{"id":42996,"date":"2021-09-04T14:01:20","date_gmt":"2021-09-04T12:01:20","guid":{"rendered":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=42996"},"modified":"2021-09-04T14:01:20","modified_gmt":"2021-09-04T12:01:20","slug":"umuhanzi-jay-polly-azize-kwishyuza-amafaranga-yibihangano-bye","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuhanzi-jay-polly-azize-kwishyuza-amafaranga-yibihangano-bye\/","title":{"rendered":"Umuhanzi Jay Polly azize kwishyuza amafaranga y\u2019ibihangano bye?"},"content":{"rendered":"<p style=\"font-weight: 400;\">Yanditswe na <strong>Nkurunziza Gad<\/strong><\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\"><em>Urupfu rw\u2019umuhanzi Tuyishime Joshua uzwi ku izina ry\u2019ubuhanzi nka Jay Polly yahoze ari umwe mu batangije itsinda rya Tough Gangz ryazanye impinduka muri muzika Nyarwanda mu njyana ya Hip Hop, rwamenyekanye \u00a0mu rukerera rwo kuri uyu wa 2 Nzeri 2021. Ni nyuma y\u2019uko yari amaze iminsi yishyuza MTN miliyoni zisaga 200 z&#8217;amafaranga y&#8217;u Rwanda y\u2019ibihangano bye yakoresheje itamusabye uburenganzira.<\/em><\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\">Magingo aya abanyarwanda b\u2019ingeri zitandukanye bakomeje gucika ururondogora ku kishe uyu muhanzi ukiri muto dore ko yapfuye afite imyaka 33 y\u2019amavuko.<\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\">Uyu muhanzi waguye mu bitaro bya Muhima, yari \u00a0amaze amezi 4 afungiye muri gereza ya Mageragere,\u00a0akaba\u00a0yari akiburana ategereje gusubira mu rukiko tariki 02\/12\/2021 uyu mwaka.<\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\">Itangazo ryasohowe n\u2019Urwego \u00a0rw\u2019Igihugu rushinzwe imfungwa n\u2019abagororwa <em>\u2018RCS\u2019<\/em> \u00a0nyuma y\u2019urupfu rw\u2019uyu muhanzi, rivuga ko bakimara kumenya ko arwaye yajyanwe mu ivuriro ry\u2019iyo gereza ahagana saa kumi n&#8217;ebyiri z&#8217;umugoroba aho yahise yitabwaho n&#8217;abaganga. Bimaze kugaragara ko akomeje kuremba, yaje kujyanwa mu bitaro bya Muhima aho yakomeje kwitabwaho n&#8217;abaganga ariko birangira yitabye Imana.<\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\">RCS yakomeje ivuga ko Jay Polly na bagenzi be babiri basangiye uruvange rwa alcool yifashishwaga n&#8217;imfungwa\/abagororwa biyogoshesha, amazi n&#8217;isukari, byavanzwe nabo ubwabo.<\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\"><strong><a href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/09\/Skjermbilde-2021-09-04-kl.-12.17.54.png\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"aligncenter size-full wp-image-42998\" src=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/09\/Skjermbilde-2021-09-04-kl.-12.17.54.png\" alt=\"\" width=\"1047\" height=\"735\" srcset=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/09\/Skjermbilde-2021-09-04-kl.-12.17.54.png 1047w, https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/09\/Skjermbilde-2021-09-04-kl.-12.17.54-300x211.png 300w, https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/09\/Skjermbilde-2021-09-04-kl.-12.17.54-1024x719.png 1024w, https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/09\/Skjermbilde-2021-09-04-kl.-12.17.54-768x539.png 768w, https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/09\/Skjermbilde-2021-09-04-kl.-12.17.54-100x70.png 100w, https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/09\/Skjermbilde-2021-09-04-kl.-12.17.54-696x489.png 696w, https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/09\/Skjermbilde-2021-09-04-kl.-12.17.54-598x420.png 598w\" sizes=\"auto, (max-width: 1047px) 100vw, 1047px\" \/><\/a>Kubera iki ibyo binyobwa byahitanye Jay Polly wenyine?<\/strong><\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\">Abakunzi b\u2019uyu muhanzi, inshuti n\u2019abavandimwe ndetse n\u2019abandi bahanzi bagenzi be, bifashishije imbuga nkoranyambaga, amaradio n\u2019izindi mbuga zitangirwaho ibitekerezo bakomeje kugaragaza ko batanyuzwe n\u2019ibyatangajwe na RCS nyuma y\u2019urupfu rw\u2019uyu muhanzi.<\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\">Umwe mu nshuti ze za bugufi w\u2019umuhanzi yadusabye ko izina rye tutaritangaza kubera impamvu z\u2019umutekano we. Yagize ati <em>\u201cAriko baba bumva ko abanyarwanda turi ibigoryi turi injiji zidatekereza? Wasobanura gute ukuntu ibyo binyobwa babinyoye ari 3, hakavamo umwe akaba ariwe bihitana? Niberure bavuge ko bamurangije bareke kubeshya. Asyi!\u201d<\/em><\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\"><a href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/09\/Skjermbilde-2021-09-04-kl.-12.16.53.png\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"aligncenter size-full wp-image-42999\" src=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/09\/Skjermbilde-2021-09-04-kl.-12.16.53.png\" alt=\"\" width=\"1304\" height=\"761\" srcset=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/09\/Skjermbilde-2021-09-04-kl.-12.16.53.png 1304w, https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/09\/Skjermbilde-2021-09-04-kl.-12.16.53-300x175.png 300w, https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/09\/Skjermbilde-2021-09-04-kl.-12.16.53-1024x598.png 1024w, https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/09\/Skjermbilde-2021-09-04-kl.-12.16.53-768x448.png 768w, https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/09\/Skjermbilde-2021-09-04-kl.-12.16.53-696x406.png 696w, https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/09\/Skjermbilde-2021-09-04-kl.-12.16.53-1068x623.png 1068w, https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/09\/Skjermbilde-2021-09-04-kl.-12.16.53-720x420.png 720w\" sizes=\"auto, (max-width: 1304px) 100vw, 1304px\" \/><\/a>Kalisa Claude, ni umufana ukomeye wa nyakwigendera nawe yagize ati <em>\u201cAriko ibinyoma biragwira ngo Kababa yishwe n\u2019uruvangitirane rwa alcool n\u2019isukari ? Hahahahh oya sinabyemera ababisha bamugiriye ishyamba none birangiye bamuhitanye biriya biboolo uwagiye Madrid \u2018muri gereza\u2019\u00a0wese ndibwira ko abizi ntibyica kabisa barabeshya. Sawa tuuu Imana niyo nkuru.\u201d<\/em><\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\">Umwe mu bavandimwe ba Jay Polly nawe wadusabye kudatangaza amazina ye, yavuze ko amata yari ahagije ngo mwene nyina abeho. Yavuze ati <em>\u201cNiba koko bari bamaze kubona ko yanyoye biriya bintu byari bihagije ngo bamuha igikombe kimwe cy\u2019amata aruke mbere yo kumuha indi miti. Iyo bamuha amata ntihari gupfa.&#8221;<\/em><\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\"><strong>\u201cMTN Rwanda ibifashijwemo n\u2019abakomeye nibo bamuhitanye\u201d<\/strong><\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\">Amakuru yizewe atugeraho avuga ko ubwo uyu muhanzi yari afunze mu 2018 azira amakimbirane bivugwa ko yari yagiranye n\u2019uwari umugore we, Sosiyete y\u2019itumanaho MTN Rwanda, yakoresheje indirimbo ze mu buryo buzwi nka \u2018caller tune\u2019 nta masezerano bafitanye.<\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\">Ubwo yafungurwaga muri Mutarama 2019, yagiye kubaza MTN icyatumye ikoresha ibihangano bye itamusabye uburenganzira, yifashishije Itegeko no 31\/2009 ryo kuwa 26\/10\/2009, rigamije kurengera umutungo bwite mu by\u2019ubwenge, ubuyobozi bw\u2019Iki kigo buramusiragiza karahava.<\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\">Uwaduhaye amakuru yavuze ati <em>\u201cYabishyuzaga miliyoni zigera muri 200, baramusuzugura bamubwira ko nta na miliyoni imwe bazamuha ngo niba ababaye azajye kubarega. Jay yarakomeje arabatitiriza kugeza ubwo ababwiye ko azajya kubarega nabo batangira kumutera ubwoba bamubwira ko babishatse bamusubiza Mageragere kandi ko nasubirayo atazavayo. Ibi niwe ubwe wabinyibwiriye si inkuru mbarirano.\u201d<\/em><\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\">Yakomeje avuga ko igihe cyageze atangira guterwa ubwoba n\u2019abapolisi bakomeye. Ati <em>\u201cBitangira yari aziko byoroshye, ariko igihe cyarageze ahagamarwa n\u2019umuyobozi mukuru wa polisi, aramubwira ngo ntazumve yongeye kujya guteza umutekano mucye muri MTN, Jay amubwira ko atigeze ajya guteza umutekano mucye ahubwo yagiye kwishyuza. Undi aramubwira ngo nasubirayo bazabonana. Icyakurikiyeho rero nuko yapangiwe iriya dosiye y\u2019ibiyobyabwenge no kwica amabwiriza yo kwirinda covid-19.\u201d<\/em><\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\">Ikindi gikomeje gutera abantu urujijo ni ukuntu uyu muhanzi ubwo polisi yamwerekaga itangazamakuru tariki 25 Mata 2021, yari ari kumwe n\u2019abantu bandi 11 bivugwa ko bafatiwe hamwe, ariko kugeza ubu akaba ari we wari ufunze wenyine n&#8217;abandi 3 gusa mu gihe abo bafatiwe mu cyaha kimwe bose barekuwe.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Yanditswe na Nkurunziza Gad Urupfu rw\u2019umuhanzi Tuyishime Joshua uzwi ku izina ry\u2019ubuhanzi nka Jay Polly yahoze ari umwe mu batangije itsinda rya Tough Gangz ryazanye impinduka muri muzika Nyarwanda mu njyana ya Hip Hop, rwamenyekanye \u00a0mu rukerera rwo kuri uyu wa 2 Nzeri 2021. Ni nyuma y\u2019uko yari amaze iminsi yishyuza MTN miliyoni zisaga 200 [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":42997,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[77],"tags":[],"class_list":["post-42996","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-isesengura"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v27.8 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Umuhanzi Jay Polly azize kwishyuza amafaranga y\u2019ibihangano bye? - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuhanzi-jay-polly-azize-kwishyuza-amafaranga-yibihangano-bye\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Umuhanzi Jay Polly azize kwishyuza amafaranga y\u2019ibihangano bye? - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Yanditswe na Nkurunziza Gad Urupfu rw\u2019umuhanzi Tuyishime Joshua uzwi ku izina ry\u2019ubuhanzi nka Jay Polly yahoze ari umwe mu batangije itsinda rya Tough Gangz ryazanye impinduka muri muzika Nyarwanda mu njyana ya Hip Hop, rwamenyekanye \u00a0mu rukerera rwo kuri uyu wa 2 Nzeri 2021. Ni nyuma y\u2019uko yari amaze iminsi yishyuza MTN miliyoni zisaga 200 [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuhanzi-jay-polly-azize-kwishyuza-amafaranga-yibihangano-bye\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2021-09-04T12:01:20+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/09\/jay-polly3.jpeg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"720\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"394\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/umuhanzi-jay-polly-azize-kwishyuza-amafaranga-yibihangano-bye\\\/#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/umuhanzi-jay-polly-azize-kwishyuza-amafaranga-yibihangano-bye\\\/\"},\"author\":{\"name\":\"therwda\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"headline\":\"Umuhanzi Jay Polly azize kwishyuza amafaranga y\u2019ibihangano bye?\",\"datePublished\":\"2021-09-04T12:01:20+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/umuhanzi-jay-polly-azize-kwishyuza-amafaranga-yibihangano-bye\\\/\"},\"wordCount\":628,\"commentCount\":0,\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/umuhanzi-jay-polly-azize-kwishyuza-amafaranga-yibihangano-bye\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2021\\\/09\\\/jay-polly3.jpeg\",\"articleSection\":[\"Isesengura\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/umuhanzi-jay-polly-azize-kwishyuza-amafaranga-yibihangano-bye\\\/#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/umuhanzi-jay-polly-azize-kwishyuza-amafaranga-yibihangano-bye\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/umuhanzi-jay-polly-azize-kwishyuza-amafaranga-yibihangano-bye\\\/\",\"name\":\"Umuhanzi Jay Polly azize kwishyuza amafaranga y\u2019ibihangano bye? - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/umuhanzi-jay-polly-azize-kwishyuza-amafaranga-yibihangano-bye\\\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/umuhanzi-jay-polly-azize-kwishyuza-amafaranga-yibihangano-bye\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2021\\\/09\\\/jay-polly3.jpeg\",\"datePublished\":\"2021-09-04T12:01:20+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/umuhanzi-jay-polly-azize-kwishyuza-amafaranga-yibihangano-bye\\\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/umuhanzi-jay-polly-azize-kwishyuza-amafaranga-yibihangano-bye\\\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/umuhanzi-jay-polly-azize-kwishyuza-amafaranga-yibihangano-bye\\\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2021\\\/09\\\/jay-polly3.jpeg\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2021\\\/09\\\/jay-polly3.jpeg\",\"width\":720,\"height\":394},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/umuhanzi-jay-polly-azize-kwishyuza-amafaranga-yibihangano-bye\\\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Umuhanzi Jay Polly azize kwishyuza amafaranga y\u2019ibihangano bye?\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"url\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/author\\\/therwda\\\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Umuhanzi Jay Polly azize kwishyuza amafaranga y\u2019ibihangano bye? - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuhanzi-jay-polly-azize-kwishyuza-amafaranga-yibihangano-bye\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Umuhanzi Jay Polly azize kwishyuza amafaranga y\u2019ibihangano bye? - Umunyarwanda","og_description":"Yanditswe na Nkurunziza Gad Urupfu rw\u2019umuhanzi Tuyishime Joshua uzwi ku izina ry\u2019ubuhanzi nka Jay Polly yahoze ari umwe mu batangije itsinda rya Tough Gangz ryazanye impinduka muri muzika Nyarwanda mu njyana ya Hip Hop, rwamenyekanye \u00a0mu rukerera rwo kuri uyu wa 2 Nzeri 2021. Ni nyuma y\u2019uko yari amaze iminsi yishyuza MTN miliyoni zisaga 200 [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuhanzi-jay-polly-azize-kwishyuza-amafaranga-yibihangano-bye\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2021-09-04T12:01:20+00:00","og_image":[{"width":720,"height":394,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/09\/jay-polly3.jpeg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuhanzi-jay-polly-azize-kwishyuza-amafaranga-yibihangano-bye\/#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuhanzi-jay-polly-azize-kwishyuza-amafaranga-yibihangano-bye\/"},"author":{"name":"therwda","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"headline":"Umuhanzi Jay Polly azize kwishyuza amafaranga y\u2019ibihangano bye?","datePublished":"2021-09-04T12:01:20+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuhanzi-jay-polly-azize-kwishyuza-amafaranga-yibihangano-bye\/"},"wordCount":628,"commentCount":0,"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuhanzi-jay-polly-azize-kwishyuza-amafaranga-yibihangano-bye\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/09\/jay-polly3.jpeg","articleSection":["Isesengura"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuhanzi-jay-polly-azize-kwishyuza-amafaranga-yibihangano-bye\/#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuhanzi-jay-polly-azize-kwishyuza-amafaranga-yibihangano-bye\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuhanzi-jay-polly-azize-kwishyuza-amafaranga-yibihangano-bye\/","name":"Umuhanzi Jay Polly azize kwishyuza amafaranga y\u2019ibihangano bye? - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuhanzi-jay-polly-azize-kwishyuza-amafaranga-yibihangano-bye\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuhanzi-jay-polly-azize-kwishyuza-amafaranga-yibihangano-bye\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/09\/jay-polly3.jpeg","datePublished":"2021-09-04T12:01:20+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuhanzi-jay-polly-azize-kwishyuza-amafaranga-yibihangano-bye\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuhanzi-jay-polly-azize-kwishyuza-amafaranga-yibihangano-bye\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuhanzi-jay-polly-azize-kwishyuza-amafaranga-yibihangano-bye\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/09\/jay-polly3.jpeg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/09\/jay-polly3.jpeg","width":720,"height":394},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuhanzi-jay-polly-azize-kwishyuza-amafaranga-yibihangano-bye\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Umuhanzi Jay Polly azize kwishyuza amafaranga y\u2019ibihangano bye?"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/42996","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=42996"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/42996\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":43000,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/42996\/revisions\/43000"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/42997"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=42996"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=42996"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=42996"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}