{"id":45009,"date":"2022-02-10T21:52:21","date_gmt":"2022-02-10T19:52:21","guid":{"rendered":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=45009"},"modified":"2022-02-10T21:52:21","modified_gmt":"2022-02-10T19:52:21","slug":"rugwabiza-yakomye-mu-nkokora-umugambi-wa-leta-ya-kigali-ku-banyarwanda-bari-baroherejwe-muri-niger","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rugwabiza-yakomye-mu-nkokora-umugambi-wa-leta-ya-kigali-ku-banyarwanda-bari-baroherejwe-muri-niger\/","title":{"rendered":"Rugwabiza yakomye mu nkokora umugambi wa Leta ya Kigali ku Banyarwanda bari baroherejwe muri Niger"},"content":{"rendered":"<p style=\"font-weight: 400;\">Yanditswe na <strong>Gad Nkurunziza<\/strong><\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\"><em>Ijambo Ambasaderi Rugwabiza yavugiye muri LONI ku kibazo cy\u2019abanyarwanda umunani bari boherejwe muri Niger nyuma yo kugirwa abere kuri bamwe ndetse no kurangiza ibihano babahawe n\u2019Urukiko Mpuzamahanga Rwashyiriweho u Rwanda i Arusha muri Tanzania ku bandi ryakomye mu nkokora umugambi wa Leta ya Kigali wo kubashimuta bimuviramo kwirukanwa.<\/em><\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\">Mu kwezi k\u2019Ukuboza umwaka ushize wa 2021, urwego rwasigaye rurangiza imirimo yasizwe n\u2019inkiko mpuzamahanga mpanabyaha za LONI (MICT) rwohereje abanyarwanda umunani mu gihugu cya Niger hakurikijwe amasezerano iki gihugu cyagiranye na LONI mu kwezi kwa cumi na kumwe.<\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\">Bamwe muri aba banyarwanda bari bararangije ibihano abandi baragizwe abere, bakaba bari bamaze imyaka myinshi bacumbikiwe na LONI i Arusha.<\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\">Nyuma y\u2019iyi nkuru, uwari uharariye u Rwanda mu muri LONI, Ambasaderi Rugwabiza Valentine,\u00a0ubwo yagezaga ijambo ku bagize Akanama k\u2019umutekano muri Loni i New York\u00a0tariki 13 Ukuboza 2021 avuga ko\u00a0MICT\u00a0igomba guha u Rwanda ibisobanuro by\u2019impamvu aba banyarwanda bajyanywe muri Niger.<\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\">Yaravuze ati <em>\u201cMu cyumweru gishize nibwo namenye ko hari abanyarwanda boherejwe na\u00a0MICT\u00a0muri Niger[\u2026] birababaje cyane kubona hafatwa icyemezo nk\u2019icyo u Rwanda rutabimenyeshejwe.\u00a0Tuzishimira ibisobanuro by\u2019abayobozi b\u2019uru rwego [MICT] ku byerekeye uko boherejwe, uko babayeho n\u2019ikiguzi kibatangwaho, niba rwakomeza kubafata mu nshingano kandi imanza zabo zararangijwe.\u201d<\/em><\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\">Rugwabiza yarakomeje ati<em> \u201cTwizeye ko Niger izakoresha inshingano zayo kugira ngo hatagira umuntu n\u2019umwe ukoresha ubutaka bwayo mu bikorwa byo guhungabanya umutekano mu Karere k\u2019ibiyaga bigari nk\u2019uko byabaye mu myaka yashize cyane ko hari ibimenyetso ko bamwe muri abo bantu bagize uruhare muri ibyo bikorwa nyuma yo kugirwa abere.\u201d<\/em><\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\"><strong>Ijambo yavuze ntiryashimishije Kigali bimuviramo kwirukanwa<\/strong><\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\">Tariki 31 Mutarama 2022, Itangazo ryaturutse mu Biro bya Minisitiri w\u2019Inteye w\u2019u Rwanda ryavuze ko Ambasaderi Rugwabiza Valentine yasimbuwe na Claver Gatete wahoze ari Minisitiri w\u2019Ibikorwa remezo.<\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\">Umwe mu bakozi mu Biro bikuri by\u2019Ishyaka riri ku butegetsi mu Rwanda (FPR) utifuje ko amazina ye atangazwa muri iyi nkuru, yavuze ko Rugwabiza yazize kuvuga atagishije inama.<\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\">Yatubwiye ati <em>\u201cAmakuru y\u2019uko bari bagabo bazoherezwa muri Niger twayamenye mbere y\u2019uko boherezwayo hatangira no gutegurwa uburyo bazakurwayo hakoreshejwe inzira za dipolomasi zacu mu \u2018cyama\u2019. Ibyo Rugwabiza yavuze byakomye mu nkokora gahunda yari irimo gutegurwa kandi byari biri mu nzira nziza kuko twari twatangiye kugirana ibiganiro na Niger byarashobokaga ko rimwe babyuka bakisanga i Kigali.\u201d<\/em><\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\">Yakomeje ati <em>\u201cBariya bagabo ni bamwe mu bakorana bya hafi na opposition ntibakwiye guhabwa umwanya rero ngo bigembye bibaye byiza baza mu Rwanda aho kugirango bagire ahandi bajya gutegurira imigambi yabo[\u2026]dosiye ya bariya bagabo ni imwe mu mpamvu zatumye Gatete asimbura Rugwabiza muri ONU.\u201d<\/em><\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\">Twabibutsa ko kubera igitutu cy\u2019u Rwanda nyuma y\u2019uko aba banyarwanda bagejejwe muri Niger, leta y\u2019icyo gihugu yafashe icyemezo cyo kwirukana abo banyarwanda.<\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\">Magingo aya,\u00a0Umucamanza w\u2019urwego rwasigaye rurangiza imanza z&#8217;urukiko mpuzamahanga mpanabyaha rwa Arusha yategetse ko basubizwa ku kicaro cy\u2019uru rwego i Arusha muri Tanzania.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Yanditswe na Gad Nkurunziza Ijambo Ambasaderi Rugwabiza yavugiye muri LONI ku kibazo cy\u2019abanyarwanda umunani bari boherejwe muri Niger nyuma yo kugirwa abere kuri bamwe ndetse no kurangiza ibihano babahawe n\u2019Urukiko Mpuzamahanga Rwashyiriweho u Rwanda i Arusha muri Tanzania ku bandi ryakomye mu nkokora umugambi wa Leta ya Kigali wo kubashimuta bimuviramo kwirukanwa. Mu kwezi k\u2019Ukuboza [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":28840,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[70],"tags":[],"class_list":["post-45009","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-ibihwihwiswa"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>Rugwabiza yakomye mu nkokora umugambi wa Leta ya Kigali ku Banyarwanda bari baroherejwe muri Niger - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rugwabiza-yakomye-mu-nkokora-umugambi-wa-leta-ya-kigali-ku-banyarwanda-bari-baroherejwe-muri-niger\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Rugwabiza yakomye mu nkokora umugambi wa Leta ya Kigali ku Banyarwanda bari baroherejwe muri Niger - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Yanditswe na Gad Nkurunziza Ijambo Ambasaderi Rugwabiza yavugiye muri LONI ku kibazo cy\u2019abanyarwanda umunani bari boherejwe muri Niger nyuma yo kugirwa abere kuri bamwe ndetse no kurangiza ibihano babahawe n\u2019Urukiko Mpuzamahanga Rwashyiriweho u Rwanda i Arusha muri Tanzania ku bandi ryakomye mu nkokora umugambi wa Leta ya Kigali wo kubashimuta bimuviramo kwirukanwa. Mu kwezi k\u2019Ukuboza [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rugwabiza-yakomye-mu-nkokora-umugambi-wa-leta-ya-kigali-ku-banyarwanda-bari-baroherejwe-muri-niger\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2022-02-10T19:52:21+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/10\/Valentine-Rugwabiza.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"1024\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"796\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rugwabiza-yakomye-mu-nkokora-umugambi-wa-leta-ya-kigali-ku-banyarwanda-bari-baroherejwe-muri-niger\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rugwabiza-yakomye-mu-nkokora-umugambi-wa-leta-ya-kigali-ku-banyarwanda-bari-baroherejwe-muri-niger\/\",\"name\":\"Rugwabiza yakomye mu nkokora umugambi wa Leta ya Kigali ku Banyarwanda bari baroherejwe muri Niger - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rugwabiza-yakomye-mu-nkokora-umugambi-wa-leta-ya-kigali-ku-banyarwanda-bari-baroherejwe-muri-niger\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rugwabiza-yakomye-mu-nkokora-umugambi-wa-leta-ya-kigali-ku-banyarwanda-bari-baroherejwe-muri-niger\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/10\/Valentine-Rugwabiza.jpg\",\"datePublished\":\"2022-02-10T19:52:21+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rugwabiza-yakomye-mu-nkokora-umugambi-wa-leta-ya-kigali-ku-banyarwanda-bari-baroherejwe-muri-niger\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rugwabiza-yakomye-mu-nkokora-umugambi-wa-leta-ya-kigali-ku-banyarwanda-bari-baroherejwe-muri-niger\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rugwabiza-yakomye-mu-nkokora-umugambi-wa-leta-ya-kigali-ku-banyarwanda-bari-baroherejwe-muri-niger\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/10\/Valentine-Rugwabiza.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/10\/Valentine-Rugwabiza.jpg\",\"width\":1024,\"height\":796},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rugwabiza-yakomye-mu-nkokora-umugambi-wa-leta-ya-kigali-ku-banyarwanda-bari-baroherejwe-muri-niger\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Rugwabiza yakomye mu nkokora umugambi wa Leta ya Kigali ku Banyarwanda bari baroherejwe muri Niger\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Rugwabiza yakomye mu nkokora umugambi wa Leta ya Kigali ku Banyarwanda bari baroherejwe muri Niger - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rugwabiza-yakomye-mu-nkokora-umugambi-wa-leta-ya-kigali-ku-banyarwanda-bari-baroherejwe-muri-niger\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Rugwabiza yakomye mu nkokora umugambi wa Leta ya Kigali ku Banyarwanda bari baroherejwe muri Niger - Umunyarwanda","og_description":"Yanditswe na Gad Nkurunziza Ijambo Ambasaderi Rugwabiza yavugiye muri LONI ku kibazo cy\u2019abanyarwanda umunani bari boherejwe muri Niger nyuma yo kugirwa abere kuri bamwe ndetse no kurangiza ibihano babahawe n\u2019Urukiko Mpuzamahanga Rwashyiriweho u Rwanda i Arusha muri Tanzania ku bandi ryakomye mu nkokora umugambi wa Leta ya Kigali wo kubashimuta bimuviramo kwirukanwa. Mu kwezi k\u2019Ukuboza [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rugwabiza-yakomye-mu-nkokora-umugambi-wa-leta-ya-kigali-ku-banyarwanda-bari-baroherejwe-muri-niger\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2022-02-10T19:52:21+00:00","og_image":[{"width":1024,"height":796,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/10\/Valentine-Rugwabiza.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rugwabiza-yakomye-mu-nkokora-umugambi-wa-leta-ya-kigali-ku-banyarwanda-bari-baroherejwe-muri-niger\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rugwabiza-yakomye-mu-nkokora-umugambi-wa-leta-ya-kigali-ku-banyarwanda-bari-baroherejwe-muri-niger\/","name":"Rugwabiza yakomye mu nkokora umugambi wa Leta ya Kigali ku Banyarwanda bari baroherejwe muri Niger - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rugwabiza-yakomye-mu-nkokora-umugambi-wa-leta-ya-kigali-ku-banyarwanda-bari-baroherejwe-muri-niger\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rugwabiza-yakomye-mu-nkokora-umugambi-wa-leta-ya-kigali-ku-banyarwanda-bari-baroherejwe-muri-niger\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/10\/Valentine-Rugwabiza.jpg","datePublished":"2022-02-10T19:52:21+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rugwabiza-yakomye-mu-nkokora-umugambi-wa-leta-ya-kigali-ku-banyarwanda-bari-baroherejwe-muri-niger\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rugwabiza-yakomye-mu-nkokora-umugambi-wa-leta-ya-kigali-ku-banyarwanda-bari-baroherejwe-muri-niger\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rugwabiza-yakomye-mu-nkokora-umugambi-wa-leta-ya-kigali-ku-banyarwanda-bari-baroherejwe-muri-niger\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/10\/Valentine-Rugwabiza.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/10\/Valentine-Rugwabiza.jpg","width":1024,"height":796},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rugwabiza-yakomye-mu-nkokora-umugambi-wa-leta-ya-kigali-ku-banyarwanda-bari-baroherejwe-muri-niger\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Rugwabiza yakomye mu nkokora umugambi wa Leta ya Kigali ku Banyarwanda bari baroherejwe muri Niger"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/45009","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=45009"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/45009\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":45011,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/45009\/revisions\/45011"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/28840"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=45009"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=45009"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=45009"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}