{"id":42726,"date":"2021-08-14T10:39:51","date_gmt":"2021-08-14T08:39:51","guid":{"rendered":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=42726"},"modified":"2021-08-14T10:39:51","modified_gmt":"2021-08-14T08:39:51","slug":"mozambique-iterana-ryamagambo-hagati-yigisirikare-cyu-rwanda-nabashyigikiye-leta-ya-kislamu","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/mozambique-iterana-ryamagambo-hagati-yigisirikare-cyu-rwanda-nabashyigikiye-leta-ya-kislamu\/","title":{"rendered":"Mozambique: Iterana ry&#8217;amagambo hagati y&#8217;igisirikare cy&#8217;u Rwanda n&#8217;abashyigikiye Leta ya Kislamu"},"content":{"rendered":"<p>Yanditswe na <b>Arnold Gakuba<\/b><\/p>\n<p>Amakuru dukesha Radiyo &#8220;Ijwi ry&#8217;Amerika&#8221; aravuga ko inyeshyamba zivuga ko zishingiye kuri Leta ya Kislamu (Islamic State) zamagana ibikorwa by&#8217;ingabo z&#8217;u Rwanda, ngo ziva mu gihugu cy&#8217;Abakirisitu, ngo zaba zibasiye abayisilamu, aho zibitangaza, binyuze kuri Interineti, ko u Rwanda ari igihugu cy&#8217;umwanzi.<\/p>\n<p>Umutwe wa IS uherutse gutunga agatoki u Rwanda muri nimero iherutse y&#8217;ikinyamakuru cyawo gisohoka buri cyumweru mu rwego rwo kwamagana muri rusange ingamba z&#8217;ibihugu bya Afurika zibasiye uyu mutwe uvuga ko urwana intambara ntagatifu ya Jihad, cyane cyane muri Mozambique.<\/p>\n<p>Inyandiko n&#8217;ubutumwa bishya by&#8217;abashyigikiye IS byabonetse kuri porogaramu y&#8217;itumanaho hifashijwe interineti yitwa Telegram ku itariki ya 11 Kanama 2021, bifata u Rwanda nk&#8217;igihugu cy&#8217;umwanzi cy&#8217;abakirisitu kirimo guhohotera abaturage b&#8217;abayisilamu. BBC Monitoring ikaba yarakurikiranye izo nyandiko zo kuri interineti zirwanya u Rwanda z&#8217;ibitangazamakuru bimwe bishyigikiye umutwe wa IS birimo Hadm al-Aswar, al-Battar, al-Adiyat, al-Dir al-Sunni, al-Murhafat na Talae al-Ansar. Izo nyandiko n&#8217;ubutumwa bishya kandi byashyizwe kuri Telegram n&#8217;igitangazamakuru gihuriza inkuru hamwe gishyigikiye IS cya Nashir al Kabar News, gisanzwe gihuriza hamwe propagande za IS.<\/p>\n<p>Igitangazamakuru Bariqa gishyigikiye IS cyatangaje kuri Telegram video idafite itariki n&#8217;igihe yafatiweho yerekana abagabo benshi b&#8217;abirabura bakatwa amajoshi mbere yo kujugunwa mu mwobo. Kivuga ko abo bagabo ari abaturage b&#8217;abasivile bo muri Afurika y&#8217;uburengerazuba n&#8217;iyo hagati.<\/p>\n<p>Ibyo ariko ntacyo bibwiye umuvugizi w&#8217;ingabo z&#8217;u Rwanda Col Ronald Rwivanga, ndetse ntibinamuteye ubwoba na gato, kuko yatangaje ko ingabo z&#8217;u Rwanda ziteguye guhashya izo nyeshyamba ziramutse zihirahiye zigatera u Rwanda. Yongeyeho ko ingabo z&#8217;u Rwanda zifite ubuhanga n&#8217;ubushobozi buhagije bwo kurwanya izo nyeshyamba. Col Ronald Rwivanga ashimangira iby&#8217;ubutwari bw&#8217;ingabo z&#8217;u Rwanda, yabwiye BBC ati &#8220;<i>Ni gute twaba twiteguye kohereza ingabo mu yandi mahanga mu gihe tudashoboye kwirinda ubwacu. Ntibyaba byumvikana<\/i>.&#8221;<\/p>\n<p>Ibyo byose byatangajwe nyuma y&#8217;uko ingabo z&#8217;u Rwanda zifatanije n&#8217;iza Mozambique zimaze guhashya inyeshyamba mu Ntara ya Cabo Delgado yo muri Mozambique Ubu uturere twinshi tw&#8217;iyo ntara twari twarigaruriwe n&#8217;inyeshyamba tukaba twarazambuwe. Ni muri urwo rwego, Guverineri w&#8217;intara ya Cabo Delgado yerekanywe na televiziyo y&#8217;u Rwanda &#8211; yoherejeyo abanyamakuru &#8211; agaruka muri iyi ntara kuwa kane, nyuma y&#8217;imyaka ibiri yarahahunze, kuko amahoro arimo ahagaruka.<\/p>\n<p>Nyamara ariko, n&#8217;ubwo ingabo z&#8217;u Rwanda zimaze kwigarurira umujyi wa Moc\u00edmboa da Praia ziwuvanye mu maboko y&#8217;inyeshyamba, perezida Filipe Nyusi wa Mozambike arasaba abasirikare mpuzamahanga bari muri icyo gihugu mu gikorwa cyo kugarura amahoro, ko bagomba kwubaha ubuzima bwa muntu.<span class=\"Apple-converted-space\">\u00a0<\/span><\/p>\n<p>Ku rundi ruhande na none, uwahoze ayoboye igihugu cya Mozambike we arasaba ko habaho ibiganiro hagati ya Leta ya Mozambique n&#8217;inyeshyamba, kuko abona ariyo nzira y&#8217;amahoro arambye.<span class=\"Apple-converted-space\">\u00a0<\/span><\/p>\n<p>Nyuma y&#8217;ibyo byose, twibutse ko amaherezo y&#8217;intambara ingabo z&#8217;u Rwanda zirimo muri Mozambique ubu atazwi neza nk&#8217;uko byatangajwe na Col Ronald Rwivanga mu kwezi gushize. Yabwiye BBC ko misiyo y&#8217;u Rwanda muri Mozambique idafite igihe kizwi izamara. Yavuze ko ingabo z&#8217;u Rwanda zizabanza zikarangiza akazi maze zikabona kugaruka mu Rwanda. Aya magambo, benshi bakaba babona ko ahishe byinshi. Yaba agaragaza ko hari akazi ingabo z&#8217;u Rwanda zirimo muri Mozambique, byaba atari ukugarura amahoro gusa. Ese ninde wazihaye akazi kaba katazwi igihe kazarangirira?<\/p>\n<p>Twibutse ko ingabo z&#8217;ibihugu bigize SADC nazo zimaze iminsi mike zisesekaye muri Mozambique zikurikiye iz&#8217;u Rwanda zo zoherejweyo huti huti bisa nko gutanguranwa, nazo zigiye gutera ingabo mu bitugu iza Mozambique mu kurwanya inyeshyamba.<\/p>\n<p>Abakora isesengura basanga byinshi mu bihugu by&#8217;Afrika bishaka kohereza ingabo muri Cabo Delgado kubera impamvu 3 z&#8217;ingenzi: Hari impamvu z&#8217;ubukungu kubera ko kariya karere kari ubukungu bwinshi, indi mpamvu ni iyo kwigaragaza neza ngo igihugu cyubahwe mu ruhando mpuzamahanga harimo no kugabanya umuvuduko w&#8217;imitwe yiyitirira idini ya Islamu muri Afrika, naho impamvu yindi ikaba kugabanya umuvuduko w&#8217;u Rwanda rushaka kwigira nk&#8217;umupolisi w&#8217;Afrika no kwirinda ko rwakwigarurira kariya karere mu mayeri rwitwaje gutabara. Ikindi ibihugu bikomeye nka biriya bya SADC ni igisebo mu ruhando mpuzamahanga kuba agahugu kangana urwara nk&#8217;u Rwanda kaza muri kimwe mu bihugu biglez two muryango byo birebera.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Yanditswe na Arnold Gakuba Amakuru dukesha Radiyo &#8220;Ijwi ry&#8217;Amerika&#8221; aravuga ko inyeshyamba zivuga ko zishingiye kuri Leta ya Kislamu (Islamic State) zamagana ibikorwa by&#8217;ingabo z&#8217;u Rwanda, ngo ziva mu gihugu cy&#8217;Abakirisitu, ngo zaba zibasiye abayisilamu, aho zibitangaza, binyuze kuri Interineti, ko u Rwanda ari igihugu cy&#8217;umwanzi. Umutwe wa IS uherutse gutunga agatoki u Rwanda muri [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":42214,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[77],"tags":[],"class_list":["post-42726","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-isesengura"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v27.8 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Mozambique: Iterana ry&#039;amagambo hagati y&#039;igisirikare cy&#039;u Rwanda n&#039;abashyigikiye Leta ya Kislamu - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/mozambique-iterana-ryamagambo-hagati-yigisirikare-cyu-rwanda-nabashyigikiye-leta-ya-kislamu\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Mozambique: Iterana ry&#039;amagambo hagati y&#039;igisirikare cy&#039;u Rwanda n&#039;abashyigikiye Leta ya Kislamu - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Yanditswe na Arnold Gakuba Amakuru dukesha Radiyo &#8220;Ijwi ry&#8217;Amerika&#8221; aravuga ko inyeshyamba zivuga ko zishingiye kuri Leta ya Kislamu (Islamic State) zamagana ibikorwa by&#8217;ingabo z&#8217;u Rwanda, ngo ziva mu gihugu cy&#8217;Abakirisitu, ngo zaba zibasiye abayisilamu, aho zibitangaza, binyuze kuri Interineti, ko u Rwanda ari igihugu cy&#8217;umwanzi. Umutwe wa IS uherutse gutunga agatoki u Rwanda muri [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/mozambique-iterana-ryamagambo-hagati-yigisirikare-cyu-rwanda-nabashyigikiye-leta-ya-kislamu\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2021-08-14T08:39:51+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/07\/rdf-mozambique1.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"1024\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"567\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/mozambique-iterana-ryamagambo-hagati-yigisirikare-cyu-rwanda-nabashyigikiye-leta-ya-kislamu\\\/#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/mozambique-iterana-ryamagambo-hagati-yigisirikare-cyu-rwanda-nabashyigikiye-leta-ya-kislamu\\\/\"},\"author\":{\"name\":\"therwda\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"headline\":\"Mozambique: Iterana ry&#8217;amagambo hagati y&#8217;igisirikare cy&#8217;u Rwanda n&#8217;abashyigikiye Leta ya Kislamu\",\"datePublished\":\"2021-08-14T08:39:51+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/mozambique-iterana-ryamagambo-hagati-yigisirikare-cyu-rwanda-nabashyigikiye-leta-ya-kislamu\\\/\"},\"wordCount\":632,\"commentCount\":0,\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/mozambique-iterana-ryamagambo-hagati-yigisirikare-cyu-rwanda-nabashyigikiye-leta-ya-kislamu\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2021\\\/07\\\/rdf-mozambique1.jpg\",\"articleSection\":[\"Isesengura\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/mozambique-iterana-ryamagambo-hagati-yigisirikare-cyu-rwanda-nabashyigikiye-leta-ya-kislamu\\\/#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/mozambique-iterana-ryamagambo-hagati-yigisirikare-cyu-rwanda-nabashyigikiye-leta-ya-kislamu\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/mozambique-iterana-ryamagambo-hagati-yigisirikare-cyu-rwanda-nabashyigikiye-leta-ya-kislamu\\\/\",\"name\":\"Mozambique: Iterana ry'amagambo hagati y'igisirikare cy'u Rwanda n'abashyigikiye Leta ya Kislamu - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/mozambique-iterana-ryamagambo-hagati-yigisirikare-cyu-rwanda-nabashyigikiye-leta-ya-kislamu\\\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/mozambique-iterana-ryamagambo-hagati-yigisirikare-cyu-rwanda-nabashyigikiye-leta-ya-kislamu\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2021\\\/07\\\/rdf-mozambique1.jpg\",\"datePublished\":\"2021-08-14T08:39:51+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/mozambique-iterana-ryamagambo-hagati-yigisirikare-cyu-rwanda-nabashyigikiye-leta-ya-kislamu\\\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/mozambique-iterana-ryamagambo-hagati-yigisirikare-cyu-rwanda-nabashyigikiye-leta-ya-kislamu\\\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/mozambique-iterana-ryamagambo-hagati-yigisirikare-cyu-rwanda-nabashyigikiye-leta-ya-kislamu\\\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2021\\\/07\\\/rdf-mozambique1.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2021\\\/07\\\/rdf-mozambique1.jpg\",\"width\":1024,\"height\":567},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/mozambique-iterana-ryamagambo-hagati-yigisirikare-cyu-rwanda-nabashyigikiye-leta-ya-kislamu\\\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Mozambique: Iterana ry&#8217;amagambo hagati y&#8217;igisirikare cy&#8217;u Rwanda n&#8217;abashyigikiye Leta ya Kislamu\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"url\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/author\\\/therwda\\\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Mozambique: Iterana ry'amagambo hagati y'igisirikare cy'u Rwanda n'abashyigikiye Leta ya Kislamu - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/mozambique-iterana-ryamagambo-hagati-yigisirikare-cyu-rwanda-nabashyigikiye-leta-ya-kislamu\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Mozambique: Iterana ry'amagambo hagati y'igisirikare cy'u Rwanda n'abashyigikiye Leta ya Kislamu - Umunyarwanda","og_description":"Yanditswe na Arnold Gakuba Amakuru dukesha Radiyo &#8220;Ijwi ry&#8217;Amerika&#8221; aravuga ko inyeshyamba zivuga ko zishingiye kuri Leta ya Kislamu (Islamic State) zamagana ibikorwa by&#8217;ingabo z&#8217;u Rwanda, ngo ziva mu gihugu cy&#8217;Abakirisitu, ngo zaba zibasiye abayisilamu, aho zibitangaza, binyuze kuri Interineti, ko u Rwanda ari igihugu cy&#8217;umwanzi. Umutwe wa IS uherutse gutunga agatoki u Rwanda muri [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/mozambique-iterana-ryamagambo-hagati-yigisirikare-cyu-rwanda-nabashyigikiye-leta-ya-kislamu\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2021-08-14T08:39:51+00:00","og_image":[{"width":1024,"height":567,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/07\/rdf-mozambique1.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/mozambique-iterana-ryamagambo-hagati-yigisirikare-cyu-rwanda-nabashyigikiye-leta-ya-kislamu\/#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/mozambique-iterana-ryamagambo-hagati-yigisirikare-cyu-rwanda-nabashyigikiye-leta-ya-kislamu\/"},"author":{"name":"therwda","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"headline":"Mozambique: Iterana ry&#8217;amagambo hagati y&#8217;igisirikare cy&#8217;u Rwanda n&#8217;abashyigikiye Leta ya Kislamu","datePublished":"2021-08-14T08:39:51+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/mozambique-iterana-ryamagambo-hagati-yigisirikare-cyu-rwanda-nabashyigikiye-leta-ya-kislamu\/"},"wordCount":632,"commentCount":0,"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/mozambique-iterana-ryamagambo-hagati-yigisirikare-cyu-rwanda-nabashyigikiye-leta-ya-kislamu\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/07\/rdf-mozambique1.jpg","articleSection":["Isesengura"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/mozambique-iterana-ryamagambo-hagati-yigisirikare-cyu-rwanda-nabashyigikiye-leta-ya-kislamu\/#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/mozambique-iterana-ryamagambo-hagati-yigisirikare-cyu-rwanda-nabashyigikiye-leta-ya-kislamu\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/mozambique-iterana-ryamagambo-hagati-yigisirikare-cyu-rwanda-nabashyigikiye-leta-ya-kislamu\/","name":"Mozambique: Iterana ry'amagambo hagati y'igisirikare cy'u Rwanda n'abashyigikiye Leta ya Kislamu - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/mozambique-iterana-ryamagambo-hagati-yigisirikare-cyu-rwanda-nabashyigikiye-leta-ya-kislamu\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/mozambique-iterana-ryamagambo-hagati-yigisirikare-cyu-rwanda-nabashyigikiye-leta-ya-kislamu\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/07\/rdf-mozambique1.jpg","datePublished":"2021-08-14T08:39:51+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/mozambique-iterana-ryamagambo-hagati-yigisirikare-cyu-rwanda-nabashyigikiye-leta-ya-kislamu\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/mozambique-iterana-ryamagambo-hagati-yigisirikare-cyu-rwanda-nabashyigikiye-leta-ya-kislamu\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/mozambique-iterana-ryamagambo-hagati-yigisirikare-cyu-rwanda-nabashyigikiye-leta-ya-kislamu\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/07\/rdf-mozambique1.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/07\/rdf-mozambique1.jpg","width":1024,"height":567},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/mozambique-iterana-ryamagambo-hagati-yigisirikare-cyu-rwanda-nabashyigikiye-leta-ya-kislamu\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Mozambique: Iterana ry&#8217;amagambo hagati y&#8217;igisirikare cy&#8217;u Rwanda n&#8217;abashyigikiye Leta ya Kislamu"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/42726","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=42726"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/42726\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":42727,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/42726\/revisions\/42727"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/42214"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=42726"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=42726"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=42726"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}