{"id":43483,"date":"2021-10-05T19:53:35","date_gmt":"2021-10-05T17:53:35","guid":{"rendered":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=43483"},"modified":"2021-10-05T19:53:35","modified_gmt":"2021-10-05T17:53:35","slug":"rwanda-abakobwa-barenga-800-basambanyijwe-bamwe-bagaterwa-inda-ntibakoze-ikizami-cya-leta","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-abakobwa-barenga-800-basambanyijwe-bamwe-bagaterwa-inda-ntibakoze-ikizami-cya-leta\/","title":{"rendered":"Rwanda: Abakobwa barenga 800 basambanyijwe bamwe bagaterwa inda ntibakoze ikizami cya Leta"},"content":{"rendered":"<p style=\"font-weight: 400;\">Yanditswe na <strong>Nkurunziza Gad<\/strong><\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\"><em>Abakobwa barenga 800 bagombaga gukora ikizami cya Leta gisoza amashuri abanza hamwe n\u2019abagombaga gukora ikizami gisoza ikiciro rusange \u2018Tronc Cummun\u2019 ntibabashije kugikora kubera ko bamwe muri bo basambanyijwe bagaterwa inda, abataratewe inda bagize ihungabana nyuma yo gukoreshwa imibonano mpuzabitsina ku gahato.<\/em><\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\">Minisiteri y\u2019uburezi mu Rwanda kuri uyu wa mbere tariki 4\/9\/2021 yatangaje ko abanyeshuri bakoze ibizamini bisoza amashuri abanza ari 251,906, barimo abakobwa 136,830 n\u2019abahungu 115.076, naho mu cyiciro rusange (Tronc Commun)\u00a0hakoze 121.626, harimo abakobwa 66.240 n\u2019abahungu 55.386.<\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\">Umwe mu bakozi b\u2019Ikigo gishinzwe iby\u2019ibizamini by\u2019amashuri abanza, ayisumbuye n\u2019ay\u2019imyuga n\u2019ubumenyingiro ndetse n\u2019ubugenzuzi bw\u2019ayo mashuri cyiswe NESA (National Examination and School Inspection Authority) utifuje ko amazina ye ashyirwa muri iyi nkuru, yavuze ko mu bugenzuzi bakoze basanze hari abana b\u2019abakobwa basambanyijwe umwaka ushize bamwe muri bo bagaterwa inda ubu bakaba barabyaye, abandi bakagira ihungabana ryatumye bava mu ishuri ntibakora ikizami cya Leta.<\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\">Yagize ati <em>\u201cKubera icyorezo cya Covid-19 murabizi amashuri yamaze igihe kirekire afunze abana batiga, ubugenzuzi twakoze bwagaragaje ko hari abana b\u2019abakobwa barenga 800 harimo abigaga mu mwaka wa gatandatu w\u2019amashuri abanza, abandi bigaga mu mwaka wa gatatu w\u2019amashuri yisumbuye batabashije gukora ikizami cya leta kubera ko basambanyijwe.\u201d<\/em><\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\"><em>\u201cBamwe uko gusambanywa kwabaviriyemo guterwa inda z\u2019imburagihe ubu barabyaye, abandi byabaviriyemo ihungabana rikomeye ku buryo bazinutswe ishuri banga kurisubiramo bituma badakora ikizami cya Leta.\u201d<\/em><\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\">Minisitiri w\u2019Uburezi, Dr. Valentine Uwamariya, yavuze ko abanyeshuri batabashije gutsinda ibizamini (unclassified) ni 44.176 bahwanye na 17,50%\u00a0mu mashuri abanza ndetse n\u2019abanyeshuri 16,466 batsinzwe mu mu cyiciro rusange ntibazahabwa ibigo nk\u2019uko byari bimenyereye ahubwo\u00a0bazasubiramo amasomo.<\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\">N\u2019ukuvuga ko abagera kuri 1\/6\u00a0cy&#8217;abakoze ibizamini bisoza amashuri abanza n\u2019ay\u2019ikiciro rusange basibijwe. Ibi bikaba bitari bisanzwe mu Rwanda.<\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\"><strong>Imibare y\u2019abasambanya abana ikomeje kwiyongera<\/strong><\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\">Urwego rw\u2019Igihugu rw\u2019Ubugenzacyaha mu Rwanda \u2018RIB\u2019 ruherutse gutangariza kuri Televiziyo y\u2019Igihugu ko mu myaka 3 ishize rwakiriye ibirigo 12,840 byo gusambanya abana.<\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\">Abibasirwa cyane akaba ari bakobwa ku kigero cya 97.1% ugereranyije n\u2019abahungu basambanywa ku kigero cya 2.9%.<\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\">Muri 2018-2019 ibyaha byo gusambanya abana byari 3,433, mu mwaka wa 2019-2020 bigera ku 4,077 naho mu 2020-2021 byabaye ibyaha 5,330, harimo n&#8217;abakekwa 13,485.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Yanditswe na Nkurunziza Gad Abakobwa barenga 800 bagombaga gukora ikizami cya Leta gisoza amashuri abanza hamwe n\u2019abagombaga gukora ikizami gisoza ikiciro rusange \u2018Tronc Cummun\u2019 ntibabashije kugikora kubera ko bamwe muri bo basambanyijwe bagaterwa inda, abataratewe inda bagize ihungabana nyuma yo gukoreshwa imibonano mpuzabitsina ku gahato. Minisiteri y\u2019uburezi mu Rwanda kuri uyu wa mbere tariki 4\/9\/2021 [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":43485,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[36],"tags":[],"class_list":["post-43483","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-umuturage"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>Rwanda: Abakobwa barenga 800 basambanyijwe bamwe bagaterwa inda ntibakoze ikizami cya Leta - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-abakobwa-barenga-800-basambanyijwe-bamwe-bagaterwa-inda-ntibakoze-ikizami-cya-leta\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Rwanda: Abakobwa barenga 800 basambanyijwe bamwe bagaterwa inda ntibakoze ikizami cya Leta - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Yanditswe na Nkurunziza Gad Abakobwa barenga 800 bagombaga gukora ikizami cya Leta gisoza amashuri abanza hamwe n\u2019abagombaga gukora ikizami gisoza ikiciro rusange \u2018Tronc Cummun\u2019 ntibabashije kugikora kubera ko bamwe muri bo basambanyijwe bagaterwa inda, abataratewe inda bagize ihungabana nyuma yo gukoreshwa imibonano mpuzabitsina ku gahato. Minisiteri y\u2019uburezi mu Rwanda kuri uyu wa mbere tariki 4\/9\/2021 [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-abakobwa-barenga-800-basambanyijwe-bamwe-bagaterwa-inda-ntibakoze-ikizami-cya-leta\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2021-10-05T17:53:35+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/10\/gusambanywa.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"800\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"580\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-abakobwa-barenga-800-basambanyijwe-bamwe-bagaterwa-inda-ntibakoze-ikizami-cya-leta\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-abakobwa-barenga-800-basambanyijwe-bamwe-bagaterwa-inda-ntibakoze-ikizami-cya-leta\/\",\"name\":\"Rwanda: Abakobwa barenga 800 basambanyijwe bamwe bagaterwa inda ntibakoze ikizami cya Leta - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-abakobwa-barenga-800-basambanyijwe-bamwe-bagaterwa-inda-ntibakoze-ikizami-cya-leta\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-abakobwa-barenga-800-basambanyijwe-bamwe-bagaterwa-inda-ntibakoze-ikizami-cya-leta\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/10\/gusambanywa.jpg\",\"datePublished\":\"2021-10-05T17:53:35+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-abakobwa-barenga-800-basambanyijwe-bamwe-bagaterwa-inda-ntibakoze-ikizami-cya-leta\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-abakobwa-barenga-800-basambanyijwe-bamwe-bagaterwa-inda-ntibakoze-ikizami-cya-leta\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-abakobwa-barenga-800-basambanyijwe-bamwe-bagaterwa-inda-ntibakoze-ikizami-cya-leta\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/10\/gusambanywa.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/10\/gusambanywa.jpg\",\"width\":800,\"height\":580},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-abakobwa-barenga-800-basambanyijwe-bamwe-bagaterwa-inda-ntibakoze-ikizami-cya-leta\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Rwanda: Abakobwa barenga 800 basambanyijwe bamwe bagaterwa inda ntibakoze ikizami cya Leta\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Rwanda: Abakobwa barenga 800 basambanyijwe bamwe bagaterwa inda ntibakoze ikizami cya Leta - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-abakobwa-barenga-800-basambanyijwe-bamwe-bagaterwa-inda-ntibakoze-ikizami-cya-leta\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Rwanda: Abakobwa barenga 800 basambanyijwe bamwe bagaterwa inda ntibakoze ikizami cya Leta - Umunyarwanda","og_description":"Yanditswe na Nkurunziza Gad Abakobwa barenga 800 bagombaga gukora ikizami cya Leta gisoza amashuri abanza hamwe n\u2019abagombaga gukora ikizami gisoza ikiciro rusange \u2018Tronc Cummun\u2019 ntibabashije kugikora kubera ko bamwe muri bo basambanyijwe bagaterwa inda, abataratewe inda bagize ihungabana nyuma yo gukoreshwa imibonano mpuzabitsina ku gahato. Minisiteri y\u2019uburezi mu Rwanda kuri uyu wa mbere tariki 4\/9\/2021 [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-abakobwa-barenga-800-basambanyijwe-bamwe-bagaterwa-inda-ntibakoze-ikizami-cya-leta\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2021-10-05T17:53:35+00:00","og_image":[{"width":800,"height":580,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/10\/gusambanywa.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-abakobwa-barenga-800-basambanyijwe-bamwe-bagaterwa-inda-ntibakoze-ikizami-cya-leta\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-abakobwa-barenga-800-basambanyijwe-bamwe-bagaterwa-inda-ntibakoze-ikizami-cya-leta\/","name":"Rwanda: Abakobwa barenga 800 basambanyijwe bamwe bagaterwa inda ntibakoze ikizami cya Leta - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-abakobwa-barenga-800-basambanyijwe-bamwe-bagaterwa-inda-ntibakoze-ikizami-cya-leta\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-abakobwa-barenga-800-basambanyijwe-bamwe-bagaterwa-inda-ntibakoze-ikizami-cya-leta\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/10\/gusambanywa.jpg","datePublished":"2021-10-05T17:53:35+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-abakobwa-barenga-800-basambanyijwe-bamwe-bagaterwa-inda-ntibakoze-ikizami-cya-leta\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-abakobwa-barenga-800-basambanyijwe-bamwe-bagaterwa-inda-ntibakoze-ikizami-cya-leta\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-abakobwa-barenga-800-basambanyijwe-bamwe-bagaterwa-inda-ntibakoze-ikizami-cya-leta\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/10\/gusambanywa.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/10\/gusambanywa.jpg","width":800,"height":580},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-abakobwa-barenga-800-basambanyijwe-bamwe-bagaterwa-inda-ntibakoze-ikizami-cya-leta\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Rwanda: Abakobwa barenga 800 basambanyijwe bamwe bagaterwa inda ntibakoze ikizami cya Leta"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/43483","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=43483"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/43483\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":43486,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/43483\/revisions\/43486"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/43485"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=43483"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=43483"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=43483"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}