{"id":42751,"date":"2021-08-16T14:48:04","date_gmt":"2021-08-16T12:48:04","guid":{"rendered":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=42751"},"modified":"2021-08-16T14:58:53","modified_gmt":"2021-08-16T12:58:53","slug":"gutsindwa-kwa-arsenal-kwavugishe-kagame","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gutsindwa-kwa-arsenal-kwavugishe-kagame\/","title":{"rendered":"Gutsindwa kwa Arsenal kwavugishije Kagame"},"content":{"rendered":"<p>Yanditswe na <b>Arnold Gakuba<\/b><\/p>\n<p>Inkuru dukesha ikinyamakuru &#8220;<i>Les Sports<\/i>&#8221; yasohotse kuri uyu wa 14 Kanama 2021, irerekana ko gutsindwa kw&#8217;ikipe ya Arsenal, iterwa inkunga n&#8217;u Rwanda\/Paul Kagame, byatumye avugishwa nako avuga menshi. Benshi bakaba bibaza icyateye Paul Kagame kuvuga byinshi abitewe no gutsindwa kwa Arsenal.<\/p>\n<p>Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 13 Kanama 2021, habaye umukino wahuje ikipe ya Bentford n&#8217;iya Arsenal, umukino ukaba warangiye Bentford itsinze ibitego 2 ku busa bwa Arsenal (2-0). Uyu mukino ukaba wavugishije menshi abafana ndetse n&#8217;abaterankunga b&#8217;ikipe ya Arsenal, barimo na Perezida Paul Kagame w&#8217;u Rwanda.<span class=\"Apple-converted-space\">\u00a0<\/span><\/p>\n<p>Perezida w&#8217;u Rwanda Paul Kagame aranenga cyane ikipe ya Arsenal atera inkunga aho agira ati &#8220;<i>Abafana ntibakwiriye kumenyera ibi<\/i>&#8220;.<span class=\"Apple-converted-space\">\u00a0<\/span><\/p>\n<p>Ku wa gatandatu tariki ya 14 Kanama 2021, Perezida w&#8217;u Rwanda, Paul Kagame, umuterankunga w&#8217;imena<span class=\"Apple-converted-space\">\u00a0 <\/span>w&#8217;ikipe ya Arsenal yo mu Bwongereza, yarakariye abakinnyi b&#8217;iyo kipe bahawe izina rya &#8220;Gunners&#8221; mu rurimi rw&#8217;Icyongereza bishatse kuvuga &#8220;Intwari&#8221; ugenekereje mu Kinyarwanda, imvugo ikoreshwa mu mupira, nyuma yo gutsindwa na Brentford mu mukino wa mbere wa shampiyona y&#8217;icyiciro cya mbere. Paul Kagame arahamagarira abamushyigikiye &#8220;<i>kutemera cyangwa gushyigikira iyo myirwatire mibi yagaragaye kuri iyo kipe<\/i>&#8220;. Aho bukera Arsenal irahindurirwa izina yitwe &#8220;Gooners&#8221; mu rurimi rw&#8217;Icyongereza bishatse kuvuga &#8220;<i>Ibigwari<\/i>&#8221; ugenekerereje.<span class=\"Apple-converted-space\">\u00a0<\/span><\/p>\n<p>Nk&#8217;uko yabitangarije ku rubuga rwe rwa Twitter, Paul Kagame yagize ati &#8220;<i>Ntabwo tugomba kwiregura cyangwa gushyigikira ubugwari. Ikipe igomba kubakwa kugira ngo batsinde byanze bikunze. Gutsindwa bigomba kutazasubira.<\/i>&#8221; .<span class=\"Apple-converted-space\">\u00a0<\/span><\/p>\n<p>N&#8217;uburakari bwinshi, Paul Kagame yatangaje aya magambo &#8220;<i>OYA, abafana ba Arsenal ntidukwiriye kumenyera ibi!!! Ndavuga ko nk&#8217;umuterankunga wa Arsenal impinduka zafashe igihe kirekire cyane.<\/i>&#8221; Agaruka ku gushaka abakinnyi bashya, yongeyeho ati &#8220;<i>Hashize imyaka myinshi habaho kuzamuka no kumanuka, ntitugikenye gusubira inyuma ubu. Ese habaho gahunda nziza?<\/i>&#8221; Yashoje agira ati &#8220;<i>Nzi neza ko twese tuzi abaremerewe n&#8217;umutwaro. Ndizera ko n&#8217;abo babizi, cyangwa babyemera !!!<\/i>&#8220;. Aha yashakaga kuvuga cyane abaterankunga b&#8217;iyo kipe, nawe abarizwamo.<span class=\"Apple-converted-space\">\u00a0<\/span><\/p>\n<p>Brentford yazamuwe mu ntera, yari imaze imyaka 74 itari mu Cyiciro cya mbere, yarushije Arsenal ku bitego 2-0, kandi yaraje ku mwanya wa munani muri shampiyona ishize.<\/p>\n<p>Paul Kagame akunze kwerekana icyo atekereza ku mikorere y&#8217;ikipe akunda mu nama za politiki cyangwa ku mbuga nkoranyambaga. U Rwanda rwabaye umufatanyabikorwa wa Arsenal mu by\u2019ubukerarugendo mu mwaka wa 2018, aho abakinnyi bakoze ikirango cyitwa &#8220;Visit Rwanda&#8221;(Sura u Rwanda) kigaragara ku myenda yabo bambara mu gihe cy&#8217;imikino. Ibi Paul Kagame akaba yarabikoze kugirango abone amadovize muri ba mukerarugendo dore ko nawe yishyura akayabo kagera ku mapounde miliyoni mirongo itatu (\u00a330,000,000) buri mwaka.<\/p>\n<p>Amasezerano y\u2019imyaka itatu u Rwanda rufitanye na Arsenal agamije gukurura ba mukerarugendo n\u2019abashoramari muri iki gihugu giherereye muri Afurika y&#8217;Iburasirazuba. Ibya Paul Kagame byose ni imibare, ashobora kuba yabonye ko gutsindwa kwa Arsenal bishobora kumuzanira igihombo maze ayo yayishoyemo ntamugarukire. Twibutse ko, u Rwanda\/Paul Kagame rushora akayabo kangana gatyo muri Arsenal, nyamara hari abanyarwanda benshi bicwa n&#8217;inzara kubera kugarizwa n&#8217;ubukene.<span class=\"Apple-converted-space\">\u00a0<\/span><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Yanditswe na Arnold Gakuba Inkuru dukesha ikinyamakuru &#8220;Les Sports&#8221; yasohotse kuri uyu wa 14 Kanama 2021, irerekana ko gutsindwa kw&#8217;ikipe ya Arsenal, iterwa inkunga n&#8217;u Rwanda\/Paul Kagame, byatumye avugishwa nako avuga menshi. Benshi bakaba bibaza icyateye Paul Kagame kuvuga byinshi abitewe no gutsindwa kwa Arsenal. Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 13 Kanama 2021, habaye [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":42752,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[80],"tags":[],"class_list":["post-42751","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-ibyo-twabasomeye-ibihwihwiswa"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>Gutsindwa kwa Arsenal kwavugishije Kagame - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gutsindwa-kwa-arsenal-kwavugishe-kagame\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Gutsindwa kwa Arsenal kwavugishije Kagame - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Yanditswe na Arnold Gakuba Inkuru dukesha ikinyamakuru &#8220;Les Sports&#8221; yasohotse kuri uyu wa 14 Kanama 2021, irerekana ko gutsindwa kw&#8217;ikipe ya Arsenal, iterwa inkunga n&#8217;u Rwanda\/Paul Kagame, byatumye avugishwa nako avuga menshi. Benshi bakaba bibaza icyateye Paul Kagame kuvuga byinshi abitewe no gutsindwa kwa Arsenal. Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 13 Kanama 2021, habaye [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gutsindwa-kwa-arsenal-kwavugishe-kagame\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2021-08-16T12:48:04+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2021-08-16T12:58:53+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/08\/kagame-arsenal.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"1121\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"1806\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gutsindwa-kwa-arsenal-kwavugishe-kagame\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gutsindwa-kwa-arsenal-kwavugishe-kagame\/\",\"name\":\"Gutsindwa kwa Arsenal kwavugishije Kagame - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gutsindwa-kwa-arsenal-kwavugishe-kagame\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gutsindwa-kwa-arsenal-kwavugishe-kagame\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/08\/kagame-arsenal.jpg\",\"datePublished\":\"2021-08-16T12:48:04+00:00\",\"dateModified\":\"2021-08-16T12:58:53+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gutsindwa-kwa-arsenal-kwavugishe-kagame\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gutsindwa-kwa-arsenal-kwavugishe-kagame\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gutsindwa-kwa-arsenal-kwavugishe-kagame\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/08\/kagame-arsenal.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/08\/kagame-arsenal.jpg\",\"width\":1121,\"height\":1806},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gutsindwa-kwa-arsenal-kwavugishe-kagame\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Gutsindwa kwa Arsenal kwavugishije Kagame\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Gutsindwa kwa Arsenal kwavugishije Kagame - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gutsindwa-kwa-arsenal-kwavugishe-kagame\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Gutsindwa kwa Arsenal kwavugishije Kagame - Umunyarwanda","og_description":"Yanditswe na Arnold Gakuba Inkuru dukesha ikinyamakuru &#8220;Les Sports&#8221; yasohotse kuri uyu wa 14 Kanama 2021, irerekana ko gutsindwa kw&#8217;ikipe ya Arsenal, iterwa inkunga n&#8217;u Rwanda\/Paul Kagame, byatumye avugishwa nako avuga menshi. Benshi bakaba bibaza icyateye Paul Kagame kuvuga byinshi abitewe no gutsindwa kwa Arsenal. Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 13 Kanama 2021, habaye [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gutsindwa-kwa-arsenal-kwavugishe-kagame\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2021-08-16T12:48:04+00:00","article_modified_time":"2021-08-16T12:58:53+00:00","og_image":[{"width":1121,"height":1806,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/08\/kagame-arsenal.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gutsindwa-kwa-arsenal-kwavugishe-kagame\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gutsindwa-kwa-arsenal-kwavugishe-kagame\/","name":"Gutsindwa kwa Arsenal kwavugishije Kagame - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gutsindwa-kwa-arsenal-kwavugishe-kagame\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gutsindwa-kwa-arsenal-kwavugishe-kagame\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/08\/kagame-arsenal.jpg","datePublished":"2021-08-16T12:48:04+00:00","dateModified":"2021-08-16T12:58:53+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gutsindwa-kwa-arsenal-kwavugishe-kagame\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gutsindwa-kwa-arsenal-kwavugishe-kagame\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gutsindwa-kwa-arsenal-kwavugishe-kagame\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/08\/kagame-arsenal.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/08\/kagame-arsenal.jpg","width":1121,"height":1806},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gutsindwa-kwa-arsenal-kwavugishe-kagame\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Gutsindwa kwa Arsenal kwavugishije Kagame"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/42751","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=42751"}],"version-history":[{"count":2,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/42751\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":42754,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/42751\/revisions\/42754"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/42752"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=42751"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=42751"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=42751"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}