{"id":4347,"date":"2013-11-16T02:24:19","date_gmt":"2013-11-16T00:24:19","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=4347"},"modified":"2013-11-16T02:24:19","modified_gmt":"2013-11-16T00:24:19","slug":"ntituzemera-kwigizwayo-muri-eac-twatanze-byinshi-tutahara-perezida-kikwete","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ntituzemera-kwigizwayo-muri-eac-twatanze-byinshi-tutahara-perezida-kikwete\/","title":{"rendered":"\u00ab Ntituzemera kwigizwayo muri EAC\u2026 Twatanze byinshi tutahara \u00bb Perezida Kikwete."},"content":{"rendered":"<p>Nyuma y\u2019iminsi ine Perezida wa Tanzania Kikwete atangaje aho igihugu cye gihagaze ku byerekeye umuryango wa Afurika y\u2019uburasirazuba( East African Community), noneho Kenya yemeje ko izakora ibishoboka byose ngo Tanzania itongera gushyirwa ku ruhande nk\u2019uko bimaze iminsi bigaragara. Avugira I Dar Es Salaam, Madamu Amina Mohammed, Ministri w\u2019ububanyi n\u2019amahanga wa Kenya, yavuze ko igihugu cye kitazongera kwemera ko Tanzania ihezwa mu biganiro\u00a0 byo kwishyira hamwe kw\u2019ibihugu bya Afurika y\u2019uburasirazuba.<!--more--> Madamu Mohammed wageze I Dar Es Salaam mu ruzinduko rw\u2019akazi rw\u2019iminsi ibiri yavuze ko Kenya yakiriye neza ijambo rya Perezida Kikwete. Uru ruzinduko rufatwa n\u2019abakora ubusesenguzi nk\u2019ikimenyetso cya Perezida Kenyatta cyo gusana umubano hagati y\u2019ibihugu byombi.<\/p>\n<p>Yagize ati: \u201cKenya\u00a0 yashimye ririya jambo. Twishimiye uku kureba kure ku muryango w\u2019ibihugu by\u2019Afurika y\u2019Uburasirazuba\u201d Madamu Mohammed kandi yongeye kwibutsa ko azi neza ko Tanzania na Kenya aribo batangiye uriya muryango.<\/p>\n<p>Madamu Mohammed yavuze ko kandi ibi bihugu byombi biramutse bishyize hamwe aribwo bifite amahirwe menshi yo kugera kure bitewe n\u2019amateka yabyo mu bufatanye muri Politiki no mu bukungu.<\/p>\n<p>Kenya ni igihugu cya kabiri mu bishora imari nyinshi muri Tanzania nk\u2019uko bitangazwa n\u2019ikigo Tanzania Investment Centre.<\/p>\n<p>Mu ijambo rye ryo kuwa kane tariki ya 7 Ugushyingo, Perezida Kikwete yabwiye Inteko ishinga amategeko ko Tanzania itazigera na rimwe iva muri uriya muryango, kandi ko izakora ibishoboka byose ngo irokoke imigambi mibisha yo gushyirwa ku ruhande ikorwa na Kenya, Uganda n\u2019u Rwanda.<\/p>\n<p>Yagize ati \u201c Turi muri uyu muryango kandi tuzawugumamo. Twavuye kure kugira ngo tugere aho turi. Twatanze ibitambo byinshi cyane ku buryo tutabihara ubu. Tuzakora ibiri mu bushobozi bwacu byose kugira ngo uyu muryango urokoke kandi ugere ku ntego zawo zo kwishyira hamwe muri politiki (Political Federation)\u201d.<\/p>\n<p>Kikwete yagize ati: \u201cTanzania ifite ishingiro ryo kwibaza ku cyiswe ishyirahamwe ry\u2019abashaka (the coalition of the willing)\u201d. Yongeyeho ati \u201cTwahuriye Arusha ku itariki ya 24 Mata uyu mwaka. Hashize amezi abiri barahura bemeza gushyira mu bikorwa imyanzuro twari twafashe kandi ibi babikora batantumiye. Iki ni ikimenyesto cyo gushaka kwigizayo Tanzania. Ni gute twakwishyira hamwe twigizanyayo?<\/p>\n<p>Bwana Kikwete yavuze iri jambo nyuma y\u2019uko aba perezida Kenyatta wa Kenya, Kaguta wa Uganda na Kagame w\u2019 u Rwanda bakoze inama eshatu zose muri uyu mwaka iherula ikaba yarabereye I Kigali kuwa 28 Ukwakira aho abo baperezida bemeje gutangira gushyira mu bikorwa imishinga y\u2019ibikorwa remezo, politiki ishyize hamwe no guhuza gasutamo, iyi ikaba ari imishinga uyu muryango wari warihaye gukora.<\/p>\n<p>Madamu Mohammed yongeyeho ko bishimiye cyane ko Tanzania itazava muri uyu muryango ngo kandi guverinoma nshya ya Kenya hari ibintu yigiye muri ririya jambo rya Kikwete. Tanzania na yo mu ijwi rya \u00a0Minisitri Mmembe yavuze ko yishimiye uko Kenya yabyakiriye.<\/p>\n<p>Uyu muryango watangiye kuzamo agatotsi ubwo Perezida Kikwete yabwiraga Kagame ngo ashyikirane na FDLR mu kwezi kwa gatanu uyu mwaka maze Kagame atangira gutukana. Uyu muryango wakiriye u Rwanda n\u2019u Burundi nyuma y\u2019uko Tanzania, Uganda na Kenya byo byari biwumazemo igihe kirekire. Abakora ubusesenguzi basanga n\u2019ubundi uyu muryango utazagira imbaraga wari ukwiye kugira kubera kutumvikana kuri hagati y\u2019ibi bihugu cyane cyane bishingiye kuri politiki z\u2019imbere muri byo, keretse aba bayobozi nibihatira kugira ibyo bahara( sacrifices).<\/p>\n<p>Abazi gusetsa bo bavuga ko aho Kagame ageze hose haba haraye ariko ko hatirirwa kubera amatiku ye cyane cyane ashingiye ku kwikunda no gukunda kwerekana ko ari we mu perezida w\u2019igihangange muri Afurika. Ibi rero birakaza benshi ndetse harimo na Museveni utumva ukuntu kadogo yatoje yiha kumurusha ubunararibonye mu mitegekere. Mu minsi yashize Kagame yarakariye Kikwete ngo kuko Obama yemeye kumusura nyamara akanga gusura u Rwanda!<\/p>\n<p>Kuri ibi hakiyongeraho ko kubera ibyaha by\u2019intambara Kagame yakoze we aba ashaka gushyiraho politiki yo kumukingira ikibaba mu gihe aba Perezida nka Kikwete wa Tanzania na Nkurunziza \u00a0w \u2018U Burundi bo nta kibi babarwaho.<\/p>\n<p>Nyuma y\u2019iri jambo rya Kikwete, benshi bakomeje kwibaza niba U Rwanda rugiye guhita rusezera muri EAC cyane cyane ko Ministri Mushikiwabo aherutse gutangaza ko igihugu cye cyasabye kongera gusubira muri CEEAC( Communaut\u00e9 Economique Des Etats de l\u2019Afrique Centrale) cyangwa se ECCAS mu rurimi rw\u2019Icyongereza. U Rwanda rwari rwavue ko rusezeye muri uyu muryango mu mwaka wa 2007 kubera ko rutashakaga kuba mu miryango myinshi maze ruhita rwinjira muri EAC. Ubu noneho se ubwo rushaka gusubiramo kandi ngo amahirwe akaba ari menshi yo kakirwa byaba bivuze ko ruhita risezera muri EAC? ni ko ikinyamakuru The Citizen cyandikirwa muri Tanzania cyibaza.<\/p>\n<p><strong>Chaste Gahunde<\/strong><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Nyuma y\u2019iminsi ine Perezida wa Tanzania Kikwete atangaje aho igihugu cye gihagaze ku byerekeye umuryango wa Afurika y\u2019uburasirazuba( East African Community), noneho Kenya yemeje ko izakora ibishoboka byose ngo Tanzania itongera gushyirwa ku ruhande nk\u2019uko bimaze iminsi bigaragara. Avugira I Dar Es Salaam, Madamu Amina Mohammed, Ministri w\u2019ububanyi n\u2019amahanga wa Kenya, yavuze ko igihugu cye [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":4,"featured_media":3636,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[66],"tags":[],"class_list":["post-4347","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-akarere"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v27.8 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>\u00ab Ntituzemera kwigizwayo muri EAC\u2026 Twatanze byinshi tutahara \u00bb Perezida Kikwete. - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ntituzemera-kwigizwayo-muri-eac-twatanze-byinshi-tutahara-perezida-kikwete\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"\u00ab Ntituzemera kwigizwayo muri EAC\u2026 Twatanze byinshi tutahara \u00bb Perezida Kikwete. - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Nyuma y\u2019iminsi ine Perezida wa Tanzania Kikwete atangaje aho igihugu cye gihagaze ku byerekeye umuryango wa Afurika y\u2019uburasirazuba( East African Community), noneho Kenya yemeje ko izakora ibishoboka byose ngo Tanzania itongera gushyirwa ku ruhande nk\u2019uko bimaze iminsi bigaragara. Avugira I Dar Es Salaam, Madamu Amina Mohammed, Ministri w\u2019ububanyi n\u2019amahanga wa Kenya, yavuze ko igihugu cye [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ntituzemera-kwigizwayo-muri-eac-twatanze-byinshi-tutahara-perezida-kikwete\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2013-11-16T00:24:19+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwandan\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwandan\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"4 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ntituzemera-kwigizwayo-muri-eac-twatanze-byinshi-tutahara-perezida-kikwete\\\/#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ntituzemera-kwigizwayo-muri-eac-twatanze-byinshi-tutahara-perezida-kikwete\\\/\"},\"author\":{\"name\":\"therwandan\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461\"},\"headline\":\"\u00ab Ntituzemera kwigizwayo muri EAC\u2026 Twatanze byinshi tutahara \u00bb Perezida Kikwete.\",\"datePublished\":\"2013-11-16T00:24:19+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ntituzemera-kwigizwayo-muri-eac-twatanze-byinshi-tutahara-perezida-kikwete\\\/\"},\"wordCount\":740,\"commentCount\":0,\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ntituzemera-kwigizwayo-muri-eac-twatanze-byinshi-tutahara-perezida-kikwete\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"\",\"articleSection\":[\"Akarere\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ntituzemera-kwigizwayo-muri-eac-twatanze-byinshi-tutahara-perezida-kikwete\\\/#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ntituzemera-kwigizwayo-muri-eac-twatanze-byinshi-tutahara-perezida-kikwete\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ntituzemera-kwigizwayo-muri-eac-twatanze-byinshi-tutahara-perezida-kikwete\\\/\",\"name\":\"\u00ab Ntituzemera kwigizwayo muri EAC\u2026 Twatanze byinshi tutahara \u00bb Perezida Kikwete. - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ntituzemera-kwigizwayo-muri-eac-twatanze-byinshi-tutahara-perezida-kikwete\\\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ntituzemera-kwigizwayo-muri-eac-twatanze-byinshi-tutahara-perezida-kikwete\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"\",\"datePublished\":\"2013-11-16T00:24:19+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ntituzemera-kwigizwayo-muri-eac-twatanze-byinshi-tutahara-perezida-kikwete\\\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ntituzemera-kwigizwayo-muri-eac-twatanze-byinshi-tutahara-perezida-kikwete\\\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ntituzemera-kwigizwayo-muri-eac-twatanze-byinshi-tutahara-perezida-kikwete\\\/#primaryimage\",\"url\":\"\",\"contentUrl\":\"\",\"width\":800,\"height\":536},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ntituzemera-kwigizwayo-muri-eac-twatanze-byinshi-tutahara-perezida-kikwete\\\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"\u00ab Ntituzemera kwigizwayo muri EAC\u2026 Twatanze byinshi tutahara \u00bb Perezida Kikwete.\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461\",\"name\":\"therwandan\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g\",\"url\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwandan\"},\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/author\\\/therwandan\\\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"\u00ab Ntituzemera kwigizwayo muri EAC\u2026 Twatanze byinshi tutahara \u00bb Perezida Kikwete. - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ntituzemera-kwigizwayo-muri-eac-twatanze-byinshi-tutahara-perezida-kikwete\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"\u00ab Ntituzemera kwigizwayo muri EAC\u2026 Twatanze byinshi tutahara \u00bb Perezida Kikwete. - Umunyarwanda","og_description":"Nyuma y\u2019iminsi ine Perezida wa Tanzania Kikwete atangaje aho igihugu cye gihagaze ku byerekeye umuryango wa Afurika y\u2019uburasirazuba( East African Community), noneho Kenya yemeje ko izakora ibishoboka byose ngo Tanzania itongera gushyirwa ku ruhande nk\u2019uko bimaze iminsi bigaragara. Avugira I Dar Es Salaam, Madamu Amina Mohammed, Ministri w\u2019ububanyi n\u2019amahanga wa Kenya, yavuze ko igihugu cye [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ntituzemera-kwigizwayo-muri-eac-twatanze-byinshi-tutahara-perezida-kikwete\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2013-11-16T00:24:19+00:00","author":"therwandan","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwandan","Est. reading time":"4 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ntituzemera-kwigizwayo-muri-eac-twatanze-byinshi-tutahara-perezida-kikwete\/#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ntituzemera-kwigizwayo-muri-eac-twatanze-byinshi-tutahara-perezida-kikwete\/"},"author":{"name":"therwandan","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461"},"headline":"\u00ab Ntituzemera kwigizwayo muri EAC\u2026 Twatanze byinshi tutahara \u00bb Perezida Kikwete.","datePublished":"2013-11-16T00:24:19+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ntituzemera-kwigizwayo-muri-eac-twatanze-byinshi-tutahara-perezida-kikwete\/"},"wordCount":740,"commentCount":0,"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ntituzemera-kwigizwayo-muri-eac-twatanze-byinshi-tutahara-perezida-kikwete\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"","articleSection":["Akarere"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ntituzemera-kwigizwayo-muri-eac-twatanze-byinshi-tutahara-perezida-kikwete\/#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ntituzemera-kwigizwayo-muri-eac-twatanze-byinshi-tutahara-perezida-kikwete\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ntituzemera-kwigizwayo-muri-eac-twatanze-byinshi-tutahara-perezida-kikwete\/","name":"\u00ab Ntituzemera kwigizwayo muri EAC\u2026 Twatanze byinshi tutahara \u00bb Perezida Kikwete. - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ntituzemera-kwigizwayo-muri-eac-twatanze-byinshi-tutahara-perezida-kikwete\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ntituzemera-kwigizwayo-muri-eac-twatanze-byinshi-tutahara-perezida-kikwete\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"","datePublished":"2013-11-16T00:24:19+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ntituzemera-kwigizwayo-muri-eac-twatanze-byinshi-tutahara-perezida-kikwete\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ntituzemera-kwigizwayo-muri-eac-twatanze-byinshi-tutahara-perezida-kikwete\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ntituzemera-kwigizwayo-muri-eac-twatanze-byinshi-tutahara-perezida-kikwete\/#primaryimage","url":"","contentUrl":"","width":800,"height":536},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ntituzemera-kwigizwayo-muri-eac-twatanze-byinshi-tutahara-perezida-kikwete\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"\u00ab Ntituzemera kwigizwayo muri EAC\u2026 Twatanze byinshi tutahara \u00bb Perezida Kikwete."}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461","name":"therwandan","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwandan"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwandan\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/4347","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/4"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=4347"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/4347\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=4347"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=4347"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=4347"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}