{"id":44870,"date":"2022-02-01T12:24:45","date_gmt":"2022-02-01T10:24:45","guid":{"rendered":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=44870"},"modified":"2022-02-01T12:24:45","modified_gmt":"2022-02-01T10:24:45","slug":"umupaka-wa-gatuna-wafunguwe-mu-magambo-gusa-ku-ruhande-rwu-rwanda","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umupaka-wa-gatuna-wafunguwe-mu-magambo-gusa-ku-ruhande-rwu-rwanda\/","title":{"rendered":"Umupaka wa Gatuna wafunguwe mu magambo gusa ku ruhande rw\u2019u Rwanda"},"content":{"rendered":"<p style=\"font-weight: 400;\">Yanditswe na <strong>Nkurunziza Gad<\/strong><\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\"><em>Leta y\u2019u Rwanda ndetse n\u2019iya Uganda baherutse gutangaza ko umupaka munini uhuza ibihugu uzafungurwa tariki 31 Mutarama 2022 nyuma y\u2019imyaka isaga itatu ufunzwe kubera imwuka mubi wari hagati y\u2019ibihugu byombi, ariko kugeza ku gicamunsi cyo kuri uyu munsi nta rujya n\u2019uruza rugaragara kuri uwo mupaka.<\/em><\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\">Umunsi wari utegerezanyijwe amatsiko n\u2019abaturage b\u2019ibihugu by\u2019u Rwanda na Uganda washyize uragera. Bamwe mu Banyarwanda ndetse n\u2019Abagande bari bariraye ku kababa ngo bajye gusura imiryango yabo, gutembera, guhaha n\u2019ibindi basubije amerwe mu isaho kuko bageze ku mupaka ntibemererwe kwambuka.<\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\">Kubera amasaha y\u2019umukwabu utangira saa sita z\u2019ijoro ku ruhande rw\u2019u Rwanda kandi akaba ariyo saha umupaka wari bufungurirwe tariki 31 Mutarama,abari bafite gahunda yo kujya Uganda batangiye kugenda ku gicamunsi cyo ku cyumweru tariki 30 bamwe bateze imodoka zitwara abagenzi muri Gare ya Nyabugogo, abandi bagenda n\u2019imodoka zabo bwite.<\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\"><strong>\u201cUmupaka wafunguwe mu magambo gusa\u201d<\/strong><\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\">Umutekano wari wakajijwe cyane, abapolisi ndetse n\u2019abasirikare bari baryamiye amajanja, maneko z\u2019amoko yose, abanyamakuru ba Leta ndetse n\u2019abigenga nabo sinakubwira bari buzuye Gatuna.<\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\">Abakozi b\u2019u Rwego rushinzwe abinjira n\u2019abasohoka mu Rwanda babwiye abavaga mu Rwanda ko uretse Abagande bagiye iwabo nta munyarwanda wemerewe kurenga umupaka.<\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\">Umwe mu banyarwanda bari bagiye Uganda gusura umuryango we yabwiye itangazamakuru ati \u201cBakivuga ko umupaka uzafungurwa nahise ntangira kwitegura urugendo mbwira n\u2019abo mu muryango wanjye bari Kampala ko nzajya kubasura tariki 31 z\u2019ukwezi kwa mbere.<\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\">Nari mfite \u2018passport\u2019 ndetse nari nipimishije covid kuko nari numvise ko biri mu byo umuntu asabwa mbere yo kwambuka. Icyantunguye nuko batubwiye ngo nta banyarwanda bamerewe kwambuka. Icyo nakubwira nuko umupaka ufunguye mu magambo ku ruhande rw\u2019u Rwanda.\u201d<\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\">Abaturage baturiye umupaka wa Gatuna nabo bari bariraye ku kababa baziko bari bwambuke nk\u2019uko bari basanzwe bambuka mbere ibihugu byombi bikibanye neza, ariko nabo bangiwe kwambuka.<\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\">Hari uwabwiye itangazamakuru ati \u201cMbere twarambukaga tukajya guhaha ndetse no gucuruza baduhaye \u2018jeto\u2019 gusa none badushyizeho amananiza bavuga ko umuntu agomba kuba afite \u201claissez-passer\u201d cyangwa \u201cPassport\u201d kandi akaba yipimishije covid-19. Ibi bintu ku muturage utuye hano Gatuna ni amananiza akomeye.\u201d<\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\"><strong>Abanyamakuru ba Leta ya Kigali bati \u201cUrujya n\u2019uruza ni rwose\u201d<\/strong><\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\">Ibinyamakuru biri hafi ya Leta ya Kigali bikomeje kubeshya rubanda ko urujya n\u2019uruza ari rwose ku mupaka wa Gatuna, aya makuru ayobya yatumye umurongo w\u2019abashaka impapuro z\u2019inzira uba munini kuri uyu wa mbere.<\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\">Ubwo twageraga ku Kicaro cy\u2019Ibiro by\u2019abinjira n\u2019abasohoka ku Kacyiru mu Mujyi wa Kigali, twasanze abantu ari uruvunganzoka.<\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\">Twabibutsa ko &#8216;Passport&#8217; y\u2019umuntu mukuru mu Rwanda igura 75,000 frw ikamara imyaka itanu hakaba n\u2019indi imara imyaka 10 igura 100,000 frw mu gihe \u2018Laisserz \u2013Passer\u2019 y\u2019umuntu mukuru igura 10. 000 Frw naho iy\u2019umwana ikagura 5.000 FRW.<\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\">Abagande bashakaga kuza mu Rwanda nabo bangiwe kwambuka. Gusa, abashoferi batwara amakamyo baturutse muri Uganda bo bemerewe kwinjira mu Rwanda nta nkomyi.<\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\">Nyuma y\u2019inama yahuje urwego rw\u2019abinjira n\u2019abasohoka b\u2019ibihugu byombi, abo ku ruhande rwa Uganda babwiye abanyamakuru ko ibihugu byombi bigomba hari ibigomba kunozwa mbere y\u2019uko uyu mupaka wongera gukoreshwa uko byari bisanzwe, ndetse ngo hagomba no gushyirwaho ingamba zikenewe kugira ngo byorohereze ingendo mu rwego rwo kwirinda icyorezo cya Covid-19.<\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\">Umuvugizi wa Guverinoma y\u2019u Rwanda Yolanda Makolo, abinyujije kuri Twitter yanditse ati \u201cAmakamyo, abenegihugu b\u2019u Rwanda \/ abatahutse bambuka bajya mu Rwanda i Gatuna nko ku yindi mipaka, nkuko protocole ya EAC ibivuga.<\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\">Makolo yakomeje avuga abashinzwe ubuzima mu Rwanda na Uganda barimo gukorana ngo barebere hamwe uko hashyirwaho ingamba zihuriweho mu rwego rwo kwirinda icyorezo Covid-19.<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Yanditswe na Nkurunziza Gad Leta y\u2019u Rwanda ndetse n\u2019iya Uganda baherutse gutangaza ko umupaka munini uhuza ibihugu uzafungurwa tariki 31 Mutarama 2022 nyuma y\u2019imyaka isaga itatu ufunzwe kubera imwuka mubi wari hagati y\u2019ibihugu byombi, ariko kugeza ku gicamunsi cyo kuri uyu munsi nta rujya n\u2019uruza rugaragara kuri uwo mupaka. Umunsi wari utegerezanyijwe amatsiko n\u2019abaturage b\u2019ibihugu [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":30663,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[77],"tags":[],"class_list":["post-44870","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-isesengura"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v27.8 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Umupaka wa Gatuna wafunguwe mu magambo gusa ku ruhande rw\u2019u Rwanda - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umupaka-wa-gatuna-wafunguwe-mu-magambo-gusa-ku-ruhande-rwu-rwanda\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Umupaka wa Gatuna wafunguwe mu magambo gusa ku ruhande rw\u2019u Rwanda - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Yanditswe na Nkurunziza Gad Leta y\u2019u Rwanda ndetse n\u2019iya Uganda baherutse gutangaza ko umupaka munini uhuza ibihugu uzafungurwa tariki 31 Mutarama 2022 nyuma y\u2019imyaka isaga itatu ufunzwe kubera imwuka mubi wari hagati y\u2019ibihugu byombi, ariko kugeza ku gicamunsi cyo kuri uyu munsi nta rujya n\u2019uruza rugaragara kuri uwo mupaka. Umunsi wari utegerezanyijwe amatsiko n\u2019abaturage b\u2019ibihugu [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umupaka-wa-gatuna-wafunguwe-mu-magambo-gusa-ku-ruhande-rwu-rwanda\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2022-02-01T10:24:45+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2019\/02\/gatuna.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"720\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"494\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/umupaka-wa-gatuna-wafunguwe-mu-magambo-gusa-ku-ruhande-rwu-rwanda\\\/#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/umupaka-wa-gatuna-wafunguwe-mu-magambo-gusa-ku-ruhande-rwu-rwanda\\\/\"},\"author\":{\"name\":\"therwda\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"headline\":\"Umupaka wa Gatuna wafunguwe mu magambo gusa ku ruhande rw\u2019u Rwanda\",\"datePublished\":\"2022-02-01T10:24:45+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/umupaka-wa-gatuna-wafunguwe-mu-magambo-gusa-ku-ruhande-rwu-rwanda\\\/\"},\"wordCount\":593,\"commentCount\":0,\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/umupaka-wa-gatuna-wafunguwe-mu-magambo-gusa-ku-ruhande-rwu-rwanda\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2019\\\/02\\\/gatuna.jpg\",\"articleSection\":[\"Isesengura\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/umupaka-wa-gatuna-wafunguwe-mu-magambo-gusa-ku-ruhande-rwu-rwanda\\\/#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/umupaka-wa-gatuna-wafunguwe-mu-magambo-gusa-ku-ruhande-rwu-rwanda\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/umupaka-wa-gatuna-wafunguwe-mu-magambo-gusa-ku-ruhande-rwu-rwanda\\\/\",\"name\":\"Umupaka wa Gatuna wafunguwe mu magambo gusa ku ruhande rw\u2019u Rwanda - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/umupaka-wa-gatuna-wafunguwe-mu-magambo-gusa-ku-ruhande-rwu-rwanda\\\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/umupaka-wa-gatuna-wafunguwe-mu-magambo-gusa-ku-ruhande-rwu-rwanda\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2019\\\/02\\\/gatuna.jpg\",\"datePublished\":\"2022-02-01T10:24:45+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/umupaka-wa-gatuna-wafunguwe-mu-magambo-gusa-ku-ruhande-rwu-rwanda\\\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/umupaka-wa-gatuna-wafunguwe-mu-magambo-gusa-ku-ruhande-rwu-rwanda\\\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/umupaka-wa-gatuna-wafunguwe-mu-magambo-gusa-ku-ruhande-rwu-rwanda\\\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2019\\\/02\\\/gatuna.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2019\\\/02\\\/gatuna.jpg\",\"width\":720,\"height\":494},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/umupaka-wa-gatuna-wafunguwe-mu-magambo-gusa-ku-ruhande-rwu-rwanda\\\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Umupaka wa Gatuna wafunguwe mu magambo gusa ku ruhande rw\u2019u Rwanda\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"url\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/author\\\/therwda\\\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Umupaka wa Gatuna wafunguwe mu magambo gusa ku ruhande rw\u2019u Rwanda - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umupaka-wa-gatuna-wafunguwe-mu-magambo-gusa-ku-ruhande-rwu-rwanda\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Umupaka wa Gatuna wafunguwe mu magambo gusa ku ruhande rw\u2019u Rwanda - Umunyarwanda","og_description":"Yanditswe na Nkurunziza Gad Leta y\u2019u Rwanda ndetse n\u2019iya Uganda baherutse gutangaza ko umupaka munini uhuza ibihugu uzafungurwa tariki 31 Mutarama 2022 nyuma y\u2019imyaka isaga itatu ufunzwe kubera imwuka mubi wari hagati y\u2019ibihugu byombi, ariko kugeza ku gicamunsi cyo kuri uyu munsi nta rujya n\u2019uruza rugaragara kuri uwo mupaka. Umunsi wari utegerezanyijwe amatsiko n\u2019abaturage b\u2019ibihugu [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umupaka-wa-gatuna-wafunguwe-mu-magambo-gusa-ku-ruhande-rwu-rwanda\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2022-02-01T10:24:45+00:00","og_image":[{"width":720,"height":494,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2019\/02\/gatuna.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umupaka-wa-gatuna-wafunguwe-mu-magambo-gusa-ku-ruhande-rwu-rwanda\/#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umupaka-wa-gatuna-wafunguwe-mu-magambo-gusa-ku-ruhande-rwu-rwanda\/"},"author":{"name":"therwda","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"headline":"Umupaka wa Gatuna wafunguwe mu magambo gusa ku ruhande rw\u2019u Rwanda","datePublished":"2022-02-01T10:24:45+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umupaka-wa-gatuna-wafunguwe-mu-magambo-gusa-ku-ruhande-rwu-rwanda\/"},"wordCount":593,"commentCount":0,"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umupaka-wa-gatuna-wafunguwe-mu-magambo-gusa-ku-ruhande-rwu-rwanda\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2019\/02\/gatuna.jpg","articleSection":["Isesengura"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umupaka-wa-gatuna-wafunguwe-mu-magambo-gusa-ku-ruhande-rwu-rwanda\/#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umupaka-wa-gatuna-wafunguwe-mu-magambo-gusa-ku-ruhande-rwu-rwanda\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umupaka-wa-gatuna-wafunguwe-mu-magambo-gusa-ku-ruhande-rwu-rwanda\/","name":"Umupaka wa Gatuna wafunguwe mu magambo gusa ku ruhande rw\u2019u Rwanda - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umupaka-wa-gatuna-wafunguwe-mu-magambo-gusa-ku-ruhande-rwu-rwanda\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umupaka-wa-gatuna-wafunguwe-mu-magambo-gusa-ku-ruhande-rwu-rwanda\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2019\/02\/gatuna.jpg","datePublished":"2022-02-01T10:24:45+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umupaka-wa-gatuna-wafunguwe-mu-magambo-gusa-ku-ruhande-rwu-rwanda\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umupaka-wa-gatuna-wafunguwe-mu-magambo-gusa-ku-ruhande-rwu-rwanda\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umupaka-wa-gatuna-wafunguwe-mu-magambo-gusa-ku-ruhande-rwu-rwanda\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2019\/02\/gatuna.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2019\/02\/gatuna.jpg","width":720,"height":494},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umupaka-wa-gatuna-wafunguwe-mu-magambo-gusa-ku-ruhande-rwu-rwanda\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Umupaka wa Gatuna wafunguwe mu magambo gusa ku ruhande rw\u2019u Rwanda"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/44870","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=44870"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/44870\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":44871,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/44870\/revisions\/44871"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/30663"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=44870"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=44870"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=44870"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}