{"id":43590,"date":"2021-10-13T15:47:52","date_gmt":"2021-10-13T13:47:52","guid":{"rendered":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=43590"},"modified":"2021-10-13T15:47:52","modified_gmt":"2021-10-13T13:47:52","slug":"kagame-yakambije-agahanga-abajijwe-kuri-rusesabagina-ati-abakomeye-bamugize-igitangaza","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kagame-yakambije-agahanga-abajijwe-kuri-rusesabagina-ati-abakomeye-bamugize-igitangaza\/","title":{"rendered":"Kagame \u00a0yakambije agahanga abajijwe kuri Rusesabagina ati \u201cAbakomeye bamugize igitangaza\u201d"},"content":{"rendered":"<p>Yanditswe na <strong>Nkurunziza Gad<\/strong><\/p>\n<p><em>Nyuma y\u2019igitutu kimaze iminsi gishyirwa ku Rwanda rusabwa kurekura Paul Rusesabagina agasubira mu Bubiligi, Perezida Paul Kagame yavuze amagambo agaragaramo ubwoba ndetse akambya agahanga ati \u2018 abakomeye bamugize igitangaza\u2019.<\/em><\/p>\n<p>Kuri uyu wa Kabiri Perezida Paul Kagame yitabiriye mu buryo bw\u2019ikoranabuhanga, inama Mpuzamahanga ku mahoro n\u2019umutekano yabereye i Doha muri Qatar.<\/p>\n<p>Mu kiganiro cyari kiyobowe n\u2019Umunyamakuru w\u2019Umunyamerika, Steve Clemons cyagarutse ku ngingo zitandukanye zirimo iterambere ry\u2019Afurika, umutekano, hakomojwe no kuri Paul Rusesabagina.<\/p>\n<p><strong>Kagame yaba yatangiye gushya ubwoba kubera Rusesabagina?<\/strong><\/p>\n<p>Steve Clemons yabajije Kagame avuga ku bantu bamaze igihe basaba ko Paul Rusesabagina afungurwa n\u2019icyo asubiza abavuga ko ibyaye kuri Rusesabagina ari intambara ya ba \u201cPaul babiri\u201d (Paul Kagame na Paul Rusesabagina).<\/p>\n<p>Kagame yasubije ko hari abantu benshi badashishikajwe n\u2019ikintu na kimwe ku kibazo cya Rusesabagina usibye kuvuga gusa ko akwiriye kurekurwa, kandi ko inkuru ya bwana Rusesabagina ishingiye ku mpande ebyiri. Uruhande rumwe ngo rukaba rushingiye kuri filime Hotel Rwanda. Ati <em>\u201cIyi filime yagombaga kuba ibara inkuru ivuga ku bintu bitabayeho yaje guhinduka igira Rusesabagina intwari y\u2019u Rwanda\u201d.<\/em><\/p>\n<p>Yakomeje ati \u201c<em>Ikindi gice cyubakiye ku cya mbere kuko cyo abantu benshi bari bararemye Rusesabagina bashingiye kuri filime nk\u2019umuntu w\u2019igitangaza, maze na we yuririra kuri ubwo bwamamare yaba\u00a0ku giti\u00a0cye cyangwa se\u00a0akoreshejwe\u00a0ashinga kandi ayobora umutwe witwaje intwaro wagabye ibitero ku Rwanda. Iyo mitwe yagendaga ihindura amazina ariko yarayishyigikiraga agera n\u2019aho aba umuyobozi w\u2019umwe muri yo. Yakundaga gukorera ingendo mu Karere k\u2019Ibiyaga Bigari, rimwe akajya muri RDC, muri Zambia no mu bindi bice by\u2019aka karere. Imitwe yitwaje intwaro yashyigikiye, yateraga inkunga, yakunze kugaba ibitero mu gihugu cyacu iturutse mu Burundi ubundi iturutse muri RDC. Hano Rusesabagina yatanze ibimenyetso, birahari, ntabwo abihakana.\u201d<\/em><\/p>\n<p>Yakomeje ati <em>\u201cHari abantu bashyigikira Rusesabagina, bananiwe kubona ikimenyetso na kimwe cyangwa se inzira n\u2019imwe inyuranyije n\u2019amategeko mu buryo u Rwanda rwakoresheje kugira ngo rumute muri yombi[\u2026]Babuze inzira n\u2019imwe inyuranyije n\u2019amategeko mu byabaye kugira ngo agere mu Rwanda.\u201d<\/em><\/p>\n<p><strong>\u201cBamugize igitangaza\u201d<\/strong><\/p>\n<p>Mu mvugo yumvikanamo ubukana ndetse n\u2019ubwoba Kagame yakomeje ati <em>\u201cAbantu bamugize igitangaza bakora ibishoboka byose kugira ngo arekurwe, batitaye ku nzirakarengane, ku bikorwa bye cyangwa se ku byo abareganwa nabo bavuga. Bisa n\u2019aho\u00a0\u2018abakomeye\u2019\u00a0bamugize igitangaza bumva ko akwiriye kurekurwa kuko ari umuturage w\u2019u Bubiligi akaba anafite uburenganzira bumwemerera kuba muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.\u201d<\/em><\/p>\n<p>Yakomeje avuga ko Amerika n\u2019u Bubiligi ari ibihugu byagize uruhare mu gutuma ibimenyetso bishinja Rusesabagina biboneka.<\/p>\n<p>Ati <em>\u201cTwamaze igihe duhanahana amakuru n\u2019ibyo bihugu byombi, ubutabera bw\u2019u Bubiligi na Leta Zunze Ubumwe za Amerika, twabahaye buri kimwe cyose mu myaka hafi icumi. Ntibashobora kuvuga ngo ntabyo bazi, ariko ni nk\u2019aho bari kuvuga ngo mureke byose, mwibagirwe byose, turashaka ko uyu mugabo arekurwa. Iyi miryango, ibi bihugu birakomeye ariko nibwira ko dukwiriye kwita ku mutekano w\u2019abaturage bacu kandi tuzabikora mu buryo bwemewe n\u2019amategeko kandi biciye mu mucyo hanyuma bo bakomeza kuvuga ku nkuru ya filime, \u00a0ariko ibireba ubuzima bwacu budufitiye agaciro gakomeye nk\u2019uko bugafite ku Babiligi n\u2019Abanyamerika.&#8221;<\/em><\/p>\n<p><strong>Ni bande bari gushyira igitutu ku Rwanda?<\/strong><\/p>\n<p>Tariki 7\/10\/2021 Inteko ishingamategeko y\u2019Ubumwe bw\u2019Uburayi (EU)yamaganye urubanza rwaciriwe Paul Rusesabagina n&#8217;uburyo yagejejwe mu Rwanda, isaba umuryango w&#8217;ibyo bihugu kongera umuhate wayo ngo arekurwe.<\/p>\n<p>Ni umwanzuro wemejwe n\u2019abadepite 660 kuri babiri bawanze na 18 bifashe, inteko ishingamategeko y\u2019Uburayi yamaganye yivuye inyuma urubanza yaciriwe, ivuga ko ari urugero rwo guhonyora uburenganzira bwa muntu mu Rwanda.<\/p>\n<p>Iyi nteko yanasabye inama iyoboye EU kongera gusuzuma bishimitse imfashanyo iri shyirahamwe riha leta y&#8217;u Rwanda n\u2019izindi nzego z\u2019igihugu, kugirango ntihabe gushidikanya ku bijyane no gushyira mu bikorwa kubahiriza uburenganzira bwa zina muntu.<\/p>\n<p>Kandi, hakarebwa niba iyo mfashanyo idakoreshwa mu bikorwa bibangamira ubwisanzure bwo gutanga ibitekerezo no kwishyira hamwe, ubwisanzure bwa politike, iyubahirizwa ry&#8217;ubutegetsi bugendera ku mategeko hamwe n&#8217;amashyirahamwe yigenga atarwanira ibyicaro bya politike.<\/p>\n<p>Umuryango\u00a0uharanira uburenganzira bwa muntu n\u2019ubutabera, (Lantos Foundation<strong>\u00a0<\/strong>for Human Rights and Justice)\u00a0 ufite ikicaro muri Leta Zunze Ubumwe z\u2019Amerika, kuva Paul Rusesabagina yashimutirwa i Dubai, ntiwahwemye gusaba ko arekurwa kandi abagize uruhare mu ishimutwa rye bagafatirwa ibihano byo ku rwego mpuzamahanga.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Yanditswe na Nkurunziza Gad Nyuma y\u2019igitutu kimaze iminsi gishyirwa ku Rwanda rusabwa kurekura Paul Rusesabagina agasubira mu Bubiligi, Perezida Paul Kagame yavuze amagambo agaragaramo ubwoba ndetse akambya agahanga ati \u2018 abakomeye bamugize igitangaza\u2019. Kuri uyu wa Kabiri Perezida Paul Kagame yitabiriye mu buryo bw\u2019ikoranabuhanga, inama Mpuzamahanga ku mahoro n\u2019umutekano yabereye i Doha muri Qatar. Mu [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":43592,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[30],"tags":[],"class_list":["post-43590","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-rwanda"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v27.8 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Kagame \u00a0yakambije agahanga abajijwe kuri Rusesabagina ati \u201cAbakomeye bamugize igitangaza\u201d - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kagame-yakambije-agahanga-abajijwe-kuri-rusesabagina-ati-abakomeye-bamugize-igitangaza\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Kagame \u00a0yakambije agahanga abajijwe kuri Rusesabagina ati \u201cAbakomeye bamugize igitangaza\u201d - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Yanditswe na Nkurunziza Gad Nyuma y\u2019igitutu kimaze iminsi gishyirwa ku Rwanda rusabwa kurekura Paul Rusesabagina agasubira mu Bubiligi, Perezida Paul Kagame yavuze amagambo agaragaramo ubwoba ndetse akambya agahanga ati \u2018 abakomeye bamugize igitangaza\u2019. Kuri uyu wa Kabiri Perezida Paul Kagame yitabiriye mu buryo bw\u2019ikoranabuhanga, inama Mpuzamahanga ku mahoro n\u2019umutekano yabereye i Doha muri Qatar. Mu [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kagame-yakambije-agahanga-abajijwe-kuri-rusesabagina-ati-abakomeye-bamugize-igitangaza\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2021-10-13T13:47:52+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/10\/Skjermbilde-2021-10-13-kl.-15.38.41.png\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"1145\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"720\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/png\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/kagame-yakambije-agahanga-abajijwe-kuri-rusesabagina-ati-abakomeye-bamugize-igitangaza\\\/#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/kagame-yakambije-agahanga-abajijwe-kuri-rusesabagina-ati-abakomeye-bamugize-igitangaza\\\/\"},\"author\":{\"name\":\"therwda\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"headline\":\"Kagame \u00a0yakambije agahanga abajijwe kuri Rusesabagina ati \u201cAbakomeye bamugize igitangaza\u201d\",\"datePublished\":\"2021-10-13T13:47:52+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/kagame-yakambije-agahanga-abajijwe-kuri-rusesabagina-ati-abakomeye-bamugize-igitangaza\\\/\"},\"wordCount\":688,\"commentCount\":0,\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/kagame-yakambije-agahanga-abajijwe-kuri-rusesabagina-ati-abakomeye-bamugize-igitangaza\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2021\\\/10\\\/Skjermbilde-2021-10-13-kl.-15.38.41.png\",\"articleSection\":[\"Rwanda\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/kagame-yakambije-agahanga-abajijwe-kuri-rusesabagina-ati-abakomeye-bamugize-igitangaza\\\/#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/kagame-yakambije-agahanga-abajijwe-kuri-rusesabagina-ati-abakomeye-bamugize-igitangaza\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/kagame-yakambije-agahanga-abajijwe-kuri-rusesabagina-ati-abakomeye-bamugize-igitangaza\\\/\",\"name\":\"Kagame \u00a0yakambije agahanga abajijwe kuri Rusesabagina ati \u201cAbakomeye bamugize igitangaza\u201d - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/kagame-yakambije-agahanga-abajijwe-kuri-rusesabagina-ati-abakomeye-bamugize-igitangaza\\\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/kagame-yakambije-agahanga-abajijwe-kuri-rusesabagina-ati-abakomeye-bamugize-igitangaza\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2021\\\/10\\\/Skjermbilde-2021-10-13-kl.-15.38.41.png\",\"datePublished\":\"2021-10-13T13:47:52+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/kagame-yakambije-agahanga-abajijwe-kuri-rusesabagina-ati-abakomeye-bamugize-igitangaza\\\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/kagame-yakambije-agahanga-abajijwe-kuri-rusesabagina-ati-abakomeye-bamugize-igitangaza\\\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/kagame-yakambije-agahanga-abajijwe-kuri-rusesabagina-ati-abakomeye-bamugize-igitangaza\\\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2021\\\/10\\\/Skjermbilde-2021-10-13-kl.-15.38.41.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2021\\\/10\\\/Skjermbilde-2021-10-13-kl.-15.38.41.png\",\"width\":1145,\"height\":720},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/kagame-yakambije-agahanga-abajijwe-kuri-rusesabagina-ati-abakomeye-bamugize-igitangaza\\\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Kagame \u00a0yakambije agahanga abajijwe kuri Rusesabagina ati \u201cAbakomeye bamugize igitangaza\u201d\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"url\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/author\\\/therwda\\\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Kagame \u00a0yakambije agahanga abajijwe kuri Rusesabagina ati \u201cAbakomeye bamugize igitangaza\u201d - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kagame-yakambije-agahanga-abajijwe-kuri-rusesabagina-ati-abakomeye-bamugize-igitangaza\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Kagame \u00a0yakambije agahanga abajijwe kuri Rusesabagina ati \u201cAbakomeye bamugize igitangaza\u201d - Umunyarwanda","og_description":"Yanditswe na Nkurunziza Gad Nyuma y\u2019igitutu kimaze iminsi gishyirwa ku Rwanda rusabwa kurekura Paul Rusesabagina agasubira mu Bubiligi, Perezida Paul Kagame yavuze amagambo agaragaramo ubwoba ndetse akambya agahanga ati \u2018 abakomeye bamugize igitangaza\u2019. Kuri uyu wa Kabiri Perezida Paul Kagame yitabiriye mu buryo bw\u2019ikoranabuhanga, inama Mpuzamahanga ku mahoro n\u2019umutekano yabereye i Doha muri Qatar. Mu [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kagame-yakambije-agahanga-abajijwe-kuri-rusesabagina-ati-abakomeye-bamugize-igitangaza\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2021-10-13T13:47:52+00:00","og_image":[{"width":1145,"height":720,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/10\/Skjermbilde-2021-10-13-kl.-15.38.41.png","type":"image\/png"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kagame-yakambije-agahanga-abajijwe-kuri-rusesabagina-ati-abakomeye-bamugize-igitangaza\/#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kagame-yakambije-agahanga-abajijwe-kuri-rusesabagina-ati-abakomeye-bamugize-igitangaza\/"},"author":{"name":"therwda","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"headline":"Kagame \u00a0yakambije agahanga abajijwe kuri Rusesabagina ati \u201cAbakomeye bamugize igitangaza\u201d","datePublished":"2021-10-13T13:47:52+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kagame-yakambije-agahanga-abajijwe-kuri-rusesabagina-ati-abakomeye-bamugize-igitangaza\/"},"wordCount":688,"commentCount":0,"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kagame-yakambije-agahanga-abajijwe-kuri-rusesabagina-ati-abakomeye-bamugize-igitangaza\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/10\/Skjermbilde-2021-10-13-kl.-15.38.41.png","articleSection":["Rwanda"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kagame-yakambije-agahanga-abajijwe-kuri-rusesabagina-ati-abakomeye-bamugize-igitangaza\/#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kagame-yakambije-agahanga-abajijwe-kuri-rusesabagina-ati-abakomeye-bamugize-igitangaza\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kagame-yakambije-agahanga-abajijwe-kuri-rusesabagina-ati-abakomeye-bamugize-igitangaza\/","name":"Kagame \u00a0yakambije agahanga abajijwe kuri Rusesabagina ati \u201cAbakomeye bamugize igitangaza\u201d - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kagame-yakambije-agahanga-abajijwe-kuri-rusesabagina-ati-abakomeye-bamugize-igitangaza\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kagame-yakambije-agahanga-abajijwe-kuri-rusesabagina-ati-abakomeye-bamugize-igitangaza\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/10\/Skjermbilde-2021-10-13-kl.-15.38.41.png","datePublished":"2021-10-13T13:47:52+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kagame-yakambije-agahanga-abajijwe-kuri-rusesabagina-ati-abakomeye-bamugize-igitangaza\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kagame-yakambije-agahanga-abajijwe-kuri-rusesabagina-ati-abakomeye-bamugize-igitangaza\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kagame-yakambije-agahanga-abajijwe-kuri-rusesabagina-ati-abakomeye-bamugize-igitangaza\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/10\/Skjermbilde-2021-10-13-kl.-15.38.41.png","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/10\/Skjermbilde-2021-10-13-kl.-15.38.41.png","width":1145,"height":720},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kagame-yakambije-agahanga-abajijwe-kuri-rusesabagina-ati-abakomeye-bamugize-igitangaza\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Kagame \u00a0yakambije agahanga abajijwe kuri Rusesabagina ati \u201cAbakomeye bamugize igitangaza\u201d"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/43590","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=43590"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/43590\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":43593,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/43590\/revisions\/43593"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/43592"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=43590"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=43590"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=43590"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}