{"id":43251,"date":"2021-09-17T21:22:00","date_gmt":"2021-09-17T19:22:00","guid":{"rendered":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=43251"},"modified":"2021-09-17T21:44:48","modified_gmt":"2021-09-17T19:44:48","slug":"leta-yu-rwanda-mu-nzira-yo-kuniga-itangazamakuru-mu-buryo-bweruye","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-mu-nzira-yo-kuniga-itangazamakuru-mu-buryo-bweruye\/","title":{"rendered":"Leta y\u2019u Rwanda mu nzira yo kuniga itangazamakuru rya YouTube mu buryo bweruye"},"content":{"rendered":"<p style=\"font-weight: 400;\">Yanditswe na <strong>Nkurunziza Gad<\/strong><\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\"><em>Urwego rushinzwe ubugenzacyaha mu Rwanda \u2018RIB\u2019 rwatangaje ko hafashwe ingamba nshya zo guhana abanyamakuru bakorera kuri murandasi n\u2019abantu bitabira ibiganiro byabo, ivuga ko bibiba amacakubiri muri rubanda.<\/em><\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\">Ikibazo cy\u2019abanyamakuru ndetse n\u2019abatari bo bakoresha imbuga nkoranyambaga kimaze iminsi kivugwa mu Rwanda, bamwe bakavuga ko hari abanyamakuru bakoresha izi mbuga bashakisha ababakurikira gusa ngo bibonere amafaranga batitaye ku bunyamwuga, abandi nabo bakavuga ko uyu muyoboro utifashishwa gusa n\u2019abanyamakuru hari n\u2019abandi batari abanyamakuru bawifashisha bagamije gukwirakwiza ibitekerezo byabo.<\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\">Urwego rw\u2019Ubugenzacyaha RIB ruvuga ko aba bantu nibadahagarika ibyo biganiro bazahanwa hisunzwe amategeko.<\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\">Umuvugizi w\u2019ubugenzacyaha bw\u2019u Rwanda, Dr Murangira Thierry, avuga ko n\u2019ubwo itegeko nshinga ry\u2019u Rwanda ritanga ubwisanzure bwo gutanga ibitekerezo hari nyirantarengwa.<\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\">Ati <em>\u201cUtanze umuyoboro wo gusakaza ya magambo arimo icengezamatwara rigamije gukurura imvururu muri rubanda, kwangisha abantu abandi, abo nabo barebwa n\u2019itegeko[\u2026]biza mu byaha bikorerwa kuri internet cyangwa kuri murandasi.\u201d<\/em><\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\">Nta gitangazamakuru na kimwe uyu muyobozi yatunze urutoki, ariko yumvikanishije ko hari abanyamakuru bamwe RIB yatangiye kwihanangiriza.<\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\">Abanyamakuru bavuganye na Radio Ijwi ry&#8217;Amerika (VOA) bagaragaje ko kugeza ubu RIB itarabahamagaza, ahubwo ko baherutse guhamagazwa na komisiyo y\u2019Igihugu y\u2019Ubumwe n\u2019ubwiyunge.<\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\">Th\u00e9oneste Nsengimana, ukorera Umubavu TV ni umwe mu bavuze ko bahamajwe n\u2019iriya komisiyo ngo hagamijwe gukora icukumbura ryimbitse kubyo bavuga ko bishobora kuba bibangamiye ubumwe n\u2019ubwiyunge.<\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\">Nsengimana agaragaza ko ibyo RIB ishaka gukora biri mu mugambi wo kuniga itangazamakuru.<\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\">Ati \u201c<em>Mbifata nko kubangamira ubwisanzure bw\u2019itangazamakuru. Iyo babonye uri gukora inkuru zifatika bagushyira muri ako gatebo. Ni ikintu nyine kimenyerewe mu bihugu byose bishinjwa gukoresha igitugu. Njyewe ntabwo RIB irampamagara ariko komisiyo y\u2019ubumwe n\u2019ubwiyunge yarampamagaye imbaza ibintu nk\u2019ibyo ngibyo kandi inzego z\u2019igihugu zirakorana ushobora no gusanga wenda barabitumwe na RIB. Nta gihamya kibigaragaza ariko igishobora kubigaragaza ko aribo babibatumye ni uko bashobora kubyiyitirira ko ari bo batuganirije kandi atari bo twitabye.\u201d<\/em><\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\">Hari abandi banyamakuru bagaragaje ko ibyo RIB ivuga igiye gukurikirana bikwiye kubazwa Urwego rw\u2019Itangazamakuru rwigenzura \u2018RMC\u2019.<\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\">Joseph Nsengumuremyi, ni umuyobozi w\u2019Ikinyamakuru Umuryango.com. Ati <em>\u201cIby\u2019abayamakuru bikwiye kunyura mu nzira ya RMC kuko niyo icunga kwigenzura kw\u2019abanyamakuru. Bakagirwa inama cyangwa se bakagira uburyo bakosora ibyo batangaza.\u201d<\/em><\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\">Hari ikindi kiciro ariko cy\u2019abanyamakuru kigaragaza ko ibyo RIB irimo gukora ari intambwe nziza mu kubuza ibitangazamakuru byo mu Rwanda kurenga ku itegeko.<\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\">Ange Eric Hatangimana ni umuyobozi w\u2019Ikinyamakuru Umuseke. Ati<em> \u201cNjyewe numvamo intambwe nziza yo gufasha sosiyete kubera ko itangazamakuru ni umuyoboro ushobora gufasha sosiyete gutera imbere, ariko ni n\u2019umuyoboro ushobora kuyobya sosiyete igihe ryaba rikoreshejwe nabi.\u201d<\/em><\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\">Hari abanyamakuru bamwe bavuga ko guhana abanyamakuru bandika kuri murandasi inkuru bivugwa ko zikurura amacakubiri biri mu murongo wo kuniga itangazamakuru.<\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\">Umuvugizi wa RIB, yasobanuye ko ibyo RIB irimo gukora bidahuye n\u2019abayitirira ko irimo kuniga itangazamakuru. Ati <em>\u201cNtabwo itangazamakuru riba rinizwe, ahubwo wowe tangaza amakuru atarimo amagambo akurura inzangano[\u2026]niba uhamagajwe ukabazwa iperereza ritangiye kugukorwaho wagombye guhindura editorial line yawe cyangwa umurongo ngenderwaho niba ari umurongo ubangamira amategeko.\u201d<\/em><\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\">Usibye abanyamakuru bamwe bagiye baregwa gutangaza amakuru abiba amacakubiri ku mbuga nkoranyambaga babifungiwe, hari abandi badakora itangazamakuru barimo Karasira Aimable wahoze ari umwarimu muri Kaminuza y\u2019u Rwanda na Madamu Yvonne Iryamugwiza bafungiye ibiganiro bagiye banyuza kuri youtube bivugwa ko bihungabanya umudendezo wa rubanda.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Yanditswe na Nkurunziza Gad Urwego rushinzwe ubugenzacyaha mu Rwanda \u2018RIB\u2019 rwatangaje ko hafashwe ingamba nshya zo guhana abanyamakuru bakorera kuri murandasi n\u2019abantu bitabira ibiganiro byabo, ivuga ko bibiba amacakubiri muri rubanda. Ikibazo cy\u2019abanyamakuru ndetse n\u2019abatari bo bakoresha imbuga nkoranyambaga kimaze iminsi kivugwa mu Rwanda, bamwe bakavuga ko hari abanyamakuru bakoresha izi mbuga bashakisha ababakurikira gusa [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":39632,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[30],"tags":[],"class_list":["post-43251","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-rwanda"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>Leta y\u2019u Rwanda mu nzira yo kuniga itangazamakuru rya YouTube mu buryo bweruye - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-mu-nzira-yo-kuniga-itangazamakuru-mu-buryo-bweruye\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Leta y\u2019u Rwanda mu nzira yo kuniga itangazamakuru rya YouTube mu buryo bweruye - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Yanditswe na Nkurunziza Gad Urwego rushinzwe ubugenzacyaha mu Rwanda \u2018RIB\u2019 rwatangaje ko hafashwe ingamba nshya zo guhana abanyamakuru bakorera kuri murandasi n\u2019abantu bitabira ibiganiro byabo, ivuga ko bibiba amacakubiri muri rubanda. Ikibazo cy\u2019abanyamakuru ndetse n\u2019abatari bo bakoresha imbuga nkoranyambaga kimaze iminsi kivugwa mu Rwanda, bamwe bakavuga ko hari abanyamakuru bakoresha izi mbuga bashakisha ababakurikira gusa [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-mu-nzira-yo-kuniga-itangazamakuru-mu-buryo-bweruye\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2021-09-17T19:22:00+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2021-09-17T19:44:48+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/02\/Thierrry-Murangira.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"1200\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"800\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-mu-nzira-yo-kuniga-itangazamakuru-mu-buryo-bweruye\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-mu-nzira-yo-kuniga-itangazamakuru-mu-buryo-bweruye\/\",\"name\":\"Leta y\u2019u Rwanda mu nzira yo kuniga itangazamakuru rya YouTube mu buryo bweruye - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-mu-nzira-yo-kuniga-itangazamakuru-mu-buryo-bweruye\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-mu-nzira-yo-kuniga-itangazamakuru-mu-buryo-bweruye\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/02\/Thierrry-Murangira.jpg\",\"datePublished\":\"2021-09-17T19:22:00+00:00\",\"dateModified\":\"2021-09-17T19:44:48+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-mu-nzira-yo-kuniga-itangazamakuru-mu-buryo-bweruye\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-mu-nzira-yo-kuniga-itangazamakuru-mu-buryo-bweruye\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-mu-nzira-yo-kuniga-itangazamakuru-mu-buryo-bweruye\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/02\/Thierrry-Murangira.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/02\/Thierrry-Murangira.jpg\",\"width\":1200,\"height\":800,\"caption\":\"Dr Thierry Murangira\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-mu-nzira-yo-kuniga-itangazamakuru-mu-buryo-bweruye\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Leta y\u2019u Rwanda mu nzira yo kuniga itangazamakuru rya YouTube mu buryo bweruye\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Leta y\u2019u Rwanda mu nzira yo kuniga itangazamakuru rya YouTube mu buryo bweruye - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-mu-nzira-yo-kuniga-itangazamakuru-mu-buryo-bweruye\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Leta y\u2019u Rwanda mu nzira yo kuniga itangazamakuru rya YouTube mu buryo bweruye - Umunyarwanda","og_description":"Yanditswe na Nkurunziza Gad Urwego rushinzwe ubugenzacyaha mu Rwanda \u2018RIB\u2019 rwatangaje ko hafashwe ingamba nshya zo guhana abanyamakuru bakorera kuri murandasi n\u2019abantu bitabira ibiganiro byabo, ivuga ko bibiba amacakubiri muri rubanda. Ikibazo cy\u2019abanyamakuru ndetse n\u2019abatari bo bakoresha imbuga nkoranyambaga kimaze iminsi kivugwa mu Rwanda, bamwe bakavuga ko hari abanyamakuru bakoresha izi mbuga bashakisha ababakurikira gusa [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-mu-nzira-yo-kuniga-itangazamakuru-mu-buryo-bweruye\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2021-09-17T19:22:00+00:00","article_modified_time":"2021-09-17T19:44:48+00:00","og_image":[{"width":1200,"height":800,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/02\/Thierrry-Murangira.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-mu-nzira-yo-kuniga-itangazamakuru-mu-buryo-bweruye\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-mu-nzira-yo-kuniga-itangazamakuru-mu-buryo-bweruye\/","name":"Leta y\u2019u Rwanda mu nzira yo kuniga itangazamakuru rya YouTube mu buryo bweruye - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-mu-nzira-yo-kuniga-itangazamakuru-mu-buryo-bweruye\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-mu-nzira-yo-kuniga-itangazamakuru-mu-buryo-bweruye\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/02\/Thierrry-Murangira.jpg","datePublished":"2021-09-17T19:22:00+00:00","dateModified":"2021-09-17T19:44:48+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-mu-nzira-yo-kuniga-itangazamakuru-mu-buryo-bweruye\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-mu-nzira-yo-kuniga-itangazamakuru-mu-buryo-bweruye\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-mu-nzira-yo-kuniga-itangazamakuru-mu-buryo-bweruye\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/02\/Thierrry-Murangira.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/02\/Thierrry-Murangira.jpg","width":1200,"height":800,"caption":"Dr Thierry Murangira"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-mu-nzira-yo-kuniga-itangazamakuru-mu-buryo-bweruye\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Leta y\u2019u Rwanda mu nzira yo kuniga itangazamakuru rya YouTube mu buryo bweruye"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/43251","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=43251"}],"version-history":[{"count":2,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/43251\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":43254,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/43251\/revisions\/43254"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/39632"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=43251"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=43251"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=43251"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}