{"id":43514,"date":"2021-10-08T00:15:24","date_gmt":"2021-10-07T22:15:24","guid":{"rendered":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=43514"},"modified":"2021-10-08T00:15:44","modified_gmt":"2021-10-07T22:15:44","slug":"amerika-yohereje-mu-rwanda-rurangwa-wakatiwe-ninkiko-gacaca","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amerika-yohereje-mu-rwanda-rurangwa-wakatiwe-ninkiko-gacaca\/","title":{"rendered":"Amerika yohereje mu Rwanda Rurangwa wakatiwe n\u2019inkiko gacaca"},"content":{"rendered":"<p>Yanditswe na <strong>Frank Steven Ruta<\/strong><\/p>\n<p>Leta Zunze Ubumwe za Amerika zoherereje u Rwanda undi Munyarwanda wari ku rutonde rw\u2019abo Ubushinjacyaha Bukuru bw\u2019u Rwanda rwasohoye rusaba amahanga ko batabwa muri yombi bakoherezwa mu Rwanda, bagakurikiranwa bakanaburanishwa ku byaha bya Jenoside bakekwaho cyangwa se bakaharangiriza igifungo bakatiwe badahari.<\/p>\n<p>Rurangwa Oswald ni we wari utahiwe uyu munsi, akaba yagejejwe mu Rwanda mu ndege yihariye (Private Jet), yamugejeje i Kigali mu masaha y\u2019ikigoroba, mbere gato ko bwira.<\/p>\n<p>Rurangwa Oswald yahoze ari umwarimu mu mashuri abanza, arakekwaho kugira uruhare mu bitero byahitanye abantu hirya no hino mu mujyi wa Kigali no mu nkengero zawo, ariko cyane cyane ku Gisozi aho yari atuye. Ibi byaha nibyo inkiko gacaca zamuhamije mu mwaka wa 2007 zimukatira gufungwa imyaka 30.<span class=\"Apple-converted-space\">\u00a0<\/span><\/p>\n<p>Rurangwa Oswald yahungiye muri Zaire mu mwakwa w\u20191994, aho yabaye mu nkambi ya Kiyumba n\u2019iya Kayindo, ariko ntiyahatinze. Mu mwaka w\u20191996 nibwo yafashe iy\u2019ubuhungiro kure y\u2019u Rwanda, agana muri Leta Zunze ubumwe za Amerika, atahutse yari amazeyo imyaka 25.<\/p>\n<p>Akigezwa i Kigali Rurangwa wari uherekejwe n\u2019abashinzwe umutekano bo muri Leta zunze ubumwe z\u2019Amerika yakuweho amapingu, ashyikirizwa abari bahagarariye Ambasade ya Amerika, nabo bahise bamushyira mu biganza bya Polisi y\u2019u Rwanda, nayo imushyiraho andi mapingu, imushyikiriza RIB, ubundi yinjizwa mu modoka yamukuye ku kibuga cy\u2019indege.<\/p>\n<p>Nkusi Faustin, Umuvugizi w\u2019Ubushinjacyaha bw\u2019u Rwanda yemeje ko Rurangwa yari umwe mu Banyarwanda 1146 bashyiriweho inyandiko zo kubata muri yombi. Yavuze ko uyu mugabo ugaruwe mu Rwanda yakatiwe igifungo kinini nk\u2019uwari umwe mu bahuzabikorwa by\u2019Interahamwe ku Gisozi, ariko ko afite uburenganzira bwo gusubirishamo urubanza aramutse abikeneye, atabikenera akajya kurangiza igihano yakatiwe.<\/p>\n<p>Rurangwa afite imyaka 59, nta jambo na rimwe yigeze atangariza ku kibuga y\u2019indege, kuko abanyamakuru bifuzaga kumuvugisha nk\u2019uko byagendekeye bamwe mu bagiye bagezwa mu Rwanda bavanywe mu bihugu bari barahungiyemo.<\/p>\n<p>N&#8217;ubwo Leta Zunze Ubumwe za Amerika zinyuzamo zikagaragaza ko zitizeye ubucamanza bw\u2019u Rwanda, cyane cyane umuntu afatiye ku byo zagiye zitangaza ku rubanza rwa Rusesabagina, uyu zohereje mu Rwanda abaye uwa gatandatu, nyuma ya Munyenyezi Beatrice ukiburanishwa, Iragaba Enos Kagaba, Mudahinyuka Jean Marie Vianney, Mukeshimana Marie Claire na Dr<span class=\"Apple-converted-space\">\u00a0 <\/span>L\u00e9opold Munyakazi.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Yanditswe na Frank Steven Ruta Leta Zunze Ubumwe za Amerika zoherereje u Rwanda undi Munyarwanda wari ku rutonde rw\u2019abo Ubushinjacyaha Bukuru bw\u2019u Rwanda rwasohoye rusaba amahanga ko batabwa muri yombi bakoherezwa mu Rwanda, bagakurikiranwa bakanaburanishwa ku byaha bya Jenoside bakekwaho cyangwa se bakaharangiriza igifungo bakatiwe badahari. Rurangwa Oswald ni we wari utahiwe uyu munsi, akaba [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":43515,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[63],"tags":[],"class_list":["post-43514","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-ubutabera"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>Amerika yohereje mu Rwanda Rurangwa wakatiwe n\u2019inkiko gacaca - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amerika-yohereje-mu-rwanda-rurangwa-wakatiwe-ninkiko-gacaca\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Amerika yohereje mu Rwanda Rurangwa wakatiwe n\u2019inkiko gacaca - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Yanditswe na Frank Steven Ruta Leta Zunze Ubumwe za Amerika zoherereje u Rwanda undi Munyarwanda wari ku rutonde rw\u2019abo Ubushinjacyaha Bukuru bw\u2019u Rwanda rwasohoye rusaba amahanga ko batabwa muri yombi bakoherezwa mu Rwanda, bagakurikiranwa bakanaburanishwa ku byaha bya Jenoside bakekwaho cyangwa se bakaharangiriza igifungo bakatiwe badahari. Rurangwa Oswald ni we wari utahiwe uyu munsi, akaba [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amerika-yohereje-mu-rwanda-rurangwa-wakatiwe-ninkiko-gacaca\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2021-10-07T22:15:24+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2021-10-07T22:15:44+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/10\/Skjermbilde-2021-10-07-kl.-23.14.16.png\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"565\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"321\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/png\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amerika-yohereje-mu-rwanda-rurangwa-wakatiwe-ninkiko-gacaca\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amerika-yohereje-mu-rwanda-rurangwa-wakatiwe-ninkiko-gacaca\/\",\"name\":\"Amerika yohereje mu Rwanda Rurangwa wakatiwe n\u2019inkiko gacaca - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amerika-yohereje-mu-rwanda-rurangwa-wakatiwe-ninkiko-gacaca\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amerika-yohereje-mu-rwanda-rurangwa-wakatiwe-ninkiko-gacaca\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/10\/Skjermbilde-2021-10-07-kl.-23.14.16.png\",\"datePublished\":\"2021-10-07T22:15:24+00:00\",\"dateModified\":\"2021-10-07T22:15:44+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amerika-yohereje-mu-rwanda-rurangwa-wakatiwe-ninkiko-gacaca\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amerika-yohereje-mu-rwanda-rurangwa-wakatiwe-ninkiko-gacaca\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amerika-yohereje-mu-rwanda-rurangwa-wakatiwe-ninkiko-gacaca\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/10\/Skjermbilde-2021-10-07-kl.-23.14.16.png\",\"contentUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/10\/Skjermbilde-2021-10-07-kl.-23.14.16.png\",\"width\":565,\"height\":321},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amerika-yohereje-mu-rwanda-rurangwa-wakatiwe-ninkiko-gacaca\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Amerika yohereje mu Rwanda Rurangwa wakatiwe n\u2019inkiko gacaca\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Amerika yohereje mu Rwanda Rurangwa wakatiwe n\u2019inkiko gacaca - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amerika-yohereje-mu-rwanda-rurangwa-wakatiwe-ninkiko-gacaca\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Amerika yohereje mu Rwanda Rurangwa wakatiwe n\u2019inkiko gacaca - Umunyarwanda","og_description":"Yanditswe na Frank Steven Ruta Leta Zunze Ubumwe za Amerika zoherereje u Rwanda undi Munyarwanda wari ku rutonde rw\u2019abo Ubushinjacyaha Bukuru bw\u2019u Rwanda rwasohoye rusaba amahanga ko batabwa muri yombi bakoherezwa mu Rwanda, bagakurikiranwa bakanaburanishwa ku byaha bya Jenoside bakekwaho cyangwa se bakaharangiriza igifungo bakatiwe badahari. Rurangwa Oswald ni we wari utahiwe uyu munsi, akaba [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amerika-yohereje-mu-rwanda-rurangwa-wakatiwe-ninkiko-gacaca\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2021-10-07T22:15:24+00:00","article_modified_time":"2021-10-07T22:15:44+00:00","og_image":[{"width":565,"height":321,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/10\/Skjermbilde-2021-10-07-kl.-23.14.16.png","type":"image\/png"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amerika-yohereje-mu-rwanda-rurangwa-wakatiwe-ninkiko-gacaca\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amerika-yohereje-mu-rwanda-rurangwa-wakatiwe-ninkiko-gacaca\/","name":"Amerika yohereje mu Rwanda Rurangwa wakatiwe n\u2019inkiko gacaca - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amerika-yohereje-mu-rwanda-rurangwa-wakatiwe-ninkiko-gacaca\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amerika-yohereje-mu-rwanda-rurangwa-wakatiwe-ninkiko-gacaca\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/10\/Skjermbilde-2021-10-07-kl.-23.14.16.png","datePublished":"2021-10-07T22:15:24+00:00","dateModified":"2021-10-07T22:15:44+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amerika-yohereje-mu-rwanda-rurangwa-wakatiwe-ninkiko-gacaca\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amerika-yohereje-mu-rwanda-rurangwa-wakatiwe-ninkiko-gacaca\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amerika-yohereje-mu-rwanda-rurangwa-wakatiwe-ninkiko-gacaca\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/10\/Skjermbilde-2021-10-07-kl.-23.14.16.png","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/10\/Skjermbilde-2021-10-07-kl.-23.14.16.png","width":565,"height":321},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amerika-yohereje-mu-rwanda-rurangwa-wakatiwe-ninkiko-gacaca\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Amerika yohereje mu Rwanda Rurangwa wakatiwe n\u2019inkiko gacaca"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/43514","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=43514"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/43514\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":43519,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/43514\/revisions\/43519"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/43515"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=43514"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=43514"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=43514"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}