{"id":43131,"date":"2021-09-10T20:57:04","date_gmt":"2021-09-10T18:57:04","guid":{"rendered":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=43131"},"modified":"2021-09-10T20:57:04","modified_gmt":"2021-09-10T18:57:04","slug":"ishimutwa-rya-rusesabagina-rishobora-kubuza-busingye-kuba-ambasaderi-mu-bwongereza","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ishimutwa-rya-rusesabagina-rishobora-kubuza-busingye-kuba-ambasaderi-mu-bwongereza\/","title":{"rendered":"Ishimutwa rya Rusesabagina rishobora kubuza Busingye kuba Ambasaderi mu Bwongereza"},"content":{"rendered":"<p style=\"font-weight: 400;\">Yanditswe na <strong>Nkurunziza Gad<\/strong><\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\"><em>Umuryango uharanira ubutabera n\u2019uburenganzira bwa muntu, Lantos Fondation wo muri Leta Zunze Ubumwe z\u2019Amerika, wasabye Leta y\u2019u Bwongereza kutemera ko Johnston Busingye ahagararira u Rwanda muri icyo gihugu kubera uruhare yagize mu ishimutwa rya Paul Rusesabagina .<\/em><\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\">Nyuma y\u2019iminsi umunani gusa, Kagame akuye Busingye Johnston ku mwanya wa Minisitiri w\u2019Ubutabera akamuha inshingano zo kujya guhagararira u Rwanda mu Bwongereza,\u00a0 ibintu bihinduye isura kuko ashobora kutazajyayo.<\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\">Tariki ya 09\/09\/2021 <a href=\"https:\/\/www.lantosfoundation.org\/news\/2021\/9\/9\/lantos-foundation-calls-on-uk-foreign-ministry-to-reject-credentials-of-newly-appointed-rwandan-ambassador\">Umuryango Lantos Fondation, wandikiye Minisiteri y\u2019Ububanyi n\u2019amahanga mu Bwongereza<\/a>, uyisaba kutazemera ko Busingye ahagararira u Rwanda muri icyo gihugu kuko afite ubusembwa.<\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\">Dr. Katrina Lantos Swett, umukobwa wa Lanto\u2019s (uwashinze umuryango Lantos Fondation ) akaba na Perezida wa Lantos Foundation,\u00a0 mu ntangiriro z\u2019ukwezi kwa Gatandatu uyu mwaka yari yasabye Leta Zunze Ubumwe z\u2019Amerika gufatira ibihano abagize uruhare mu ishimutwa rya Bwana Rusesabagina.<\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\">Katrina Lantos Swett, yandikiye umunyamabanga ushinzwe ububanyi n\u2019amahanga w\u2019Ubwongereza, Dominic Raab, amusaba kutemera ko Busingye akandagiza ikirenge muri icyo gihugu aje kuba ambasaderi, ahubwo agakora iperereza yitonze ku ihohoterwa ry\u2019uburenganzira bwa muntu yakoze, agafatirwa ibihano.<\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\">Muri iyi baruwa, Katrina avuga ko afite ibimenyetso byerekana ko mu mpera za Kanama 2020, Busingye yagize uruhare runini mu gushimuta Paul Rusesabagina, intwari, akaba n\u2019impirimbanyi y\u2019uburenganzira bwa muntu nk\u2019uko byerekanwa muri filime Hotel Rwanda.<\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\">Akomeza avuga ko igihe Bwana Rusesabagina yashimutwaga ndetse akaza no gutabwa muri yombi, Busingye yari Minisitiri w\u2019Ubutabera mu Rwanda, \u00a0iyi minisiteri akaba ariyo ibarizwamo ikigo cyacuze umugambi w\u2019ifatwa rya Rusesabagina, ifungwa ndetse n\u2019urubanza rw\u2019urukozasoni ari gucibwa byose byari biri mu maboko ya Busingye.<\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\">Ati<em>\u201c Icyo gihe Minisitiri Busingye yemereye mu <a href=\"https:\/\/youtu.be\/2uXvQpIOVEU\">kiganiro kuri televiziyo kuri Al Jazeera<\/a> muri Gashyantare 2021 ko guverinoma y\u2019u Rwanda yishyuye indege yatwaye Bwana Rusesabagina, atabishaka kandi atabizi, i Kigali. Busingye we ubwe avuga ubufatanyacyaha bwe mu ishimutwa rya Rusesabagina.\u201d<\/em><\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\">Arakomeza ati \u201cHashingiwe ku bimenyetso bigaragara byerekana ko Busingye yagize uruhare muri iryo shimutwa, Umuryango Lantos wasabye Minisiteri y\u2019ububanyi n\u2019amahanga ya Leta zunze ubumwe z\u2019Amerika na Minisiteri y\u2019imari ya Leta zunze ubumwe z\u2019Amerika muri Gicurasi 2021 ko \u00a0Busingye n\u2019undi wo mu rwego rwo hejuru mu Kigo gishinzwe ubugenzacyaha mu Rwanda (RIB) bafatirwa ibihano\u00a0 byo mu rwego rwa <strong><a href=\"https:\/\/www.state.gov\/global-magnitsky-act\/\">Global Magnitsky<\/a>.<\/strong><\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\">Bakomeza bavuga ko iyi myanzuro yagejejwe icyarimwe no kuri Minisiteri y\u2019Ububanyi n\u2019amahanga y\u2019u Bwongereza kugirango isuzumwe.<\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\">Nta gihugu na kimwe cyafashe ingamba zo gushyiraho ibihano, kugeza ubu.<\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\">Ku ya 1 Nzeri 2021, Perezida w\u2019u Rwanda, Paul Kagame, yirukanye Busingye ku mirimo ye yo kuba Minisitiri w\u2019ubutabera. Nta mpamvu yatanze kandi ntabwo yatangaje umusimbura uzayobora Minisiteri y&#8217;Ubutabera.<\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\">\u00a0Ashyiraho Busingye nka Ambasaderi w\u2019u Rwanda mu Bwongereza, yakoze ibi\u00a0 mbere y\u2019ibyumweru bicye ngo habe isomwa ry\u2019urubanza rw\u2019urukozasoni\u00a0 rwa Bwana Rusesabagina, rumaze hafi amezi arindwi.<\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\">Dr. Katrina Lantos Swett yagize ati: <em>\u201cPerezida Paul Kagame ashobora kwizera ko mu kohereza Johnston Busingye i Londres, ashobora gukura mu bantu ibitekerezo ku bikorwa by&#8217;urukozasoni by\u2019uwahoze ari Minisitiri w\u2019ubutabera ndetse n\u2019uburyo yahungabanije bikabije uburenganzira bw\u2019ibanze bw\u2019ikiremwamuntu.&#8221;<\/em><\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\">Ati <em>\u201cAriko ibihugu byubahiriza uburenganzira bwa muntu ntibishobora kwemerera Kagame kugerageza no guhanagura ayo makosa ya Busingye yoherezwa ahandi. Turahamagarira umunyamabanga w\u2019ububanyi n\u2019amahanga Raab hamwe n\u2019ibiro by\u2019ububanyi n\u2019amahanga by\u2019Ubwongereza, Umuryango wa Commonwealth hamwe n\u2019ushinzwe Iterambere kwanga kwemeza ko Busingye ari Ambasaderi w\u2019u Rwanda.\u201d<\/em><\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\"><em>\u201cByongeye kandi, Guverinoma y\u2019Ubwongereza ikwiye gukora ubushakashatsi bwimbitse ku bijyanye n\u2019ishimutwa rya Bwana Rusesabagina n\u2019uruhare rwa Bwana Busingye muri icyo gikorwa.\u201d<\/em><\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\">Akomeza avuga ko nibasanga impamvu zatanzwe n\u2019Umuryango Lantos \u00a0zikomeye, yizera adashidikanya ko bazumva ubusabe bwabo.<\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\">Paul Rusesabagina, ufite ubwenegihugu bw\u2019Ububiligi akaba n\u2019Umuturage uhoraho muri Amerika, yanenze byimazeyo Perezida w\u2019u Rwanda, Paul Kagame, imiryango iharanira uburenganzira bwa muntu, abanyamakuru ndetse n&#8217;abashinzwe politiki ku isi bakomeje kwerekana ko ari umunyagitugu w&#8217;inkazi.<\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\">Mu myaka yashize, Rusesabagina yari yatangaje mu ruhame inshuro nyinshi ko adashobora gusubira mu gihugu cye kavukire kubera gutinya ko yagirirwa nabi.<\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\">Muri Kanama umwaka ushize, yavuye iwe muri Texas yerekeza mu Burundi, ashimutirwa mu ndege i Dubai imujyana i Kigali, mu murwa mukuru w\u2019u Rwanda, ari naho yaburiwe irengero iminsi itatu mbere y\u2019uko yongera kugaragara mu maboko ya RIB.<\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\">Ikibabaje ni uko Bwana Rusesabagina atari we wa mbere wanenze guverinoma y&#8217;u Rwanda yisanze mu bihe nk\u2019ibi byo kumuhohotera.\u00a0 Mu myaka itari mike ishize, Leta y\u2019u Rwanda iyobowe na Perezida Paul Kagame, yerekanye uburyo buteye ubwoba bwo guhohotera ikiremwamuntu by\u2019umwihariko abayinenga, harimo kuburirwa irengero, gufungwa mu buryo butemewe n\u2019amategeko ndetse n\u2019ubwicanyi ndengakamere bwagiye bukorerwa abatavuga rumwe n\u2019iyi Leta.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Yanditswe na Nkurunziza Gad Umuryango uharanira ubutabera n\u2019uburenganzira bwa muntu, Lantos Fondation wo muri Leta Zunze Ubumwe z\u2019Amerika, wasabye Leta y\u2019u Bwongereza kutemera ko Johnston Busingye ahagararira u Rwanda muri icyo gihugu kubera uruhare yagize mu ishimutwa rya Paul Rusesabagina . Nyuma y\u2019iminsi umunani gusa, Kagame akuye Busingye Johnston ku mwanya wa Minisitiri w\u2019Ubutabera akamuha [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":39916,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[67],"tags":[],"class_list":["post-43131","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amahanga"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>Ishimutwa rya Rusesabagina rishobora kubuza Busingye kuba Ambasaderi mu Bwongereza - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ishimutwa-rya-rusesabagina-rishobora-kubuza-busingye-kuba-ambasaderi-mu-bwongereza\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Ishimutwa rya Rusesabagina rishobora kubuza Busingye kuba Ambasaderi mu Bwongereza - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Yanditswe na Nkurunziza Gad Umuryango uharanira ubutabera n\u2019uburenganzira bwa muntu, Lantos Fondation wo muri Leta Zunze Ubumwe z\u2019Amerika, wasabye Leta y\u2019u Bwongereza kutemera ko Johnston Busingye ahagararira u Rwanda muri icyo gihugu kubera uruhare yagize mu ishimutwa rya Paul Rusesabagina . Nyuma y\u2019iminsi umunani gusa, Kagame akuye Busingye Johnston ku mwanya wa Minisitiri w\u2019Ubutabera akamuha [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ishimutwa-rya-rusesabagina-rishobora-kubuza-busingye-kuba-ambasaderi-mu-bwongereza\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2021-09-10T18:57:04+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/02\/Skjermbilde-2021-02-27-kl.-09.47.53.png\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"471\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"461\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/png\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"4 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ishimutwa-rya-rusesabagina-rishobora-kubuza-busingye-kuba-ambasaderi-mu-bwongereza\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ishimutwa-rya-rusesabagina-rishobora-kubuza-busingye-kuba-ambasaderi-mu-bwongereza\/\",\"name\":\"Ishimutwa rya Rusesabagina rishobora kubuza Busingye kuba Ambasaderi mu Bwongereza - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ishimutwa-rya-rusesabagina-rishobora-kubuza-busingye-kuba-ambasaderi-mu-bwongereza\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ishimutwa-rya-rusesabagina-rishobora-kubuza-busingye-kuba-ambasaderi-mu-bwongereza\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/02\/Skjermbilde-2021-02-27-kl.-09.47.53.png\",\"datePublished\":\"2021-09-10T18:57:04+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ishimutwa-rya-rusesabagina-rishobora-kubuza-busingye-kuba-ambasaderi-mu-bwongereza\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ishimutwa-rya-rusesabagina-rishobora-kubuza-busingye-kuba-ambasaderi-mu-bwongereza\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ishimutwa-rya-rusesabagina-rishobora-kubuza-busingye-kuba-ambasaderi-mu-bwongereza\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/02\/Skjermbilde-2021-02-27-kl.-09.47.53.png\",\"contentUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/02\/Skjermbilde-2021-02-27-kl.-09.47.53.png\",\"width\":471,\"height\":461},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ishimutwa-rya-rusesabagina-rishobora-kubuza-busingye-kuba-ambasaderi-mu-bwongereza\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Ishimutwa rya Rusesabagina rishobora kubuza Busingye kuba Ambasaderi mu Bwongereza\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Ishimutwa rya Rusesabagina rishobora kubuza Busingye kuba Ambasaderi mu Bwongereza - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ishimutwa-rya-rusesabagina-rishobora-kubuza-busingye-kuba-ambasaderi-mu-bwongereza\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Ishimutwa rya Rusesabagina rishobora kubuza Busingye kuba Ambasaderi mu Bwongereza - Umunyarwanda","og_description":"Yanditswe na Nkurunziza Gad Umuryango uharanira ubutabera n\u2019uburenganzira bwa muntu, Lantos Fondation wo muri Leta Zunze Ubumwe z\u2019Amerika, wasabye Leta y\u2019u Bwongereza kutemera ko Johnston Busingye ahagararira u Rwanda muri icyo gihugu kubera uruhare yagize mu ishimutwa rya Paul Rusesabagina . Nyuma y\u2019iminsi umunani gusa, Kagame akuye Busingye Johnston ku mwanya wa Minisitiri w\u2019Ubutabera akamuha [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ishimutwa-rya-rusesabagina-rishobora-kubuza-busingye-kuba-ambasaderi-mu-bwongereza\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2021-09-10T18:57:04+00:00","og_image":[{"width":471,"height":461,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/02\/Skjermbilde-2021-02-27-kl.-09.47.53.png","type":"image\/png"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"4 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ishimutwa-rya-rusesabagina-rishobora-kubuza-busingye-kuba-ambasaderi-mu-bwongereza\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ishimutwa-rya-rusesabagina-rishobora-kubuza-busingye-kuba-ambasaderi-mu-bwongereza\/","name":"Ishimutwa rya Rusesabagina rishobora kubuza Busingye kuba Ambasaderi mu Bwongereza - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ishimutwa-rya-rusesabagina-rishobora-kubuza-busingye-kuba-ambasaderi-mu-bwongereza\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ishimutwa-rya-rusesabagina-rishobora-kubuza-busingye-kuba-ambasaderi-mu-bwongereza\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/02\/Skjermbilde-2021-02-27-kl.-09.47.53.png","datePublished":"2021-09-10T18:57:04+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ishimutwa-rya-rusesabagina-rishobora-kubuza-busingye-kuba-ambasaderi-mu-bwongereza\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ishimutwa-rya-rusesabagina-rishobora-kubuza-busingye-kuba-ambasaderi-mu-bwongereza\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ishimutwa-rya-rusesabagina-rishobora-kubuza-busingye-kuba-ambasaderi-mu-bwongereza\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/02\/Skjermbilde-2021-02-27-kl.-09.47.53.png","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/02\/Skjermbilde-2021-02-27-kl.-09.47.53.png","width":471,"height":461},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ishimutwa-rya-rusesabagina-rishobora-kubuza-busingye-kuba-ambasaderi-mu-bwongereza\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Ishimutwa rya Rusesabagina rishobora kubuza Busingye kuba Ambasaderi mu Bwongereza"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/43131","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=43131"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/43131\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":43138,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/43131\/revisions\/43138"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/39916"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=43131"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=43131"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=43131"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}