{"id":44803,"date":"2022-01-26T20:56:33","date_gmt":"2022-01-26T18:56:33","guid":{"rendered":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=44803"},"modified":"2022-01-26T20:56:33","modified_gmt":"2022-01-26T18:56:33","slug":"rwanda-mu-nzererezi-zifungiye-iwawa-harimo-nabarimu","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-mu-nzererezi-zifungiye-iwawa-harimo-nabarimu\/","title":{"rendered":"Rwanda: \u201cMu nzererezi zifungiye Iwawa harimo n&#8217;abarimu\u201d"},"content":{"rendered":"<p style=\"font-weight: 400;\">Yanditswe na <strong>Nkurunziza Gad<\/strong><\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\"><em>Ku Kirwa cya Iwawa giherereye mu Murenge wa Boneza mu Karere ka Rutsiro ahafungirwa inzererezi, amakuru yizewe atugeraho avuga ko hafungiye abarimu 26 (b\u2019abagabo) bo mu Turere dutandukanye tw\u2019u Rwanda.<\/em><\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\">Muri aba hari abagiye kumara umwaka bafungiye mu Kigo gifungirwamo inzererezi Iwawa bazira impamvu zidasobanutse ziganjemo \u2018Munyumvishirize\u201d.<\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\">Umwe mu baduhaye aya makuru ni umugore w\u2019umwe muri aba barimu wo mu Karere ka Rulindo mu Murenge wa Murambi, uvuga ko umugabo we yabanje kuburirwa irengero nyuma akaza kubwirwa ko afungiye mu nzererezi Iwawa.<\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\">Uyu mugore avuga ko umugabo we yazize ko yavuze ko inkunga y\u2019ibiribwa yari igenewe abarimu muri gumamurugo yahawe abo itagenewe.<\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\">Ati \u201cUmugabo wanjye yahaye imwe mu maradio akorera mu Rwanda amakuru y\u2019uko inkunga yari igenewe abarimu mu gihe cya Guma mu Rugo iheruka mu mwaka wa 2021 yatanzwe nabi ugahabwa imiryango ya bamwe mu bayobozi b\u2019inzego z\u2019ibanze. Kuva yatanga ayo makuru umuyobozi w\u2019Umurenge wacu yahise atangira kumutoteza.\u201d<\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\">Arakomeza ati \u201c<em>Mu kwezi kwa Kabiri 2021 yari avuye ku kazi aho yigishaga ku ishuri ribanza i Mugambazi noneho ageze aho bita mu Kanunga imodoka abaturage batamenye iramusatira bamunagamo hari nko mu ma saa moya za ninjoro. Kuva ubwo sinongeye kumubona. Nagiye mu nzego zose ndabaririza no kuri polisi bose bakambwira ko batamufite, mu kwezi kwa karindwi umwaka ushize nibwo komanda mushya bazanye yambwiye ko umugabo wanjye ari Iwawa mu nzererezi azarekurwa umwaka urangiye. Umugabo wanjye nta cyaha yakoze ngo mvuge ko aricyo yazize ahubwo ni munyumvishirize.\u201d<\/em><\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\">Hari umwalimu wo mu Karere ka Nyarugenge mu Murenge wa Gitega watubwiye ko hari abarimu batatu azi bafungiye Iwawa. Ati <em>\u201cHari bagenzi banjye batatu twakoranaga bafungiye Iwawa. Umwe bamujyanye mu kwezi kwa kane umwaka ushize, undi bamutwaye mu kwezi kwa karindwi indi sinibuka neza igihe bamutwariye ariko ndumva umwaka ugihe gushira.\u201d<\/em><\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\">Yakomeje ati <em>\u201cUmwe numvise umuyobozi w\u2019ikigo dukoramo avuga\u00a0 yafashwe yarengeje amasaha y\u2019umukwabu, undi nawe yafashwe yambaye nabi agapfukamunwa, undi ngo yafashwe habaye sport rusange Muzehe \u201cKagame\u201d yari yayijemo noneho ngo yari atwaye imodoka atinda kuva mu nzira. Abajepe bahise bamutwara, imodoka ye isigara Kimihurura hariya hahoze KBC nyuma umugore we yagiye kuyihakura.\u201d<\/em><\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\">Umwe mu bakozi b\u2019Ikigo gishinzwe igororamuco mu Rwanda \u201cNRS\u201d yatubwiye ko Iwawa hadafungiye umwarimu umwe. Yavuze ati <em>\u201cImibare mperuka kubona yo mu kwezi kwa 12 umwaka ushize, igaragaza ko ubu hariyo abarimu 26. Nta gitangaza kirimo burya n\u2019umwarimu ni umuntu nawe ashobora kugira imyitwarire idakwiye ku buryo yajya kugororerwa mu kigo nka kiriya.\u201d<\/em><\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\">Yakomeje avuga ko <em>\u201cAbarimu bamaze kunyura muri kiriya kigo kuva cyashingwa barenga 100 kandi rwose bavayo barahindutse cyane batakirangwa n\u2019imyitwarire mibi.\u201d<\/em><\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\"><strong>\u201cSi Gereza ni Ikigo Ngororamuco\u201d<\/strong><\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\">Leta ya Kigali yagiye ishinjwa kenshi ko ifungira abiganjemo abo mu bwoko bw\u2019Abahutu mu Kigo cyubatse hagati mu Kiyaga cya Kivu, Iwawa. Mu bihe bitandukanye abategetsi baravuze ngo \u201cIwawa si Gereza ni Ikigo Ngororamuco\u201d kijyanwamo inzererezi n\u2019abandi barangwaho ingeso mbi biganjemo ab\u2019igitsinagabo. Abagororerwayo bigishwa uburere mboneragihugu, bakigishwa n\u2019imyuga. Mu gihe cy\u2019umwaka bamarayo bavayo barahindutse.\u201d<\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\">Bamwe mu bagororewe muri iki kigo bavuga ko ibyo Leta ivuga atari ukuri. Hari uwatubwiye ati <em>\u201cNi ikigo kizitiye kandi kirindwa n\u2019abasirikare. Njye navuga ko kinarenze gereza kuko muri gereza zose zo mu Rwanda nta nimwe ifungiyemo abasivile kandi ngo icungirwe umutekano n\u2019abasirikare.\u201d<\/em><\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\">Yarakomeje ati <em>\u201cUmubare w\u2019abamaze kurasirwa muri kiriya kigo bakajugunywa mu Kivu ntawababara ngo abarangize ubwo nari ndiyo mu 2019 mu mwaka umwe gusa harashwe abasore twabanaga batatu kandi no mu bindi bihe bagiye barasa abatari bacye. Abo baraswa ni ababa bafite amakosa runaka bakoze cyangwa se bagerageje gutoroka. Hari n\u2019abagerageza gutoroka kubera iyicarubozo abantu bakorerwa hariya bakiroha mu kivu bagapfa.\u201d<\/em><\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\">Kuva mu mwaka wa 2010 cya Iwawa gishingwa, kimaze gufungirwamo abarenga\u00a0ibihumbi 26.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Yanditswe na Nkurunziza Gad Ku Kirwa cya Iwawa giherereye mu Murenge wa Boneza mu Karere ka Rutsiro ahafungirwa inzererezi, amakuru yizewe atugeraho avuga ko hafungiye abarimu 26 (b\u2019abagabo) bo mu Turere dutandukanye tw\u2019u Rwanda. Muri aba hari abagiye kumara umwaka bafungiye mu Kigo gifungirwamo inzererezi Iwawa bazira impamvu zidasobanutse ziganjemo \u2018Munyumvishirize\u201d. Umwe mu baduhaye aya [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":13258,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[30],"tags":[],"class_list":["post-44803","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-rwanda"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v27.8 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Rwanda: \u201cMu nzererezi zifungiye Iwawa harimo n&#039;abarimu\u201d - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-mu-nzererezi-zifungiye-iwawa-harimo-nabarimu\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Rwanda: \u201cMu nzererezi zifungiye Iwawa harimo n&#039;abarimu\u201d - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Yanditswe na Nkurunziza Gad Ku Kirwa cya Iwawa giherereye mu Murenge wa Boneza mu Karere ka Rutsiro ahafungirwa inzererezi, amakuru yizewe atugeraho avuga ko hafungiye abarimu 26 (b\u2019abagabo) bo mu Turere dutandukanye tw\u2019u Rwanda. Muri aba hari abagiye kumara umwaka bafungiye mu Kigo gifungirwamo inzererezi Iwawa bazira impamvu zidasobanutse ziganjemo \u2018Munyumvishirize\u201d. Umwe mu baduhaye aya [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-mu-nzererezi-zifungiye-iwawa-harimo-nabarimu\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2022-01-26T18:56:33+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/04\/iwawa.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"480\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"306\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwanda-mu-nzererezi-zifungiye-iwawa-harimo-nabarimu\\\/#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwanda-mu-nzererezi-zifungiye-iwawa-harimo-nabarimu\\\/\"},\"author\":{\"name\":\"therwda\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"headline\":\"Rwanda: \u201cMu nzererezi zifungiye Iwawa harimo n&#8217;abarimu\u201d\",\"datePublished\":\"2022-01-26T18:56:33+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwanda-mu-nzererezi-zifungiye-iwawa-harimo-nabarimu\\\/\"},\"wordCount\":612,\"commentCount\":0,\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwanda-mu-nzererezi-zifungiye-iwawa-harimo-nabarimu\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2016\\\/04\\\/iwawa.jpg\",\"articleSection\":[\"Rwanda\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwanda-mu-nzererezi-zifungiye-iwawa-harimo-nabarimu\\\/#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwanda-mu-nzererezi-zifungiye-iwawa-harimo-nabarimu\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwanda-mu-nzererezi-zifungiye-iwawa-harimo-nabarimu\\\/\",\"name\":\"Rwanda: \u201cMu nzererezi zifungiye Iwawa harimo n'abarimu\u201d - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwanda-mu-nzererezi-zifungiye-iwawa-harimo-nabarimu\\\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwanda-mu-nzererezi-zifungiye-iwawa-harimo-nabarimu\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2016\\\/04\\\/iwawa.jpg\",\"datePublished\":\"2022-01-26T18:56:33+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwanda-mu-nzererezi-zifungiye-iwawa-harimo-nabarimu\\\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwanda-mu-nzererezi-zifungiye-iwawa-harimo-nabarimu\\\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwanda-mu-nzererezi-zifungiye-iwawa-harimo-nabarimu\\\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2016\\\/04\\\/iwawa.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2016\\\/04\\\/iwawa.jpg\",\"width\":480,\"height\":306},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwanda-mu-nzererezi-zifungiye-iwawa-harimo-nabarimu\\\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Rwanda: \u201cMu nzererezi zifungiye Iwawa harimo n&#8217;abarimu\u201d\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"url\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/author\\\/therwda\\\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Rwanda: \u201cMu nzererezi zifungiye Iwawa harimo n'abarimu\u201d - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-mu-nzererezi-zifungiye-iwawa-harimo-nabarimu\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Rwanda: \u201cMu nzererezi zifungiye Iwawa harimo n'abarimu\u201d - Umunyarwanda","og_description":"Yanditswe na Nkurunziza Gad Ku Kirwa cya Iwawa giherereye mu Murenge wa Boneza mu Karere ka Rutsiro ahafungirwa inzererezi, amakuru yizewe atugeraho avuga ko hafungiye abarimu 26 (b\u2019abagabo) bo mu Turere dutandukanye tw\u2019u Rwanda. Muri aba hari abagiye kumara umwaka bafungiye mu Kigo gifungirwamo inzererezi Iwawa bazira impamvu zidasobanutse ziganjemo \u2018Munyumvishirize\u201d. Umwe mu baduhaye aya [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-mu-nzererezi-zifungiye-iwawa-harimo-nabarimu\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2022-01-26T18:56:33+00:00","og_image":[{"width":480,"height":306,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/04\/iwawa.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-mu-nzererezi-zifungiye-iwawa-harimo-nabarimu\/#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-mu-nzererezi-zifungiye-iwawa-harimo-nabarimu\/"},"author":{"name":"therwda","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"headline":"Rwanda: \u201cMu nzererezi zifungiye Iwawa harimo n&#8217;abarimu\u201d","datePublished":"2022-01-26T18:56:33+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-mu-nzererezi-zifungiye-iwawa-harimo-nabarimu\/"},"wordCount":612,"commentCount":0,"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-mu-nzererezi-zifungiye-iwawa-harimo-nabarimu\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/04\/iwawa.jpg","articleSection":["Rwanda"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-mu-nzererezi-zifungiye-iwawa-harimo-nabarimu\/#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-mu-nzererezi-zifungiye-iwawa-harimo-nabarimu\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-mu-nzererezi-zifungiye-iwawa-harimo-nabarimu\/","name":"Rwanda: \u201cMu nzererezi zifungiye Iwawa harimo n'abarimu\u201d - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-mu-nzererezi-zifungiye-iwawa-harimo-nabarimu\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-mu-nzererezi-zifungiye-iwawa-harimo-nabarimu\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/04\/iwawa.jpg","datePublished":"2022-01-26T18:56:33+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-mu-nzererezi-zifungiye-iwawa-harimo-nabarimu\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-mu-nzererezi-zifungiye-iwawa-harimo-nabarimu\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-mu-nzererezi-zifungiye-iwawa-harimo-nabarimu\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/04\/iwawa.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/04\/iwawa.jpg","width":480,"height":306},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-mu-nzererezi-zifungiye-iwawa-harimo-nabarimu\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Rwanda: \u201cMu nzererezi zifungiye Iwawa harimo n&#8217;abarimu\u201d"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/44803","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=44803"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/44803\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":44804,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/44803\/revisions\/44804"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/13258"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=44803"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=44803"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=44803"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}