{"id":44272,"date":"2021-12-07T16:53:45","date_gmt":"2021-12-07T14:53:45","guid":{"rendered":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=44272"},"modified":"2021-12-07T16:53:45","modified_gmt":"2021-12-07T14:53:45","slug":"rwanda-inzara-iraca-ibintu-i-rusizi-na-nyamasheke","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-inzara-iraca-ibintu-i-rusizi-na-nyamasheke\/","title":{"rendered":"Rwanda: Inzara iraca ibintu i Rusizi na Nyamasheke"},"content":{"rendered":"<p>Yanditswe na <strong>Nkurunziza Gad<\/strong><\/p>\n<p>Mu cyahoze ari Perefeditura ya Cyangugu ubu ni mu Ntara y\u2019Uburengerazuba bw\u2019u Rwanda, mu turere twa Nyamasheke na Rusizi, abaturage barataka inzara bavuga ko batewe n\u2019ubuyobozi bwafunze imipaka bukababuza guhahirana n\u2019abaturanyi bo muri Congo \u2013Kinshasa n\u2019ugerageje kugira icyo akora akananizwa n\u2019imisoro ihanitse.<\/p>\n<p>Ku basanzwe bazi aka gace k\u2019Ubushiru ni agace karumbuka cyane ndetse mu myaka ya mbere ya 1994 bavuga ko kari ikigega cy\u2019u Rwanda dore ko n\u2019abaturage baho bazwiho gukura amaboko mu mufuka bakihaza mu biribwa kandi bagasagurira abaturanyi bo muri Repuburika ya Demukarasi ya Congo by\u2019umwihariko i Bukavu.<\/p>\n<p>Magingo aya iyo usuye Uturere twa Rusizi na Nyamasheke wakirwa n\u2019amarira y\u2019abaturage bakubwira ko inzara ibageze ku buce, abakuru n\u2019abato bakagutega amaboko ngo ubafungurire barashonje.<\/p>\n<p><strong>\u201cUbuyobozi bwatwicishije inzara\u201d<\/strong><\/p>\n<p>Mu mvugo yuje agahinda gakabije, aba baturage by\u2019umwihariko abo mu Karere ka Rusizi batubwiye ko ubuyobozi ari bwo bwabicishije inzara kandi ngo hashize imyaka itari mike bicira isazi mu jisho dore ko n\u2019ubushakashatsi bwakozwe n\u2019Ikigo cy\u2019Igihugu cy\u2019Ibarurishamibare mu mwaka wa 2017 bwagaragaje ko muri utu Turere ariho hari umubare munini w\u2019urubyiruko rudafite icyo rukora ndetse ni naho hari umubare munini w\u2019abaturage bahabwa inkunga y\u2019ingoboka muri gahunda ya VUP.<\/p>\n<p>Hari uwatubwiye ati \u201cImyaka igiye gushira ari ibiri bafunze imipaka bakatubwira ko ar\u2019ukubera icyorezo cya coronavirus, ariko tukibaza ukuntu mu bihugu duturanye bo ubuzima bwakomeje kandi tukaba tutumva bapfa bazize icyo cyorezo. Ikidutera agahinda rero nuko iyo ugerageje kugira icyo ukora baguca imisoro irenze igishoro cyawe ugahita uhomba utaranacuruza. Sinabura kuvuga ko ubuyobozi ari bwo bwatwicishije inzara.\u201d<\/p>\n<p>Undi ati \u201cNari mfite iduka ryuzuye ibinyampeke (ibishyimbo, soya, amasaka n\u2019ibigori) njya kuranguza i Bukavu, ariko ubu nararifunze kubera imisoro ihanitse. Abana banjye babiri bigaga muri Kaminuza muri Congo ubu bicaye mu rugo kuko nabuze amafaranga yo kubishyurira. Nibaza icyo abayobozi b\u2019u Rwanda batekereza nkayoberwa. Ese abayobozi barishima iyo babona umuntu w\u2019umugabo wari ushoboye kwambuka akazana imari agacuruza agatunga umuryango we yirirwa yikoreye amaboko ku muhanda, abana be bicwa n\u2019inzara abandi baravuye mu ishuri?\u201d<\/p>\n<p><strong>\u201cAbazi ubwenge bagiye gukorera i Bukavu\u201d<\/strong><\/p>\n<p>Hari abaturage bo mu Turere twa Rusizi na Nyamasheke bahoze ari abacuruzi, ubu basigaye bakorera mu Mujyi wa Bukavu bahunga imisoro n\u2019andi mafaranga ya hato na hato basabwa n\u2019abayobozi.<\/p>\n<p>Umwe mu bahoze ari abacuruzi ati \u201cMutungirehe wahoze acururiza hariya hepfo (ahatunga urutoki) agiye kumara umwaka acururiza i Bukavu kandi ajya kugenda yarambwiye ati shahu waje tukambuka ndamunanira none iduka ryanjye ryarahombye burundu. Abazi ubwenge baragiye da nzi abarenga 20 bahoze bacururiza hano nyamasheke bagiye hari n\u2019abandi b\u2019i Rusizi bagiye gucururiza i Bukavu.\u201d<\/p>\n<p>Umwe mu bayobozi b\u2019Akarere ka Rusizi utifuje ko amazina ye atangazwa muri iyi nkuru yatubwiye ko iki kibazo kirenze ubushobozi bw\u2019Akarere.<\/p>\n<p>Ati \u201cIbyo abaturage bavuga turabizi kandi ni ukuri, inzara irahari kuri bamwe ariko si bose. Naho icyo cy\u2019abajya gucururiza muri Congo nacyo turakizi ariko kirenze ubushobozi bwacu kuko imisoro imwe n\u2019imwe ishyirwaho na Rwanda Revenue kandi ntacyo twe nk\u2019ubuyobozi bw\u2019akarere twabikoraho.\u201d<\/p>\n<p>Uyu muyobozi yakomeje avuga ko nk\u2019amahooro ashyirwaho na Njyanama y\u2019Akarere bari kureba uko bayagabanya kugirango abacuruzi bagiye gukorera i Bukavu bagaruke gukorera mu Rwanda. Yongeyeho ko mu minsi iri imbere hari intumwa zizava mu Ntara y\u2019Iburengerazuba zijye kugirana ibiganiro n\u2019aba bacuruzi barebe uko babagarura gucururiza mu Rwanda ngo kuko igenda ryabo ryagize ingaruka ku bukungu bw\u2019utu Turere n\u2019intara yose muri rusange.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Yanditswe na Nkurunziza Gad Mu cyahoze ari Perefeditura ya Cyangugu ubu ni mu Ntara y\u2019Uburengerazuba bw\u2019u Rwanda, mu turere twa Nyamasheke na Rusizi, abaturage barataka inzara bavuga ko batewe n\u2019ubuyobozi bwafunze imipaka bukababuza guhahirana n\u2019abaturanyi bo muri Congo \u2013Kinshasa n\u2019ugerageje kugira icyo akora akananizwa n\u2019imisoro ihanitse. Ku basanzwe bazi aka gace k\u2019Ubushiru ni agace karumbuka [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":24698,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[36],"tags":[],"class_list":["post-44272","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-umuturage"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v27.8 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Rwanda: Inzara iraca ibintu i Rusizi na Nyamasheke - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-inzara-iraca-ibintu-i-rusizi-na-nyamasheke\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Rwanda: Inzara iraca ibintu i Rusizi na Nyamasheke - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Yanditswe na Nkurunziza Gad Mu cyahoze ari Perefeditura ya Cyangugu ubu ni mu Ntara y\u2019Uburengerazuba bw\u2019u Rwanda, mu turere twa Nyamasheke na Rusizi, abaturage barataka inzara bavuga ko batewe n\u2019ubuyobozi bwafunze imipaka bukababuza guhahirana n\u2019abaturanyi bo muri Congo \u2013Kinshasa n\u2019ugerageje kugira icyo akora akananizwa n\u2019imisoro ihanitse. Ku basanzwe bazi aka gace k\u2019Ubushiru ni agace karumbuka [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-inzara-iraca-ibintu-i-rusizi-na-nyamasheke\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2021-12-07T14:53:45+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/02\/nyuma-y_umuganda-abaturage-bagiranye-inama-n_abayobozi-717x400.gif\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"717\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"400\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/gif\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwanda-inzara-iraca-ibintu-i-rusizi-na-nyamasheke\\\/#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwanda-inzara-iraca-ibintu-i-rusizi-na-nyamasheke\\\/\"},\"author\":{\"name\":\"therwda\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"headline\":\"Rwanda: Inzara iraca ibintu i Rusizi na Nyamasheke\",\"datePublished\":\"2021-12-07T14:53:45+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwanda-inzara-iraca-ibintu-i-rusizi-na-nyamasheke\\\/\"},\"wordCount\":579,\"commentCount\":0,\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwanda-inzara-iraca-ibintu-i-rusizi-na-nyamasheke\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2018\\\/02\\\/nyuma-y_umuganda-abaturage-bagiranye-inama-n_abayobozi-717x400.gif\",\"articleSection\":[\"Umuturage\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwanda-inzara-iraca-ibintu-i-rusizi-na-nyamasheke\\\/#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwanda-inzara-iraca-ibintu-i-rusizi-na-nyamasheke\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwanda-inzara-iraca-ibintu-i-rusizi-na-nyamasheke\\\/\",\"name\":\"Rwanda: Inzara iraca ibintu i Rusizi na Nyamasheke - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwanda-inzara-iraca-ibintu-i-rusizi-na-nyamasheke\\\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwanda-inzara-iraca-ibintu-i-rusizi-na-nyamasheke\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2018\\\/02\\\/nyuma-y_umuganda-abaturage-bagiranye-inama-n_abayobozi-717x400.gif\",\"datePublished\":\"2021-12-07T14:53:45+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwanda-inzara-iraca-ibintu-i-rusizi-na-nyamasheke\\\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwanda-inzara-iraca-ibintu-i-rusizi-na-nyamasheke\\\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwanda-inzara-iraca-ibintu-i-rusizi-na-nyamasheke\\\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2018\\\/02\\\/nyuma-y_umuganda-abaturage-bagiranye-inama-n_abayobozi-717x400.gif\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2018\\\/02\\\/nyuma-y_umuganda-abaturage-bagiranye-inama-n_abayobozi-717x400.gif\",\"width\":717,\"height\":400},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwanda-inzara-iraca-ibintu-i-rusizi-na-nyamasheke\\\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Rwanda: Inzara iraca ibintu i Rusizi na Nyamasheke\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"url\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/author\\\/therwda\\\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Rwanda: Inzara iraca ibintu i Rusizi na Nyamasheke - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-inzara-iraca-ibintu-i-rusizi-na-nyamasheke\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Rwanda: Inzara iraca ibintu i Rusizi na Nyamasheke - Umunyarwanda","og_description":"Yanditswe na Nkurunziza Gad Mu cyahoze ari Perefeditura ya Cyangugu ubu ni mu Ntara y\u2019Uburengerazuba bw\u2019u Rwanda, mu turere twa Nyamasheke na Rusizi, abaturage barataka inzara bavuga ko batewe n\u2019ubuyobozi bwafunze imipaka bukababuza guhahirana n\u2019abaturanyi bo muri Congo \u2013Kinshasa n\u2019ugerageje kugira icyo akora akananizwa n\u2019imisoro ihanitse. Ku basanzwe bazi aka gace k\u2019Ubushiru ni agace karumbuka [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-inzara-iraca-ibintu-i-rusizi-na-nyamasheke\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2021-12-07T14:53:45+00:00","og_image":[{"width":717,"height":400,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/02\/nyuma-y_umuganda-abaturage-bagiranye-inama-n_abayobozi-717x400.gif","type":"image\/gif"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-inzara-iraca-ibintu-i-rusizi-na-nyamasheke\/#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-inzara-iraca-ibintu-i-rusizi-na-nyamasheke\/"},"author":{"name":"therwda","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"headline":"Rwanda: Inzara iraca ibintu i Rusizi na Nyamasheke","datePublished":"2021-12-07T14:53:45+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-inzara-iraca-ibintu-i-rusizi-na-nyamasheke\/"},"wordCount":579,"commentCount":0,"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-inzara-iraca-ibintu-i-rusizi-na-nyamasheke\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/02\/nyuma-y_umuganda-abaturage-bagiranye-inama-n_abayobozi-717x400.gif","articleSection":["Umuturage"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-inzara-iraca-ibintu-i-rusizi-na-nyamasheke\/#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-inzara-iraca-ibintu-i-rusizi-na-nyamasheke\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-inzara-iraca-ibintu-i-rusizi-na-nyamasheke\/","name":"Rwanda: Inzara iraca ibintu i Rusizi na Nyamasheke - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-inzara-iraca-ibintu-i-rusizi-na-nyamasheke\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-inzara-iraca-ibintu-i-rusizi-na-nyamasheke\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/02\/nyuma-y_umuganda-abaturage-bagiranye-inama-n_abayobozi-717x400.gif","datePublished":"2021-12-07T14:53:45+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-inzara-iraca-ibintu-i-rusizi-na-nyamasheke\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-inzara-iraca-ibintu-i-rusizi-na-nyamasheke\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-inzara-iraca-ibintu-i-rusizi-na-nyamasheke\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/02\/nyuma-y_umuganda-abaturage-bagiranye-inama-n_abayobozi-717x400.gif","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/02\/nyuma-y_umuganda-abaturage-bagiranye-inama-n_abayobozi-717x400.gif","width":717,"height":400},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-inzara-iraca-ibintu-i-rusizi-na-nyamasheke\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Rwanda: Inzara iraca ibintu i Rusizi na Nyamasheke"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/44272","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=44272"}],"version-history":[{"count":2,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/44272\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":44274,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/44272\/revisions\/44274"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/24698"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=44272"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=44272"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=44272"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}