{"id":44475,"date":"2021-12-21T14:32:53","date_gmt":"2021-12-21T12:32:53","guid":{"rendered":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=44475"},"modified":"2021-12-21T14:32:53","modified_gmt":"2021-12-21T12:32:53","slug":"kigali-kujya-muri-bus-mu-nsengero-no-mu-kabari-ugomba-kuba-warikingije-covid-19","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kigali-kujya-muri-bus-mu-nsengero-no-mu-kabari-ugomba-kuba-warikingije-covid-19\/","title":{"rendered":"Kigali: \u201cKujya muri\u00a0Bus,\u00a0mu\u00a0Nsengero\u00a0no\u00a0mu\u00a0Kabari ugomba kuba warikingije\u00a0Covid-19\u201d"},"content":{"rendered":"<p>Yanditswe na <strong>Nkurunziza Gad<\/strong><\/p>\n<p><i>Leta y&#8217;u Rwanda yashyizeho ingamba zikaze by\u2019umwihariko mu Mujyi wa Kigali zijyanye no kwirinda icyorezo cya Covid-19, abajya mu modoka zitwara abagenzi rusange mu Tubari mu Nsengero no muri za Kiliziya bagomba kuba barikingije iki cyorezo ku buryo bwuzuye (Barahawe inkingo ebyiri).<\/i><\/p>\n<p>Ibyemezo byatangajwe n\u2019Ibiro bya Minisitiri w\u2019Intebe tariki ya 19 Ukuboza 2021, bije nyuma y\u2019ibyari byashyizweho n\u2019Inama y\u2019Abaminisitiri yateranye ku wa Gatanu tariki 17 Ukuboza 2021.<\/p>\n<p>Muri aya mabwiriza mashya, Leta yavuze ko <em>\u201cImodoka zitwara abagenzi mu buryo bwa rusange mu Mujyi wa Kigali zigomba gutwara gusa abagenzi bikingije Covid-19 mu buryo bwuzuye, abajya n\u2019abava mu Mujyi wa Kigali nabo bagomba kuba barikingije ku buryo bwuzuye.\u201d<\/em><\/p>\n<p>Ni mu gihe kandi <em>\u201cUtubari twemerewe gukora twakira 50% by\u2019ubushobozi bwatwo, ndetse tukanafunga saa mbili z\u2019ijoro (8:00 pm) ariko abagana utwo tubari bagomba kuba barikingije Covid-19 ku buryo bwuzuye. Insengero zose zo mu Mujyi wa Kigali zategetswe kwakira 30% by\u2019ubushobozi bwazo, ndetse abantu bose bakaba barikingije mu buryo bwuzuye.\u201d<\/em><\/p>\n<p><b>Abafite utubari na za Resitora batangiye kubogoza<\/b><\/p>\n<p>Bamwe mu bafite utubari na za resitora mu Mujyi wa Kigali, bavuze ko izi ngamba zije kubahombya zikazakiza bamwe.<\/p>\n<p>Hari uwavuze ati <em>\u201cIzo ngamba ntituzanze, ikibazo dufite nuko zije kuduhombya zikazakiza bamwe. Ubu hari abagiye kwibasirwa bacibwe amande business zabo zifungwe ngo bakiriye abantu batikingije ku buryo bwuzuye. Mu gihe hari ahandi uzajya ujya ugasanga abari kuhanywera cyangwa kuharira nta n\u2019urukingo na rumwe bafashe. Turabimenyereye ingamba nk\u2019izi zigendana na munyumvishirize.\u201d<\/em><\/p>\n<p>Leta yavuze ko ibi byemezo byashyizweho hashingiwe ku isesengura ry\u2019inzego z\u2019ubuzima, hagamijwe kurushaho gukumira ikwirakwira rya Covid-19, cyane cyane muri iki gihe cy\u2019iminsi mikuru.<b>\u00a0<\/b><\/p>\n<p><b>\u201cTwakingiwe ku ngufu twigiriye gusenga\u201d<\/b><\/p>\n<p>Bamwe mu bakirisitu bo mu madini n\u2019amatorero atandukanye, kuri iki cyumweru ngo bahawe urukingo rwa Covid-19 ku gahato babasanze aho basengera.<\/p>\n<p>Hari uwatubwiye ati <em>\u201cNarabyutse njya gusenga uko bisanzwe ku cyumweru ngeze ku rusengero nsanga hari abapolisi n\u2019urubyiruko rw\u2019abakorerabushake barambwira ngo ninyure hariya (bamwereka aho anyura) nti ese ko munyujije hano kandi nari ngiye gusenga bati genda babanze barebe ko wikingije corona. Nahise mbabwira ko ntikingije baravuga ngo ningende bankingire nti ndacyababitekerezaho sindafata icyemezo cyo kwikingiza.\u201d<\/em><\/p>\n<p>Yakomeje ati <em>\u201cNagiye guhindukira ngo nsubire inyuma umupolisi aba ankubise urushyi arambwira ngo sintere intambwe isubira inyuma nuko aranshorera ndagenda barankingira barangije baravuga ngo nintahe nyuma y\u2019ibyumweru bitatu bazankingira urwa kabiri mbone kwemererwa gusubira mu rusengero. Navuga ko nakingiwe ku ngufu kandi sinjye gusa twari benshi.\u201d<\/em><\/p>\n<p>Tukivuga kuri aba baturage bakingiwe ku ngufu, twavuga ko hari n\u2019abandi bavuga ko bahawe urukingo rwa mbere inshuro ebyiri mu gihe hari n\u2019abatubwiye ko bakingiwe ku buryo bwuzuye ariko bakaba barabujijwe kujya mu mirimo yabo kubera ko ntaho byanditse ko bakingiwe.<\/p>\n<p>Hari uwatubwiye ati <em>\u201cUrukingo rwa kabiri barumpereye muri Gare ya Nyabugogo mu kwezi kwa 10, ariko mu gitondo natunguwe no kujya ku kazi muri Hotel[\u2026]bakanga ko ninjira ngo sinakingiwe mu buryo bwuzuye. Naberetse ubutumwa nahawe kuri telephone bamaze kunkingira barabwanga ngo muri machine bambuze. Ngaho nimubwire ukuntu nzikingiza urukingo rwa kabiri inshuro ebyiri kugirango mbone uko nsubira mu kazi?.\u201d<\/em><\/p>\n<p>Undi ati <em>\u201cNikingije urukingo rwa mbere mu kwezi kwa cyenda, ejo bundi nagiye kwikingiza urwa kabiri baravuga ngo ntaho byanditse ko nakingiwe urwa mbere bahita bongera bankingira urwa mbere. Nsigaye ngenda mu nzira numva ndi igisenzegeri.\u201d<\/em><\/p>\n<p>Icyegeranyo cyasohowe na Human Right Watch mu ntangiriro za 2021, kivuga ko uburenganzira bwa muntu mu Rwanda buhonyangwa hitwajwe iyubahirizwa ry\u2019ingamba zo kwirinda covid-19.<\/p>\n<p>Icyo gihe, Lewis Mudge ushinzwe ibikorwa bya HRW muri Afurika yo hagati, yavuze ko ibikorwa byo kutubahiriza uburenganzira bwa muntu mu Rwanda bikomeje kwiyongera muri iki gihe cy&#8217;icyorezo kandi ko byibasira abanyantege nke cyangwa se abatajijutse.<\/p>\n<p>Yaravuze ati <em>\u201cIgikomeye ubu ni uko nubwo hari icyorezo kinafite ingaruka zikomeye, nubwo hafashwe ingamba zigamije ibyiza ariko hari gukoreshwa &#8216;ukuboko kw&#8217;icyuma&#8217; mu kuzubahiriza. Igitangaje rero ni uko abantu bazahaye cyane kurusha abandi, kandi bashobora no kwibasirwa na Covid-19, ari na bo bazahajwe cyane n&#8217;uko &#8216;kuboko kw&#8217;icyuma\u201d.<\/em><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Yanditswe na Nkurunziza Gad Leta y&#8217;u Rwanda yashyizeho ingamba zikaze by\u2019umwihariko mu Mujyi wa Kigali zijyanye no kwirinda icyorezo cya Covid-19, abajya mu modoka zitwara abagenzi rusange mu Tubari mu Nsengero no muri za Kiliziya bagomba kuba barikingije iki cyorezo ku buryo bwuzuye (Barahawe inkingo ebyiri). Ibyemezo byatangajwe n\u2019Ibiro bya Minisitiri w\u2019Intebe tariki ya 19 [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":35324,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[30],"tags":[],"class_list":["post-44475","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-rwanda"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>Kigali: \u201cKujya muri\u00a0Bus,\u00a0mu\u00a0Nsengero\u00a0no\u00a0mu\u00a0Kabari ugomba kuba warikingije\u00a0Covid-19\u201d - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kigali-kujya-muri-bus-mu-nsengero-no-mu-kabari-ugomba-kuba-warikingije-covid-19\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Kigali: \u201cKujya muri\u00a0Bus,\u00a0mu\u00a0Nsengero\u00a0no\u00a0mu\u00a0Kabari ugomba kuba warikingije\u00a0Covid-19\u201d - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Yanditswe na Nkurunziza Gad Leta y&#8217;u Rwanda yashyizeho ingamba zikaze by\u2019umwihariko mu Mujyi wa Kigali zijyanye no kwirinda icyorezo cya Covid-19, abajya mu modoka zitwara abagenzi rusange mu Tubari mu Nsengero no muri za Kiliziya bagomba kuba barikingije iki cyorezo ku buryo bwuzuye (Barahawe inkingo ebyiri). Ibyemezo byatangajwe n\u2019Ibiro bya Minisitiri w\u2019Intebe tariki ya 19 [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kigali-kujya-muri-bus-mu-nsengero-no-mu-kabari-ugomba-kuba-warikingije-covid-19\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2021-12-21T12:32:53+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/03\/CoronaVOA.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"1023\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"575\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kigali-kujya-muri-bus-mu-nsengero-no-mu-kabari-ugomba-kuba-warikingije-covid-19\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kigali-kujya-muri-bus-mu-nsengero-no-mu-kabari-ugomba-kuba-warikingije-covid-19\/\",\"name\":\"Kigali: \u201cKujya muri\u00a0Bus,\u00a0mu\u00a0Nsengero\u00a0no\u00a0mu\u00a0Kabari ugomba kuba warikingije\u00a0Covid-19\u201d - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kigali-kujya-muri-bus-mu-nsengero-no-mu-kabari-ugomba-kuba-warikingije-covid-19\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kigali-kujya-muri-bus-mu-nsengero-no-mu-kabari-ugomba-kuba-warikingije-covid-19\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/03\/CoronaVOA.jpg\",\"datePublished\":\"2021-12-21T12:32:53+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kigali-kujya-muri-bus-mu-nsengero-no-mu-kabari-ugomba-kuba-warikingije-covid-19\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kigali-kujya-muri-bus-mu-nsengero-no-mu-kabari-ugomba-kuba-warikingije-covid-19\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kigali-kujya-muri-bus-mu-nsengero-no-mu-kabari-ugomba-kuba-warikingije-covid-19\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/03\/CoronaVOA.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/03\/CoronaVOA.jpg\",\"width\":1023,\"height\":575},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kigali-kujya-muri-bus-mu-nsengero-no-mu-kabari-ugomba-kuba-warikingije-covid-19\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Kigali: \u201cKujya muri\u00a0Bus,\u00a0mu\u00a0Nsengero\u00a0no\u00a0mu\u00a0Kabari ugomba kuba warikingije\u00a0Covid-19\u201d\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Kigali: \u201cKujya muri\u00a0Bus,\u00a0mu\u00a0Nsengero\u00a0no\u00a0mu\u00a0Kabari ugomba kuba warikingije\u00a0Covid-19\u201d - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kigali-kujya-muri-bus-mu-nsengero-no-mu-kabari-ugomba-kuba-warikingije-covid-19\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Kigali: \u201cKujya muri\u00a0Bus,\u00a0mu\u00a0Nsengero\u00a0no\u00a0mu\u00a0Kabari ugomba kuba warikingije\u00a0Covid-19\u201d - Umunyarwanda","og_description":"Yanditswe na Nkurunziza Gad Leta y&#8217;u Rwanda yashyizeho ingamba zikaze by\u2019umwihariko mu Mujyi wa Kigali zijyanye no kwirinda icyorezo cya Covid-19, abajya mu modoka zitwara abagenzi rusange mu Tubari mu Nsengero no muri za Kiliziya bagomba kuba barikingije iki cyorezo ku buryo bwuzuye (Barahawe inkingo ebyiri). Ibyemezo byatangajwe n\u2019Ibiro bya Minisitiri w\u2019Intebe tariki ya 19 [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kigali-kujya-muri-bus-mu-nsengero-no-mu-kabari-ugomba-kuba-warikingije-covid-19\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2021-12-21T12:32:53+00:00","og_image":[{"width":1023,"height":575,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/03\/CoronaVOA.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kigali-kujya-muri-bus-mu-nsengero-no-mu-kabari-ugomba-kuba-warikingije-covid-19\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kigali-kujya-muri-bus-mu-nsengero-no-mu-kabari-ugomba-kuba-warikingije-covid-19\/","name":"Kigali: \u201cKujya muri\u00a0Bus,\u00a0mu\u00a0Nsengero\u00a0no\u00a0mu\u00a0Kabari ugomba kuba warikingije\u00a0Covid-19\u201d - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kigali-kujya-muri-bus-mu-nsengero-no-mu-kabari-ugomba-kuba-warikingije-covid-19\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kigali-kujya-muri-bus-mu-nsengero-no-mu-kabari-ugomba-kuba-warikingije-covid-19\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/03\/CoronaVOA.jpg","datePublished":"2021-12-21T12:32:53+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kigali-kujya-muri-bus-mu-nsengero-no-mu-kabari-ugomba-kuba-warikingije-covid-19\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kigali-kujya-muri-bus-mu-nsengero-no-mu-kabari-ugomba-kuba-warikingije-covid-19\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kigali-kujya-muri-bus-mu-nsengero-no-mu-kabari-ugomba-kuba-warikingije-covid-19\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/03\/CoronaVOA.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/03\/CoronaVOA.jpg","width":1023,"height":575},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kigali-kujya-muri-bus-mu-nsengero-no-mu-kabari-ugomba-kuba-warikingije-covid-19\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Kigali: \u201cKujya muri\u00a0Bus,\u00a0mu\u00a0Nsengero\u00a0no\u00a0mu\u00a0Kabari ugomba kuba warikingije\u00a0Covid-19\u201d"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/44475","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=44475"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/44475\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":44486,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/44475\/revisions\/44486"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/35324"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=44475"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=44475"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=44475"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}