{"id":44841,"date":"2022-01-30T12:16:52","date_gmt":"2022-01-30T10:16:52","guid":{"rendered":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=44841"},"modified":"2022-01-30T12:16:52","modified_gmt":"2022-01-30T10:16:52","slug":"uganda-impinduka-zidasanzwe-mu-nzego-zumutekano-ni-iki-kibyihishe-inyuma","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/uganda-impinduka-zidasanzwe-mu-nzego-zumutekano-ni-iki-kibyihishe-inyuma\/","title":{"rendered":"Uganda: Impinduka zidasanzwe mu nzego z&#8217;umutekano. Ni iki kibyihishe inyuma?"},"content":{"rendered":"<p>Yanditswe na <b>Arnold Gakuba<\/b><\/p>\n<p>Iki cyumweru cyaranzwe n&#8217;impinduka zidasanzwe mu nzego z&#8217;umutekano mu gihugu cya Uganda aho perezida w&#8217;icyo gihugu Yoweri Kaguta Museveni yashyize mu myanya itandukanye kandi agahindura bamwe mu bayobozi bakuru bo mu nzego z&#8217;umutekano nk&#8217;uko bitangazwa n&#8217;ibinyamakuru bitandukanye byandikirwa muri icyo gihugu birimo &#8220;<i>Chimpreports<\/i>&#8221; na &#8220;<i>Daily Monitor<\/i>&#8220;. Benshi baribaza niba iryo hindagurika mu nzego z&#8217;umutekano ryaba rifitanye isano n&#8217;uruzinduko Lt Gen. Muhoozi Kainerugaba akubutsemo mu Rwanda muri gahunda yo kuzahura umubano w&#8217;ibihugu byombi, Uganda n&#8217;u Rwanda, cyangwa niba hari izindi mpamvu zindi zihariye?<\/p>\n<p>Ku ikubitiro, perezida Museveni yavanye ku mirimo ye Maj. Gen. Abel Kandiho wayoboraga ibiro bikuru by&#8217;iperereza rya gisirikare (CMI) wasimbuwe na Maj. Gen. James Birungi maze Gen Kandiho we akoherezwa muri Sudani y&#8217;Amajyepfo.<span class=\"Apple-converted-space\">\u00a0<\/span><\/p>\n<p>Perezidenti Museveni kandi yavanye mu mirimo ye Grace Akullo wari Umuyobozi w\u0092Ubugenzacyaha amusimbuza Private Tom Magambo, wanahise azamurwa mu ntera ku buryo budasanzwe kuko yasimbutse amapeti arindwi yose, akavanywa kuri &#8220;Private&#8221; maze akagirwa &#8220;Major&#8221;, nk\u0092uko byatangajwe n\u0092umuvugizi w\u0092igisirkare cya Uganda Lt Col. Ronald Kakunguru ku mugoroba wo ku wa kabiri tariki ya 25 Mutarama 2022. Ibyo byakozwe kugirango Private Magambo abone uko ashyirwa mu mirimo mishya.<\/p>\n<p>Grace Akullo akaba yari amaze amezi menshi arwaye. Muri 2021, Akullo akaba yaramaze amezi atanu ahabwa ubuvuzi budasanzwe aho yavurwaga Covid-19 n\u0092izindi ndwara zikomeye. Magambo akaba yari umuhuzabikorwa mu rugaga rw\u0092Afrika y\u0092iburasirazuba (EA-FLU), urugaga rushinzwe guhuza ibikorwa byo kurwanya iterabwoba ryambukiranya imipaka n\u0092ibindi byaha bijyanye naryo. Urwo rugaga rukaba ruhuza ibihugu 10 birimo u Burundi, Ethiopia, Djibuti, Kenya, Rwanda, Somalia, Sudani y\u0092Amajyepfo, Sudani, Tanzaniya na Uganda.<span class=\"Apple-converted-space\">\u00a0<\/span><\/p>\n<p>Muri iyi minsi nanone, perezida Museveni yagize Maj.Gen. Geoffrey Tumusime Kasigazi uwungirije Komiseri Mukuru wa Polisi (DIGP) akaba yarasimbuye Lt. Gen. Paul Lokech witabyimana muri 2021. Uyu Maj.Gen. Geoffrey Tumusime Kasigazi akaba yarahoze ari uwungirije umugaba w\u0092ingabo zirwanira mu kirere. <span class=\"Apple-converted-space\">\u00a0<\/span><\/p>\n<p>Perezida Museveni kandi yongereye manda Komiseri Mukuru wa Polisi Dr. Johnson Byabashaija.<span class=\"Apple-converted-space\">\u00a0<\/span><\/p>\n<p>Mu gihe rero bamwe mu bayobozi b&#8217;ingabo barimo Gen. Muhoozi Kainerugaba batangaza ko bisanzwe ko perezida w&#8217;igihugu akaba n&#8217;umugaba mukuru w&#8217;ingabo za Uganda ahindurira imyanya bamwe mu bayobozi b&#8217;inzego z&#8217;umutekano, abandi bo babona ko byaba bifitanye isano na gahunda yo kuzahura umubano wa Uganda n&#8217;u Rwanda, cyane ko muri ino minsi Gen. Muhoozi akomotse i Kigali kuganira n&#8217;abayobozi b&#8217;u Rwanda ngo harebwe uko umubano w&#8217;ibyo bihugu byombi wakongera agasubirana nk&#8217;uko wahoze. Twibutse ko u Rwanda rwari rwarikomye cyane Maj. Gen. Abel Kandiho rumushinja guhohotera abanyarwanda. Bibaye aribyo, umubano w&#8217;ibyo bihugu byombi waba ugiye gusugira ugasagamba.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Yanditswe na Arnold Gakuba Iki cyumweru cyaranzwe n&#8217;impinduka zidasanzwe mu nzego z&#8217;umutekano mu gihugu cya Uganda aho perezida w&#8217;icyo gihugu Yoweri Kaguta Museveni yashyize mu myanya itandukanye kandi agahindura bamwe mu bayobozi bakuru bo mu nzego z&#8217;umutekano nk&#8217;uko bitangazwa n&#8217;ibinyamakuru bitandukanye byandikirwa muri icyo gihugu birimo &#8220;Chimpreports&#8221; na &#8220;Daily Monitor&#8220;. Benshi baribaza niba iryo hindagurika [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":10634,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[66],"tags":[],"class_list":["post-44841","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-akarere"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v27.8 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Uganda: Impinduka zidasanzwe mu nzego z&#039;umutekano. Ni iki kibyihishe inyuma? - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/uganda-impinduka-zidasanzwe-mu-nzego-zumutekano-ni-iki-kibyihishe-inyuma\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Uganda: Impinduka zidasanzwe mu nzego z&#039;umutekano. Ni iki kibyihishe inyuma? - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Yanditswe na Arnold Gakuba Iki cyumweru cyaranzwe n&#8217;impinduka zidasanzwe mu nzego z&#8217;umutekano mu gihugu cya Uganda aho perezida w&#8217;icyo gihugu Yoweri Kaguta Museveni yashyize mu myanya itandukanye kandi agahindura bamwe mu bayobozi bakuru bo mu nzego z&#8217;umutekano nk&#8217;uko bitangazwa n&#8217;ibinyamakuru bitandukanye byandikirwa muri icyo gihugu birimo &#8220;Chimpreports&#8221; na &#8220;Daily Monitor&#8220;. Benshi baribaza niba iryo hindagurika [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/uganda-impinduka-zidasanzwe-mu-nzego-zumutekano-ni-iki-kibyihishe-inyuma\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2022-01-30T10:16:52+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2015\/06\/MUseveni-Kabare.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"595\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"400\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/uganda-impinduka-zidasanzwe-mu-nzego-zumutekano-ni-iki-kibyihishe-inyuma\\\/#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/uganda-impinduka-zidasanzwe-mu-nzego-zumutekano-ni-iki-kibyihishe-inyuma\\\/\"},\"author\":{\"name\":\"therwda\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"headline\":\"Uganda: Impinduka zidasanzwe mu nzego z&#8217;umutekano. Ni iki kibyihishe inyuma?\",\"datePublished\":\"2022-01-30T10:16:52+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/uganda-impinduka-zidasanzwe-mu-nzego-zumutekano-ni-iki-kibyihishe-inyuma\\\/\"},\"wordCount\":415,\"commentCount\":0,\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/uganda-impinduka-zidasanzwe-mu-nzego-zumutekano-ni-iki-kibyihishe-inyuma\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2015\\\/06\\\/MUseveni-Kabare.jpg\",\"articleSection\":[\"Akarere\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/uganda-impinduka-zidasanzwe-mu-nzego-zumutekano-ni-iki-kibyihishe-inyuma\\\/#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/uganda-impinduka-zidasanzwe-mu-nzego-zumutekano-ni-iki-kibyihishe-inyuma\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/uganda-impinduka-zidasanzwe-mu-nzego-zumutekano-ni-iki-kibyihishe-inyuma\\\/\",\"name\":\"Uganda: Impinduka zidasanzwe mu nzego z'umutekano. Ni iki kibyihishe inyuma? - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/uganda-impinduka-zidasanzwe-mu-nzego-zumutekano-ni-iki-kibyihishe-inyuma\\\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/uganda-impinduka-zidasanzwe-mu-nzego-zumutekano-ni-iki-kibyihishe-inyuma\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2015\\\/06\\\/MUseveni-Kabare.jpg\",\"datePublished\":\"2022-01-30T10:16:52+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/uganda-impinduka-zidasanzwe-mu-nzego-zumutekano-ni-iki-kibyihishe-inyuma\\\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/uganda-impinduka-zidasanzwe-mu-nzego-zumutekano-ni-iki-kibyihishe-inyuma\\\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/uganda-impinduka-zidasanzwe-mu-nzego-zumutekano-ni-iki-kibyihishe-inyuma\\\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2015\\\/06\\\/MUseveni-Kabare.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2015\\\/06\\\/MUseveni-Kabare.jpg\",\"width\":595,\"height\":400},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/uganda-impinduka-zidasanzwe-mu-nzego-zumutekano-ni-iki-kibyihishe-inyuma\\\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Uganda: Impinduka zidasanzwe mu nzego z&#8217;umutekano. Ni iki kibyihishe inyuma?\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"url\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/author\\\/therwda\\\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Uganda: Impinduka zidasanzwe mu nzego z'umutekano. Ni iki kibyihishe inyuma? - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/uganda-impinduka-zidasanzwe-mu-nzego-zumutekano-ni-iki-kibyihishe-inyuma\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Uganda: Impinduka zidasanzwe mu nzego z'umutekano. Ni iki kibyihishe inyuma? - Umunyarwanda","og_description":"Yanditswe na Arnold Gakuba Iki cyumweru cyaranzwe n&#8217;impinduka zidasanzwe mu nzego z&#8217;umutekano mu gihugu cya Uganda aho perezida w&#8217;icyo gihugu Yoweri Kaguta Museveni yashyize mu myanya itandukanye kandi agahindura bamwe mu bayobozi bakuru bo mu nzego z&#8217;umutekano nk&#8217;uko bitangazwa n&#8217;ibinyamakuru bitandukanye byandikirwa muri icyo gihugu birimo &#8220;Chimpreports&#8221; na &#8220;Daily Monitor&#8220;. Benshi baribaza niba iryo hindagurika [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/uganda-impinduka-zidasanzwe-mu-nzego-zumutekano-ni-iki-kibyihishe-inyuma\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2022-01-30T10:16:52+00:00","og_image":[{"width":595,"height":400,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2015\/06\/MUseveni-Kabare.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/uganda-impinduka-zidasanzwe-mu-nzego-zumutekano-ni-iki-kibyihishe-inyuma\/#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/uganda-impinduka-zidasanzwe-mu-nzego-zumutekano-ni-iki-kibyihishe-inyuma\/"},"author":{"name":"therwda","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"headline":"Uganda: Impinduka zidasanzwe mu nzego z&#8217;umutekano. Ni iki kibyihishe inyuma?","datePublished":"2022-01-30T10:16:52+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/uganda-impinduka-zidasanzwe-mu-nzego-zumutekano-ni-iki-kibyihishe-inyuma\/"},"wordCount":415,"commentCount":0,"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/uganda-impinduka-zidasanzwe-mu-nzego-zumutekano-ni-iki-kibyihishe-inyuma\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2015\/06\/MUseveni-Kabare.jpg","articleSection":["Akarere"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/uganda-impinduka-zidasanzwe-mu-nzego-zumutekano-ni-iki-kibyihishe-inyuma\/#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/uganda-impinduka-zidasanzwe-mu-nzego-zumutekano-ni-iki-kibyihishe-inyuma\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/uganda-impinduka-zidasanzwe-mu-nzego-zumutekano-ni-iki-kibyihishe-inyuma\/","name":"Uganda: Impinduka zidasanzwe mu nzego z'umutekano. Ni iki kibyihishe inyuma? - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/uganda-impinduka-zidasanzwe-mu-nzego-zumutekano-ni-iki-kibyihishe-inyuma\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/uganda-impinduka-zidasanzwe-mu-nzego-zumutekano-ni-iki-kibyihishe-inyuma\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2015\/06\/MUseveni-Kabare.jpg","datePublished":"2022-01-30T10:16:52+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/uganda-impinduka-zidasanzwe-mu-nzego-zumutekano-ni-iki-kibyihishe-inyuma\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/uganda-impinduka-zidasanzwe-mu-nzego-zumutekano-ni-iki-kibyihishe-inyuma\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/uganda-impinduka-zidasanzwe-mu-nzego-zumutekano-ni-iki-kibyihishe-inyuma\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2015\/06\/MUseveni-Kabare.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2015\/06\/MUseveni-Kabare.jpg","width":595,"height":400},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/uganda-impinduka-zidasanzwe-mu-nzego-zumutekano-ni-iki-kibyihishe-inyuma\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Uganda: Impinduka zidasanzwe mu nzego z&#8217;umutekano. Ni iki kibyihishe inyuma?"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/44841","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=44841"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/44841\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":44842,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/44841\/revisions\/44842"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/10634"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=44841"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=44841"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=44841"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}