{"id":44104,"date":"2021-11-17T22:22:31","date_gmt":"2021-11-17T20:22:31","guid":{"rendered":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=44104"},"modified":"2021-11-17T22:22:31","modified_gmt":"2021-11-17T20:22:31","slug":"kigali-rachid-abdul-hakuzimana-arasabirwa-kuba-afunzwe-iminsi-30","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kigali-rachid-abdul-hakuzimana-arasabirwa-kuba-afunzwe-iminsi-30\/","title":{"rendered":"Kigali: Rachid Abdul Hakuzimana arasabirwa kuba afunzwe iminsi 30!"},"content":{"rendered":"<p>Yanditswe na <b>Arnold Gakuba<\/b><\/p>\n<p>Mu bijyanye n&#8217;ubutabera amakuru atugeraho kuri uyu wa Gatatu tariki ya 17 Ugushyingo 2021 aratangaza iby\u2019urubanza rwa Rachid Abdul Hakuzimana.<span class=\"Apple-converted-space\">\u00a0<\/span><\/p>\n<p>Ku rukiko rw\u2019ibanze rwa Nyarugenge, ubushinjayaha burasabira umunyapolitiki Rachid Abdul Hakuzimana gufungwa by\u2019agateganyo mu gihe cy\u2019iminsi mirongo itatu (30). Nyamara ariko, Rachid ndetse n\u2019abamwunganira bakaba babona ko bitaba binyuze mu buryo kandi bitaba byubahirije amategeko, bakaba basaba ko yarekurwa akaburana ari hanze.<\/p>\n<p>Ese Rachid Abdul Hakuzimana araregwa byaha ki? Uwo munyapolitiki arashinjwa ibyaha bine aribyo gupfobya jenoside, guhakana jenoside, gukurura amacakubiri mu banyarwanda no gutangaza amakuru y\u2019ibihuha. Ibyo byaha ngo akaba yarabikoreye mu magambo yatangarije ku miyoboro ya \u2018<i>Youtube<\/i>\u2019 itandukanye irimo n\u2019uwe witwa \u2018<i>Rachid TV<\/i>\u2019.<\/p>\n<p>Ubushinjacyaha buvuga ko mu magambo yavuze, Rachid yagiye yemeza ko mu Rwanda habaye jenoside ebyiri kandi ko abarokotse jenoside atari abatutsi gusa kuko ngo nawe yayikotse jenoside kandi akaba ari umuhutu. Ikindi ngo avuga ko imitegekere y\u2019ubu mu Rwanda ifite isura nk\u2019iyo mu gihe cyo hambere: abana n\u2019abategetsi n\u2019abatutsi nibo biga amashuri meza. Ubushinjacyaha bukaba buvuga ko ibyo ndetse n\u2019ibindi yagiye avuga aribyo bikubiyemo ibyaha aregwa.<\/p>\n<p>Mu kwisobanura kwe, Rachid Hakuzimana yatangiye yerekana ko afunzwe mu buryo bunyuranije n\u2019amategeko. Yavuze ko umugenzacyaha yamutumije maze aramwitaba ariko ntiyamuha umwanya wo kwisobanura. Rachid Hakuzimana avuga ko yamenyeshejwe ibyaha akurikiranyweho maze agahita afungwa. Kuri we rero, ibi bikaba bidakurikije amategeko kuko yagombaga guhabwa umwanya wo kwisobanura. Bityo, urukiko rukaba rwagombye gukurikiza amategeko. Nyamara ariko umucamanza yamubwiye ko azabisuzuma yiherereye igihe azaba afata icyemezo ku ifungwa n\u2019ifungurwa.<span class=\"Apple-converted-space\">\u00a0<\/span><\/p>\n<p>Rachid Abdul Hakuzimana yirinze kugira icyo asobanura ku birego ashinjwa kuko avuga ko yagombye kuba yarahawe uwo mwanya mbere. Ikindi yongeraho ko ngo no mu idosiye ye y\u2019ubushinjacyaha icyo gika nta kirimo. Rachid Hakuzimana avuga rero ko atahawe umwanya wo kwisobanura. Anongeraho ko akeneye n\u2019umwanya wo kuganira n\u2019abamwunganira mu mategeko.<span class=\"Apple-converted-space\">\u00a0<\/span><\/p>\n<p>Urukiko rero ngo rubona ko gufunga Rachid Hakuzimana by\u2019agateganyo aribyo byatuma ibyaha yakoze bihagarara. Ku rundi ruhande ariko abamwunganira bo barasaba ko yafungurwa akaburana ari hanze kuko atahawe umwanya wo kwisobanura no gutegura kwiregura kubyo aregwa. Basabye ko binabaye ngombwa hari ibyo bamutegeka ariko akaburana mu mudendezo.<span class=\"Apple-converted-space\">\u00a0<\/span><\/p>\n<p>Nyamara ariko icyifuzo cya Rachid Abdul Hakuzimana n\u2019abamwunganira cyatewe utwatsi. Umucamanza yatangaje ko agiye kwiherera maze ku itariki ya 22 Ugushyingo 2021 akaba aribwo azatangaza umwanzuro we ku ifungwa n\u2019ifungurwa rya Rachid Abdul Hakuzimana.<\/p>\n<p>Benshi rero bakaba bari biteze ko wenda hari icyahinduka mu rubanza rwa Rachid Abdul Hakuzimana kuko uko imanza za politiki zose zo mu Rwanda zicirwa kimwe. Nta mategeko yubahirizwa ahubwo hakurikizwa amabwiriza ava ibukuru. <span class=\"Apple-converted-space\">\u00a0<\/span><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Yanditswe na Arnold Gakuba Mu bijyanye n&#8217;ubutabera amakuru atugeraho kuri uyu wa Gatatu tariki ya 17 Ugushyingo 2021 aratangaza iby\u2019urubanza rwa Rachid Abdul Hakuzimana.\u00a0 Ku rukiko rw\u2019ibanze rwa Nyarugenge, ubushinjayaha burasabira umunyapolitiki Rachid Abdul Hakuzimana gufungwa by\u2019agateganyo mu gihe cy\u2019iminsi mirongo itatu (30). Nyamara ariko, Rachid ndetse n\u2019abamwunganira bakaba babona ko bitaba binyuze mu buryo [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":44105,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[63],"tags":[],"class_list":["post-44104","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-ubutabera"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>Kigali: Rachid Abdul Hakuzimana arasabirwa kuba afunzwe iminsi 30! - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kigali-rachid-abdul-hakuzimana-arasabirwa-kuba-afunzwe-iminsi-30\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Kigali: Rachid Abdul Hakuzimana arasabirwa kuba afunzwe iminsi 30! - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Yanditswe na Arnold Gakuba Mu bijyanye n&#8217;ubutabera amakuru atugeraho kuri uyu wa Gatatu tariki ya 17 Ugushyingo 2021 aratangaza iby\u2019urubanza rwa Rachid Abdul Hakuzimana.\u00a0 Ku rukiko rw\u2019ibanze rwa Nyarugenge, ubushinjayaha burasabira umunyapolitiki Rachid Abdul Hakuzimana gufungwa by\u2019agateganyo mu gihe cy\u2019iminsi mirongo itatu (30). Nyamara ariko, Rachid ndetse n\u2019abamwunganira bakaba babona ko bitaba binyuze mu buryo [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kigali-rachid-abdul-hakuzimana-arasabirwa-kuba-afunzwe-iminsi-30\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2021-11-17T20:22:31+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/11\/Rachid-mu-rukiko.jpeg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"592\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"1056\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kigali-rachid-abdul-hakuzimana-arasabirwa-kuba-afunzwe-iminsi-30\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kigali-rachid-abdul-hakuzimana-arasabirwa-kuba-afunzwe-iminsi-30\/\",\"name\":\"Kigali: Rachid Abdul Hakuzimana arasabirwa kuba afunzwe iminsi 30! - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kigali-rachid-abdul-hakuzimana-arasabirwa-kuba-afunzwe-iminsi-30\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kigali-rachid-abdul-hakuzimana-arasabirwa-kuba-afunzwe-iminsi-30\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/11\/Rachid-mu-rukiko.jpeg\",\"datePublished\":\"2021-11-17T20:22:31+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kigali-rachid-abdul-hakuzimana-arasabirwa-kuba-afunzwe-iminsi-30\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kigali-rachid-abdul-hakuzimana-arasabirwa-kuba-afunzwe-iminsi-30\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kigali-rachid-abdul-hakuzimana-arasabirwa-kuba-afunzwe-iminsi-30\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/11\/Rachid-mu-rukiko.jpeg\",\"contentUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/11\/Rachid-mu-rukiko.jpeg\",\"width\":592,\"height\":1056},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kigali-rachid-abdul-hakuzimana-arasabirwa-kuba-afunzwe-iminsi-30\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Kigali: Rachid Abdul Hakuzimana arasabirwa kuba afunzwe iminsi 30!\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Kigali: Rachid Abdul Hakuzimana arasabirwa kuba afunzwe iminsi 30! - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kigali-rachid-abdul-hakuzimana-arasabirwa-kuba-afunzwe-iminsi-30\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Kigali: Rachid Abdul Hakuzimana arasabirwa kuba afunzwe iminsi 30! - Umunyarwanda","og_description":"Yanditswe na Arnold Gakuba Mu bijyanye n&#8217;ubutabera amakuru atugeraho kuri uyu wa Gatatu tariki ya 17 Ugushyingo 2021 aratangaza iby\u2019urubanza rwa Rachid Abdul Hakuzimana.\u00a0 Ku rukiko rw\u2019ibanze rwa Nyarugenge, ubushinjayaha burasabira umunyapolitiki Rachid Abdul Hakuzimana gufungwa by\u2019agateganyo mu gihe cy\u2019iminsi mirongo itatu (30). Nyamara ariko, Rachid ndetse n\u2019abamwunganira bakaba babona ko bitaba binyuze mu buryo [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kigali-rachid-abdul-hakuzimana-arasabirwa-kuba-afunzwe-iminsi-30\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2021-11-17T20:22:31+00:00","og_image":[{"width":592,"height":1056,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/11\/Rachid-mu-rukiko.jpeg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kigali-rachid-abdul-hakuzimana-arasabirwa-kuba-afunzwe-iminsi-30\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kigali-rachid-abdul-hakuzimana-arasabirwa-kuba-afunzwe-iminsi-30\/","name":"Kigali: Rachid Abdul Hakuzimana arasabirwa kuba afunzwe iminsi 30! - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kigali-rachid-abdul-hakuzimana-arasabirwa-kuba-afunzwe-iminsi-30\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kigali-rachid-abdul-hakuzimana-arasabirwa-kuba-afunzwe-iminsi-30\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/11\/Rachid-mu-rukiko.jpeg","datePublished":"2021-11-17T20:22:31+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kigali-rachid-abdul-hakuzimana-arasabirwa-kuba-afunzwe-iminsi-30\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kigali-rachid-abdul-hakuzimana-arasabirwa-kuba-afunzwe-iminsi-30\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kigali-rachid-abdul-hakuzimana-arasabirwa-kuba-afunzwe-iminsi-30\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/11\/Rachid-mu-rukiko.jpeg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/11\/Rachid-mu-rukiko.jpeg","width":592,"height":1056},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kigali-rachid-abdul-hakuzimana-arasabirwa-kuba-afunzwe-iminsi-30\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Kigali: Rachid Abdul Hakuzimana arasabirwa kuba afunzwe iminsi 30!"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/44104","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=44104"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/44104\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":44106,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/44104\/revisions\/44106"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/44105"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=44104"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=44104"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=44104"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}