{"id":42550,"date":"2021-08-01T16:09:06","date_gmt":"2021-08-01T14:09:06","guid":{"rendered":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=42550"},"modified":"2021-08-01T16:09:06","modified_gmt":"2021-08-01T14:09:06","slug":"rwanda-burundi-ni-iki-cyaba-cyateye-u-rwanda-gutanga-abarwanyi-19-ba-red-tabara","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-burundi-ni-iki-cyaba-cyateye-u-rwanda-gutanga-abarwanyi-19-ba-red-tabara\/","title":{"rendered":"Rwanda-Burundi: Ni iki cyaba cyateye u Rwanda gutanga abarwanyi 19 ba RED-Tabara?"},"content":{"rendered":"<p>Yanditswe na <b>Arnold Gakuba<\/b><\/p>\n<p>Kuri uyu wa gatanu tariki ya 30 Nyakanga 2021, abarwanyi 19 bivugwa ko ari aba RED-Tabara, binavugwa kandi ko irwanya Leta y&#8217;u Burundi, bashyikirijwe Leta y&#8217;u Burundi nyuma y&#8217;amezi agera ku 10, kuko bivugwa ko bafashwe muri Nzeri 2020, bakaba icyo gihe cyose bari bakimaze mu Rwanda. Mubyashyikirijwe Leta y&#8217;u Burundi harimo Kandi n&#8217;imbunda z&#8217;ubwoko butandukanye ndetse n&#8217;amasasu bivugwa ko nabyo byafatanywe abo barwanyi. Hakaba hibazwa impamvu abo barwanyi bafashwe bakamaranwa igihe kingana gityo cyose.<\/p>\n<p>Icyo gikorwa cyabereye ku mupaka wa Gasenyi-Nemba uhuza ibyo bihugu byombi mu karere ka Bugesera ku ruhande rw\u2019u Rwanda no mu Ntara ya Kirundo ku ruhande rw\u2019u Burundi. Mbere y&#8217;uko Leta y&#8217;u Rwanda yohereza abo barwanyi yabanje kumenyesha Komisiyo Ihuriweho Ishinzwe kugenzura imipaka mu Karere k&#8217;ibiyaga bigari yiswe EJVM.<\/p>\n<p>Muri icyo gikorwa, u Rwanda rwari ruhagarariwe na Brig Gen Vincent Nyakarundi, Umuyobozi ushinzwe iperereza rya Gisirikare mu Ngabo z\u2019u Rwanda (RDF), mu gihe u Burundi bwari buhagarariwe na Col Ernest Musaba ushinzwe iperereza mu gisirikare cy&#8217;u Burundi. Hari kandi na Col J. Miranda wari uhagarariye EJVM ndetse n&#8217;intumwa y&#8217;Umuryango w&#8217;Abibumbye (UN) mu Karere k&#8217;Ibiyaga Bigari.<\/p>\n<p><iframe loading=\"lazy\"  id=\"_ytid_50464\"  width=\"640\" height=\"360\"  data-origwidth=\"640\" data-origheight=\"360\" src=\"https:\/\/www.youtube.com\/embed\/i53LUH0PamM?enablejsapi=1&#038;autoplay=0&#038;cc_load_policy=0&#038;cc_lang_pref=&#038;iv_load_policy=1&#038;loop=0&#038;modestbranding=0&#038;rel=1&#038;fs=1&#038;playsinline=0&#038;autohide=2&#038;theme=dark&#038;color=red&#038;controls=1&#038;\" class=\"__youtube_prefs__  epyt-is-override  no-lazyload\" title=\"YouTube player\"  allow=\"accelerometer; autoplay; clipboard-write; encrypted-media; gyroscope; picture-in-picture\" allowfullscreen data-no-lazy=\"1\" data-skipgform_ajax_framebjll=\"\"><\/iframe><\/p>\n<p>Bivugwa ko abo barwanyi bari bafatiwe muri segiteri ya Ruheru mu Karere ka Nyaruguru mu Rwanda mu kwezi kwa cumi muri 2020. Bikimenyekana, Leta y&#8217;u Burundi yari yasabye u Rwanda ko rwabashyikiriza Leta y&#8217;u Burundi nta yandi mananiza, nyamara Leta y&#8217;u Rwanda amatwi iyavuniramo ibiti. Ese ni iki cyabibateye? Leta y&#8217;u Rwanda yari ibifitemo izihe nyungu?<\/p>\n<p><b>Ubusesenguzi<\/b><\/p>\n<p>Muri ino minsi haravugwa ko Perezida Evariste Ndayishimiye yaba yitegura kugirira uruzinduko mu Rwanda nyuma y&#8217;uko Minisitiri w&#8217;Intebe w&#8217;u Rwanda Edward Ngirente yitabiriye isabukuru ya 59 y&#8217;Ubwigenge bw&#8217;u Burundi. Ikindi kandi ni uko Minisitiri w&#8217;Ububanyi n&#8217;Amahanga w&#8217;u Rwanda Bwana Vincent Biruta nawe yatangarije abanyamakuru ko umubano w&#8217;u Rwanda n&#8217;u Burundi ubu wifashe neza.<\/p>\n<p>Ikigaragara ni uko igikorwa cyabaye cyo gushyikiriza abarwanyi 19 ba RED-Tabara Leta y&#8217;u Burundi, gishobora kuba kiri muri gahunda yo gutegura uruzinduko rwa Perezida Evariste Ndayishimiye. Bikaba ari uburyo bwo kumwereka ko biteguye gusubukura umubano wari warajemo igitotsi kuva muri 2015.<span class=\"Apple-converted-space\">\u00a0<\/span><\/p>\n<p>Hagati aho ariko twakwibutsa ko umutwe wa RED-Tabara uterwa inkunga na Leta y&#8217;u Rwanda, akaba ashobora kuba ari nayo mpamvu Leta y&#8217;u Rwanda yari yaranze gutanga bariya barwanyi, amezi 10 yose akaba yari ashize. Nyamara ariko, nk&#8217;uko yabitangarije ku rubuga rwe rwa Tweeter, perezida w&#8217;u Burundi Evariste Ndayishimiye yishimiye igikorwa cyakozwe n&#8217;a Leta ya Kigali cyo kubashyikiriza abo barwanyi ngo bashyikirizwe ubutabera. Yaboneyeho kandi umwanya wo gusaba Leta ya Kigali ko yagira ubutwari nk&#8217;ubwo yagize maze ikanohereza n&#8217;abashatse guhirika ubutegetsi mu Burundi ubu bahungiye mu Rwanda, maze bagashyikirizwa ubutabera.<\/p>\n<p><a href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/08\/WhatsApp-Image-2021-07-31-at-06.35.55.jpeg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"aligncenter size-full wp-image-42551\" src=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/08\/WhatsApp-Image-2021-07-31-at-06.35.55.jpeg\" alt=\"\" width=\"577\" height=\"1024\" srcset=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/08\/WhatsApp-Image-2021-07-31-at-06.35.55.jpeg 577w, https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/08\/WhatsApp-Image-2021-07-31-at-06.35.55-169x300.jpeg 169w, https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/08\/WhatsApp-Image-2021-07-31-at-06.35.55-237x420.jpeg 237w\" sizes=\"auto, (max-width: 577px) 100vw, 577px\" \/><\/a>Ibiri gukorwa byose muri ibi bihe ku Burundi, Leta y&#8217;u Rwanda ubu ibona ko nta kundi yabigenza kuko yaba yarabonye ko igiye gusigara hagati nk&#8217;ururimi nyuma yo kwica kuri Uganda. Ahubwo Abarundi bahungiye mu Rwanda nyuma y&#8217;uko bashaka guhirika ubutegetsi bw&#8217;u Burundi nabo bararye Bari menge. Ubu Paul Kagame yaba ashaka kwiyegereza u Burundi na Tanzaniya nyuma ya Repubulika Iharanira Demokarasiya Kongo (DRC), U Rwanda rwaba rumaze kubona ko ibihugu birukikije bikataje mu mibanire myiza no mu bufatanye mu by&#8217;ubukungu. Gusa ababirebera kure basanga ari nka &#8220;<i>Hobe ibyansize<\/i>&#8221; kuko u Rwanda rwamaze kumenywa ko rugendera kuri politiki y&#8217;uburyarya n&#8217;ikinyoma rugamije gusenya ibindi bihugu. Yaba DRC, Uganda, u Burundi ndetse na Tanzaniya, imyitwarire ya Paul Kagame bamaze kuyitera imboni.<span class=\"Apple-converted-space\">\u00a0<\/span><\/p>\n<p>Nk&#8217;uko byatangajwe na Minisitiri w&#8217;Ububanyi n&#8217;Amahanga w&#8217;u Rwanda Bwana Vincent Biruta, ku wa 29 Nyakanga 2021, ubwo yari mu kiganiro n&#8217;abanyamakuru, ko umubano w&#8217;u Rwanda na Uganda ukiri irudubi, Paul Kagame yaba ashaka kwiyegereza abandi, bya nyirarubeshwa, kugirango Uganda isigare mu kato kuko yari amaze kubona ko ariwe ugasigayemo. Ese iyo mipango ye izamuhira?<\/p>\n<p>Mu gusoza, twakwibaza aho umubano w&#8217;u Rwanda n&#8217;uburundi urimo ugana muri ibi bihe. Niba koko Leta ya Kigali yiyemeje kuzahura umubano wayo b&#8217;Uburundi, nta macenga cyangwa uburyarya, nk&#8217;uko isanzwe ibigenza, abarwanyi ba FLN barwanira mu bice byegereye u Burundi, ibi bikorwa biri hagati y\u2019u Rwanda n\u2019u Burundi bigamije kuzahura umubano w&#8217;ibihugu byombi, umuntu yakwibaza niba bidashobora kubagiraho ingaruka bakaba bagoterwa hagati nk\u2019ururimi.<\/p>\n<p><iframe loading=\"lazy\"  id=\"_ytid_82555\"  width=\"640\" height=\"360\"  data-origwidth=\"640\" data-origheight=\"360\" src=\"https:\/\/www.youtube.com\/embed\/QsYsU5XdPA0?enablejsapi=1&#038;autoplay=0&#038;cc_load_policy=0&#038;cc_lang_pref=&#038;iv_load_policy=1&#038;loop=0&#038;modestbranding=0&#038;rel=1&#038;fs=1&#038;playsinline=0&#038;autohide=2&#038;theme=dark&#038;color=red&#038;controls=1&#038;\" class=\"__youtube_prefs__  epyt-is-override  no-lazyload\" title=\"YouTube player\"  allow=\"accelerometer; autoplay; clipboard-write; encrypted-media; gyroscope; picture-in-picture\" allowfullscreen data-no-lazy=\"1\" data-skipgform_ajax_framebjll=\"\"><\/iframe><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Yanditswe na Arnold Gakuba Kuri uyu wa gatanu tariki ya 30 Nyakanga 2021, abarwanyi 19 bivugwa ko ari aba RED-Tabara, binavugwa kandi ko irwanya Leta y&#8217;u Burundi, bashyikirijwe Leta y&#8217;u Burundi nyuma y&#8217;amezi agera ku 10, kuko bivugwa ko bafashwe muri Nzeri 2020, bakaba icyo gihe cyose bari bakimaze mu Rwanda. Mubyashyikirijwe Leta y&#8217;u Burundi [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":42554,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[77],"tags":[],"class_list":["post-42550","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-isesengura"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>Rwanda-Burundi: Ni iki cyaba cyateye u Rwanda gutanga abarwanyi 19 ba RED-Tabara? - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-burundi-ni-iki-cyaba-cyateye-u-rwanda-gutanga-abarwanyi-19-ba-red-tabara\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Rwanda-Burundi: Ni iki cyaba cyateye u Rwanda gutanga abarwanyi 19 ba RED-Tabara? - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Yanditswe na Arnold Gakuba Kuri uyu wa gatanu tariki ya 30 Nyakanga 2021, abarwanyi 19 bivugwa ko ari aba RED-Tabara, binavugwa kandi ko irwanya Leta y&#8217;u Burundi, bashyikirijwe Leta y&#8217;u Burundi nyuma y&#8217;amezi agera ku 10, kuko bivugwa ko bafashwe muri Nzeri 2020, bakaba icyo gihe cyose bari bakimaze mu Rwanda. Mubyashyikirijwe Leta y&#8217;u Burundi [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-burundi-ni-iki-cyaba-cyateye-u-rwanda-gutanga-abarwanyi-19-ba-red-tabara\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2021-08-01T14:09:06+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/08\/Imtwaro-scaled.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"2048\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"1366\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-burundi-ni-iki-cyaba-cyateye-u-rwanda-gutanga-abarwanyi-19-ba-red-tabara\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-burundi-ni-iki-cyaba-cyateye-u-rwanda-gutanga-abarwanyi-19-ba-red-tabara\/\",\"name\":\"Rwanda-Burundi: Ni iki cyaba cyateye u Rwanda gutanga abarwanyi 19 ba RED-Tabara? - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-burundi-ni-iki-cyaba-cyateye-u-rwanda-gutanga-abarwanyi-19-ba-red-tabara\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-burundi-ni-iki-cyaba-cyateye-u-rwanda-gutanga-abarwanyi-19-ba-red-tabara\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/08\/Imtwaro-scaled.jpg\",\"datePublished\":\"2021-08-01T14:09:06+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-burundi-ni-iki-cyaba-cyateye-u-rwanda-gutanga-abarwanyi-19-ba-red-tabara\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-burundi-ni-iki-cyaba-cyateye-u-rwanda-gutanga-abarwanyi-19-ba-red-tabara\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-burundi-ni-iki-cyaba-cyateye-u-rwanda-gutanga-abarwanyi-19-ba-red-tabara\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/08\/Imtwaro-scaled.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/08\/Imtwaro-scaled.jpg\",\"width\":2048,\"height\":1366},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-burundi-ni-iki-cyaba-cyateye-u-rwanda-gutanga-abarwanyi-19-ba-red-tabara\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Rwanda-Burundi: Ni iki cyaba cyateye u Rwanda gutanga abarwanyi 19 ba RED-Tabara?\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Rwanda-Burundi: Ni iki cyaba cyateye u Rwanda gutanga abarwanyi 19 ba RED-Tabara? - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-burundi-ni-iki-cyaba-cyateye-u-rwanda-gutanga-abarwanyi-19-ba-red-tabara\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Rwanda-Burundi: Ni iki cyaba cyateye u Rwanda gutanga abarwanyi 19 ba RED-Tabara? - Umunyarwanda","og_description":"Yanditswe na Arnold Gakuba Kuri uyu wa gatanu tariki ya 30 Nyakanga 2021, abarwanyi 19 bivugwa ko ari aba RED-Tabara, binavugwa kandi ko irwanya Leta y&#8217;u Burundi, bashyikirijwe Leta y&#8217;u Burundi nyuma y&#8217;amezi agera ku 10, kuko bivugwa ko bafashwe muri Nzeri 2020, bakaba icyo gihe cyose bari bakimaze mu Rwanda. Mubyashyikirijwe Leta y&#8217;u Burundi [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-burundi-ni-iki-cyaba-cyateye-u-rwanda-gutanga-abarwanyi-19-ba-red-tabara\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2021-08-01T14:09:06+00:00","og_image":[{"width":2048,"height":1366,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/08\/Imtwaro-scaled.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-burundi-ni-iki-cyaba-cyateye-u-rwanda-gutanga-abarwanyi-19-ba-red-tabara\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-burundi-ni-iki-cyaba-cyateye-u-rwanda-gutanga-abarwanyi-19-ba-red-tabara\/","name":"Rwanda-Burundi: Ni iki cyaba cyateye u Rwanda gutanga abarwanyi 19 ba RED-Tabara? - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-burundi-ni-iki-cyaba-cyateye-u-rwanda-gutanga-abarwanyi-19-ba-red-tabara\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-burundi-ni-iki-cyaba-cyateye-u-rwanda-gutanga-abarwanyi-19-ba-red-tabara\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/08\/Imtwaro-scaled.jpg","datePublished":"2021-08-01T14:09:06+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-burundi-ni-iki-cyaba-cyateye-u-rwanda-gutanga-abarwanyi-19-ba-red-tabara\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-burundi-ni-iki-cyaba-cyateye-u-rwanda-gutanga-abarwanyi-19-ba-red-tabara\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-burundi-ni-iki-cyaba-cyateye-u-rwanda-gutanga-abarwanyi-19-ba-red-tabara\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/08\/Imtwaro-scaled.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/08\/Imtwaro-scaled.jpg","width":2048,"height":1366},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-burundi-ni-iki-cyaba-cyateye-u-rwanda-gutanga-abarwanyi-19-ba-red-tabara\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Rwanda-Burundi: Ni iki cyaba cyateye u Rwanda gutanga abarwanyi 19 ba RED-Tabara?"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/42550","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=42550"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/42550\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":42555,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/42550\/revisions\/42555"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/42554"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=42550"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=42550"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=42550"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}