{"id":43011,"date":"2021-09-05T12:21:53","date_gmt":"2021-09-05T10:21:53","guid":{"rendered":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=43011"},"modified":"2021-09-05T12:21:53","modified_gmt":"2021-09-05T10:21:53","slug":"barabuzwa-gukora-ikiriyo-cyababo-baguye-ku-rugamba-muri-mozambique","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/barabuzwa-gukora-ikiriyo-cyababo-baguye-ku-rugamba-muri-mozambique\/","title":{"rendered":"Barabuzwa gukora ikiriyo cy\u2019ababo baguye ku rugamba muri Mozambique"},"content":{"rendered":"<p>Yanditswe na <strong>Frank Steven Ruta<\/strong><\/p>\n<p>Mu Rwanda inkuru ikomeje kuvugwa bucece mu mujyi wa Kigali ni iy\u2019abasirikare b\u2019u Rwanda bakomeje kugwa ku rugamba mu gihugu cya Mozambique ariko bikagirwa ibanga, kugira ngo igikuba kidacika mu baturage babwiwe ko ziri gukora akazi gakomeye ko guhashaya abo zita ibyihebe.<\/p>\n<p>Ibyumweru bibaye bibiri nta makuru y\u2019intsinzi arongera gutangazwa mu Rwanda ku bijyanye n\u2019urugamba ingabo za RDF ziriho muri Mozambique, nyamara ntirwigeze ruhagarara, ahubwo nicyo cyari igihe cyo kurutangaza, kuko ari bwo rwari rugitangira bya nyabyo.<\/p>\n<p>Ubwo uru rugamba rwatangizwaga n\u2019ingabo z\u2019u Rwanda, zikabanza gutambagira imisozi itabamo abarwanyi ariko zigamba kuyifata ngo zimazemo kwica benshi mu nyeshyamba, igihe cyarageze abo bibwiraga ko batsinze babereka ko bahari kandi ko bashoboye urugamba, ko batanaruhunze nk\u2019uko byinshi byatangajwe n\u2019abanyamakuru ba Leta y\u2019u Rwanda boherejwe muri Mozambique.<\/p>\n<p>Urugamba rwagoye ingabo z\u2019u Rwanda ni urugana Mueda na Mbau, ariko byaje kuba amahina ubwo binjiraga mu mashyamba ya Siri, ari nayo kugeza uyu munsi bakirwaniramo, ariko bakaba batarenga umutaru, kuko uretse kuba barahahuriye na ba mudahusha, ingabo za RDF zanagowe cyane n\u2019ibisasu bitegwa mu butaka byari biteze ku bwinshi mu nzira zigaragara n\u2019izitagaragara, nk\u2019uko amakuru ya bamwe mu basirikare bariyo yatangarijwe abo mu miryango yabo basigaye mu Rwanda, birirwa bari ku mavi ngo bazabone ko abana babao n\u2019ababyeyi babo cyangwa se abavandimwe bazagaruka amahoro.<\/p>\n<p><strong>Hari abashyingurwa mu Rwanda hakaba n\u2019abashyingurwa muri Mozambique<\/strong><\/p>\n<p>Hagati aho, imirambo ya mbere yoherejwe mu Rwada kuhashyingurwa, ariko uko bakomeje kuba benshi bagwa ku rugamba, byageze ubwo Leta y\u2019u Rwanda ifata icyemezo cyo kujya bashyingurwa aho baguye ku rugamba.<\/p>\n<p>Bamwe mu basirikare b\u2019u Rwanda baguye ku rugamba, ni abo mu mutwe w\u2019ingabo zidasanzwe (Special Forces) bizewe kurusha abandi, boherezwa aho rukomeye.<\/p>\n<p>Mu minsi ine ya mbere, imiryango y\u2019ababo yamenyeshwaga uko byifashe, bakanemererwa gusura mu buruhukjro bw\u2019ibitaro bya Kanombe ababo baguye ku rugamba, mu rwego rwo kubasezeraho, kuko mu ishyingurwa hatakorwaga imihango isanzwe yo guherekeza.<\/p>\n<p>Ariko aho abapfa babereye benshi, n\u2019inkuru zigatangira gukwira ngo na kanaka yaguye ku rugamba, na kanaka bamurashe cyangwa mine yamuturikanye, amakuru ntiyongeye gutangwa mu buryo busanzwe. Ubu umuryango wapfushije uwabo ntukibimenyeshwa kuri telephone, ahubwo ubuyobozi bw\u2019Ingabo bwohereza itsinda rito (kenshi abantu hagati ya babiri na batanu). Bakajya gusura umuryango, bakawuha ubutumwa mu magambo.<\/p>\n<p>Ibi birakorwa mu buryo bwo kwirinda ikwirakwizwa ry\u2019amajwi cyangwa inyandiko za Whatsapp zibika abaguyeku rugamba, nk\u2019uko byari byatangiye gukorwa na bamwe, bazihererakanya mu ma groups ya Whatsapp bahuriramo, bakanahana gahunda z\u2019uburyo bakora ikiriyo.<\/p>\n<p>Ubu rero amajwi n\u2019ubutumwa bwa Whatsapp ntibigikoreshwa, nk\u2019uko twabisobanuye hejuru. Ikirenzeho ni uko izo ntumwa za Minisiteri y\u2019Ingabo n\u2019ubuyobozi bw\u2019ingabo zisiga zibujije abo mu miryango yabikiwe gukora icyunamo, kuko ngo bitemewe muri iyi minsi yo kwirinda Covid19. Ariko abo muri iyo miryango, bo bakavuga ko babibuzwa mu rwego rwo kwanga ko amakuru yakomeza guhererekanwa ko hari imiryango iri mu cyunamo cy\u2019ababo bagwa muri Mozambique.<\/p>\n<p>The Rwandan twabashije kumenaya amazina amwe n\u2019amwe y\u2019abaguye muri Mozambique, ariko ku mpamvu z\u2019umutekano w\u2019abaduha amakuru no ku mpamvu z\u2019umutekano w\u2019imiryango yabo, tubaye turetse kuyabatangariza, ariko uko inkuru igenda iba kimomo, hari igihe ingabo z\u2019u Rwanda buzaba butakibasha guhisha Abanyarwanda ko abana babo bakomeje kugwa mu ntambara zidasobanutse.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Yanditswe na Frank Steven Ruta Mu Rwanda inkuru ikomeje kuvugwa bucece mu mujyi wa Kigali ni iy\u2019abasirikare b\u2019u Rwanda bakomeje kugwa ku rugamba mu gihugu cya Mozambique ariko bikagirwa ibanga, kugira ngo igikuba kidacika mu baturage babwiwe ko ziri gukora akazi gakomeye ko guhashaya abo zita ibyihebe. Ibyumweru bibaye bibiri nta makuru y\u2019intsinzi arongera gutangazwa [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":42175,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[70],"tags":[],"class_list":["post-43011","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-ibihwihwiswa"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v27.8 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Barabuzwa gukora ikiriyo cy\u2019ababo baguye ku rugamba muri Mozambique - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/barabuzwa-gukora-ikiriyo-cyababo-baguye-ku-rugamba-muri-mozambique\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Barabuzwa gukora ikiriyo cy\u2019ababo baguye ku rugamba muri Mozambique - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Yanditswe na Frank Steven Ruta Mu Rwanda inkuru ikomeje kuvugwa bucece mu mujyi wa Kigali ni iy\u2019abasirikare b\u2019u Rwanda bakomeje kugwa ku rugamba mu gihugu cya Mozambique ariko bikagirwa ibanga, kugira ngo igikuba kidacika mu baturage babwiwe ko ziri gukora akazi gakomeye ko guhashaya abo zita ibyihebe. Ibyumweru bibaye bibiri nta makuru y\u2019intsinzi arongera gutangazwa [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/barabuzwa-gukora-ikiriyo-cyababo-baguye-ku-rugamba-muri-mozambique\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2021-09-05T10:21:53+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/07\/RDF-moza.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"800\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"533\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/barabuzwa-gukora-ikiriyo-cyababo-baguye-ku-rugamba-muri-mozambique\\\/#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/barabuzwa-gukora-ikiriyo-cyababo-baguye-ku-rugamba-muri-mozambique\\\/\"},\"author\":{\"name\":\"therwda\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"headline\":\"Barabuzwa gukora ikiriyo cy\u2019ababo baguye ku rugamba muri Mozambique\",\"datePublished\":\"2021-09-05T10:21:53+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/barabuzwa-gukora-ikiriyo-cyababo-baguye-ku-rugamba-muri-mozambique\\\/\"},\"wordCount\":554,\"commentCount\":0,\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/barabuzwa-gukora-ikiriyo-cyababo-baguye-ku-rugamba-muri-mozambique\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2021\\\/07\\\/RDF-moza.jpg\",\"articleSection\":[\"Ibihwihwiswa\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/barabuzwa-gukora-ikiriyo-cyababo-baguye-ku-rugamba-muri-mozambique\\\/#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/barabuzwa-gukora-ikiriyo-cyababo-baguye-ku-rugamba-muri-mozambique\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/barabuzwa-gukora-ikiriyo-cyababo-baguye-ku-rugamba-muri-mozambique\\\/\",\"name\":\"Barabuzwa gukora ikiriyo cy\u2019ababo baguye ku rugamba muri Mozambique - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/barabuzwa-gukora-ikiriyo-cyababo-baguye-ku-rugamba-muri-mozambique\\\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/barabuzwa-gukora-ikiriyo-cyababo-baguye-ku-rugamba-muri-mozambique\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2021\\\/07\\\/RDF-moza.jpg\",\"datePublished\":\"2021-09-05T10:21:53+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/barabuzwa-gukora-ikiriyo-cyababo-baguye-ku-rugamba-muri-mozambique\\\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/barabuzwa-gukora-ikiriyo-cyababo-baguye-ku-rugamba-muri-mozambique\\\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/barabuzwa-gukora-ikiriyo-cyababo-baguye-ku-rugamba-muri-mozambique\\\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2021\\\/07\\\/RDF-moza.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2021\\\/07\\\/RDF-moza.jpg\",\"width\":800,\"height\":533},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/barabuzwa-gukora-ikiriyo-cyababo-baguye-ku-rugamba-muri-mozambique\\\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Barabuzwa gukora ikiriyo cy\u2019ababo baguye ku rugamba muri Mozambique\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"url\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/author\\\/therwda\\\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Barabuzwa gukora ikiriyo cy\u2019ababo baguye ku rugamba muri Mozambique - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/barabuzwa-gukora-ikiriyo-cyababo-baguye-ku-rugamba-muri-mozambique\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Barabuzwa gukora ikiriyo cy\u2019ababo baguye ku rugamba muri Mozambique - Umunyarwanda","og_description":"Yanditswe na Frank Steven Ruta Mu Rwanda inkuru ikomeje kuvugwa bucece mu mujyi wa Kigali ni iy\u2019abasirikare b\u2019u Rwanda bakomeje kugwa ku rugamba mu gihugu cya Mozambique ariko bikagirwa ibanga, kugira ngo igikuba kidacika mu baturage babwiwe ko ziri gukora akazi gakomeye ko guhashaya abo zita ibyihebe. Ibyumweru bibaye bibiri nta makuru y\u2019intsinzi arongera gutangazwa [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/barabuzwa-gukora-ikiriyo-cyababo-baguye-ku-rugamba-muri-mozambique\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2021-09-05T10:21:53+00:00","og_image":[{"width":800,"height":533,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/07\/RDF-moza.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/barabuzwa-gukora-ikiriyo-cyababo-baguye-ku-rugamba-muri-mozambique\/#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/barabuzwa-gukora-ikiriyo-cyababo-baguye-ku-rugamba-muri-mozambique\/"},"author":{"name":"therwda","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"headline":"Barabuzwa gukora ikiriyo cy\u2019ababo baguye ku rugamba muri Mozambique","datePublished":"2021-09-05T10:21:53+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/barabuzwa-gukora-ikiriyo-cyababo-baguye-ku-rugamba-muri-mozambique\/"},"wordCount":554,"commentCount":0,"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/barabuzwa-gukora-ikiriyo-cyababo-baguye-ku-rugamba-muri-mozambique\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/07\/RDF-moza.jpg","articleSection":["Ibihwihwiswa"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/barabuzwa-gukora-ikiriyo-cyababo-baguye-ku-rugamba-muri-mozambique\/#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/barabuzwa-gukora-ikiriyo-cyababo-baguye-ku-rugamba-muri-mozambique\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/barabuzwa-gukora-ikiriyo-cyababo-baguye-ku-rugamba-muri-mozambique\/","name":"Barabuzwa gukora ikiriyo cy\u2019ababo baguye ku rugamba muri Mozambique - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/barabuzwa-gukora-ikiriyo-cyababo-baguye-ku-rugamba-muri-mozambique\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/barabuzwa-gukora-ikiriyo-cyababo-baguye-ku-rugamba-muri-mozambique\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/07\/RDF-moza.jpg","datePublished":"2021-09-05T10:21:53+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/barabuzwa-gukora-ikiriyo-cyababo-baguye-ku-rugamba-muri-mozambique\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/barabuzwa-gukora-ikiriyo-cyababo-baguye-ku-rugamba-muri-mozambique\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/barabuzwa-gukora-ikiriyo-cyababo-baguye-ku-rugamba-muri-mozambique\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/07\/RDF-moza.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/07\/RDF-moza.jpg","width":800,"height":533},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/barabuzwa-gukora-ikiriyo-cyababo-baguye-ku-rugamba-muri-mozambique\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Barabuzwa gukora ikiriyo cy\u2019ababo baguye ku rugamba muri Mozambique"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/43011","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=43011"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/43011\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":43012,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/43011\/revisions\/43012"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/42175"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=43011"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=43011"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=43011"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}