{"id":44663,"date":"2022-01-11T01:14:56","date_gmt":"2022-01-10T23:14:56","guid":{"rendered":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=44663"},"modified":"2022-01-11T01:14:56","modified_gmt":"2022-01-10T23:14:56","slug":"cyuma-hassan-yarananutse-cyane-kandi-ntabwo-afunganywe-nabandi","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/cyuma-hassan-yarananutse-cyane-kandi-ntabwo-afunganywe-nabandi\/","title":{"rendered":"\u201cCyuma Hassan yarananutse cyane kandi ntabwo afunganywe n\u2019abandi\u201d"},"content":{"rendered":"<p style=\"font-weight: 400;\">Yanditswe na <strong>Nkurunziza Gad<\/strong><\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\">Umubyeyi<strong>\u00a0<\/strong><em>Umunyamakuru Niyonsenga Dieudonne uzwi ku mazina ya \u2018cyuma Hassan\u2019\u00a0yagize agahinda abonye uko umwana we yananutse kandi akumva ko adafungiwe hamwe n\u2019abandi banyururu kuko ngo afungiwe muri \u2018Cave\u2019 mu kato ka wenyine.<\/em><\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\">Kuri uyu wa mbere tariki 10 Mutarama 2022 nibwo cyuma yitabye Urukiko\u00a0rw\u2019Ubujurire ruherereye ku Kacyiru mu Karere ka Gasabo\u00a0ku gihano cy\u2019imyaka irindwi yakatiwe n\u2019Urukiko Rukuru.<\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\">Nyuma yo gusabwa kuburanira kuri Gereza ya Mageragere hifashishijwe ikoranabuhanga akabyanga, Uyu munyamakuru yajyanwe ku Rukiko acungiwe umutekano mu buryo budasanzwe ku zindi mfungwa kuko yari aherekejwe n\u2019\u00a0\u2019Abacungagereza 10 bayobowe na Chief Superintendent, ibintu ubusanzwe bikorwa gusa mu manza z\u2019ibyihebe cyangwa abandi bagizi ba nabi.<\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\">Umubyeyi we (Se) wagize amahirwe yo kwinjira mu cyumba cy\u2019iburanisha, yabwiye umunyamakuru ko yatewe agahinda n\u2019uburyo umwana we afunzwemo.<\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\">Yagize ati \u201cNamubonye amarira aragwa[\u2026]nagize agahinda mbonye umuhungu wanjye ataka cyane ati ntabwo mfunzwe nk\u2019abandi mfunzwe gusumbya abishe abantu muri jenoside, abahekuye u Rwanda. Yabivugiye imbere y\u2019umucamanza ati mfungiye ahantu mu manga mu icukiro kandi ntabwo uburenganzira bwe buhabwa agaciro nk\u2019umunyarwanda.\u201d<\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\">Yakomeje ati \u201cAbatsembatsembye imiryango y\u2019abantu bakayimara bafungiwe hamwe n\u2019abandi muri rusange, ariko we afungiye ahantu muri \u2018cave\u2019 wenyine ku buryo yasabye perezida w\u2019urukiko kuhagera bakareba ahantu afungiye.\u201d<\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\">Uyu mubyeyi yakomeje avuga ko ibyo umuhungu we yavugiye imbere y\u2019abacamanza byamushenguye umutima, gusa ngo perezida w\u2019Urukiko ntiyabihaye agaciro.<\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\"><strong>\u201cNageze muri Gereza banjyana ahantu hameze nko mu mwobo\u201d<\/strong><\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\">Imbere ya Perezida w\u2019Urukiko, Cyuma yavuze ko ahantu afungiye hagize ingaruka ku buzima bwe. Ati \u201cUbuzima bwanjye ntibwifashe neza ndetse sindeba neza kubera ahantu mfungiye. Nkigera muri Gereza bahise bajya kumfungira ahantu hameze nko mu bwobo ni mu kuzimu mu manga. Kugirango ngeremo binsaba kumanuka \u2018escalier\u2019 zigera muri \u00a024.\u201d<\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\">Yakomeje ati \u201cMfunzwe bunyamaswa simfunzwe nk\u2019abantu nibaza icyaha nakoze bikanshobera. Njyewe ufungiwe inyandiko mpimbano mfungirwa ahantu nk\u2019aho kandi hari abantu bahekuye igihugu ariko bafunzwe mu buryo bwemewe n\u2019amategeko bintera agahinda gakomeye mu mutima nkaba nsaba ko nyakubahwa perezida w\u2019urukiko bwazagera ahantu mfungiye mukareba uko hameze.\u201d<\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\">Cyuma yagaragaje inzitizi zatumye ataburana, avuga ko bamuha umwanya akabanza kuzuza umwanzuro we usubiza ubushinjacyaha, asaba no kurekurwa by\u2019agateganyo akaburana ari hanze.<\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\">Umwunganizi we, Me Gatera Gashabana nawe yunze mu rye, agaragaza inzitizi n\u2019ibibazo yifuza ko bikemurwa mbere y\u2019iburanisha, nawe asaba ko umukiriya we yaburana adafunze.<\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\">Perezida w\u2019Inteko iburanisha yasabye Me Gashabana na Cyuma Hassan kongera kuganira bagakora umwanzuro umwe ukazaba wageze muri syst\u00e8me bitarenze ku wa 15 Mutarama 2022 kugira ngo impande zose zizagire icyo zibivugaho. Urubanza rwahise rusubikwa rukazasubukurwa tariki 25 Mutarama 2022.<\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\">Tariki 11 Ugushyingo 2021 nibwo Urukiko Rukuru rwasomye icyemezo ku kirego cy\u2019ubujurire cyatanzwe n\u2019Ubushinjacyaha ku mikirize y\u2019urubanza rwa mbere rwa Cyuma Hassan.<\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\">Ubushinjacyaha bwari bwajuriye nyuma yaho Urukiko Rwisumbuye rwa Gasabo rumugize umwere ku byaha 4 aregwa Gukoresha inyandiko mpimbano; gusagarira inzego z\u2019umutekano; Kwiyitirira umwuga w\u2019itangazamakuru no Gukoza isoni inzego z\u2019umutekano.<\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\">Icyo gihe, Urukiko Rukuru rwahamije Cyuma Hassan ibyaha byose aregwa akatirwa igihano cyo gufungwa imyaka 7 no gutanga ihazabu ya miliyoni 5 Frw, ndetse agahita atabwa muri yombi agafungwa.<\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\">Nawe ahita atangira inzira y\u2019ubujurire. Tariki 17 Ugushyingo, 2021 Ubushinjacyaha bwavuze ko bwatanze ubujurire bwa kabiri busaba ko hakosorwa ku cyaha Cyuma Hassan yahamijwe cyo \u201cGukoza isoni abashinze umurimo rusange w\u2019igihugu.\u201d<\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\">Ubushinjacyaha buvuga ko bwasabye ko ibindi byaha bitatu yahamijwe birimo gusagarira no gutambamira abakozi b&#8217;inzego z&#8217;ubutegetsi, gukora umwuga w&#8217;itangazamakuru adafite ibyangombwa bisabwa, n&#8217;inyandiko mpimbano hamwe n&#8217;igihano yahawe, bigumishwaho.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Yanditswe na Nkurunziza Gad Umubyeyi\u00a0Umunyamakuru Niyonsenga Dieudonne uzwi ku mazina ya \u2018cyuma Hassan\u2019\u00a0yagize agahinda abonye uko umwana we yananutse kandi akumva ko adafungiwe hamwe n\u2019abandi banyururu kuko ngo afungiwe muri \u2018Cave\u2019 mu kato ka wenyine. Kuri uyu wa mbere tariki 10 Mutarama 2022 nibwo cyuma yitabye Urukiko\u00a0rw\u2019Ubujurire ruherereye ku Kacyiru mu Karere ka Gasabo\u00a0ku gihano [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":40202,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[63],"tags":[],"class_list":["post-44663","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-ubutabera"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>\u201cCyuma Hassan yarananutse cyane kandi ntabwo afunganywe n\u2019abandi\u201d - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/cyuma-hassan-yarananutse-cyane-kandi-ntabwo-afunganywe-nabandi\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"\u201cCyuma Hassan yarananutse cyane kandi ntabwo afunganywe n\u2019abandi\u201d - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Yanditswe na Nkurunziza Gad Umubyeyi\u00a0Umunyamakuru Niyonsenga Dieudonne uzwi ku mazina ya \u2018cyuma Hassan\u2019\u00a0yagize agahinda abonye uko umwana we yananutse kandi akumva ko adafungiwe hamwe n\u2019abandi banyururu kuko ngo afungiwe muri \u2018Cave\u2019 mu kato ka wenyine. Kuri uyu wa mbere tariki 10 Mutarama 2022 nibwo cyuma yitabye Urukiko\u00a0rw\u2019Ubujurire ruherereye ku Kacyiru mu Karere ka Gasabo\u00a0ku gihano [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/cyuma-hassan-yarananutse-cyane-kandi-ntabwo-afunganywe-nabandi\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2022-01-10T23:14:56+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/03\/Skjermbilde-2021-03-14-kl.-11.07.08.png\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"457\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"343\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/png\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/cyuma-hassan-yarananutse-cyane-kandi-ntabwo-afunganywe-nabandi\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/cyuma-hassan-yarananutse-cyane-kandi-ntabwo-afunganywe-nabandi\/\",\"name\":\"\u201cCyuma Hassan yarananutse cyane kandi ntabwo afunganywe n\u2019abandi\u201d - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/cyuma-hassan-yarananutse-cyane-kandi-ntabwo-afunganywe-nabandi\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/cyuma-hassan-yarananutse-cyane-kandi-ntabwo-afunganywe-nabandi\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/03\/Skjermbilde-2021-03-14-kl.-11.07.08.png\",\"datePublished\":\"2022-01-10T23:14:56+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/cyuma-hassan-yarananutse-cyane-kandi-ntabwo-afunganywe-nabandi\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/cyuma-hassan-yarananutse-cyane-kandi-ntabwo-afunganywe-nabandi\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/cyuma-hassan-yarananutse-cyane-kandi-ntabwo-afunganywe-nabandi\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/03\/Skjermbilde-2021-03-14-kl.-11.07.08.png\",\"contentUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/03\/Skjermbilde-2021-03-14-kl.-11.07.08.png\",\"width\":457,\"height\":343,\"caption\":\"Cyuma Hassan\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/cyuma-hassan-yarananutse-cyane-kandi-ntabwo-afunganywe-nabandi\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"\u201cCyuma Hassan yarananutse cyane kandi ntabwo afunganywe n\u2019abandi\u201d\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"\u201cCyuma Hassan yarananutse cyane kandi ntabwo afunganywe n\u2019abandi\u201d - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/cyuma-hassan-yarananutse-cyane-kandi-ntabwo-afunganywe-nabandi\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"\u201cCyuma Hassan yarananutse cyane kandi ntabwo afunganywe n\u2019abandi\u201d - Umunyarwanda","og_description":"Yanditswe na Nkurunziza Gad Umubyeyi\u00a0Umunyamakuru Niyonsenga Dieudonne uzwi ku mazina ya \u2018cyuma Hassan\u2019\u00a0yagize agahinda abonye uko umwana we yananutse kandi akumva ko adafungiwe hamwe n\u2019abandi banyururu kuko ngo afungiwe muri \u2018Cave\u2019 mu kato ka wenyine. Kuri uyu wa mbere tariki 10 Mutarama 2022 nibwo cyuma yitabye Urukiko\u00a0rw\u2019Ubujurire ruherereye ku Kacyiru mu Karere ka Gasabo\u00a0ku gihano [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/cyuma-hassan-yarananutse-cyane-kandi-ntabwo-afunganywe-nabandi\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2022-01-10T23:14:56+00:00","og_image":[{"width":457,"height":343,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/03\/Skjermbilde-2021-03-14-kl.-11.07.08.png","type":"image\/png"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/cyuma-hassan-yarananutse-cyane-kandi-ntabwo-afunganywe-nabandi\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/cyuma-hassan-yarananutse-cyane-kandi-ntabwo-afunganywe-nabandi\/","name":"\u201cCyuma Hassan yarananutse cyane kandi ntabwo afunganywe n\u2019abandi\u201d - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/cyuma-hassan-yarananutse-cyane-kandi-ntabwo-afunganywe-nabandi\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/cyuma-hassan-yarananutse-cyane-kandi-ntabwo-afunganywe-nabandi\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/03\/Skjermbilde-2021-03-14-kl.-11.07.08.png","datePublished":"2022-01-10T23:14:56+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/cyuma-hassan-yarananutse-cyane-kandi-ntabwo-afunganywe-nabandi\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/cyuma-hassan-yarananutse-cyane-kandi-ntabwo-afunganywe-nabandi\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/cyuma-hassan-yarananutse-cyane-kandi-ntabwo-afunganywe-nabandi\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/03\/Skjermbilde-2021-03-14-kl.-11.07.08.png","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/03\/Skjermbilde-2021-03-14-kl.-11.07.08.png","width":457,"height":343,"caption":"Cyuma Hassan"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/cyuma-hassan-yarananutse-cyane-kandi-ntabwo-afunganywe-nabandi\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"\u201cCyuma Hassan yarananutse cyane kandi ntabwo afunganywe n\u2019abandi\u201d"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/44663","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=44663"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/44663\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":44664,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/44663\/revisions\/44664"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/40202"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=44663"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=44663"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=44663"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}