{"id":44032,"date":"2021-11-12T19:43:52","date_gmt":"2021-11-12T17:43:52","guid":{"rendered":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=44032"},"modified":"2021-11-12T19:43:52","modified_gmt":"2021-11-12T17:43:52","slug":"umujyi-wa-kigali-nabaturage-ba-bannyahe-wimuye-ntibarumvikana","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umujyi-wa-kigali-nabaturage-ba-bannyahe-wimuye-ntibarumvikana\/","title":{"rendered":"Umujyi wa Kigali n&#8217;Abaturage ba Bannyahe Wimuye Ntibarumvikana"},"content":{"rendered":"<p>Ubuhuza hagati y\u2019ubutegetsi bw\u2019umujyi wa Kigali n\u2019abaturage bo muri Nyarutarama mu midugudu ya Kangondo na Kibiraro ku ngingo yo kwimura abaturage kubw\u2019ibikorwa by\u2019inyungu rusange, ntibwakunze uko byari byitezwe. Ibyo ni ibitangazwa na bamwe mu baturage bari muri ibyo biganiro.<\/p>\n<p>Umujyi wa Kigali wavugaga ko hari umushinga wo kwimura abaturage bo muri iyo midugudu yo muri Nyarutarama bakimukira mu Busanza kubw\u2019ibikorwa by\u2019inyungu rusange bagatuzwa mu nzu bubakiwe. Umujyi wa Kigali kandi wavugaga ko bari basanzwe batuye mu manegeka.<\/p>\n<p>Nyuma yo kutumvikana ku byerekeye ingurane y&#8217;amazu yabo yasenywe cyangwa ayo bubakiwe ayasimbura, bamwe muri aba abaturage bagannye inkiko. Igikorwa cyo kubahuza cyabaye kugira ngo inyungu za buri ruhande zubahirizwe batagombye kuburana.<\/p>\n<p>Mu miryango 28 yemeye kwinjira mu buhuza, imiryango ine gusa ni yo byarangiye yemeye amazu mu yubatswe mu Busanza mu karere ka Kicukiro.<\/p>\n<p>Icyateye kutumvikana kuri iyi ngingo ntikiramenyekana. Bwana Didace Nshimiyimana wari umuhuza muri iki kibazo hagati y\u2019Umujyi wa Kigali n\u2019abaturage ba Nyarutarama yabwiye ijwi ry&#8217;Amerika ko atari ku rwego rwo kugira icyo avuga kuri iki kibazo mu itangazamakuru. Umuvugizi w\u2019inkiko mu Rwanda Bwana Harrisson Mutabazi na we Ijwi ry&#8217;Amerika ntirabasha kumenya icyo abivugaho kuko twamushatse kuva tariki 08 z\u2019uku kwezi ariko ntacyo arasubiza.<\/p>\n<p>Ijwi ry\u2019Amerika kandi hagiye gushira icyumweru ishaka umujyi wa Kigali ariko abayobozi bawo birinze kugira icyo batangaza kuri iyi ngingo. Ni mu gihe mu butumwa bugufi twandikiye minisitiri w\u2019ubutegetsi bw\u2019igihugu Bwana JMV Gatabazi yadusubije ko umujyi wa Kigali ari wo wagira icyo usubiza kuri iki kibazo.<\/p>\n<p><iframe loading=\"lazy\" src=\"https:\/\/www.radiyoyacuvoa.com\/embed\/player\/0\/6310684.html?type=audio\" width=\"100%\" height=\"144\" frameborder=\"0\" scrolling=\"no\" allowfullscreen=\"allowfullscreen\"><\/iframe><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ubuhuza hagati y\u2019ubutegetsi bw\u2019umujyi wa Kigali n\u2019abaturage bo muri Nyarutarama mu midugudu ya Kangondo na Kibiraro ku ngingo yo kwimura abaturage kubw\u2019ibikorwa by\u2019inyungu rusange, ntibwakunze uko byari byitezwe. Ibyo ni ibitangazwa na bamwe mu baturage bari muri ibyo biganiro. Umujyi wa Kigali wavugaga ko hari umushinga wo kwimura abaturage bo muri iyo midugudu yo muri [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":44033,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[36],"tags":[],"class_list":["post-44032","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-umuturage"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v27.8 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Umujyi wa Kigali n&#039;Abaturage ba Bannyahe Wimuye Ntibarumvikana - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umujyi-wa-kigali-nabaturage-ba-bannyahe-wimuye-ntibarumvikana\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Umujyi wa Kigali n&#039;Abaturage ba Bannyahe Wimuye Ntibarumvikana - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Ubuhuza hagati y\u2019ubutegetsi bw\u2019umujyi wa Kigali n\u2019abaturage bo muri Nyarutarama mu midugudu ya Kangondo na Kibiraro ku ngingo yo kwimura abaturage kubw\u2019ibikorwa by\u2019inyungu rusange, ntibwakunze uko byari byitezwe. Ibyo ni ibitangazwa na bamwe mu baturage bari muri ibyo biganiro. Umujyi wa Kigali wavugaga ko hari umushinga wo kwimura abaturage bo muri iyo midugudu yo muri [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umujyi-wa-kigali-nabaturage-ba-bannyahe-wimuye-ntibarumvikana\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2021-11-12T17:43:52+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/11\/Busanza1.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"1023\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"575\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"1 minute\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/umujyi-wa-kigali-nabaturage-ba-bannyahe-wimuye-ntibarumvikana\\\/#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/umujyi-wa-kigali-nabaturage-ba-bannyahe-wimuye-ntibarumvikana\\\/\"},\"author\":{\"name\":\"therwda\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"headline\":\"Umujyi wa Kigali n&#8217;Abaturage ba Bannyahe Wimuye Ntibarumvikana\",\"datePublished\":\"2021-11-12T17:43:52+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/umujyi-wa-kigali-nabaturage-ba-bannyahe-wimuye-ntibarumvikana\\\/\"},\"wordCount\":260,\"commentCount\":0,\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/umujyi-wa-kigali-nabaturage-ba-bannyahe-wimuye-ntibarumvikana\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2021\\\/11\\\/Busanza1.jpg\",\"articleSection\":[\"Umuturage\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/umujyi-wa-kigali-nabaturage-ba-bannyahe-wimuye-ntibarumvikana\\\/#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/umujyi-wa-kigali-nabaturage-ba-bannyahe-wimuye-ntibarumvikana\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/umujyi-wa-kigali-nabaturage-ba-bannyahe-wimuye-ntibarumvikana\\\/\",\"name\":\"Umujyi wa Kigali n'Abaturage ba Bannyahe Wimuye Ntibarumvikana - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/umujyi-wa-kigali-nabaturage-ba-bannyahe-wimuye-ntibarumvikana\\\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/umujyi-wa-kigali-nabaturage-ba-bannyahe-wimuye-ntibarumvikana\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2021\\\/11\\\/Busanza1.jpg\",\"datePublished\":\"2021-11-12T17:43:52+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/umujyi-wa-kigali-nabaturage-ba-bannyahe-wimuye-ntibarumvikana\\\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/umujyi-wa-kigali-nabaturage-ba-bannyahe-wimuye-ntibarumvikana\\\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/umujyi-wa-kigali-nabaturage-ba-bannyahe-wimuye-ntibarumvikana\\\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2021\\\/11\\\/Busanza1.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2021\\\/11\\\/Busanza1.jpg\",\"width\":1023,\"height\":575,\"caption\":\"Inzu zubakiwe abaturage bimuwe Kangondo na Kibiraro muri Nyarutarama.\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/umujyi-wa-kigali-nabaturage-ba-bannyahe-wimuye-ntibarumvikana\\\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Umujyi wa Kigali n&#8217;Abaturage ba Bannyahe Wimuye Ntibarumvikana\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"url\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/author\\\/therwda\\\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Umujyi wa Kigali n'Abaturage ba Bannyahe Wimuye Ntibarumvikana - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umujyi-wa-kigali-nabaturage-ba-bannyahe-wimuye-ntibarumvikana\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Umujyi wa Kigali n'Abaturage ba Bannyahe Wimuye Ntibarumvikana - Umunyarwanda","og_description":"Ubuhuza hagati y\u2019ubutegetsi bw\u2019umujyi wa Kigali n\u2019abaturage bo muri Nyarutarama mu midugudu ya Kangondo na Kibiraro ku ngingo yo kwimura abaturage kubw\u2019ibikorwa by\u2019inyungu rusange, ntibwakunze uko byari byitezwe. Ibyo ni ibitangazwa na bamwe mu baturage bari muri ibyo biganiro. Umujyi wa Kigali wavugaga ko hari umushinga wo kwimura abaturage bo muri iyo midugudu yo muri [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umujyi-wa-kigali-nabaturage-ba-bannyahe-wimuye-ntibarumvikana\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2021-11-12T17:43:52+00:00","og_image":[{"width":1023,"height":575,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/11\/Busanza1.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"1 minute"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umujyi-wa-kigali-nabaturage-ba-bannyahe-wimuye-ntibarumvikana\/#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umujyi-wa-kigali-nabaturage-ba-bannyahe-wimuye-ntibarumvikana\/"},"author":{"name":"therwda","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"headline":"Umujyi wa Kigali n&#8217;Abaturage ba Bannyahe Wimuye Ntibarumvikana","datePublished":"2021-11-12T17:43:52+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umujyi-wa-kigali-nabaturage-ba-bannyahe-wimuye-ntibarumvikana\/"},"wordCount":260,"commentCount":0,"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umujyi-wa-kigali-nabaturage-ba-bannyahe-wimuye-ntibarumvikana\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/11\/Busanza1.jpg","articleSection":["Umuturage"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umujyi-wa-kigali-nabaturage-ba-bannyahe-wimuye-ntibarumvikana\/#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umujyi-wa-kigali-nabaturage-ba-bannyahe-wimuye-ntibarumvikana\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umujyi-wa-kigali-nabaturage-ba-bannyahe-wimuye-ntibarumvikana\/","name":"Umujyi wa Kigali n'Abaturage ba Bannyahe Wimuye Ntibarumvikana - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umujyi-wa-kigali-nabaturage-ba-bannyahe-wimuye-ntibarumvikana\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umujyi-wa-kigali-nabaturage-ba-bannyahe-wimuye-ntibarumvikana\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/11\/Busanza1.jpg","datePublished":"2021-11-12T17:43:52+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umujyi-wa-kigali-nabaturage-ba-bannyahe-wimuye-ntibarumvikana\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umujyi-wa-kigali-nabaturage-ba-bannyahe-wimuye-ntibarumvikana\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umujyi-wa-kigali-nabaturage-ba-bannyahe-wimuye-ntibarumvikana\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/11\/Busanza1.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/11\/Busanza1.jpg","width":1023,"height":575,"caption":"Inzu zubakiwe abaturage bimuwe Kangondo na Kibiraro muri Nyarutarama."},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umujyi-wa-kigali-nabaturage-ba-bannyahe-wimuye-ntibarumvikana\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Umujyi wa Kigali n&#8217;Abaturage ba Bannyahe Wimuye Ntibarumvikana"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/44032","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=44032"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/44032\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":44034,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/44032\/revisions\/44034"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/44033"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=44032"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=44032"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=44032"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}