{"id":43498,"date":"2021-10-06T20:30:31","date_gmt":"2021-10-06T18:30:31","guid":{"rendered":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=43498"},"modified":"2022-05-06T14:31:34","modified_gmt":"2022-05-06T12:31:34","slug":"finlandministri-biruta-yahishuye-ko-abakoresha-imbuga-nkoranyambaga-bagiye-kwibasirwa","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/finlandministri-biruta-yahishuye-ko-abakoresha-imbuga-nkoranyambaga-bagiye-kwibasirwa\/","title":{"rendered":"FINLAND:MINISTRI BIRUTA YAHISHUYE KO ABAKORESHA IMBUGA NKORANYAMBAGA BAGIYE KWIBASIRWA!"},"content":{"rendered":"<p>Yanditswe na<b> Albert MUSHABIZI!<\/b><\/p>\n<p>Mu nkuru The Rwandan ikesha umwe mu ntumwa zigera kuri 25 (Abatekinisiye n\u2019abacuruzi) zaherekeje Ministiri Vincent BIRUTA mu ruzinduko rw\u2019Akazi (utarashatse kwivuga amazina kubera impamvu z\u2019umutekano we), mu butwererane bugamije ahanini ubucuruzi; hakaba hagomba gusinywa amasezerano y\u2019ubutwererane mu iby\u2019ubucuruzi uyu munsi kuwa 6 Ukwakira 2021. Gusa ngo intumwa z\u2019u Rwanda zikaba zarazindutse ngo zigire izindi gahunda z\u2019ibanga zikorera, nk\u2019uko byagenze ku munsi w\u2019ejo kuwa 5 Ukwakira 2021! Ibi ngo bikaba bishingiye ko, ubundi ubutwererane bw\u2019Inkotanyi n\u2019ibihugu buba bugomba kuba bwiyubikije ibindi bikorwa by\u2019ibanga byo guhohotera impunzi n&#8217;abandi batavuga rumwe na Leta ya Kigali; ariko ngo bakaba baratunguwe n\u2019ubwoba basanganye abashyigikiye ubutegetsi bwa Kigali (bazwi ku izina ry&#8217;intore) bo mu karere ka Scandinavia. Ngo<span class=\"Apple-converted-space\">\u00a0 <\/span>izi Intore ziriyo, ntizikangukiye kuba zafasha ubutegetsi bw\u2019Inkotanyi, kuhigarurira no kuhakorera ibikorwa by\u2019ibanga nk\u2019uko bibakundira mu tundi turere tw\u2019isi, harimo n\u2019utwo mu bihugu by\u2019u Burengerazuba bw\u2019isi.<\/p>\n<p><b>Umuhuro mu ibanga rikomeye, intore zifite ubwoba, ndetse zimwe zatinye kwishyikirayo!<\/b><\/p>\n<p>\u201c<i>Nyakubahwa mutubabarire kuba turi umubare muke, bihabanya n\u2019uko twari twabijeje ko tuzaza kubakira, nk\u2019uko urutonde rwagaragazaga ko turi umubare ufatika! Gusa mugerageze kutwumva abenshi ntibabonetse, kubera gutinya imiterere y\u2019iki gihugu cya Finland, kigira igenzura ry\u2019umutekano ku rugero rukabije. Muri iki gihugu, n\u2019umuturage usanzwe aba akangukiye kandi akurikirana umutekano n\u2019icyawubangamira icyo ari cyo cyose! Noneho byageza ku igenzura rya Leta n\u2019inzego zayo, bigahumira ku murari! Niwo muco wa hano, mbese biragoye kugira ngo iteganyabikorwa dufite rizabashe gutera intambwe\u2026<\/i>\u201d<span class=\"Apple-converted-space\">\u00a0<\/span><\/p>\n<p>Ayo ni amwe mu mugambo yavuzwe n\u2019umwe mu bahaye ikaze Ministiri Vincent BIRUTA ubarizwa mu ntore zo mu gihugu cya Finland! Uyu nyaguterura ijambo ngo akaba, mu kurondora ba Nyakubahwa yarashyizemo na Ministiri w\u2019Ubucuruzi n\u2019Inganda, nyamara ngo utari muri abo bashyitsi, bigatera urwijji mu maso ya Ministiri BIRUTA, ko Intore zo muri Finland zishobora kuba zitanazi abagize Gouvernement ya Kigali, kugeza ubwo hifurizwa ikaze Ministiri utararangwaga ahaberaga umuhuro, kandi n\u2019abahateraniye atari umubare munini wo kuba watera urujijo nk\u2019urwo! Nyamara impamvu y\u2019ibyo ntiri kure: Intore zo muri Finland zifite igihunga, zitewe ubwoba n\u2019umuganda wo guhungabanya Abanyarwanda bagenzi bazo bari ku rutonde bahawe na Kigali! Ngo igihugu barimo kiragoye!<\/p>\n<p>Ngo icyatumye iyo nama igirwa ibanga rikomeye, ni ubusabe bw\u2019Intore zo mu Finland, zagowe no gutegura umuhuro n\u2019Intumwa za Gouvernement zaje zizanywe n\u2019izindi nshingano zizwi na Leta ya Finland, mu gihe benshi muri izo ntore ari impunzi, ndetse zimwe zitarabona ibyangombwa bya burundu. Umuyobozi wa Diplomasiya y\u2019u Rwanda, Bwana Vincent BIRUTA bikaba byaramusabye we n\u2019intumwa 25 zimuherekeje kugendera mu cyubahiro cyabo, mu gihe bari mu kazi kazwi n\u2019igihugu basuye, naho ahandi bakagenda bububa nk\u2019abajura cyangwa abandi bagizi ba nabi, biyoberanyije ngo bahurire aho bahuriye n\u2019Intore zabo, nk\u2019uko iyi photo y\u2019urwibutso nayo ikiri banga rikomeye twahawe n\u2019urya wari muri 25 baherekeje BIRUTA nayo ibigaragaza!<\/p>\n<p><em><a href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/10\/Biruta-finlande.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"aligncenter size-full wp-image-43499\" src=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/10\/Biruta-finlande.jpg\" alt=\"\" width=\"944\" height=\"705\" srcset=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/10\/Biruta-finlande.jpg 944w, https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/10\/Biruta-finlande-300x224.jpg 300w, https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/10\/Biruta-finlande-768x574.jpg 768w, https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/10\/Biruta-finlande-80x60.jpg 80w, https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/10\/Biruta-finlande-265x198.jpg 265w, https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/10\/Biruta-finlande-696x520.jpg 696w, https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/10\/Biruta-finlande-562x420.jpg 562w\" sizes=\"auto, (max-width: 944px) 100vw, 944px\" \/><\/a>\u201cIntore ntiganya ishaka ibisubizo nimushirike ubwoba mukore ibikorwa byanyu mu ibanga, tuzabohereza n\u2019abandi bo mu bihugu bya hafi aha, bamenyereye kandi bakora neza, bazaza kubahugura no kuberekera, kandi Leta yacu y\u2019ubumwe<span class=\"Apple-converted-space\">\u00a0 <\/span>Bw\u2019Abanyarwanda ibafatiye iry\u2019iburyo!\u201d<\/em><\/p>\n<p>Iyo nteruro y\u2019ubushukanyi, ni imwe mu magambo make yavuzwe na Ministiri Vincent BIRUTA, wavunaguye amagambo yahuranya, muri uwo muhuro wo kwihugika, aho abasangwa bari bafite ubwoba bw\u2019ibikorwa bitazwi kandi bishobora gukekwa amababa na Leta ibacumbakiye!<span class=\"Apple-converted-space\">\u00a0<\/span><\/p>\n<p>Indi ngingo ikomeye yavuzwe muri uyu muhuro ikaba ari \u201cINTAMBARA YO KU MBUGA NKORANYAMBAGA\u201d ngo yaba igeze FPR-Inkotanyi ku buce, kandi ngo mu karere igihugu cya Finland giherereyemo hakaba habarizwa indwanyi nk\u2019izo, zikomeje gushyira hanze ukuri kururira Leta ya Kigali, kukanakangurira Abaturage guharanira uburenganzira bwabo, ngo none abaturage bakaba baca amarenga ko mu minsi iri imbere niba nta gikozwe, bazaba ari indakoreka kandi ari n\u2019abiyahuzi badakangwa ingamba zikakaye zifatirwa abatinyuka guharanira uburenganzira bwo kuvuga ibibazo by\u2019igihugu.<\/p>\n<p>Minisitiri BIRUTA agejejweho impungenge ko uburenganzira bwo gutanga ibitekerezo, ntaho wahera ubuvogera mu gihugu cya Finland, ngo yijeje Intore ko hariho gahunda yo kujegeza abirirwa basebya Leta (ubwo ni abavuga ibihabanye n\u2019ibyo iyo Leta ishaka kumva); ngo bakaba mu minsi ya vuba bazatungurwa no kubona imbuga bavugiraho zahagaritswe! Niba iki atari ikinyoma cya Semuhanuka, hari abakeka ko imvugo z\u2019urwango n\u2019amacakubiri Leta ishinja Imbuga zitavuga rumwe nayo ahubwo birangwa ku mbuga z\u2019Intore n\u2019abandi banyarwanda biyemeje gusasira ikinyoma, ku buryo iyo ngingo ishingiweho hafungwa nyinshi mu mbuga zibogamiye kuri Kigali!<\/p>\n<p>Ikindi cyatangaje muri uyu muhuro, ngo ni uko Intore y\u2019umusangwa yakomoje ku nyandiko y\u2019iteganyabikorwa yahawe izi ntore, ngo yirinze no kuvugamo igikorwa na kimwe bigaragara nk\u2019aho izo ntore za Finland nazo ubwazo zishobora kuba zitarizerana hagati yazo, ku buryo zimwe zaba zikigendera mu kigare, cyangwa se zitaragirirwa icyizere n\u2019abayobozi bazo bivuganira n\u2019abayobozi ba Kigali.<span class=\"Apple-converted-space\">\u00a0<\/span><\/p>\n<p>Muri make ngo n\u2019ubwo umuhuro wari mugufi bishoboka, byagaragayemo ko hari n\u2019amabanga cyane ay\u2019ibikorwa byimirijwe imbere adakenewe kwasaswa kuri bose, hakiri kare! Uwaduhaye aya makuru umutekinisiye waherekeje Minisitiri udakunze kumenya cyane ibigendanye n\u2019ibikorwa bya Diaspora, ndetse n\u2019ubuhuzabikorwa bwabyo mu buyobozi bwa Kigali, ahamya ko kuri we umuhuro wari urujijo mu magambo asa n\u2019aca amarenga.<\/p>\n<p><span class=\"Apple-converted-space\">\u00a0<\/span>Ku buryo ngo uwo mutekinisiye nawe akeka ko, ataba ari we wenyine waba yaratahanye urujijo, ngo na cyane ko uretse no mu bashyitsi (barimo n\u2019abacuruzi bo mu nda y\u2019ingoma), ngo no mu basangwa wabonaga barimo ibice, byenda kuba bibiri biboneka ku maso. Muri ibi bice bibiri ngo harimo: abumva neza umukino, n\u2019abandi bazawusobanurirwa neza nyuma y\u2019icyo gikorwa cyo kubahuza n\u2019umuyobozi mukuru nka Ministiri BIRUTA.<\/p>\n<p>Mu kubahuza na Biruta, bikaba bisa n\u2019ibyari bigamije kubamara igishyika, ko ibyo bazaba bakora byose, bazaba bari ku kivi cy\u2019igihugu! Ngo mu kwifatisha ifoto byabaye ngombwa ko bamwe muri barya batekinisiye, n\u2019abacuruzi badasobanukiwe neza umukino wari ugezweho, batinjira mu ifoto! Kandi ngo ukuhaba kwabo (abatekinisiye n\u2019abacuruzi) nakwo kwabaye ijijisha rikomeye, ngo ibimeze nko kuramukanya gusanzwe bititwa inama itakiwe uruhusa n\u2019inzego zibishinzwe muri Finland!<\/p>\n<p><b>Kwigarurira ibihugu byo muri Scandinavia n&#8217;ibyo mu burayi bw&#8217;uburasirazuba nk\u2019uko FPR-Inkotanyi yigaruriye bimwe mu bihugu by\u2019u Burengerazuba ku rugero rusa n\u2019uruteye isoni!<\/b><\/p>\n<p>Ubutegetsi bwa FPR-Inkotanyi buri muri gahunda yo kwigarurira ibihugu bya Scandinavia\u00a0n&#8217;ibyo mu burayi bw&#8217;uburasirazuba abanyarwanda bahatuye bagomba kuba maso hakiri kare; byaba ngombwa bakifashisha imiterere y\u2019ibyo bihugu, yo kutajenjekera uwatobanga umutekano wabyo, nk\u2019uko Intore zatangiye kubigirira ubwoba. Ibi bihugu byo muri Scandinavia kandi bizirana cyane n\u2019umuco wa ruswa. Ngo si nka birya tuzi mu bihugu bimwe, aho bimenyerewe ko bamwe mu bayobozi bo mu nzego bwite za Leta, Abashakashatsi, abahagarariye imiryango itagengwa na Leta barya ruswa ya Kigali, maze bakogera uburimiro ku bahigwa na Kigali. Ruswa yo gutuma abagore b\u2019uburanga ku bafata ibyemezo, yavuzweho mu bihugu bimwe na bimwe byo mu burengerazuba, ngo nayo ishobora kutoroha muri scandinavia\u2026.<\/p>\n<p>Ibyo byose Leta ya FPR-Inkotanyi ikunze kwihura mu migambi yayo, igafashwa n\u2019uburangare no kudasohoreza umugambi umwe kw\u2019abo ihiga, ishobora kuba itarabonye ko bizayibera imbogamizi, mu guteganya kubaka muri Scandinavia akarima kayo, nk\u2019uko yabigize mu bihugu bimwe byo mu Burengerazuba bw\u2019isi! Hari abagabo batatu bakekwaho ko bari mu bakuriye umushinga wa Kigali, wo guhungabanya abayihunze mu bihugu bya Scandinavia cyane cyane muri Finland barimo ndetse n&#8217;abahoze muri RDF tukaba tugikora isesengura ku bikorwa byabo dushobora kubatangariza mu nkuru zacu zitaha.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Yanditswe na Albert MUSHABIZI! Mu nkuru The Rwandan ikesha umwe mu ntumwa zigera kuri 25 (Abatekinisiye n\u2019abacuruzi) zaherekeje Ministiri Vincent BIRUTA mu ruzinduko rw\u2019Akazi (utarashatse kwivuga amazina kubera impamvu z\u2019umutekano we), mu butwererane bugamije ahanini ubucuruzi; hakaba hagomba gusinywa amasezerano y\u2019ubutwererane mu iby\u2019ubucuruzi uyu munsi kuwa 6 Ukwakira 2021. Gusa ngo intumwa z\u2019u Rwanda zikaba [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":43499,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[67],"tags":[],"class_list":["post-43498","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amahanga"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>FINLAND:MINISTRI BIRUTA YAHISHUYE KO ABAKORESHA IMBUGA NKORANYAMBAGA BAGIYE KWIBASIRWA! - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/finlandministri-biruta-yahishuye-ko-abakoresha-imbuga-nkoranyambaga-bagiye-kwibasirwa\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"FINLAND:MINISTRI BIRUTA YAHISHUYE KO ABAKORESHA IMBUGA NKORANYAMBAGA BAGIYE KWIBASIRWA! - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Yanditswe na Albert MUSHABIZI! Mu nkuru The Rwandan ikesha umwe mu ntumwa zigera kuri 25 (Abatekinisiye n\u2019abacuruzi) zaherekeje Ministiri Vincent BIRUTA mu ruzinduko rw\u2019Akazi (utarashatse kwivuga amazina kubera impamvu z\u2019umutekano we), mu butwererane bugamije ahanini ubucuruzi; hakaba hagomba gusinywa amasezerano y\u2019ubutwererane mu iby\u2019ubucuruzi uyu munsi kuwa 6 Ukwakira 2021. Gusa ngo intumwa z\u2019u Rwanda zikaba [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/finlandministri-biruta-yahishuye-ko-abakoresha-imbuga-nkoranyambaga-bagiye-kwibasirwa\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2021-10-06T18:30:31+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2022-05-06T12:31:34+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/10\/Biruta-finlande.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"944\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"705\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"6 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/finlandministri-biruta-yahishuye-ko-abakoresha-imbuga-nkoranyambaga-bagiye-kwibasirwa\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/finlandministri-biruta-yahishuye-ko-abakoresha-imbuga-nkoranyambaga-bagiye-kwibasirwa\/\",\"name\":\"FINLAND:MINISTRI BIRUTA YAHISHUYE KO ABAKORESHA IMBUGA NKORANYAMBAGA BAGIYE KWIBASIRWA! - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/finlandministri-biruta-yahishuye-ko-abakoresha-imbuga-nkoranyambaga-bagiye-kwibasirwa\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/finlandministri-biruta-yahishuye-ko-abakoresha-imbuga-nkoranyambaga-bagiye-kwibasirwa\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/10\/Biruta-finlande.jpg\",\"datePublished\":\"2021-10-06T18:30:31+00:00\",\"dateModified\":\"2022-05-06T12:31:34+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/finlandministri-biruta-yahishuye-ko-abakoresha-imbuga-nkoranyambaga-bagiye-kwibasirwa\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/finlandministri-biruta-yahishuye-ko-abakoresha-imbuga-nkoranyambaga-bagiye-kwibasirwa\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/finlandministri-biruta-yahishuye-ko-abakoresha-imbuga-nkoranyambaga-bagiye-kwibasirwa\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/10\/Biruta-finlande.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/10\/Biruta-finlande.jpg\",\"width\":944,\"height\":705},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/finlandministri-biruta-yahishuye-ko-abakoresha-imbuga-nkoranyambaga-bagiye-kwibasirwa\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"FINLAND:MINISTRI BIRUTA YAHISHUYE KO ABAKORESHA IMBUGA NKORANYAMBAGA BAGIYE KWIBASIRWA!\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"FINLAND:MINISTRI BIRUTA YAHISHUYE KO ABAKORESHA IMBUGA NKORANYAMBAGA BAGIYE KWIBASIRWA! - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/finlandministri-biruta-yahishuye-ko-abakoresha-imbuga-nkoranyambaga-bagiye-kwibasirwa\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"FINLAND:MINISTRI BIRUTA YAHISHUYE KO ABAKORESHA IMBUGA NKORANYAMBAGA BAGIYE KWIBASIRWA! - Umunyarwanda","og_description":"Yanditswe na Albert MUSHABIZI! Mu nkuru The Rwandan ikesha umwe mu ntumwa zigera kuri 25 (Abatekinisiye n\u2019abacuruzi) zaherekeje Ministiri Vincent BIRUTA mu ruzinduko rw\u2019Akazi (utarashatse kwivuga amazina kubera impamvu z\u2019umutekano we), mu butwererane bugamije ahanini ubucuruzi; hakaba hagomba gusinywa amasezerano y\u2019ubutwererane mu iby\u2019ubucuruzi uyu munsi kuwa 6 Ukwakira 2021. Gusa ngo intumwa z\u2019u Rwanda zikaba [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/finlandministri-biruta-yahishuye-ko-abakoresha-imbuga-nkoranyambaga-bagiye-kwibasirwa\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2021-10-06T18:30:31+00:00","article_modified_time":"2022-05-06T12:31:34+00:00","og_image":[{"width":944,"height":705,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/10\/Biruta-finlande.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"6 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/finlandministri-biruta-yahishuye-ko-abakoresha-imbuga-nkoranyambaga-bagiye-kwibasirwa\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/finlandministri-biruta-yahishuye-ko-abakoresha-imbuga-nkoranyambaga-bagiye-kwibasirwa\/","name":"FINLAND:MINISTRI BIRUTA YAHISHUYE KO ABAKORESHA IMBUGA NKORANYAMBAGA BAGIYE KWIBASIRWA! - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/finlandministri-biruta-yahishuye-ko-abakoresha-imbuga-nkoranyambaga-bagiye-kwibasirwa\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/finlandministri-biruta-yahishuye-ko-abakoresha-imbuga-nkoranyambaga-bagiye-kwibasirwa\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/10\/Biruta-finlande.jpg","datePublished":"2021-10-06T18:30:31+00:00","dateModified":"2022-05-06T12:31:34+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/finlandministri-biruta-yahishuye-ko-abakoresha-imbuga-nkoranyambaga-bagiye-kwibasirwa\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/finlandministri-biruta-yahishuye-ko-abakoresha-imbuga-nkoranyambaga-bagiye-kwibasirwa\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/finlandministri-biruta-yahishuye-ko-abakoresha-imbuga-nkoranyambaga-bagiye-kwibasirwa\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/10\/Biruta-finlande.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/10\/Biruta-finlande.jpg","width":944,"height":705},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/finlandministri-biruta-yahishuye-ko-abakoresha-imbuga-nkoranyambaga-bagiye-kwibasirwa\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"FINLAND:MINISTRI BIRUTA YAHISHUYE KO ABAKORESHA IMBUGA NKORANYAMBAGA BAGIYE KWIBASIRWA!"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/43498","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=43498"}],"version-history":[{"count":3,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/43498\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":45636,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/43498\/revisions\/45636"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/43499"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=43498"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=43498"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=43498"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}