{"id":44424,"date":"2021-12-16T23:41:10","date_gmt":"2021-12-16T21:41:10","guid":{"rendered":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=44424"},"modified":"2021-12-16T23:41:10","modified_gmt":"2021-12-16T21:41:10","slug":"ingabo-za-uganda-zikomeje-kurwanya-adf-mu-gihe-igipolisi-cyu-rwanda-gishobora-gutangira-gukorera-mu-mujyi-wa-goma","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ingabo-za-uganda-zikomeje-kurwanya-adf-mu-gihe-igipolisi-cyu-rwanda-gishobora-gutangira-gukorera-mu-mujyi-wa-goma\/","title":{"rendered":"\u00a0Ingabo za Uganda zikomeje kurwanya ADF mu gihe igipolisi cy&#8217;u Rwanda gishobora gutangira gukorera mu mujyi wa Goma"},"content":{"rendered":"<p>Yanditswe na <b>Arnold Gakuba<\/b><\/p>\n<p>Amakuru dukesha Ikinyamakuru \u0093<i>Daily Monitor<\/i>\u0094 yo ku wa 13 Ukuboza 2021, aremeza ko ngabo za Uganda (UPDF) zifatanije n\u0092iza DR Congo (FARDC) zikomeje urugamba rwo kurwanya inyeshyamba za ADF. Hagati aho ariko, mu ijambo rye, yagejeje ku baturage, perezida Felix Tshisekedi we yemereye abaturage be ko ingabo za Uganda zifite igihe gito ku butaka bw\u0092icyo gihugu.<\/p>\n<p>Mu ijambo rye, perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo, Antoine Felix Tshisekedi yavuze ko, kuri ubu, ingabo za Uganda zitazamara gihe kinini mu gikorwa zirimo muri icyo gihugu. Bwari kandi ubwa mbere, perezida wa DR Congo yemera ku mugaragaro ko ingabo za Uganda ziri muri icyo gihugu. Yavuze kandi ko icyatumye byo bihugu bihagurukira rimwe ngo birwanye ADF, ari uko abo barwanyi bakorera amarorerwa muri ibyo bihugu byombi, imyaka 25 yose ikaba ishize. Yavuze ko ariko noneho, ikibazo cy\u0092&#8217;umutekano muri Kivu y\u0092&#8217;Amajyaruguru na Ituri cyaba kigeye kubonerwa umuti urambye.<\/p>\n<p>Ikinyamakuru \u0093<i>Chimpreports<\/i>\u0094 cyo cyatangaje, ku ya 13 Ukuboza 2021, ko hari ibitero bishya byagabwe ku barwanyi ba ADF. Lt Col Ronald Kakunguru yagize ati: \u0093<i>Twateye ibindi birindiro bibiri byabo, nabyo twabibonye ku ya 30 Ugushyingo<\/i>\u0094.<span class=\"Apple-converted-space\">\u00a0 <\/span>Yongeyeho ko icyo gikorwa bagifashijwemo na serivisi z\u0092&#8217;ubutasi kandi ko iyo mirwano ituma inyeshyamba za ADF zitagira aho zinyagamburira. Ubu ngo ibirindiro bya UPDF bikaba biri Mukakati muri Ituri, ni nko mu birometero 18 uvuye ku mupaka wa Uganda wa Busunga.<\/p>\n<p>Andi makuru atangwa n\u2019abaturage ba DR Congo, aremeza ko abarwanyi ba ADF bakigaba ibitero ku baturage, mu rwego rwo kwihimura. Nyamara ariko ngo amajana muri bo amaze kuhasiga agatwe nk\u0092uko bitangazwa na Kakurungu. Yogeyeho ko kugeza magingo aya, abarwanyi bagera kuri 61 ba ADF bamaze kwishyikiriza ingabo za UPDF na FARDC, naho abagera kuri 31 bakaba bamaze gutabwa muri yombi, mu bitero bihuriweho n&#8217;\u0092izo ngabo z&#8217;\u0092ibihugu byombi.<\/p>\n<p>N&#8217;\u0092ubwo muri ibyo bikorwa, ingabo za Uganda (UPDF) n&#8217;\u0092iza DR Congo (FARDC) zirimo kwitwara neza mu kurwanya ADF mu burasirazuba bwa DR Congo, Umuryango w\u0092&#8217;Abibubye (UN) wo uhangayikishijwe n&#8217;\u0092uko ingabo za Uganda zishobora kongera kugwa mu makosa zakoze ubushize, nk&#8217;\u0092uko byatangajwe n&#8217;\u0092umwe mu bakozi b&#8217;\u0092Umuryango w\u0092&#8217;Abibubye.<\/p>\n<p>Robert Kotchani, Uhagarariye Komisiyo Nkuru<span class=\"Apple-converted-space\">\u00a0 <\/span>y\u0092Uburenganzira bwa Muntu muri Uganda yagize ati: \u201c<i>Twamenye ko ingabo za Uganda n\u0092iza DR Congo, zifatanije hamwe, zirimo kurwanya inyeshyamba za ADF.<span class=\"Apple-converted-space\">\u00a0 <\/span>Inama twaziha ni uko zigomba kwitwara kimwuga mu bikorwa zirimo. Ndibutsa ko Uganda yagaragaweho kurenga ku mategeko arengera ikiremwamuntu, bityo ayo makosa ntazasubirwe<\/i>.\u0094 Twibutse ko Uganda yaciwe ibihano bigera ku madolari miliyari 10 (angana na tiriyari 3.6 z\u0092amashlingi ya Uganda) kubera gusahura umutungo kamere wa DR Congo no guhohotera uburenganzira bwa muntu, igihe ingabo z&#8217;\u0092icyo gihugu zari muri DR Congo (1996-2003).<span class=\"Apple-converted-space\">\u00a0<\/span><\/p>\n<p>Mu gihe Uganda na DR Congo bihangayikishijwe n&#8217;\u0092umutekano muke uterwa n\u0092&#8217;imitwe yitwaje intwaro, bakaba bariyemeje kuyihashya bivuye inyuma, hari amakuru avuga ko igipolisi cy&#8217;\u0092u Rwanda nacyo kigiye gushyira igisata cyacyo gishinzwe kurwanya iterabwoba mu mujyi wa Goma. Ibyo byatangarijwe i Kigali ku murwa mukuru w&#8217;\u0092u Rwanda ku ya 13 Ukuboza 2021, aho igipolisi cy\u0092u Rwanda n&#8217;\u0092icya DR Congo byashyiraga umukono ku masezerano y&#8217;\u0092ubufatanye.<span class=\"Apple-converted-space\">\u00a0<\/span><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Yanditswe na Arnold Gakuba Amakuru dukesha Ikinyamakuru \u0093Daily Monitor\u0094 yo ku wa 13 Ukuboza 2021, aremeza ko ngabo za Uganda (UPDF) zifatanije n\u0092iza DR Congo (FARDC) zikomeje urugamba rwo kurwanya inyeshyamba za ADF. Hagati aho ariko, mu ijambo rye, yagejeje ku baturage, perezida Felix Tshisekedi we yemereye abaturage be ko ingabo za Uganda zifite igihe [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":22159,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[66],"tags":[],"class_list":["post-44424","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-akarere"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>\u00a0Ingabo za Uganda zikomeje kurwanya ADF mu gihe igipolisi cy&#039;u Rwanda gishobora gutangira gukorera mu mujyi wa Goma - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ingabo-za-uganda-zikomeje-kurwanya-adf-mu-gihe-igipolisi-cyu-rwanda-gishobora-gutangira-gukorera-mu-mujyi-wa-goma\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"\u00a0Ingabo za Uganda zikomeje kurwanya ADF mu gihe igipolisi cy&#039;u Rwanda gishobora gutangira gukorera mu mujyi wa Goma - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Yanditswe na Arnold Gakuba Amakuru dukesha Ikinyamakuru \u0093Daily Monitor\u0094 yo ku wa 13 Ukuboza 2021, aremeza ko ngabo za Uganda (UPDF) zifatanije n\u0092iza DR Congo (FARDC) zikomeje urugamba rwo kurwanya inyeshyamba za ADF. Hagati aho ariko, mu ijambo rye, yagejeje ku baturage, perezida Felix Tshisekedi we yemereye abaturage be ko ingabo za Uganda zifite igihe [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ingabo-za-uganda-zikomeje-kurwanya-adf-mu-gihe-igipolisi-cyu-rwanda-gishobora-gutangira-gukorera-mu-mujyi-wa-goma\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2021-12-16T21:41:10+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/09\/munyuza.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"550\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"367\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ingabo-za-uganda-zikomeje-kurwanya-adf-mu-gihe-igipolisi-cyu-rwanda-gishobora-gutangira-gukorera-mu-mujyi-wa-goma\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ingabo-za-uganda-zikomeje-kurwanya-adf-mu-gihe-igipolisi-cyu-rwanda-gishobora-gutangira-gukorera-mu-mujyi-wa-goma\/\",\"name\":\"\u00a0Ingabo za Uganda zikomeje kurwanya ADF mu gihe igipolisi cy'u Rwanda gishobora gutangira gukorera mu mujyi wa Goma - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ingabo-za-uganda-zikomeje-kurwanya-adf-mu-gihe-igipolisi-cyu-rwanda-gishobora-gutangira-gukorera-mu-mujyi-wa-goma\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ingabo-za-uganda-zikomeje-kurwanya-adf-mu-gihe-igipolisi-cyu-rwanda-gishobora-gutangira-gukorera-mu-mujyi-wa-goma\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/09\/munyuza.jpg\",\"datePublished\":\"2021-12-16T21:41:10+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ingabo-za-uganda-zikomeje-kurwanya-adf-mu-gihe-igipolisi-cyu-rwanda-gishobora-gutangira-gukorera-mu-mujyi-wa-goma\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ingabo-za-uganda-zikomeje-kurwanya-adf-mu-gihe-igipolisi-cyu-rwanda-gishobora-gutangira-gukorera-mu-mujyi-wa-goma\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ingabo-za-uganda-zikomeje-kurwanya-adf-mu-gihe-igipolisi-cyu-rwanda-gishobora-gutangira-gukorera-mu-mujyi-wa-goma\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/09\/munyuza.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/09\/munyuza.jpg\",\"width\":550,\"height\":367,\"caption\":\"DIGP Dan Munyuza\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ingabo-za-uganda-zikomeje-kurwanya-adf-mu-gihe-igipolisi-cyu-rwanda-gishobora-gutangira-gukorera-mu-mujyi-wa-goma\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"\u00a0Ingabo za Uganda zikomeje kurwanya ADF mu gihe igipolisi cy&#8217;u Rwanda gishobora gutangira gukorera mu mujyi wa Goma\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"\u00a0Ingabo za Uganda zikomeje kurwanya ADF mu gihe igipolisi cy'u Rwanda gishobora gutangira gukorera mu mujyi wa Goma - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ingabo-za-uganda-zikomeje-kurwanya-adf-mu-gihe-igipolisi-cyu-rwanda-gishobora-gutangira-gukorera-mu-mujyi-wa-goma\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"\u00a0Ingabo za Uganda zikomeje kurwanya ADF mu gihe igipolisi cy'u Rwanda gishobora gutangira gukorera mu mujyi wa Goma - Umunyarwanda","og_description":"Yanditswe na Arnold Gakuba Amakuru dukesha Ikinyamakuru \u0093Daily Monitor\u0094 yo ku wa 13 Ukuboza 2021, aremeza ko ngabo za Uganda (UPDF) zifatanije n\u0092iza DR Congo (FARDC) zikomeje urugamba rwo kurwanya inyeshyamba za ADF. Hagati aho ariko, mu ijambo rye, yagejeje ku baturage, perezida Felix Tshisekedi we yemereye abaturage be ko ingabo za Uganda zifite igihe [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ingabo-za-uganda-zikomeje-kurwanya-adf-mu-gihe-igipolisi-cyu-rwanda-gishobora-gutangira-gukorera-mu-mujyi-wa-goma\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2021-12-16T21:41:10+00:00","og_image":[{"width":550,"height":367,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/09\/munyuza.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ingabo-za-uganda-zikomeje-kurwanya-adf-mu-gihe-igipolisi-cyu-rwanda-gishobora-gutangira-gukorera-mu-mujyi-wa-goma\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ingabo-za-uganda-zikomeje-kurwanya-adf-mu-gihe-igipolisi-cyu-rwanda-gishobora-gutangira-gukorera-mu-mujyi-wa-goma\/","name":"\u00a0Ingabo za Uganda zikomeje kurwanya ADF mu gihe igipolisi cy'u Rwanda gishobora gutangira gukorera mu mujyi wa Goma - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ingabo-za-uganda-zikomeje-kurwanya-adf-mu-gihe-igipolisi-cyu-rwanda-gishobora-gutangira-gukorera-mu-mujyi-wa-goma\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ingabo-za-uganda-zikomeje-kurwanya-adf-mu-gihe-igipolisi-cyu-rwanda-gishobora-gutangira-gukorera-mu-mujyi-wa-goma\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/09\/munyuza.jpg","datePublished":"2021-12-16T21:41:10+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ingabo-za-uganda-zikomeje-kurwanya-adf-mu-gihe-igipolisi-cyu-rwanda-gishobora-gutangira-gukorera-mu-mujyi-wa-goma\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ingabo-za-uganda-zikomeje-kurwanya-adf-mu-gihe-igipolisi-cyu-rwanda-gishobora-gutangira-gukorera-mu-mujyi-wa-goma\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ingabo-za-uganda-zikomeje-kurwanya-adf-mu-gihe-igipolisi-cyu-rwanda-gishobora-gutangira-gukorera-mu-mujyi-wa-goma\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/09\/munyuza.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/09\/munyuza.jpg","width":550,"height":367,"caption":"DIGP Dan Munyuza"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ingabo-za-uganda-zikomeje-kurwanya-adf-mu-gihe-igipolisi-cyu-rwanda-gishobora-gutangira-gukorera-mu-mujyi-wa-goma\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"\u00a0Ingabo za Uganda zikomeje kurwanya ADF mu gihe igipolisi cy&#8217;u Rwanda gishobora gutangira gukorera mu mujyi wa Goma"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/44424","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=44424"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/44424\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":44425,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/44424\/revisions\/44425"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/22159"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=44424"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=44424"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=44424"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}