{"id":44319,"date":"2021-12-10T23:01:38","date_gmt":"2021-12-10T21:01:38","guid":{"rendered":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=44319"},"modified":"2021-12-10T23:29:25","modified_gmt":"2021-12-10T21:29:25","slug":"rwanda-ubwongereza-abadepite-bubwongereza-barasaba-ko-johnston-busingye-afatirwa-ibihano","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-ubwongereza-abadepite-bubwongereza-barasaba-ko-johnston-busingye-afatirwa-ibihano\/","title":{"rendered":"Rwanda-Ubwongereza: Abadepite b&#8217;Ubwongereza barasaba ko Johnston Busingye afatirwa ibihano!"},"content":{"rendered":"<p>Yanditswe na <strong>Erasme Rugemintwaza<\/strong><\/p>\n<p>Urubanza rwa Rusesabagina rukomeje kubera Leta y&#8217;u Rwanda ka gapfunyika ka kabutindi ujugunya kakanga kakagaruka! Mbese ni bya bindi byo kumanika agati wicaye, mu kukamanura ugahaguruka! Nyuma y&#8217;imiryango iharanira uburenganzira bwa muntu, nka Lantos Foundation, itarahwemye gutabariza Paul Rusesabagina, dore ko noneho ubu yatereranywe n&#8217;ibihugu abereye umuturage aribyo Amerika n&#8217;Ububiligi, Abadepite b&#8217;Ubwongereza bo batoboye, baravuga basabira abagize uruhare mu ihohoterwa ry&#8217;uburenganzira bwe, ibihano.<\/p>\n<p>Nta muntu n&#8217;umwe utaratunguwe, ubwo imbere y&#8217;abanyamakuru ba All Jazeera, Minisitiri Busingye Johnson. yemeye ko u Rwanda arirwo rwakodesheje indege yagejeje Rusesabagina mu Rwanda. Ibi nibyo Depite Chris Bryant wo mu nteko ishingamategeko y\u2019Ubwongereza yahereyeho maze asabira uwahoze ari Minisitiri w\u2019ubutabera w\u2019u Rwanda Johnston Busingye, uherutse kugirwa ambasaderi w\u2019u Rwanda mu Bwongereza, gufatirwa ibihano. Siwe wenyine kandi, kuko hari na Colonel Jeannot Ruhunga ushinzwe Ikigo cy&#8217;Igihugu gishinzwe Ubugenzacyaha (RIB), usabirwa ibihano. Aba bagabo bombi barasabirwa ibihano n&#8217;aba Badepite b&#8217;Ubwongereza kubera \u00a0&#8220;gusubizwa ku ngufu&#8221; mu Rwanda byakorewe Bwana Paul Rusesabagina no kumukorera iyicarubozo.<\/p>\n<p>Depite Bryant yabivugiye mu kiganiro-mpaka cyo mu nyubako ya &#8220;Westminster Hall&#8221; yo mu nteko ishingamategeko y\u2019Ubwongereza, \u00a0icyo kiganiro kikaba cyavugaga no ku bandi bategetsi bo mu bihugu nka Sudan na Iran nabo bagomba gufatirwa ibihano \u00a0byo mu rwego rwa &#8220;Magnitsky&#8221; kubera ko bashinjwa kwica uburenganzira bwa muntu.<br \/>\nDepite Bryant yihanukiye ati: <em>&#8220;Ubwongereza ntibuvogerwa, Busingye ntashobora kubukozamo ikirenge&#8221;.<\/em><\/p>\n<p>Mu kwezi kwa kabiri uyu mwaka wa 2021, Bwana Busingye Johnston yemereye televiziyo All Jazeera ko u Rwanda ari rwo\u00a0&#8220;rwishyuye&#8221; indege yakuye Rusesabagina i Dubai ikamujyana i Kigali. \u00a0Amagambo ya Depite Chris Bryant, wo mu ishyaka ritavuga rumwe n\u2019ubutegetsi rya :Labour&#8221;,\u00a0yasubiwemo kuri Twitter y\u2019urubuga rw\u2019iryo tsinda ryo mu nteko, aho rigira riti:<br \/>\n<em>&#8220;Mu kwezi kwa munani umwaka ushize [2020 Ndlr], Paul Rusesabagina, washingiweho hakorwa filimi ya\u00a0Hotel Rwanda [&#8230;] unanenga bikomeye Perezida Kagame [\u2026] yahawe ibiyobyabwenge, ashyirwa mu ndege asubizwa ku ngufu mu Rwanda, aho yafungiwe akaba ari gukorerwa iyicarubozo&#8221;. Ibyo birego ariko \u00a0u Rwanda rukaba rubihakana, rukaba rwarazitiye n&#8217;inzira zose zasabaga gukora iperereza kuri iryo &#8220;shimutwa&#8221;, rya Rusesabagina. &#8220;Bwana Busingye akwiye kuba ku rutonde rwacu rw\u2019abantu bafatiwe ibihano aho kuba mu bantu bagomba guherekezwa mu ngoro ya Buckingham [aho bageza ku Mwamikazi impapuro zibemerera guhagararira ibihugu byabo Ndlr]&#8221;.<\/em><\/p>\n<p>Icyo gitekerezo cyo gutanga ibihano kuri Busingye cyanashyigikiwe na\u00a0Depite Lain Duncan Smith, wo mu ishyaka riri ku butegetsi rya &#8220;Conservative&#8221;, nk&#8217;uko byatangajwe kuri Twitter n\u2019itsinda \u00a0rya &#8220;All Party Group on Magnitsky Sanctions&#8221;, risaba ko Busingye afatirwa ibihano. Yaba Bwana Busingye \u00a0cyangwa leta y\u2019u Rwanda, nta n&#8217;umwe uragira icyo atangaza ku mugaragaro kuri icyo gitekerezo cy&#8217;Abadepite b&#8217;Ubwongereza cyo gutanga ibihano, cyavugiwe mu nteko ishingamategeko \u00a0y\u2019Ubwongereza.<\/p>\n<p>Twibutse ko iki kibazo cy&#8217;ishimutwa rya Rusesabagina cyari cyarahakanywe na Perezida Paul Kagame, wavugaga ko Paul Eusesabagima ari we wizabye mu Rwanda ku bushake bwe, ku buryo Bwana Busingye amaze kwemerera isi yose ko ari Leta y&#8217;u Rwanda yishyuye indege, yabaye nk&#8217;uhungabana, maze yirukankira gutanga itangazo abinyujije muri Minisiteri y&#8217;Ubutabera yayoboraga, avuga ko ibyatangajwe nawe habayemo kwibeshya no gutenguhwa n&#8217;Abanyamakuru. Icyakurikiye uko &#8220;kwibeshya&#8221; ariko ni ukugaragaza ko &#8216;gushimuta&#8221; umunyabyaha cyangwa &#8220;kumushukashuka&#8221;, akaza aho ashobora gufatirwa, nta cyaha kirimo, ko byemewe mu matageko mpuzamahanga. Aha ukaba wakwibaza icyo yashyaga yarura ubwo yirukankaga atangaza ko ibyo yavuze ari ukwibeshya! Icyo abazi umujinya wa Kagame bafatiye Busingye iry&#8217;iburyo, biteze ko amuhitana. Abandi ariko, ku rundi ruhande, barishimye cyane bashimira Imana bavuga ko aho Kagame yabeshyeye ibye biragaragaye. Na none kandi mu iburanisha ryabaye muri uyu mwaka wa 2021, umunyedini Constantin Niyomwungere yavuze uko yashutse Rusesabagina akamujyana mu ndege igiye i Kigali mu gihe we ngo yari azi ko igiye i Bujumbura mu Burundi. Rusesabagina ntiyigeze yiregura, yivanye mu rubanza nyuma y\u2019uwo mutangabuhamya, avuga ko nta butabera ategereje mu rukiko rwamuburanishaga, ndetse no mu Rwanda bamushimuse muri rusange. Mu mpera z&#8217;ukwezi kwa 09\/2021, Rusesabagina yahamijwe ibyaha by&#8217;iterwabwoba, ahabwa igihano cy&#8217;imyaka 25, aroko Ubushinjacyaha bwajuririje icyo gihano.<\/p>\n<p>Ku bijyanye na Busingye Johnson, birazwi ko kuva tariki ya 31\/08\/2021, agirwa Ambasaderi, uyu mugabo atarajya mu Bwongereza gutangira akazi. Abasesengura bakemeza ko, kutagenda kwa Busingye kwaba kwaraturutse kuri Leta y&#8217;Ubeongereza yaba yarasabye u Rwanda, mu ibanga, guhindura uyu mugabo, bakohereza undi. Iki gikorwa cy&#8217;Abadepite rero gishobora kuba ari igikorwa cya gihanga cyateguwe na Leta y&#8217;Ubwongereza kugira ngo ive muri ubwo bwiru.<\/p>\n<blockquote class=\"twitter-tweet\" data-width=\"550\" data-dnt=\"true\">\n<p lang=\"en\" dir=\"ltr\">On Rwanda, <a href=\"https:\/\/twitter.com\/RhonddaBryant?ref_src=twsrc%5Etfw\">@RhonddaBryant<\/a> called for sanctions in relation to the case of Paul Rusesabagina. <a href=\"https:\/\/twitter.com\/hashtag\/Rwanda?src=hash&amp;ref_src=twsrc%5Etfw\">#Rwanda<\/a> <a href=\"https:\/\/t.co\/3mswKhZnz6\">pic.twitter.com\/3mswKhZnz6<\/a><\/p>\n<p>&mdash; All Party Group on Magnitsky Sanctions (@UKMagnitsky) <a href=\"https:\/\/twitter.com\/UKMagnitsky\/status\/1468937540111634437?ref_src=twsrc%5Etfw\">December 9, 2021<\/a><\/p><\/blockquote>\n<p><script async src=\"https:\/\/platform.twitter.com\/widgets.js\" charset=\"utf-8\"><\/script><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Yanditswe na Erasme Rugemintwaza Urubanza rwa Rusesabagina rukomeje kubera Leta y&#8217;u Rwanda ka gapfunyika ka kabutindi ujugunya kakanga kakagaruka! Mbese ni bya bindi byo kumanika agati wicaye, mu kukamanura ugahaguruka! Nyuma y&#8217;imiryango iharanira uburenganzira bwa muntu, nka Lantos Foundation, itarahwemye gutabariza Paul Rusesabagina, dore ko noneho ubu yatereranywe n&#8217;ibihugu abereye umuturage aribyo Amerika n&#8217;Ububiligi, Abadepite [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":44320,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[67],"tags":[],"class_list":["post-44319","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amahanga"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>Rwanda-Ubwongereza: Abadepite b&#039;Ubwongereza barasaba ko Johnston Busingye afatirwa ibihano! - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-ubwongereza-abadepite-bubwongereza-barasaba-ko-johnston-busingye-afatirwa-ibihano\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Rwanda-Ubwongereza: Abadepite b&#039;Ubwongereza barasaba ko Johnston Busingye afatirwa ibihano! - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Yanditswe na Erasme Rugemintwaza Urubanza rwa Rusesabagina rukomeje kubera Leta y&#8217;u Rwanda ka gapfunyika ka kabutindi ujugunya kakanga kakagaruka! Mbese ni bya bindi byo kumanika agati wicaye, mu kukamanura ugahaguruka! Nyuma y&#8217;imiryango iharanira uburenganzira bwa muntu, nka Lantos Foundation, itarahwemye gutabariza Paul Rusesabagina, dore ko noneho ubu yatereranywe n&#8217;ibihugu abereye umuturage aribyo Amerika n&#8217;Ububiligi, Abadepite [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-ubwongereza-abadepite-bubwongereza-barasaba-ko-johnston-busingye-afatirwa-ibihano\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2021-12-10T21:01:38+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2021-12-10T21:29:25+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/12\/Skjermbilde-2021-12-10-kl.-21.54.35.png\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"530\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"382\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/png\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-ubwongereza-abadepite-bubwongereza-barasaba-ko-johnston-busingye-afatirwa-ibihano\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-ubwongereza-abadepite-bubwongereza-barasaba-ko-johnston-busingye-afatirwa-ibihano\/\",\"name\":\"Rwanda-Ubwongereza: Abadepite b'Ubwongereza barasaba ko Johnston Busingye afatirwa ibihano! - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-ubwongereza-abadepite-bubwongereza-barasaba-ko-johnston-busingye-afatirwa-ibihano\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-ubwongereza-abadepite-bubwongereza-barasaba-ko-johnston-busingye-afatirwa-ibihano\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/12\/Skjermbilde-2021-12-10-kl.-21.54.35.png\",\"datePublished\":\"2021-12-10T21:01:38+00:00\",\"dateModified\":\"2021-12-10T21:29:25+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-ubwongereza-abadepite-bubwongereza-barasaba-ko-johnston-busingye-afatirwa-ibihano\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-ubwongereza-abadepite-bubwongereza-barasaba-ko-johnston-busingye-afatirwa-ibihano\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-ubwongereza-abadepite-bubwongereza-barasaba-ko-johnston-busingye-afatirwa-ibihano\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/12\/Skjermbilde-2021-12-10-kl.-21.54.35.png\",\"contentUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/12\/Skjermbilde-2021-12-10-kl.-21.54.35.png\",\"width\":530,\"height\":382},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-ubwongereza-abadepite-bubwongereza-barasaba-ko-johnston-busingye-afatirwa-ibihano\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Rwanda-Ubwongereza: Abadepite b&#8217;Ubwongereza barasaba ko Johnston Busingye afatirwa ibihano!\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Rwanda-Ubwongereza: Abadepite b'Ubwongereza barasaba ko Johnston Busingye afatirwa ibihano! - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-ubwongereza-abadepite-bubwongereza-barasaba-ko-johnston-busingye-afatirwa-ibihano\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Rwanda-Ubwongereza: Abadepite b'Ubwongereza barasaba ko Johnston Busingye afatirwa ibihano! - Umunyarwanda","og_description":"Yanditswe na Erasme Rugemintwaza Urubanza rwa Rusesabagina rukomeje kubera Leta y&#8217;u Rwanda ka gapfunyika ka kabutindi ujugunya kakanga kakagaruka! Mbese ni bya bindi byo kumanika agati wicaye, mu kukamanura ugahaguruka! Nyuma y&#8217;imiryango iharanira uburenganzira bwa muntu, nka Lantos Foundation, itarahwemye gutabariza Paul Rusesabagina, dore ko noneho ubu yatereranywe n&#8217;ibihugu abereye umuturage aribyo Amerika n&#8217;Ububiligi, Abadepite [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-ubwongereza-abadepite-bubwongereza-barasaba-ko-johnston-busingye-afatirwa-ibihano\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2021-12-10T21:01:38+00:00","article_modified_time":"2021-12-10T21:29:25+00:00","og_image":[{"width":530,"height":382,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/12\/Skjermbilde-2021-12-10-kl.-21.54.35.png","type":"image\/png"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-ubwongereza-abadepite-bubwongereza-barasaba-ko-johnston-busingye-afatirwa-ibihano\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-ubwongereza-abadepite-bubwongereza-barasaba-ko-johnston-busingye-afatirwa-ibihano\/","name":"Rwanda-Ubwongereza: Abadepite b'Ubwongereza barasaba ko Johnston Busingye afatirwa ibihano! - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-ubwongereza-abadepite-bubwongereza-barasaba-ko-johnston-busingye-afatirwa-ibihano\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-ubwongereza-abadepite-bubwongereza-barasaba-ko-johnston-busingye-afatirwa-ibihano\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/12\/Skjermbilde-2021-12-10-kl.-21.54.35.png","datePublished":"2021-12-10T21:01:38+00:00","dateModified":"2021-12-10T21:29:25+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-ubwongereza-abadepite-bubwongereza-barasaba-ko-johnston-busingye-afatirwa-ibihano\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-ubwongereza-abadepite-bubwongereza-barasaba-ko-johnston-busingye-afatirwa-ibihano\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-ubwongereza-abadepite-bubwongereza-barasaba-ko-johnston-busingye-afatirwa-ibihano\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/12\/Skjermbilde-2021-12-10-kl.-21.54.35.png","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/12\/Skjermbilde-2021-12-10-kl.-21.54.35.png","width":530,"height":382},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-ubwongereza-abadepite-bubwongereza-barasaba-ko-johnston-busingye-afatirwa-ibihano\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Rwanda-Ubwongereza: Abadepite b&#8217;Ubwongereza barasaba ko Johnston Busingye afatirwa ibihano!"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/44319","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=44319"}],"version-history":[{"count":3,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/44319\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":44323,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/44319\/revisions\/44323"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/44320"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=44319"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=44319"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=44319"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}