{"id":43312,"date":"2021-09-21T22:14:09","date_gmt":"2021-09-21T20:14:09","guid":{"rendered":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=43312"},"modified":"2021-09-21T22:14:09","modified_gmt":"2021-09-21T20:14:09","slug":"ubutabera-buri-mu-kwaha-kwa-politiki-rusesabagina-ntabwo-ateze-rene-claudel-mugenzi","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubutabera-buri-mu-kwaha-kwa-politiki-rusesabagina-ntabwo-ateze-rene-claudel-mugenzi\/","title":{"rendered":"Ubutabera buri mu kwaha kwa politiki, Rusesabagina ntabwo ateze!: Ren\u00e9 Claudel Mugenzi"},"content":{"rendered":"<p>Yanditswe na <b>Arnold Gakuba<\/b><\/p>\n<p>Mu kiganiro cyatambutse mu makuru ya Televiziyo <em>&#8220;SPRING 24 TV&#8221;<\/em> ku mugoroba w&#8217;ejo tariki ya 20 Nzeri 2021, Ren\u00e9 Claudel Mugenzi uyobora &#8220;<i>Global Campaign for Rwanda&#8217;s Human Rights<\/i>&#8221; (Ishyirahanwe riharanira uburenganzira bwa muntu mu Rwanda), ubu utuye mu Bwongereza, yatangarije umunyamakuru w&#8217;iyo Televiziyo ko Paul Rusesabagina nta butabera azabonera mu Rwanda kuko ngo ubutebara bw&#8217;u Rwanda buri mu kwaha kwa politiki. Bishatse kuvuga ko nta butabera bwigenga buri mu Rwanda, ko ahubwo imanza zicibwa hakurikijwe uko ubutelgetsi bubyifuza.<span class=\"Apple-converted-space\">\u00a0<\/span><\/p>\n<p>Atangira icyo kiganiro, umunyamakuru wa Televiziyo &#8220;SPRING 24 TV&#8221; yavuze ko Paul Rusesabagina washimutiwe i Dubai akajyanwa mu Rwanda, ubu akaba aregwa ibyaha by&#8217;iterabwoba. Aherutse gutangaza ko nta butabera bunyuze mu mucyo yizeye mu rubanza rwe. Yakomeje igira ati: uwo mugabo warokoye abantu benshi muri jenoside yo muri 1994, washinze Ishyaka riharanira demokarasi mu Rwanda, amaze igihe afungiye i Kigali. Umuryango we ukaba uhangayicyishijwe n&#8217;ubuzima abayemo ariko igikomeye cyane ni uko nta butabera nyabwo yiteze ku nkiko z&#8217;u Rwanda. Bityo, uwo munyamakuru akaba yatumiye Ren\u00e9 Claudel Mugenzi ngo amubaze icyo abitekerezaho.<\/p>\n<p><span class=\"Apple-converted-space\">\u00a0<\/span>Abajijwe icyo atekereza ku myemerere ya Paul Rusesabagina ku bijyanye n&#8217;urubanza rwe, Ren\u00e9 Mugenzi yatangarije uwo munyamakuru ko Paul Rusesabagina yashimutiwe Duba\u00ef akajyanwa mu Rwanda ku buryo butemewe n&#8217;amategeko ndetse itsinda ry&#8217;abamwunganira mu mategeko rikaba ryarimwe uburenganzira bwaryo, ngo rikurikirane iby&#8217;urubanza rwe. Ibi bikaba bigaragaza ko urubanza rwa Paul Rusesabagina rurimo gukorwa n&#8217;uruhande rumwe gusa arirwo Leta y&#8217;u Rwanda kandi ariyo imurega. Ren\u00e9 Mugenzi yongeyeho ko urubanza rwe ari rumwe mu manza za politiki, akaba rero adakeka ko amahame y&#8217;ubutabera yazuye n&#8217;imiterere y&#8217;inkiko z&#8217;u Rwanda izwi na bose.<\/p>\n<p>Abajijwe uko umuryango wa Rusesabagina ubona urubanza rwe, Ren\u00e9 Mugenzi yasubije ko umuryango wa Paul Rusesabagina nta cyizere ufitiye inkiko z&#8217;u Rwanda nk&#8217;uko n&#8217;abandi benshi baharanira uburenganzira bwa muntu ariko babibona. Impamvu ngo ni uko yafashwe ku buryo butemewe n&#8217;amategeko kandi ibiteganywa bishingirwaho mu manza bikaba bitarigeze byubahirizwa kugeza ubu.<span class=\"Apple-converted-space\">\u00a0 <\/span>Bityo rero nta n&#8217;umwe ushobora kuzemera ibizava mu rubanza. Bigaragaza ko urubanza rwe rutitaye ku mahame y&#8217;ubutabera, bityo nta butabera buzarugaragaramo.<\/p>\n<p>Abajijwe ku byerekeranye n&#8217;ibihano ashobora kuzahabwa niba bizaba byubahirije amategeko, Ren\u00e9 Mugenzi yavuze ko atizera neza ko mu Rwanda hari abacamanza bigenga bashobora kubikora. Yavuze ko Paul Rusesabagina amaze amezi atandatu yose atajya mu rubanza rwe kubera ko hari uburenganzira bwe yavukijwe. Bityo rero, abacamanza ba Leta ya Kigali barimo kwikorera ibijyanye na politiki ya Paul Kagame, kugirango bamushimishe ari nako bahonyora uburenganzira bwe nk&#8217;umuntu. Yongeyeho ati :&#8221;<i>Nta kizere ko urubanza ruzagenda neza kuko inkiko z&#8217;u Rwanda zitigenda ahubwo ari ibikoresho bya politiki ya Paul Kagame<\/i>&#8220;. <span class=\"Apple-converted-space\">\u00a0<\/span><\/p>\n<p>Abajijwe ku cyo abitekerezaho nk&#8217;umwe mu baharanira uburenganzira bwa muntu mu Rwanda, Ren\u00e9 Mugenzi yavuze ko benshi batizeye ko Leta y&#8217;u Rwanda izafungura urubuga rwa politiki. Nyamara yongeraho ati &#8220;<i>N&#8217;ubwo ayo ari amakuru mabi, ntabwo tuzahagarara<\/i>&#8220;. Aya magambo arerekana ko abaharanira uburenganzira bwa muntu mu Rwanda biteguye gukomeza urugamba rwo guharanira uburenganzira bwa muntu mu Rwanda kugeza igihe Leta ya Paul Kagame izabonera ko igomba kubahiriza uburenganzira bwa muntu maze igafungura urubuga rwa politiki n&#8217;ubwisanzure bw&#8217;itangazamakuru. <span class=\"Apple-converted-space\">\u00a0<\/span><\/p>\n<p>Ku bijyanye n&#8217;icyaba gitera ibi byose mu Rwanda, Ren\u00e9 Mugenzi yavuze ko impamvu ari uko mu Rwanda himakajwe ingoma y&#8217;igitugu. Yavuze ko ibiri kubera mu Rwanda bigoye cyane. Abajijwe niba Hari icyo yakongera kubyo yavuze hariguru, yavuze ko u Rwanda rwagombye kwigira ku bihugu nka Zambiya n&#8217;ibindi mu bijyanye no gushyiraho urubuga rw&#8217;ubwisanzure muri politiki.<\/p>\n<p>Urubanza rwa Paul Rusesabagina washimutiwe i Duba\u00ef akoherezwa mu Rwanda ni rumwe manza za politiki Leta y&#8217;u Rwanda irimo guca. Nk&#8217;uko bimenyerewe rero, mu Rwanda nta bwigenge bw&#8217;ubucamanza buhari. Ibi bikaba bituma abaharanira uburenganzira bwa muntu mu Rwanda nta cyizere bafite ko urubanza rwa Paul Rusesabagina tuzaba mu mucyo. Ibyo kandi byagaragaje ibirari kuko abamwunganira mu mategeko bimwe ijambo. Urubanza rurimo gucibwa n&#8217;abari ku ruhande rwa Leta y&#8217;u Rwanda gusa. U Rwanda rukeneye kwigira ku bindi bihugu ku bijyanye n&#8217;iyubahirizwa ry&#8217;uburenganzira bwa muntu n&#8217;ubwisanzure muri politiki. Ariko ababirebera kure barasanga biri kure nk&#8217;ukwezi, kuri Leta y&#8217;igitugu ya Paul Kagame!<\/p>\n<p>Nabibutsa ko iyi iki kiganiro cyatambutse umunsi umwe mbere y&#8217;uko urukiko rukatira Paul Rusesabagina igihano cy&#8217;igifungo cy&#8217;imyaka 25.<\/p>\n<p><span class=\"Apple-converted-space\">\u00a0<\/span><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Yanditswe na Arnold Gakuba Mu kiganiro cyatambutse mu makuru ya Televiziyo &#8220;SPRING 24 TV&#8221; ku mugoroba w&#8217;ejo tariki ya 20 Nzeri 2021, Ren\u00e9 Claudel Mugenzi uyobora &#8220;Global Campaign for Rwanda&#8217;s Human Rights&#8221; (Ishyirahanwe riharanira uburenganzira bwa muntu mu Rwanda), ubu utuye mu Bwongereza, yatangarije umunyamakuru w&#8217;iyo Televiziyo ko Paul Rusesabagina nta butabera azabonera mu Rwanda [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":40234,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[77],"tags":[],"class_list":["post-43312","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-isesengura"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v27.8 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Ubutabera buri mu kwaha kwa politiki, Rusesabagina ntabwo ateze!: Ren\u00e9 Claudel Mugenzi - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubutabera-buri-mu-kwaha-kwa-politiki-rusesabagina-ntabwo-ateze-rene-claudel-mugenzi\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Ubutabera buri mu kwaha kwa politiki, Rusesabagina ntabwo ateze!: Ren\u00e9 Claudel Mugenzi - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Yanditswe na Arnold Gakuba Mu kiganiro cyatambutse mu makuru ya Televiziyo &#8220;SPRING 24 TV&#8221; ku mugoroba w&#8217;ejo tariki ya 20 Nzeri 2021, Ren\u00e9 Claudel Mugenzi uyobora &#8220;Global Campaign for Rwanda&#8217;s Human Rights&#8221; (Ishyirahanwe riharanira uburenganzira bwa muntu mu Rwanda), ubu utuye mu Bwongereza, yatangarije umunyamakuru w&#8217;iyo Televiziyo ko Paul Rusesabagina nta butabera azabonera mu Rwanda [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubutabera-buri-mu-kwaha-kwa-politiki-rusesabagina-ntabwo-ateze-rene-claudel-mugenzi\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2021-09-21T20:14:09+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/03\/ubutabera-11.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"700\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"398\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ubutabera-buri-mu-kwaha-kwa-politiki-rusesabagina-ntabwo-ateze-rene-claudel-mugenzi\\\/#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ubutabera-buri-mu-kwaha-kwa-politiki-rusesabagina-ntabwo-ateze-rene-claudel-mugenzi\\\/\"},\"author\":{\"name\":\"therwda\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"headline\":\"Ubutabera buri mu kwaha kwa politiki, Rusesabagina ntabwo ateze!: Ren\u00e9 Claudel Mugenzi\",\"datePublished\":\"2021-09-21T20:14:09+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ubutabera-buri-mu-kwaha-kwa-politiki-rusesabagina-ntabwo-ateze-rene-claudel-mugenzi\\\/\"},\"wordCount\":672,\"commentCount\":0,\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ubutabera-buri-mu-kwaha-kwa-politiki-rusesabagina-ntabwo-ateze-rene-claudel-mugenzi\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2021\\\/03\\\/ubutabera-11.jpg\",\"articleSection\":[\"Isesengura\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ubutabera-buri-mu-kwaha-kwa-politiki-rusesabagina-ntabwo-ateze-rene-claudel-mugenzi\\\/#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ubutabera-buri-mu-kwaha-kwa-politiki-rusesabagina-ntabwo-ateze-rene-claudel-mugenzi\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ubutabera-buri-mu-kwaha-kwa-politiki-rusesabagina-ntabwo-ateze-rene-claudel-mugenzi\\\/\",\"name\":\"Ubutabera buri mu kwaha kwa politiki, Rusesabagina ntabwo ateze!: Ren\u00e9 Claudel Mugenzi - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ubutabera-buri-mu-kwaha-kwa-politiki-rusesabagina-ntabwo-ateze-rene-claudel-mugenzi\\\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ubutabera-buri-mu-kwaha-kwa-politiki-rusesabagina-ntabwo-ateze-rene-claudel-mugenzi\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2021\\\/03\\\/ubutabera-11.jpg\",\"datePublished\":\"2021-09-21T20:14:09+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ubutabera-buri-mu-kwaha-kwa-politiki-rusesabagina-ntabwo-ateze-rene-claudel-mugenzi\\\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ubutabera-buri-mu-kwaha-kwa-politiki-rusesabagina-ntabwo-ateze-rene-claudel-mugenzi\\\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ubutabera-buri-mu-kwaha-kwa-politiki-rusesabagina-ntabwo-ateze-rene-claudel-mugenzi\\\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2021\\\/03\\\/ubutabera-11.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2021\\\/03\\\/ubutabera-11.jpg\",\"width\":700,\"height\":398},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ubutabera-buri-mu-kwaha-kwa-politiki-rusesabagina-ntabwo-ateze-rene-claudel-mugenzi\\\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Ubutabera buri mu kwaha kwa politiki, Rusesabagina ntabwo ateze!: Ren\u00e9 Claudel Mugenzi\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"url\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/author\\\/therwda\\\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Ubutabera buri mu kwaha kwa politiki, Rusesabagina ntabwo ateze!: Ren\u00e9 Claudel Mugenzi - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubutabera-buri-mu-kwaha-kwa-politiki-rusesabagina-ntabwo-ateze-rene-claudel-mugenzi\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Ubutabera buri mu kwaha kwa politiki, Rusesabagina ntabwo ateze!: Ren\u00e9 Claudel Mugenzi - Umunyarwanda","og_description":"Yanditswe na Arnold Gakuba Mu kiganiro cyatambutse mu makuru ya Televiziyo &#8220;SPRING 24 TV&#8221; ku mugoroba w&#8217;ejo tariki ya 20 Nzeri 2021, Ren\u00e9 Claudel Mugenzi uyobora &#8220;Global Campaign for Rwanda&#8217;s Human Rights&#8221; (Ishyirahanwe riharanira uburenganzira bwa muntu mu Rwanda), ubu utuye mu Bwongereza, yatangarije umunyamakuru w&#8217;iyo Televiziyo ko Paul Rusesabagina nta butabera azabonera mu Rwanda [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubutabera-buri-mu-kwaha-kwa-politiki-rusesabagina-ntabwo-ateze-rene-claudel-mugenzi\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2021-09-21T20:14:09+00:00","og_image":[{"width":700,"height":398,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/03\/ubutabera-11.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubutabera-buri-mu-kwaha-kwa-politiki-rusesabagina-ntabwo-ateze-rene-claudel-mugenzi\/#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubutabera-buri-mu-kwaha-kwa-politiki-rusesabagina-ntabwo-ateze-rene-claudel-mugenzi\/"},"author":{"name":"therwda","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"headline":"Ubutabera buri mu kwaha kwa politiki, Rusesabagina ntabwo ateze!: Ren\u00e9 Claudel Mugenzi","datePublished":"2021-09-21T20:14:09+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubutabera-buri-mu-kwaha-kwa-politiki-rusesabagina-ntabwo-ateze-rene-claudel-mugenzi\/"},"wordCount":672,"commentCount":0,"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubutabera-buri-mu-kwaha-kwa-politiki-rusesabagina-ntabwo-ateze-rene-claudel-mugenzi\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/03\/ubutabera-11.jpg","articleSection":["Isesengura"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubutabera-buri-mu-kwaha-kwa-politiki-rusesabagina-ntabwo-ateze-rene-claudel-mugenzi\/#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubutabera-buri-mu-kwaha-kwa-politiki-rusesabagina-ntabwo-ateze-rene-claudel-mugenzi\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubutabera-buri-mu-kwaha-kwa-politiki-rusesabagina-ntabwo-ateze-rene-claudel-mugenzi\/","name":"Ubutabera buri mu kwaha kwa politiki, Rusesabagina ntabwo ateze!: Ren\u00e9 Claudel Mugenzi - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubutabera-buri-mu-kwaha-kwa-politiki-rusesabagina-ntabwo-ateze-rene-claudel-mugenzi\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubutabera-buri-mu-kwaha-kwa-politiki-rusesabagina-ntabwo-ateze-rene-claudel-mugenzi\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/03\/ubutabera-11.jpg","datePublished":"2021-09-21T20:14:09+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubutabera-buri-mu-kwaha-kwa-politiki-rusesabagina-ntabwo-ateze-rene-claudel-mugenzi\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubutabera-buri-mu-kwaha-kwa-politiki-rusesabagina-ntabwo-ateze-rene-claudel-mugenzi\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubutabera-buri-mu-kwaha-kwa-politiki-rusesabagina-ntabwo-ateze-rene-claudel-mugenzi\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/03\/ubutabera-11.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/03\/ubutabera-11.jpg","width":700,"height":398},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubutabera-buri-mu-kwaha-kwa-politiki-rusesabagina-ntabwo-ateze-rene-claudel-mugenzi\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Ubutabera buri mu kwaha kwa politiki, Rusesabagina ntabwo ateze!: Ren\u00e9 Claudel Mugenzi"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/43312","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=43312"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/43312\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":43314,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/43312\/revisions\/43314"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/40234"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=43312"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=43312"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=43312"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}