahamat yemeye icyo gikorwa, habaho kubivugana n\u2019Umuryango w\u2019ibihugu by\u2019Afurika y\u2019Amajyepfo (SADC), netse n\u2019ibindi bihugu bifite inyungu muri kiriya gihugu harimo Ubufaransa, kubera gucukurayo gazi, Porutugali ndetse n\u2019Amerika. Ko rero nta gihugu cyarwanyije iyoherezwa ry\u2019izi ngabo ko niba hari abantu babikoze, babikoze ku giti cyabo. Ingabo rero zikaba zaragiye ku buryo bwo gutabara abasivili nk\u2019uko rwabyiyemeje kandi bikaba biri no mu masezerano rwasinye. Minisitiri, yemeye ko ku ikubitiro u Rwanda arirwo rukora byose kubirebana no kwita kuri izo ngabo ko ariko uko byamera kose yaba Mozambique ndetse n\u2019ibindi bihugu bifiteyo inyungu bizagera aho bikagira icyo bitanga. Yahakanye yivuze inyuma ku bivugwa ko ubu butumwa bw\u2019ingabo z\u2019u Rwanda, Ubufaransa bubufitemo uruhare. Yavuze ko rwose ntaho bihuriye n\u2019umubano w\u2019u Rwanda n\u2019Ubufaransa. Aha ariko twakwibutsa ko Minisitiri asa n\u2019uwibagiwe ko Perezida Emmanuel Macron ari Kigali, mu kwezi kwa 04\/2021, yivugiye ko afitanye na Kagame dosiye yo muri Mozambique, Kongo na Centrafrique. Emmanuel Macron akaba yaremeje ko ikibazo cya Mozambique yakiganiyeho na Kagame na Nyusi i Paris. Umuvugizi w\u2019ingabo wari waje muri iki kiganiro, akaba yemeje ko mu bikorwa bya gisirikare byakozwe n\u2019u Rwanda kuva tariki 24-28\/07\/2021, ingabo z\u2019u Rwanda RDF, zimaze kwica abitwaje intwaro 14 no kubambura ibikoresho bya gisirikare binyuranye.<\/p>\n<p>Minisitiri Vincent BIRUTA yahakanye yivuye inyuma kandi kuba u Rwanda rwaba rukora ubutasi muri terefone ngendwana hakoreshejwe ubuhanga bwa Pegasus. Ati \u201c<i>Nk\u2019uko Perezida wa Repubulika yabivuze mu 2019, ntabwo u Rwanda rukoresha ubwo buryo<\/i>\u201d. Yasobanuye ko kuneka bikorwa n\u2019Ibihugu byose, ko rero nta gitangaza ko u Rwanda rwaba runeka abo rukeka kuruhungabanyiriza umutekano. Yasobanuye avuga ko niba muri telefoni ibihumbi 3500 zivugwa, 67 gusa arizo zasuzumwe, muri zo kimwe cya kabiri nizo zagaragaje ko Pegasus yaba yarazinjiye, uyu ari umubare muto utakagombye guca igikuba. Yemeza ko uwo mubare ari muto kandi ko batazi abihishe inyuma y\u2019iyo lisiti. Yashimangiyemko ibi byose bikorwa hari aho bihuriye n\u2019urubanza rwa Rusesabagina, atigeze avuga mu izina. Ko kandi bifite umugambi wo guteranya u Rwanda n\u2019amahanga, gutesha agaciro ibizava muri urwo rubanza ndetse no gutera igihunga mu Banyarwanda kuko bose bakumva ko banekwa.<\/p>\n<p>Ku birebana na minisiteri nshya, y\u2019Ubumwe n\u2019Ubwiyunge n\u2019Inshingano Mbonezagihugu, Minisitiri Vincent BIRUTA yavuze ko ari icyemezo cyafashwe nyuma yo gusesengura inzego zizahuzwa aribyo Komisiyo y\u2019Ubumwe n\u2019Ubwiyunge(NURC), Komisiyo ishinzwe kurwanya Jenoside(CNLG) n\u2019Ikigo Gishinzwe gufasha Abarokotse Jenoside (FARG). Ku bumwe n\u2019ubwiyunge yavuze ko nubwo bugeze heza ko ariko hari ababusenya ko rero urwo ari urugamba ruhoraho. Bitunguranye yashoje avuga ko nyuma y\u2019imyaka 27 hari hakenewe ko FARG ihindurirwa uburyo bwo gukora. Menya rero iby\u2019ubumwe n\u2019ubwiyunge bw\u2019Abahutu n\u2019Abatutsi, butegerejwe, buzakomeza kuburizwamo no kwita ku bindi bibazo harimo abarokotse ba FARG, ndetse n\u2019inzibutso ziri mu nshingano za CNLG.<\/p>\n<p>Minisitiri Vincent BIRUTA yanakomoje ku bintu byanditswe n\u2019itangazamakuru ryo mu gihugu cya Danemark ryavugaga ko iki gihugu cyahaye u Rwanda amafaranga ngo cyohereze impunzi kitifuza, mu kigo kiri mu Bugesera. Minisitiri akab yabihankanye avuga ko amasezerano u Rwanda rufitanye na Danemark ari ayo kurufasha kwita ku mpuzi zavuye Libya ziri mu Bugesera, avuga ko ibyo bitari mu masezerano. Yashimye kandi igihugu cy\u2019Ubuholandi cyohereje mu Rwanda uwitwa V\u00e9nant RUTUNGA, ngo aze gukurikirwanwaho ibyaha bya Jenoside .<\/p>\n<p>Minisitiri Vincent Biruta kandi akoreshe imvugo ikakaye ya Perezida Kagame yiyamye ibihugu biruha amabwiriza ku birebena n\u2019urubanza rwa Rusesagabina, avuga, annyegana cyane,<span class=\"Apple-converted-space\">\u00a0 <\/span>ko abigisha uburenganzira bw\u2019inikiko, gutanga ubutabera aribo babwica kuko batanga amabwiriza y\u2019uburyo urubanza rwagenda.<\/p>\n<p><b>Minisitiri yavuze ibinyoma by\u2019ukuri!<\/b><\/p>\n<p>Ibyo Minisitiri Vincent BIRUTA yavuze ni ibinyoma by\u2019ukuri, kuko bidahushanya n\u2019ibiba bimaze iminsi bivugwa Guverinoma y\u2019u Rwanda ku bibazo binyuranye, kandi bikaba binazwi ko ukuri muri Diporomasi, kutabaho.<\/p>\n<p>Duhereye ku kibazo cya Covid-19, twagaruka ku bihe bimeze nabi mu Rwanda kubera iki cyoherezo, aho bigaragara ko u Rwanda ahubwo rwibereye mu bucuruzi bwayo. Minisitiri Vincent BIRUTA we ubwe yivugiye ibihugu bifasha u Rwanda muri gahunda yo kurwanya iki cyorezo. Ese amafaranga u Rwanda ruhabwa ruyashyira he kugeza ubwo kuri iyi saha hamaze gukingirwa abantu 439.568? Amafaranga rwahawe na Amerika n\u2019Ububiligi atazwi ingano, ukongeraho ayo Ubufaransa bwatanze Emmanuel Macron yivugiye ko ari miliyoni 100 z\u2019amayero bivuga asaga miliyari 100 z\u2019amanyarwanda yagiye he? Ese izi virusi ziri kuvumburwa mu Rwanda ziri kuva he? Si Abanyamahanga bazituzanira dore ko beguriwe u Rwanda mu gihe abenegihugu batemerewe gusohoka mu ngo zabo? Ese koko igihangayikishije u Rwanda ni bizinesi yo kubaka uruganda rw\u2019imiti n\u2019inkingo za Covid-19 nk\u2019uko Vincent Biruta yabivuze, kuruta gukingira Abanyarwanda? Ese koko birakwiye ko ufata amafaranga y\u2019igihugu, ukagura imbunda n\u2019amasasu yo kujya kurwana mu mahanga igihe iwawe Covid-19 ihitana 84 buri cyumweru? Nyamara u Rwanda rwaragurishijwe Abanyarwanda ntibabimenya!<\/p>\n<p>Tubinyuzemo twihitira, ku kibazo cy\u2019umubano w\u2019u Rwanda n\u2019abaturanyi birazwi ko ari uguhomahoma kuko Paul Kagame yahagamye abaturanyi, yabaye za mboga mbi zitinda mu nkoko; abakongomani bo buri gihe baba bamushyinguye! Abaturanyi bose bazi ubugome bwe, bazi aseka kariyo. Ababana nawe baba bagira ngo bucye kabiri. Nta kuntu nk\u2019u Burundi yiciye Abaperezida babiri Melchior NDADAYE na Cyprien NTARYAMIRA, agashaka no guhirika Pierre NKURUNZIZA, yavuga ko umubano umeze neza ahora anaburega gucumbikira abagaba ibitero mu Rwanda! Abarundi baramuzi, batinya ubugome bwe. Ibyo bakora byose ni ukurenzaho kuko Perezida Evariste NDAYISHIMIYE, ntarya iminwa iyo avuga umubano mubi n\u2019u Rwanda.<span class=\"Apple-converted-space\">\u00a0 <\/span>Ku isabukuru ya 59 y\u2019ubwigenge yabivuze muri bwa bwenge bw\u2019Abarundi bwo kuvuga batebya, avuga ko ari byiza kwandika igitabo gishya. Ariko mbere yaho yari yabwiye Abanyamakuru, ubwo yari avuye Uganda, ko Perezida Museveni ari umuvandimwe n\u2019umunywanyi, ko yabatabaye bari mu magume, ko ariko hagati y\u2019u Burundi na Uganda hari umuvandimwe wabitambitsemo! Ntawuyobewe kandi imishinga y\u2019imihanda irimo gukorwa ikikira u Rwanda igana mu Burundi!<\/p>\n<p>Kuri Pegasus, ikigaragara Minisitiri Vincent Biruta, yavuze ko u Rwanda barubeshyera gukurikiraba abantu ibihumbi birenga 3 ko abagaragaye ari bake. Ni nko kuvuga ngo \u201cese abo bose twabashobora, abo dushoboye ni abo bari muri za 30\u201d. Naho ku birebana n\u2019ingabo z\u2019u Rwanda muri Mozambique ni uko u Rwanda rwagiye muri bizinesi yapangiwe i Paris. Emmanuel Macron ahubwo yamennye ibanga avuga ko iyo dosiye yayiganiyeho na Kagame na Nyusi .<\/p>\n<p>Muri rusange ikiganiro cya Minisitiri w\u2019Ubuganyi n\u2019amahanga w\u2019u Rwanda, Vincent BIRUTA n\u2019Abanyamakuru, nta kindi cyari kigamije uretse gukomeza kubiba urujijo ku batazi ukuri kuri politiki ya Leta ya Kagame, iza yiyongera kuri kamere nyarwanda: Kubeshya, kubeshya, kubeshya!<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Yanditswe na\u00a0RUGEMINTWAZA Erasme Kuri uyu wa kane tariki ya 29\/07\/2021, Minisitiri w\u2019Ububanyi n\u2019Amahanga w\u2019u Rwanda, Vincent BIRUTA yagiranye ikiganiro n\u2019abanyamakuru. Nk\u2019uko yabivuze kwari ukugira ngo ahe amakuru agezweho ibitangazamakuru ku bibazo binyuranye birimo kuvugwa muri politiki y\u2019u Rwanda. Ese yavuze iki kuri Koronavirusi, Diporomasi y\u2019u Rwanda, kuri Pegasus, ku ngabo z\u2019u Rwanda ziri muri Mozambique? [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":42506,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[78],"tags":[],"class_list":["post-42517","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-ibitekerezo"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>RWANDA: Minisitiri BIRUTA yabeshye Abanyarwanda! - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-minisitiri-biruta-yabeshye-abanyarwanda\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"RWANDA: Minisitiri BIRUTA yabeshye Abanyarwanda! - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Yanditswe na\u00a0RUGEMINTWAZA Erasme Kuri uyu wa kane tariki ya 29\/07\/2021, Minisitiri w\u2019Ububanyi n\u2019Amahanga w\u2019u Rwanda, Vincent BIRUTA yagiranye ikiganiro n\u2019abanyamakuru. Nk\u2019uko yabivuze kwari ukugira ngo ahe amakuru agezweho ibitangazamakuru ku bibazo binyuranye birimo kuvugwa muri politiki y\u2019u Rwanda. Ese yavuze iki kuri Koronavirusi, Diporomasi y\u2019u Rwanda, kuri Pegasus, ku ngabo z\u2019u Rwanda ziri muri Mozambique? [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-minisitiri-biruta-yabeshye-abanyarwanda\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2021-07-31T12:02:00+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2021-07-31T12:02:16+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/07\/Skjermbilde-2021-07-29-kl.-23.08.04.png\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"601\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"516\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/png\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"7 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-minisitiri-biruta-yabeshye-abanyarwanda\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-minisitiri-biruta-yabeshye-abanyarwanda\/\",\"name\":\"RWANDA: Minisitiri BIRUTA yabeshye Abanyarwanda! - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-minisitiri-biruta-yabeshye-abanyarwanda\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-minisitiri-biruta-yabeshye-abanyarwanda\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/07\/Skjermbilde-2021-07-29-kl.-23.08.04.png\",\"datePublished\":\"2021-07-31T12:02:00+00:00\",\"dateModified\":\"2021-07-31T12:02:16+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-minisitiri-biruta-yabeshye-abanyarwanda\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-minisitiri-biruta-yabeshye-abanyarwanda\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-minisitiri-biruta-yabeshye-abanyarwanda\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/07\/Skjermbilde-2021-07-29-kl.-23.08.04.png\",\"contentUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/07\/Skjermbilde-2021-07-29-kl.-23.08.04.png\",\"width\":601,\"height\":516},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-minisitiri-biruta-yabeshye-abanyarwanda\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"RWANDA: Minisitiri BIRUTA yabeshye Abanyarwanda!\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"RWANDA: Minisitiri BIRUTA yabeshye Abanyarwanda! - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-minisitiri-biruta-yabeshye-abanyarwanda\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"RWANDA: Minisitiri BIRUTA yabeshye Abanyarwanda! - Umunyarwanda","og_description":"Yanditswe na\u00a0RUGEMINTWAZA Erasme Kuri uyu wa kane tariki ya 29\/07\/2021, Minisitiri w\u2019Ububanyi n\u2019Amahanga w\u2019u Rwanda, Vincent BIRUTA yagiranye ikiganiro n\u2019abanyamakuru. Nk\u2019uko yabivuze kwari ukugira ngo ahe amakuru agezweho ibitangazamakuru ku bibazo binyuranye birimo kuvugwa muri politiki y\u2019u Rwanda. Ese yavuze iki kuri Koronavirusi, Diporomasi y\u2019u Rwanda, kuri Pegasus, ku ngabo z\u2019u Rwanda ziri muri Mozambique? [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-minisitiri-biruta-yabeshye-abanyarwanda\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2021-07-31T12:02:00+00:00","article_modified_time":"2021-07-31T12:02:16+00:00","og_image":[{"width":601,"height":516,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/07\/Skjermbilde-2021-07-29-kl.-23.08.04.png","type":"image\/png"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"7 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-minisitiri-biruta-yabeshye-abanyarwanda\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-minisitiri-biruta-yabeshye-abanyarwanda\/","name":"RWANDA: Minisitiri BIRUTA yabeshye Abanyarwanda! - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-minisitiri-biruta-yabeshye-abanyarwanda\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-minisitiri-biruta-yabeshye-abanyarwanda\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/07\/Skjermbilde-2021-07-29-kl.-23.08.04.png","datePublished":"2021-07-31T12:02:00+00:00","dateModified":"2021-07-31T12:02:16+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-minisitiri-biruta-yabeshye-abanyarwanda\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-minisitiri-biruta-yabeshye-abanyarwanda\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-minisitiri-biruta-yabeshye-abanyarwanda\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/07\/Skjermbilde-2021-07-29-kl.-23.08.04.png","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/07\/Skjermbilde-2021-07-29-kl.-23.08.04.png","width":601,"height":516},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-minisitiri-biruta-yabeshye-abanyarwanda\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"RWANDA: Minisitiri BIRUTA yabeshye Abanyarwanda!"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/42517","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=42517"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/42517\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":42518,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/42517\/revisions\/42518"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/42506"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=42517"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=42517"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=42517"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}