{"id":44284,"date":"2021-12-08T10:34:00","date_gmt":"2021-12-08T08:34:00","guid":{"rendered":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=44284"},"modified":"2021-12-08T10:34:00","modified_gmt":"2021-12-08T08:34:00","slug":"abasirikare-bu-rwanda-basambanyije-abagore-ba-kangondo-bagizwe-abere","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abasirikare-bu-rwanda-basambanyije-abagore-ba-kangondo-bagizwe-abere\/","title":{"rendered":"Abasirikare b\u2019u Rwanda basambanyije abagore ba Kangondo bagizwe abere"},"content":{"rendered":"<p>Yanditswe na <strong>Nkurunziza Gad<\/strong><\/p>\n<p>Urukiko Rukuru wa Gisirikare rwagize abere abasirikare babiri bari bamaze umwaka bafunze bashinjwa gusambanya abagore bo mu Murenge wa Remera mu Karere ka Gasabo ahazwi nka Bannyahe (Kangondo II) umucamanza yavuze ko nta bimenyetso bibahamya ibyo byaha bihari.<\/p>\n<p>Mu kwezi kwa kabiri 2020 nibwo abaturage batuye muri Kangondo II batabaje itangazamakuru Mpuzamahanga bavuga ko bahohoterwa n\u2019Ingabo z\u2019u Rwanda zikabasahura, zikabakubita ndetse zigasambanya abagore mu maso y\u2019abana n\u2019abagabo babo.<\/p>\n<p>Icyo gihe mu batunzwe urutoki harimo Pte Nishimwe Fid\u00e8le na Pte Ndayishimiye Patrick bakaba barahise batabwa muri yombi n\u2019ubuyobozi bw\u2019igisirikare cy\u2019u Rwanda barafungwa. Itabwa muri yombi ry\u2019aba basirikare ryatumye abaturage bizera ko bagiye kubona ubutabera ariko byahe byo kajya.<\/p>\n<p>Mu isomwa ry\u2019urubanza ryabaye tariki ya 01\/12\/2021, umucamanza mu rukiko rukuru rwa Gisirikare yavuze ko aba basirikare bahanaguweho icyaha cyo gusambanya abagore no kwiba bashinjwaga, mu gihe mu rukiko rw\u2019ibanze bari bahamwe n\u2019icyaha cyo kwiba bagahanishwa igifungo cy\u2019umwaka umwe bakajurira, ari nacyo bajuririye bakagirwa abere.<\/p>\n<p>Urukiko Rukuru rwa Gisirikare rwavuze ko impamvu yo guhanagurwaho ibyaha byo gukoresha undi imibonano mpuzabitsina ku gahato no kwiba, ari uko rwabiburiye ibimenyetso kandi ngo ibyo abatanze ibirego batanze ntibihagije.<\/p>\n<p>Icyaha cyo gukubita no gukomeretsa ni cyo cyonyine cyahamye Pte Nishimwe Fid\u00e8le, ariko na we akaba yagabanyirijwe igihano kuko Urukiko ngo rwasanze yarasembuwe.<\/p>\n<p>Private Ndayishimiye Patrick wari wakatiwe igifungo cy\u2019imyaka itatu, yakigabanyirijwe gisigara ari amezi atanu n\u2019ihazabu y\u2019Amafaranga y\u2019u Rwanda ibihumbi 100, umucamanza yavuze ko yakirangije kuko amaze umwaka urenga afunzwe.<\/p>\n<p>Pte Nishimwe Fid\u00e8le na we wari wakatiwe igifungo cy\u2019umwaka umwe, yakatiwe igifungo cy\u2019amezi atandatu n\u2019ihazabu y\u2019Amafaranga y\u2019u Rwanda ibihumbi 500, akaba na we yarakirangije kubera ko yari amaze umwaka urenga afunzwe.<\/p>\n<p>Abasivili Ntakaziraho Donat na Mukamulisa Diane bakoraga akazi k\u2019irondo ry\u2019umwuga baregwaga muri uru rubanza bahanishijwe igifungo cy\u2019amezi atanu n\u2019ihazabu y\u2019Amafaranga ibihumbi 100, ariko Mukamulisa Diane akazagikora nyuma y\u2019umwaka umwe kuko ngo afite umwana muto muri iyi minsi (uyu ntiyari anahari ubwo urubanza rwasomwaga mu bujurire).<\/p>\n<p>Uru rubanza rugitangira kuburanishwa mu Rukiko rw\u2019Ibanze rwa Gisirikare mu mwaka ushize wa 2020, rwarimo abasirikare batanu, rukaba rwararangiye rusigayemo babiri kuko batatu muri bo bahanaguweho ibyaha ku ikubitiro.<\/p>\n<p>Twabibutsa ko aka gace ka Kibiraro II ariho hari abaturage bamaze imyaka barenganywa na Leta y\u2019u Rwanda yabakuye mu mitungo yabo ku maherere, ndetse bamwe bagiye bafungwa bazira ko basaba ingurane ikwiye y\u2019imitungo yabo yigaruriwe n\u2019umuvandimwe w\u2019uwahoze ari Minisitiri w\u2019Ubutabera mu Rwanda, Johnston Busingye.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Yanditswe na Nkurunziza Gad Urukiko Rukuru wa Gisirikare rwagize abere abasirikare babiri bari bamaze umwaka bafunze bashinjwa gusambanya abagore bo mu Murenge wa Remera mu Karere ka Gasabo ahazwi nka Bannyahe (Kangondo II) umucamanza yavuze ko nta bimenyetso bibahamya ibyo byaha bihari. Mu kwezi kwa kabiri 2020 nibwo abaturage batuye muri Kangondo II batabaje itangazamakuru [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":35567,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[63],"tags":[],"class_list":["post-44284","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-ubutabera"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v27.8 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Abasirikare b\u2019u Rwanda basambanyije abagore ba Kangondo bagizwe abere - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abasirikare-bu-rwanda-basambanyije-abagore-ba-kangondo-bagizwe-abere\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Abasirikare b\u2019u Rwanda basambanyije abagore ba Kangondo bagizwe abere - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Yanditswe na Nkurunziza Gad Urukiko Rukuru wa Gisirikare rwagize abere abasirikare babiri bari bamaze umwaka bafunze bashinjwa gusambanya abagore bo mu Murenge wa Remera mu Karere ka Gasabo ahazwi nka Bannyahe (Kangondo II) umucamanza yavuze ko nta bimenyetso bibahamya ibyo byaha bihari. Mu kwezi kwa kabiri 2020 nibwo abaturage batuye muri Kangondo II batabaje itangazamakuru [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abasirikare-bu-rwanda-basambanyije-abagore-ba-kangondo-bagizwe-abere\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2021-12-08T08:34:00+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/04\/bannyahe-RDF.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"1024\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"768\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/abasirikare-bu-rwanda-basambanyije-abagore-ba-kangondo-bagizwe-abere\\\/#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/abasirikare-bu-rwanda-basambanyije-abagore-ba-kangondo-bagizwe-abere\\\/\"},\"author\":{\"name\":\"therwda\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"headline\":\"Abasirikare b\u2019u Rwanda basambanyije abagore ba Kangondo bagizwe abere\",\"datePublished\":\"2021-12-08T08:34:00+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/abasirikare-bu-rwanda-basambanyije-abagore-ba-kangondo-bagizwe-abere\\\/\"},\"wordCount\":426,\"commentCount\":0,\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/abasirikare-bu-rwanda-basambanyije-abagore-ba-kangondo-bagizwe-abere\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2020\\\/04\\\/bannyahe-RDF.jpg\",\"articleSection\":[\"Ubutabera\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/abasirikare-bu-rwanda-basambanyije-abagore-ba-kangondo-bagizwe-abere\\\/#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/abasirikare-bu-rwanda-basambanyije-abagore-ba-kangondo-bagizwe-abere\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/abasirikare-bu-rwanda-basambanyije-abagore-ba-kangondo-bagizwe-abere\\\/\",\"name\":\"Abasirikare b\u2019u Rwanda basambanyije abagore ba Kangondo bagizwe abere - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/abasirikare-bu-rwanda-basambanyije-abagore-ba-kangondo-bagizwe-abere\\\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/abasirikare-bu-rwanda-basambanyije-abagore-ba-kangondo-bagizwe-abere\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2020\\\/04\\\/bannyahe-RDF.jpg\",\"datePublished\":\"2021-12-08T08:34:00+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/abasirikare-bu-rwanda-basambanyije-abagore-ba-kangondo-bagizwe-abere\\\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/abasirikare-bu-rwanda-basambanyije-abagore-ba-kangondo-bagizwe-abere\\\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/abasirikare-bu-rwanda-basambanyije-abagore-ba-kangondo-bagizwe-abere\\\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2020\\\/04\\\/bannyahe-RDF.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2020\\\/04\\\/bannyahe-RDF.jpg\",\"width\":1024,\"height\":768},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/abasirikare-bu-rwanda-basambanyije-abagore-ba-kangondo-bagizwe-abere\\\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Abasirikare b\u2019u Rwanda basambanyije abagore ba Kangondo bagizwe abere\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"url\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/author\\\/therwda\\\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Abasirikare b\u2019u Rwanda basambanyije abagore ba Kangondo bagizwe abere - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abasirikare-bu-rwanda-basambanyije-abagore-ba-kangondo-bagizwe-abere\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Abasirikare b\u2019u Rwanda basambanyije abagore ba Kangondo bagizwe abere - Umunyarwanda","og_description":"Yanditswe na Nkurunziza Gad Urukiko Rukuru wa Gisirikare rwagize abere abasirikare babiri bari bamaze umwaka bafunze bashinjwa gusambanya abagore bo mu Murenge wa Remera mu Karere ka Gasabo ahazwi nka Bannyahe (Kangondo II) umucamanza yavuze ko nta bimenyetso bibahamya ibyo byaha bihari. Mu kwezi kwa kabiri 2020 nibwo abaturage batuye muri Kangondo II batabaje itangazamakuru [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abasirikare-bu-rwanda-basambanyije-abagore-ba-kangondo-bagizwe-abere\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2021-12-08T08:34:00+00:00","og_image":[{"width":1024,"height":768,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/04\/bannyahe-RDF.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abasirikare-bu-rwanda-basambanyije-abagore-ba-kangondo-bagizwe-abere\/#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abasirikare-bu-rwanda-basambanyije-abagore-ba-kangondo-bagizwe-abere\/"},"author":{"name":"therwda","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"headline":"Abasirikare b\u2019u Rwanda basambanyije abagore ba Kangondo bagizwe abere","datePublished":"2021-12-08T08:34:00+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abasirikare-bu-rwanda-basambanyije-abagore-ba-kangondo-bagizwe-abere\/"},"wordCount":426,"commentCount":0,"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abasirikare-bu-rwanda-basambanyije-abagore-ba-kangondo-bagizwe-abere\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/04\/bannyahe-RDF.jpg","articleSection":["Ubutabera"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abasirikare-bu-rwanda-basambanyije-abagore-ba-kangondo-bagizwe-abere\/#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abasirikare-bu-rwanda-basambanyije-abagore-ba-kangondo-bagizwe-abere\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abasirikare-bu-rwanda-basambanyije-abagore-ba-kangondo-bagizwe-abere\/","name":"Abasirikare b\u2019u Rwanda basambanyije abagore ba Kangondo bagizwe abere - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abasirikare-bu-rwanda-basambanyije-abagore-ba-kangondo-bagizwe-abere\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abasirikare-bu-rwanda-basambanyije-abagore-ba-kangondo-bagizwe-abere\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/04\/bannyahe-RDF.jpg","datePublished":"2021-12-08T08:34:00+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abasirikare-bu-rwanda-basambanyije-abagore-ba-kangondo-bagizwe-abere\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abasirikare-bu-rwanda-basambanyije-abagore-ba-kangondo-bagizwe-abere\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abasirikare-bu-rwanda-basambanyije-abagore-ba-kangondo-bagizwe-abere\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/04\/bannyahe-RDF.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/04\/bannyahe-RDF.jpg","width":1024,"height":768},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abasirikare-bu-rwanda-basambanyije-abagore-ba-kangondo-bagizwe-abere\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Abasirikare b\u2019u Rwanda basambanyije abagore ba Kangondo bagizwe abere"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/44284","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=44284"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/44284\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":44285,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/44284\/revisions\/44285"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/35567"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=44284"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=44284"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=44284"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}