{"id":4364,"date":"2013-11-22T21:46:22","date_gmt":"2013-11-22T19:46:22","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=4364"},"modified":"2013-11-22T21:46:22","modified_gmt":"2013-11-22T19:46:22","slug":"rwanda-mu-karere-ka-rubavu-abaturage-barashimutwa-ababo-ntibabwirwe-iyo-barengeye","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-mu-karere-ka-rubavu-abaturage-barashimutwa-ababo-ntibabwirwe-iyo-barengeye\/","title":{"rendered":"Rwanda: Mu Karere ka Rubavu, abaturage barashimutwa, ababo ntibabwirwe iyo barengeye."},"content":{"rendered":"<p>Hagiye gushira igihe kigera hafi ku mezi abiri mu bice bitandukanye by\u2019igihugu bavugwa igikorwa kigayitse cyo gushimuta abaturage cyane cyane abasore, ntibabwirwe icyo bafatiwe, bagafatwa n\u2019abantu bigararagara ko ari abashizwe umutekano kubera ko bamwe muri bo baba bambaye imyenda ya gisivile ariko bakaba bitwaje imbunda ari nazo bakangisha abo bafata iyo batangiye kubaza bati \u00ab turazira iki ?\u00bb.<!--more--> Hari n\u2019aho iri shimutwa rikorwa n\u2019abashinzwe umutekano bambaye imyenda y\u2019akazi ariko bose nta numwe ubasha gusobanurira abafatwa icyo bazira. Aba baturage iyo bamaze gufatwa bashyirwa mu mamodoka bagatwarwa ahantu hataramenyekena ku buryo n\u2019imiryango yabo idafite aho yabariza abayo.<\/p>\n<p>Muri ino minsi aho icyo kibazo gikomeye cyane ni mu Ntara y\u2019Iburengerazuba cyane cyane mu Karere ka Rubavu aho ubu abaturage bakutse umutima kubera ko ibyo bikorwa byo kubashimuta bikaze cyane ku buryo bari kwitabaza kwifungirana mu mazu yabo ! Iki kibazo abaturage bakimenyesheje inzego z\u2019ubuyobozi ariko nta numwe uri kubasha kubarengera ; bose bararuca bakarumira cyangwa bakabeshya ko ngo abari gufatwa ari inzererezi!<\/p>\n<p>Nonese ko leta y\u2019u Rwanda itigeze itangaza ko hariho gahunda y\u2019ibihe bidasanzwe kuki abaturage bayo bahutazwa bene aka kageni ubuyobozi bukabona ko nta kibazo kandi Itegeko-nshinga u Rwanda rugenderaho mu ngingo yaryo ya 10 risobanura ukuntu umuntu ari umunyagitinyiro kandi ko leta n\u2019inzego zose z\u2019ubutegetsi zigomba kumwubaha no kumurengera? Kuki leta yakumva ko ntacyo bitwaye gufata abantu ugapakira amamodoka ntubamenyeshe icyo ubafatiye ndetse n\u2019imiryango yabo ntigire uburenganzira bwo kumenya aho abayo baherereye ndetse n\u2019icyo bazira?<\/p>\n<p>Hari ikindi kibazo nacyo kiri kuvugwa hirya no hino cy\u2019abantu bari guhamagara abandi n\u2019amatelefone ngo nibabitabe hanyuma bagenda abo bantu ntibongere kugararagara bakazimira,imiryango yabo ikaba iri gusiragira yarabuze gitabara ngo abayo bongere baboneke !<\/p>\n<p>Ishyaka FDU-Inkingi rihangayikishijwe bikomeye n\u2019ibi bikorwa bigayitse kandi bihangayikishije rubanda. Turasaba inzego zose zirebwa n\u2019iby\u2019umutekano w\u2019abaturarwanda gusobanura no gukemura izi ngorane abaturage bafite kandi niba hari gahunda yo kubahiriza ibihe bidasanzwe abaturage bagomba kubimenyeshwa bityo bagahama mu ngo zabo cyangwa bakubahiriza amabwiriza baba bahawe, uyarenzeho agahanwa, ariko ntibahutazwe nta nkomyi nk\u2019aho nta tegeko rihari ribarengera.<\/p>\n<p>FDU-Inkingi<br \/>\n<strong>Twagirimana Boniface<\/strong><br \/>\nUmuyobozi wungirije w\u2019agateganyo<\/p>\n<p><a href=\"http:\/\/www.fdu-rwanda.com\/wp-content\/uploads\/2013\/11\/Rubavu-ishimutwa-ryabaturage.pdf\">Rubavu-ishimutwa ry\u2019abaturage<\/a><\/p>\n<p><a href=\"http:\/\/www.fdu-rwanda.com\/wp-content\/uploads\/2013\/11\/Ishimutwa-ryabaturage-Ibarwa-Mukarurema-Emerita-yandikiye-umuyobozi-wAkarere-ka-Rubavu.pdf\">Ishimutwa ry\u2019abaturage-Ibarwa Mukarurema Emerita yandikiye umuyobozi w\u2019Akarere ka Rubavu<\/a><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Hagiye gushira igihe kigera hafi ku mezi abiri mu bice bitandukanye by\u2019igihugu bavugwa igikorwa kigayitse cyo gushimuta abaturage cyane cyane abasore, ntibabwirwe icyo bafatiwe, bagafatwa n\u2019abantu bigararagara ko ari abashizwe umutekano kubera ko bamwe muri bo baba bambaye imyenda ya gisivile ariko bakaba bitwaje imbunda ari nazo bakangisha abo bafata iyo batangiye kubaza bati \u00ab [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":4,"featured_media":990,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[64],"tags":[],"class_list":["post-4364","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amakuru"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>Rwanda: Mu Karere ka Rubavu, abaturage barashimutwa, ababo ntibabwirwe iyo barengeye. - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-mu-karere-ka-rubavu-abaturage-barashimutwa-ababo-ntibabwirwe-iyo-barengeye\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Rwanda: Mu Karere ka Rubavu, abaturage barashimutwa, ababo ntibabwirwe iyo barengeye. - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Hagiye gushira igihe kigera hafi ku mezi abiri mu bice bitandukanye by\u2019igihugu bavugwa igikorwa kigayitse cyo gushimuta abaturage cyane cyane abasore, ntibabwirwe icyo bafatiwe, bagafatwa n\u2019abantu bigararagara ko ari abashizwe umutekano kubera ko bamwe muri bo baba bambaye imyenda ya gisivile ariko bakaba bitwaje imbunda ari nazo bakangisha abo bafata iyo batangiye kubaza bati \u00ab [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-mu-karere-ka-rubavu-abaturage-barashimutwa-ababo-ntibabwirwe-iyo-barengeye\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2013-11-22T19:46:22+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwandan\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwandan\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-mu-karere-ka-rubavu-abaturage-barashimutwa-ababo-ntibabwirwe-iyo-barengeye\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-mu-karere-ka-rubavu-abaturage-barashimutwa-ababo-ntibabwirwe-iyo-barengeye\/\",\"name\":\"Rwanda: Mu Karere ka Rubavu, abaturage barashimutwa, ababo ntibabwirwe iyo barengeye. - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-mu-karere-ka-rubavu-abaturage-barashimutwa-ababo-ntibabwirwe-iyo-barengeye\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-mu-karere-ka-rubavu-abaturage-barashimutwa-ababo-ntibabwirwe-iyo-barengeye\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"\",\"datePublished\":\"2013-11-22T19:46:22+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-mu-karere-ka-rubavu-abaturage-barashimutwa-ababo-ntibabwirwe-iyo-barengeye\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-mu-karere-ka-rubavu-abaturage-barashimutwa-ababo-ntibabwirwe-iyo-barengeye\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-mu-karere-ka-rubavu-abaturage-barashimutwa-ababo-ntibabwirwe-iyo-barengeye\/#primaryimage\",\"url\":\"\",\"contentUrl\":\"\",\"width\":\"385\",\"height\":\"538\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-mu-karere-ka-rubavu-abaturage-barashimutwa-ababo-ntibabwirwe-iyo-barengeye\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Rwanda: Mu Karere ka Rubavu, abaturage barashimutwa, ababo ntibabwirwe iyo barengeye.\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461\",\"name\":\"therwandan\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwandan\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwandan\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Rwanda: Mu Karere ka Rubavu, abaturage barashimutwa, ababo ntibabwirwe iyo barengeye. - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-mu-karere-ka-rubavu-abaturage-barashimutwa-ababo-ntibabwirwe-iyo-barengeye\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Rwanda: Mu Karere ka Rubavu, abaturage barashimutwa, ababo ntibabwirwe iyo barengeye. - Umunyarwanda","og_description":"Hagiye gushira igihe kigera hafi ku mezi abiri mu bice bitandukanye by\u2019igihugu bavugwa igikorwa kigayitse cyo gushimuta abaturage cyane cyane abasore, ntibabwirwe icyo bafatiwe, bagafatwa n\u2019abantu bigararagara ko ari abashizwe umutekano kubera ko bamwe muri bo baba bambaye imyenda ya gisivile ariko bakaba bitwaje imbunda ari nazo bakangisha abo bafata iyo batangiye kubaza bati \u00ab [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-mu-karere-ka-rubavu-abaturage-barashimutwa-ababo-ntibabwirwe-iyo-barengeye\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2013-11-22T19:46:22+00:00","author":"therwandan","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwandan","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-mu-karere-ka-rubavu-abaturage-barashimutwa-ababo-ntibabwirwe-iyo-barengeye\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-mu-karere-ka-rubavu-abaturage-barashimutwa-ababo-ntibabwirwe-iyo-barengeye\/","name":"Rwanda: Mu Karere ka Rubavu, abaturage barashimutwa, ababo ntibabwirwe iyo barengeye. - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-mu-karere-ka-rubavu-abaturage-barashimutwa-ababo-ntibabwirwe-iyo-barengeye\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-mu-karere-ka-rubavu-abaturage-barashimutwa-ababo-ntibabwirwe-iyo-barengeye\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"","datePublished":"2013-11-22T19:46:22+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-mu-karere-ka-rubavu-abaturage-barashimutwa-ababo-ntibabwirwe-iyo-barengeye\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-mu-karere-ka-rubavu-abaturage-barashimutwa-ababo-ntibabwirwe-iyo-barengeye\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-mu-karere-ka-rubavu-abaturage-barashimutwa-ababo-ntibabwirwe-iyo-barengeye\/#primaryimage","url":"","contentUrl":"","width":"385","height":"538"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-mu-karere-ka-rubavu-abaturage-barashimutwa-ababo-ntibabwirwe-iyo-barengeye\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Rwanda: Mu Karere ka Rubavu, abaturage barashimutwa, ababo ntibabwirwe iyo barengeye."}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461","name":"therwandan","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwandan"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwandan\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/4364","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/4"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=4364"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/4364\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=4364"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=4364"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=4364"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}