{"id":43963,"date":"2021-11-08T16:42:15","date_gmt":"2021-11-08T14:42:15","guid":{"rendered":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=43963"},"modified":"2021-11-08T17:02:37","modified_gmt":"2021-11-08T15:02:37","slug":"abarwanyi-ba-m23-baturutse-mu-rwanda-bongeye-kubura-imirwano-muri-congo","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abarwanyi-ba-m23-baturutse-mu-rwanda-bongeye-kubura-imirwano-muri-congo\/","title":{"rendered":"Abarwanyi ba M23 baturutse mu Rwanda bongeye kubura imirwano muri Congo!"},"content":{"rendered":"<p>Yanditswe na <b>Arnold Gakuba<\/b><\/p>\n<p>Amakuru dukesha Televiziyo&#8221;Aljazeera&#8221; aravuga ko mu ijoro ryakeye ry&#8217;uwa 8 Ugushyingo 2021, abarwanyi ba M23 bagabye igitero ku kigo cy&#8217;ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) kiri Tshazu hafi y&#8217;umupaka wa Congo, Uganda na Rwanda. Ibi byabaye hashize igihe kinini uwo mutwe uhagaritse imirwano. Bivugwa ko ingabo za Congo zayabangiye ingata maze abarwabyi ba M23 bagasahura intwaro nyinshi.<span class=\"Apple-converted-space\">\u00a0<\/span><\/p>\n<p>Ku mugoroba wo ku cyumweru, Leta Zunze Ubumwe za Amerika zari zatangaje ko hari ibitero bishobora kugabwa ku Mujyi wa Goma uherereye mu birometero 50 mu majyepfo y&#8217;utwo duce twagabweho ibitero. Ibyo bikaba byaratumye imihanda yose ya Goma ishyirwamo abasirikare nk&#8217;uko bitangazwa na Reuters.<span class=\"Apple-converted-space\">\u00a0<\/span><\/p>\n<p>Kuri uyu wa mbere, Lieutenant-Colonel Muhindo Luanzo, wungirije umuyobozi wa Territoire ya Rutchuru yemeje igitero cy&#8217;uwo mutwe w&#8217;inyeshyamba wari warigeze kwibasira ako karere mu myaka ya 2012 na 2013.<\/p>\n<p>Magingo aya, abarwanyi ba M23 bararya isataburenge agace ka Runyoni gaherereye mu birometero birindwi uvuye ku mupaka wa Uganda na Congo wa Bunagana. Uduce twa Tshanzu na Runyoni nitwo twari twaribasiwe n&#8217;umutwe wa M23 muri 2013 maze uza gukwira imishwaro werekeza muri Uganda n&#8217;u Rwanda nyuma y&#8217;uko uhashywa n&#8217;ingabo za Congo zifatanije n&#8217;iz&#8217;Umuryango w&#8217;Abibumbye.<\/p>\n<p>Kuva icyo gihe, uwo mutwe wakomeje kuvuga ko amasezerano y&#8217;amahoro yashyizweho umukono atubahirijwe maze bamwe mu barwanyi bawo basubira muri Congo. Nyamara ariko abateye utwo duce tubiri baba bataramenyekana neza.<\/p>\n<p>Iyi mirwano yubuye nyuma y&#8217;imyaka irindwi yose umutwe wa M23 utegereje ko Guverinoma ya Congo ishyira mu bikorwa amasezerano y&#8217;amahoro ya Nairobi aho wemeraga guhagarika ubushyamirane maze Leta ya Kinshasa igashyira mu bikorwa ibyo bumvikanye.<\/p>\n<p>Uwo mutwe uyobowe na Jenerali Sultan Makenga uvuga ko perezida Felix Tshisekedi yananiwe gushyira mu bikorwa amasezerano wagiranye na perezida Joseph Kabira kandi yari yarabyemeye.<span class=\"Apple-converted-space\">\u00a0<\/span><\/p>\n<p>Kubera iyo mirwano, abaturage benshi bavuye mu byabo bakaba bakambitse ku mupaka wa Bunagana. Nyamara ariko, bivugwa ko ubuyobozi bwa Congo bwabangiye ko bambuka umupaka ngo bahungire muri Uganda n\u2019ubwo hari bamwe bashoboye gutambuka bagahungira muri Uganda.<\/p>\n<p>Abayobozi b&#8217;umutwe wa M23 ndetse n&#8217;umuvugizi wa Leta ya Congo ntacyo baratangaza kuri icyo gitero. Hagati aho, Luanzo yabwiye Reuters kuri telefoni ko ingabo za Congo ziri gukora ubishoboka byose ngo zihige abarwanyi bateye baturuka mu Rwanda. Twibutse ko abashakashatsi b&#8217;Umuryango w&#8217;Abibumbye bashinja u Rwanda na Uganda kuba barafashije inyeshyamba za M23 zibasiye ako karere mu bihe byahise. N&#8217;ubwo ibyo bihugu byo bibihakana.<\/p>\n<p>Itsinda riharanira impinduka ritangaza ko habayeho imirwano ikaze ku cyumweru nijoro bigatuma abaturage benshi bava mu byabo bakambuka umupaka wa Bunagana berekeza muri Uganda. Irene Nakasiita, umukozi wa Uganda\u2019s Red Cross Society nawe akaba atangaza ko ubu Uganda irimo yakira impunzi nyinshi ziva muri Congo.<span class=\"Apple-converted-space\">\u00a0<\/span><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Yanditswe na Arnold Gakuba Amakuru dukesha Televiziyo&#8221;Aljazeera&#8221; aravuga ko mu ijoro ryakeye ry&#8217;uwa 8 Ugushyingo 2021, abarwanyi ba M23 bagabye igitero ku kigo cy&#8217;ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) kiri Tshazu hafi y&#8217;umupaka wa Congo, Uganda na Rwanda. Ibi byabaye hashize igihe kinini uwo mutwe uhagaritse imirwano. Bivugwa ko ingabo za Congo zayabangiye [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":43964,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[66],"tags":[],"class_list":["post-43963","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-akarere"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>Abarwanyi ba M23 baturutse mu Rwanda bongeye kubura imirwano muri Congo! - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abarwanyi-ba-m23-baturutse-mu-rwanda-bongeye-kubura-imirwano-muri-congo\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Abarwanyi ba M23 baturutse mu Rwanda bongeye kubura imirwano muri Congo! - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Yanditswe na Arnold Gakuba Amakuru dukesha Televiziyo&#8221;Aljazeera&#8221; aravuga ko mu ijoro ryakeye ry&#8217;uwa 8 Ugushyingo 2021, abarwanyi ba M23 bagabye igitero ku kigo cy&#8217;ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) kiri Tshazu hafi y&#8217;umupaka wa Congo, Uganda na Rwanda. Ibi byabaye hashize igihe kinini uwo mutwe uhagaritse imirwano. Bivugwa ko ingabo za Congo zayabangiye [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abarwanyi-ba-m23-baturutse-mu-rwanda-bongeye-kubura-imirwano-muri-congo\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2021-11-08T14:42:15+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2021-11-08T15:02:37+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/11\/Skjermbilde-2021-11-08-kl.-15.36.40.png\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"825\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"462\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/png\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abarwanyi-ba-m23-baturutse-mu-rwanda-bongeye-kubura-imirwano-muri-congo\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abarwanyi-ba-m23-baturutse-mu-rwanda-bongeye-kubura-imirwano-muri-congo\/\",\"name\":\"Abarwanyi ba M23 baturutse mu Rwanda bongeye kubura imirwano muri Congo! - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abarwanyi-ba-m23-baturutse-mu-rwanda-bongeye-kubura-imirwano-muri-congo\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abarwanyi-ba-m23-baturutse-mu-rwanda-bongeye-kubura-imirwano-muri-congo\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/11\/Skjermbilde-2021-11-08-kl.-15.36.40.png\",\"datePublished\":\"2021-11-08T14:42:15+00:00\",\"dateModified\":\"2021-11-08T15:02:37+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abarwanyi-ba-m23-baturutse-mu-rwanda-bongeye-kubura-imirwano-muri-congo\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abarwanyi-ba-m23-baturutse-mu-rwanda-bongeye-kubura-imirwano-muri-congo\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abarwanyi-ba-m23-baturutse-mu-rwanda-bongeye-kubura-imirwano-muri-congo\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/11\/Skjermbilde-2021-11-08-kl.-15.36.40.png\",\"contentUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/11\/Skjermbilde-2021-11-08-kl.-15.36.40.png\",\"width\":825,\"height\":462},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abarwanyi-ba-m23-baturutse-mu-rwanda-bongeye-kubura-imirwano-muri-congo\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Abarwanyi ba M23 baturutse mu Rwanda bongeye kubura imirwano muri Congo!\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Abarwanyi ba M23 baturutse mu Rwanda bongeye kubura imirwano muri Congo! - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abarwanyi-ba-m23-baturutse-mu-rwanda-bongeye-kubura-imirwano-muri-congo\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Abarwanyi ba M23 baturutse mu Rwanda bongeye kubura imirwano muri Congo! - Umunyarwanda","og_description":"Yanditswe na Arnold Gakuba Amakuru dukesha Televiziyo&#8221;Aljazeera&#8221; aravuga ko mu ijoro ryakeye ry&#8217;uwa 8 Ugushyingo 2021, abarwanyi ba M23 bagabye igitero ku kigo cy&#8217;ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) kiri Tshazu hafi y&#8217;umupaka wa Congo, Uganda na Rwanda. Ibi byabaye hashize igihe kinini uwo mutwe uhagaritse imirwano. Bivugwa ko ingabo za Congo zayabangiye [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abarwanyi-ba-m23-baturutse-mu-rwanda-bongeye-kubura-imirwano-muri-congo\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2021-11-08T14:42:15+00:00","article_modified_time":"2021-11-08T15:02:37+00:00","og_image":[{"width":825,"height":462,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/11\/Skjermbilde-2021-11-08-kl.-15.36.40.png","type":"image\/png"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abarwanyi-ba-m23-baturutse-mu-rwanda-bongeye-kubura-imirwano-muri-congo\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abarwanyi-ba-m23-baturutse-mu-rwanda-bongeye-kubura-imirwano-muri-congo\/","name":"Abarwanyi ba M23 baturutse mu Rwanda bongeye kubura imirwano muri Congo! - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abarwanyi-ba-m23-baturutse-mu-rwanda-bongeye-kubura-imirwano-muri-congo\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abarwanyi-ba-m23-baturutse-mu-rwanda-bongeye-kubura-imirwano-muri-congo\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/11\/Skjermbilde-2021-11-08-kl.-15.36.40.png","datePublished":"2021-11-08T14:42:15+00:00","dateModified":"2021-11-08T15:02:37+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abarwanyi-ba-m23-baturutse-mu-rwanda-bongeye-kubura-imirwano-muri-congo\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abarwanyi-ba-m23-baturutse-mu-rwanda-bongeye-kubura-imirwano-muri-congo\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abarwanyi-ba-m23-baturutse-mu-rwanda-bongeye-kubura-imirwano-muri-congo\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/11\/Skjermbilde-2021-11-08-kl.-15.36.40.png","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/11\/Skjermbilde-2021-11-08-kl.-15.36.40.png","width":825,"height":462},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abarwanyi-ba-m23-baturutse-mu-rwanda-bongeye-kubura-imirwano-muri-congo\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Abarwanyi ba M23 baturutse mu Rwanda bongeye kubura imirwano muri Congo!"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/43963","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=43963"}],"version-history":[{"count":2,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/43963\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":43966,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/43963\/revisions\/43966"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/43964"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=43963"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=43963"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=43963"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}