{"id":43403,"date":"2021-09-27T16:30:27","date_gmt":"2021-09-27T14:30:27","guid":{"rendered":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=43403"},"modified":"2021-09-27T16:30:27","modified_gmt":"2021-09-27T14:30:27","slug":"mozambique-kagame-yemeye-ko-hari-abasirikare-be-bahaguye","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/mozambique-kagame-yemeye-ko-hari-abasirikare-be-bahaguye\/","title":{"rendered":"Mozambique: Kagame yemeye ko hari abasirikare be bahaguye"},"content":{"rendered":"<p>Yanditswe na <strong>Frank Steven Ruta<\/strong><\/p>\n<p>Ni ku nshuro ya mbere u Rwanda rwemeye ko hari abasirikare rwatakarije ku rugamba mu gihugu cya Mozambique, mu gihe hari hashize igihe kirekire inzego z\u2019ubuvugizi bwa Leta zitangaza ko nta n\u2019umwe uragwa ku rugamba.<\/p>\n<p>Si rimwe si kabiri, ahubwo ni kenshi Umuvugizi w\u2019Ingabo z\u2019u Rwanda yagiye agaragaza ko urugamba ingabo z\u2019u Rwanda zirimo muri Mozambique rutazikomereye cyane, ko zihora zikubita inshuro inyeshyamba zikahagwa, izirokotse zigahunga ubutarora inyuma. Kenshi iyo abajijwe niba nta ngabo z\u2019u Rwanda zaguye ku rugamba yasubizaga ko ntazo, ko na bakeya bakomeretse byabaga ari udukomere tworoheje tudateye impungenge, kandi ko bahita bavurwa bagakira.<\/p>\n<p>Perezida Kagame ubwo yari mu ruzinduko rw\u2019iminsi ibiri muri Mozambique, mu kiganiro yagiranye n\u2019ingabo ze azishima anazimenyesha ko urugamba rukomeje, yagarutse ku kuba u Rwanda rwaratakaje bamwe mu basirikare.<\/p>\n<p>Mu ijwi rye bwite, Perezida Kagame yagize ati: <em>\u201cTurabashimira ko mwabashije kubohora iyi ntara yari imaze igihe mu biganza by\u2019inyeshyamba. Mwakoze akazi gakomeye cyane, kandi habayemo no kwitanga. Kugenda mutiganda amanywa n\u2019ijoro, yewe no ku zuba rikaze, ndetse habayeho no gutakaza ubuzima bwa bamwe muri mwe. Niko bisanzwe bigenda ku rugamba, twatakaje abasirikare twakabaye turi kumwe nabo uyu munsi. Wenda hari uwavuga ngo si benshi, ariko burya gutakaza umuntu n\u2019iyo yaba ari umwe , biba ari ikintu gikomeye cyane. Akazi karacyakomeje, urugamba ntirurarangira\u2026\u201d<\/em><\/p>\n<p>Mu minsi ishize twabagejejeho amakuru y\u2019abasirikare b\u2019u Rwanda bagwa ku rugamba muri Mozambique, bamwe bakaba abagiye baraswa na ba Mudahusha (Snipers) bo mu nyeshyamba, abandi bakaba abagiye baturikanywa n\u2019ibisasu bitegwa mu butaka.<\/p>\n<p>Twabagejejeho kandi amakuru y\u2019ukuntu Minisiteri y\u2019Ingabo n\u2019Ubuyobozi Bukuru bw\u2019Ingabo bahinduye uburyo amakuru y\u2019abasirikare baguye ku rugamba atangwa, imiryango yabo ikaba itari ikibimenyeshwa hakoreshejwe telephone cyangwa se ikoranabuhanga, ahubwo hakoherezwa itsinda rito ry\u2019abantu hagati ya babiri na batanu basanga umuntu iwe akabimenyeshwa, ngo birinde ko byakwiraklwizwa hakoreshejwe inzira z\u2019ikoranabuhanga bikarushaho guca igikuba mu Banyarwanda bakomeje kubeshywa kenshi ko nta musirikare n\u2019umwe w\u2019u Rwanda uragwa ku rugamba muri Mozambique.<\/p>\n<p>Twanabagejejeho kandi amakuru y\u2019ukuntu imwe mu miryango y\u2019abatakarije ababo ku rugamba (Abana babo, ababyeyi, abavandimwe, babyara babo, cyangwa abo bafitanye andi masano), basigaye babuzwa gukora ikiriyo cy\u2019ababo ngo inkuru zitaba kimomo, cyangwa se bakagikora bucece nk\u2019abihishe.<\/p>\n<p>Ni ku nshuro ya kabiri Perzida Kagame yeruye ko hari abasirikare be baguye ku rugamba byarahakanywe kenshi n\u2019abavugizi be. Yaherukaga kuvuga ibisa bitya, ubwo Abanyarwanda bamenyaga iby\u2019igitero ingabo za FDLR zari zagabye i Busasamana zikanakurayo iminyago irimo impuzankano za gisirikare z\u2019ingabo z\u2019u Rwanda. Icyo gihe umuvugizi w\u2019ingabo, uwa Polisi, uwa Leta n\u2019abayobozi banyuranye bavugaga ko nta ntambara mu by\u2019ukuri yabayeho ko kari agatero shuma katamaze n\u2019umwanya munini, ko nta n\u2019umusirikare w\u2019u Rwanda wahakomerekeye.<\/p>\n<p>Ubwo Perezida Kagame yabibazwagaho mu kiganiro n\u2019abanyamakuru, yemeje ko hari abasirikare bahaguye, agira ati: <em>\u201cYego barapfuye, ngira ngo ni nka batatu cyangwa bane, imibare sinyibuka neza\u2026\u201d<\/em> Nubwo yavuze uyu mubare ariko, amakuru yavaga I Rubavu yo yemezaga ko haguye abasirikare benshi. Ni nk\u2019ibi byo muri Mozambique avuga ngo nubwo abo twatakaje bataba ari benshi n\u2019umwe yaba ari igihombo gikomeye.<\/p>\n<p>Ibi byose biragaragaza ko u Rwanda rukomeje gahunda yarwo y\u2019igihe kirekire rufite muri Mozambique, uru rugendo rwa Perezida Kagame rukaba rukomeje gushimangira ko muri kiriya gihugu u Rwanda ruhafite inyungu nyinshi zigikomeje kugirwa ibanga, dore ko ari na bwo bwa mbere Perezida Kagame yasura ingabo z\u2019u Rwanda mu butumwa zirimo hanze y\u2019igihugu.<\/p>\n<p>Tega amatwi aho Kagame yemera ko hari abasirikare baguye ku rugamba muri Mozambique:<\/p>\n<p><iframe loading=\"lazy\"  id=\"_ytid_76291\"  width=\"640\" height=\"360\"  data-origwidth=\"640\" data-origheight=\"360\" src=\"https:\/\/www.youtube.com\/embed\/_5ZG0WZAXJc?enablejsapi=1&#038;autoplay=0&#038;cc_load_policy=0&#038;cc_lang_pref=&#038;iv_load_policy=1&#038;loop=0&#038;modestbranding=0&#038;rel=1&#038;fs=1&#038;playsinline=0&#038;autohide=2&#038;theme=dark&#038;color=red&#038;controls=1&#038;\" class=\"__youtube_prefs__  epyt-is-override  no-lazyload\" title=\"YouTube player\"  allow=\"accelerometer; autoplay; clipboard-write; encrypted-media; gyroscope; picture-in-picture\" allowfullscreen data-no-lazy=\"1\" data-skipgform_ajax_framebjll=\"\"><\/iframe><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Yanditswe na Frank Steven Ruta Ni ku nshuro ya mbere u Rwanda rwemeye ko hari abasirikare rwatakarije ku rugamba mu gihugu cya Mozambique, mu gihe hari hashize igihe kirekire inzego z\u2019ubuvugizi bwa Leta zitangaza ko nta n\u2019umwe uragwa ku rugamba. Si rimwe si kabiri, ahubwo ni kenshi Umuvugizi w\u2019Ingabo z\u2019u Rwanda yagiye agaragaza ko urugamba [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":43289,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[67],"tags":[],"class_list":["post-43403","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amahanga"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v27.8 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Mozambique: Kagame yemeye ko hari abasirikare be bahaguye - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/mozambique-kagame-yemeye-ko-hari-abasirikare-be-bahaguye\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Mozambique: Kagame yemeye ko hari abasirikare be bahaguye - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Yanditswe na Frank Steven Ruta Ni ku nshuro ya mbere u Rwanda rwemeye ko hari abasirikare rwatakarije ku rugamba mu gihugu cya Mozambique, mu gihe hari hashize igihe kirekire inzego z\u2019ubuvugizi bwa Leta zitangaza ko nta n\u2019umwe uragwa ku rugamba. Si rimwe si kabiri, ahubwo ni kenshi Umuvugizi w\u2019Ingabo z\u2019u Rwanda yagiye agaragaza ko urugamba [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/mozambique-kagame-yemeye-ko-hari-abasirikare-be-bahaguye\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2021-09-27T14:30:27+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/09\/mub2.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"798\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"533\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/mozambique-kagame-yemeye-ko-hari-abasirikare-be-bahaguye\\\/#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/mozambique-kagame-yemeye-ko-hari-abasirikare-be-bahaguye\\\/\"},\"author\":{\"name\":\"therwda\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"headline\":\"Mozambique: Kagame yemeye ko hari abasirikare be bahaguye\",\"datePublished\":\"2021-09-27T14:30:27+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/mozambique-kagame-yemeye-ko-hari-abasirikare-be-bahaguye\\\/\"},\"wordCount\":601,\"commentCount\":0,\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/mozambique-kagame-yemeye-ko-hari-abasirikare-be-bahaguye\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2021\\\/09\\\/mub2.jpg\",\"articleSection\":[\"Amahanga\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/mozambique-kagame-yemeye-ko-hari-abasirikare-be-bahaguye\\\/#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/mozambique-kagame-yemeye-ko-hari-abasirikare-be-bahaguye\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/mozambique-kagame-yemeye-ko-hari-abasirikare-be-bahaguye\\\/\",\"name\":\"Mozambique: Kagame yemeye ko hari abasirikare be bahaguye - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/mozambique-kagame-yemeye-ko-hari-abasirikare-be-bahaguye\\\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/mozambique-kagame-yemeye-ko-hari-abasirikare-be-bahaguye\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2021\\\/09\\\/mub2.jpg\",\"datePublished\":\"2021-09-27T14:30:27+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/mozambique-kagame-yemeye-ko-hari-abasirikare-be-bahaguye\\\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/mozambique-kagame-yemeye-ko-hari-abasirikare-be-bahaguye\\\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/mozambique-kagame-yemeye-ko-hari-abasirikare-be-bahaguye\\\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2021\\\/09\\\/mub2.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2021\\\/09\\\/mub2.jpg\",\"width\":798,\"height\":533},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/mozambique-kagame-yemeye-ko-hari-abasirikare-be-bahaguye\\\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Mozambique: Kagame yemeye ko hari abasirikare be bahaguye\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"url\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/author\\\/therwda\\\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Mozambique: Kagame yemeye ko hari abasirikare be bahaguye - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/mozambique-kagame-yemeye-ko-hari-abasirikare-be-bahaguye\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Mozambique: Kagame yemeye ko hari abasirikare be bahaguye - Umunyarwanda","og_description":"Yanditswe na Frank Steven Ruta Ni ku nshuro ya mbere u Rwanda rwemeye ko hari abasirikare rwatakarije ku rugamba mu gihugu cya Mozambique, mu gihe hari hashize igihe kirekire inzego z\u2019ubuvugizi bwa Leta zitangaza ko nta n\u2019umwe uragwa ku rugamba. Si rimwe si kabiri, ahubwo ni kenshi Umuvugizi w\u2019Ingabo z\u2019u Rwanda yagiye agaragaza ko urugamba [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/mozambique-kagame-yemeye-ko-hari-abasirikare-be-bahaguye\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2021-09-27T14:30:27+00:00","og_image":[{"width":798,"height":533,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/09\/mub2.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/mozambique-kagame-yemeye-ko-hari-abasirikare-be-bahaguye\/#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/mozambique-kagame-yemeye-ko-hari-abasirikare-be-bahaguye\/"},"author":{"name":"therwda","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"headline":"Mozambique: Kagame yemeye ko hari abasirikare be bahaguye","datePublished":"2021-09-27T14:30:27+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/mozambique-kagame-yemeye-ko-hari-abasirikare-be-bahaguye\/"},"wordCount":601,"commentCount":0,"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/mozambique-kagame-yemeye-ko-hari-abasirikare-be-bahaguye\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/09\/mub2.jpg","articleSection":["Amahanga"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/mozambique-kagame-yemeye-ko-hari-abasirikare-be-bahaguye\/#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/mozambique-kagame-yemeye-ko-hari-abasirikare-be-bahaguye\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/mozambique-kagame-yemeye-ko-hari-abasirikare-be-bahaguye\/","name":"Mozambique: Kagame yemeye ko hari abasirikare be bahaguye - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/mozambique-kagame-yemeye-ko-hari-abasirikare-be-bahaguye\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/mozambique-kagame-yemeye-ko-hari-abasirikare-be-bahaguye\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/09\/mub2.jpg","datePublished":"2021-09-27T14:30:27+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/mozambique-kagame-yemeye-ko-hari-abasirikare-be-bahaguye\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/mozambique-kagame-yemeye-ko-hari-abasirikare-be-bahaguye\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/mozambique-kagame-yemeye-ko-hari-abasirikare-be-bahaguye\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/09\/mub2.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/09\/mub2.jpg","width":798,"height":533},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/mozambique-kagame-yemeye-ko-hari-abasirikare-be-bahaguye\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Mozambique: Kagame yemeye ko hari abasirikare be bahaguye"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/43403","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=43403"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/43403\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":43404,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/43403\/revisions\/43404"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/43289"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=43403"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=43403"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=43403"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}