{"id":44909,"date":"2022-02-02T17:42:42","date_gmt":"2022-02-02T15:42:42","guid":{"rendered":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=44909"},"modified":"2022-02-02T17:42:42","modified_gmt":"2022-02-02T15:42:42","slug":"kigali-imyiteguro-yinama-ya-chogm-iteganijwe-muri-kamena-2022-irarimbanije","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kigali-imyiteguro-yinama-ya-chogm-iteganijwe-muri-kamena-2022-irarimbanije\/","title":{"rendered":"Kigali: Imyiteguro y&#8217;inama ya CHOGM iteganijwe muri Kamena 2022 irarimbanije!"},"content":{"rendered":"<p>Yanditswe na <b>Arnold Gakuba<\/b><\/p>\n<p>Amakuru dukesha &#8220;<i>The East African<\/i>&#8221; kuri uyu wa 1 Gashyantare 2022, aremeza ko, nyuma yo gusubikwa inshuti ibyiri zikurikiranye, noneho inama inama y&#8217;abakuru b&#8217;ibuhugu bikoresha ururimi rw&#8217;Icyongereza (CHOGM) izabera mu Rwanda muri Kamena 2022. Kwemeza itariki y&#8217;iyo nama byatumye Leta ya Kigali ndetse n&#8217;abikorera ku giti cyabo bashyashyana bayitegura, dore ko bafite amezi atanu gusa kandi<span class=\"Apple-converted-space\">\u00a0 <\/span>hagomba guteganywa ibyo abaziyitabira bazakenera byose.<span class=\"Apple-converted-space\">\u00a0<\/span><\/p>\n<p>Kuba iyo nama yarimuwe inshuro ebyiri zikurikirana mu myaka ishize byagize ingaruka ku bikorera bari bayiteguye. U Rwanda rero rwongeye guhabwa amahirwe yo kuyitegura nyuma y&#8217;uko yimurwa kubera icyorezo cya Kovidi-19.<\/p>\n<p><b><i>Ese iyo nama izaba ryari?<\/i><\/b><\/p>\n<p>Biteganijwe ko inama ya CHOGM izabera i Kigali izatangira ku itariki ya 20 Kamena 2022. Iyo tariki yatangajwe n&#8217;umunyamabanga wa &#8220;<i>Commonwealth<\/i>&#8221; Patricia Scotland ndetse na Paul Kagame, perezida w&#8217;u Rwanda.<\/p>\n<p>Iyo nama yagombaga kuba yarabaye muri Kanama 2020 yimurirwa 2021 ariko nabwo ntiyaba kubera icyirezo cya Kividi-19. U Rwanda rukaba rwishimiye guha ikaze abazitabira iyo mama ya CHOGM-Rwanda 2022. Imyaka ibiri ishize ngo yahaye u Rwanda umwanya wo kwitegura bihagije ku buryo rwizeye ko izagenda neza. Perezida Paul Kagame yagize ati: &#8220;Gutegereza iyo nama igihe kirekire byaduhaye umwanya <i>wo kurebera hamwe ibibazo twatewe na Kovidi-19 no gukoresha ikoranabuhanga rigezweho ngo dukemure ibibazo abaturage bacu bahura nabyo<\/i>&#8220;.<span class=\"Apple-converted-space\">\u00a0<\/span><\/p>\n<p>Madamu Scotland we yagize ati: &#8220;<i>Inama tuzagirira mu Rwanda zidadufasha kumenya neza indangagaciro zo kuba turi muri &#8216;Commonwealth&#8217; harimo uko twahashya ingaruka z&#8217;icyorezo cya Kovidi-19, imihindukire y&#8217;ibihe n&#8217;ubukene, guteza imbere ubucuruzi ndetse n&#8217;iterambere rirambye. Ibyo byose bizagerwaho mu bufatanye no guterana inkunga.&#8221;<\/i><\/p>\n<p><span class=\"Apple-converted-space\">\u00a0<\/span><b><i>Imyiteguro igeze<span class=\"Apple-converted-space\">\u00a0 <\/span>he?<\/i><\/b><\/p>\n<p>Kwemeza amatariki mashya byahaye Leta y&#8217;u Rwanda n&#8217;abikorera igihe kitagera ku mezi atanu yo kwitegura icyo gikorwa hategurwa ibizakemerwa kwakira abazayitabira.<\/p>\n<p>Ku ruhande rwa Leta y&#8217;u Rwanda, imyiteguro irarimbanije. Muriyo harimo gusana imihanda no kubaka uduhanda tuzengurutse umujyi kugirango bizorohe gutwara abazaza muri iyo nama nta muvundo.<\/p>\n<p>Kuba iyo nama yarasubitswe inshuro ibyiri zikurikirana byagize ingaruka nyinshi ku bikorera, dore ko benshi bari baratsindiye amasoko, bari baratse inguzanyo mu mabanki.<span class=\"Apple-converted-space\">\u00a0 <\/span>Ibyo byari mu rwego rwo kugirango bongere ubushobozi bwo kwakira abazitabira inama. Haribazwa niba nanone iyo mama itazongera ikimurwa cyane ko hari ibihugu birimo kubonekamo ubwoko bushya bwa Kovidi-19.<\/p>\n<p><b><i>Inama Commonwealth ni iki?<\/i><\/b><\/p>\n<p>CHOGM ni inama y&#8217;ibihugu byakoronijwe n&#8217;Ubwongereza cyangwa byasabye kwinjira muri iryo shyirahamwe. Iyo nama iba buri myaka ibiri, ikaba ari urwego rwo hejuru ruganirirwamo byinshi kandi rugafatirwamo ibyemezo.<span class=\"Apple-converted-space\">\u00a0<\/span><\/p>\n<p>U Rwanda ni igihugu cyakoronijwe n&#8217;abavuga Igifaransa kandi rukaba rwari mu ruhando rw&#8217;ibihugu bikoresha urwo rurimi, rwinjiye muri Commonwealth muri 2009. Mu nama yayo yabereye i London muri 2018, nibwo u Rwanda rwatoranijwe kuzakira inama izakurikiraho, ariko iza kwimurwa inshuro ebyiri kubera icyorezo cya Kovidi-19.<span class=\"Apple-converted-space\">\u00a0<\/span><\/p>\n<p>Madamu Scotland yavuze ko bateguye inama bareba ibyo kwirinda Kovidi-19 mu manama y&#8217;Abaminisitiri yateguraga iy&#8217;abakuru b&#8217;ibuhugu. Yagize ati: &#8220;<i>Iyi niyo nama ya mbere ya CHOGM izabera muri Afrika mu gihe kirenze imyaka 10, nkaba nsaba Leta y&#8217;u Rwanda n&#8217;abanyarwanda kuzaba intangarugero muri CHOGM-Kugali<\/i>&#8220;.<span class=\"Apple-converted-space\">\u00a0 <\/span>Yongeyeho ati: &#8220;<i>Ndashimira abanyarwanda bose ku bw&#8217;imyiteguro barimo, kugirango inama ya CHOGM izabe mu mudendezo kandi itange umusaruro uzafasha Commonwealth guhangana n&#8217;ibi bihe bitoroshye<\/i>&#8220;.<\/p>\n<p>Commonwealth ni ishyirahamwe ry&#8217;ibihugu 54 bifite abaturage bose hamwe bagera kuri miliyari ebyiri n&#8217;igice, aho 60% muri bo nari hasi y&#8217;imyaka 29.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Yanditswe na Arnold Gakuba Amakuru dukesha &#8220;The East African&#8221; kuri uyu wa 1 Gashyantare 2022, aremeza ko, nyuma yo gusubikwa inshuti ibyiri zikurikiranye, noneho inama inama y&#8217;abakuru b&#8217;ibuhugu bikoresha ururimi rw&#8217;Icyongereza (CHOGM) izabera mu Rwanda muri Kamena 2022. Kwemeza itariki y&#8217;iyo nama byatumye Leta ya Kigali ndetse n&#8217;abikorera ku giti cyabo bashyashyana bayitegura, dore ko [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":44886,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[30],"tags":[],"class_list":["post-44909","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-rwanda"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>Kigali: Imyiteguro y&#039;inama ya CHOGM iteganijwe muri Kamena 2022 irarimbanije! - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kigali-imyiteguro-yinama-ya-chogm-iteganijwe-muri-kamena-2022-irarimbanije\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Kigali: Imyiteguro y&#039;inama ya CHOGM iteganijwe muri Kamena 2022 irarimbanije! - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Yanditswe na Arnold Gakuba Amakuru dukesha &#8220;The East African&#8221; kuri uyu wa 1 Gashyantare 2022, aremeza ko, nyuma yo gusubikwa inshuti ibyiri zikurikiranye, noneho inama inama y&#8217;abakuru b&#8217;ibuhugu bikoresha ururimi rw&#8217;Icyongereza (CHOGM) izabera mu Rwanda muri Kamena 2022. Kwemeza itariki y&#8217;iyo nama byatumye Leta ya Kigali ndetse n&#8217;abikorera ku giti cyabo bashyashyana bayitegura, dore ko [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kigali-imyiteguro-yinama-ya-chogm-iteganijwe-muri-kamena-2022-irarimbanije\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2022-02-02T15:42:42+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2022\/02\/Patricia-Kagame.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"1200\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"900\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kigali-imyiteguro-yinama-ya-chogm-iteganijwe-muri-kamena-2022-irarimbanije\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kigali-imyiteguro-yinama-ya-chogm-iteganijwe-muri-kamena-2022-irarimbanije\/\",\"name\":\"Kigali: Imyiteguro y'inama ya CHOGM iteganijwe muri Kamena 2022 irarimbanije! - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kigali-imyiteguro-yinama-ya-chogm-iteganijwe-muri-kamena-2022-irarimbanije\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kigali-imyiteguro-yinama-ya-chogm-iteganijwe-muri-kamena-2022-irarimbanije\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2022\/02\/Patricia-Kagame.jpg\",\"datePublished\":\"2022-02-02T15:42:42+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kigali-imyiteguro-yinama-ya-chogm-iteganijwe-muri-kamena-2022-irarimbanije\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kigali-imyiteguro-yinama-ya-chogm-iteganijwe-muri-kamena-2022-irarimbanije\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kigali-imyiteguro-yinama-ya-chogm-iteganijwe-muri-kamena-2022-irarimbanije\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2022\/02\/Patricia-Kagame.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2022\/02\/Patricia-Kagame.jpg\",\"width\":1200,\"height\":900},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kigali-imyiteguro-yinama-ya-chogm-iteganijwe-muri-kamena-2022-irarimbanije\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Kigali: Imyiteguro y&#8217;inama ya CHOGM iteganijwe muri Kamena 2022 irarimbanije!\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Kigali: Imyiteguro y'inama ya CHOGM iteganijwe muri Kamena 2022 irarimbanije! - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kigali-imyiteguro-yinama-ya-chogm-iteganijwe-muri-kamena-2022-irarimbanije\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Kigali: Imyiteguro y'inama ya CHOGM iteganijwe muri Kamena 2022 irarimbanije! - Umunyarwanda","og_description":"Yanditswe na Arnold Gakuba Amakuru dukesha &#8220;The East African&#8221; kuri uyu wa 1 Gashyantare 2022, aremeza ko, nyuma yo gusubikwa inshuti ibyiri zikurikiranye, noneho inama inama y&#8217;abakuru b&#8217;ibuhugu bikoresha ururimi rw&#8217;Icyongereza (CHOGM) izabera mu Rwanda muri Kamena 2022. Kwemeza itariki y&#8217;iyo nama byatumye Leta ya Kigali ndetse n&#8217;abikorera ku giti cyabo bashyashyana bayitegura, dore ko [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kigali-imyiteguro-yinama-ya-chogm-iteganijwe-muri-kamena-2022-irarimbanije\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2022-02-02T15:42:42+00:00","og_image":[{"width":1200,"height":900,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2022\/02\/Patricia-Kagame.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kigali-imyiteguro-yinama-ya-chogm-iteganijwe-muri-kamena-2022-irarimbanije\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kigali-imyiteguro-yinama-ya-chogm-iteganijwe-muri-kamena-2022-irarimbanije\/","name":"Kigali: Imyiteguro y'inama ya CHOGM iteganijwe muri Kamena 2022 irarimbanije! - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kigali-imyiteguro-yinama-ya-chogm-iteganijwe-muri-kamena-2022-irarimbanije\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kigali-imyiteguro-yinama-ya-chogm-iteganijwe-muri-kamena-2022-irarimbanije\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2022\/02\/Patricia-Kagame.jpg","datePublished":"2022-02-02T15:42:42+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kigali-imyiteguro-yinama-ya-chogm-iteganijwe-muri-kamena-2022-irarimbanije\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kigali-imyiteguro-yinama-ya-chogm-iteganijwe-muri-kamena-2022-irarimbanije\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kigali-imyiteguro-yinama-ya-chogm-iteganijwe-muri-kamena-2022-irarimbanije\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2022\/02\/Patricia-Kagame.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2022\/02\/Patricia-Kagame.jpg","width":1200,"height":900},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kigali-imyiteguro-yinama-ya-chogm-iteganijwe-muri-kamena-2022-irarimbanije\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Kigali: Imyiteguro y&#8217;inama ya CHOGM iteganijwe muri Kamena 2022 irarimbanije!"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/44909","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=44909"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/44909\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":44910,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/44909\/revisions\/44910"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/44886"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=44909"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=44909"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=44909"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}