{"id":45016,"date":"2022-02-14T21:01:59","date_gmt":"2022-02-14T19:01:59","guid":{"rendered":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=45016"},"modified":"2022-02-14T21:01:59","modified_gmt":"2022-02-14T19:01:59","slug":"u-bufansahazafatwa-icyemezo-cya-nyuma-ku-rubanza-rwindege-ya-habyarimana","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-bufansahazafatwa-icyemezo-cya-nyuma-ku-rubanza-rwindege-ya-habyarimana\/","title":{"rendered":"U Bufansa:Hazafatwa Icyemezo Cya Nyuma Ku Rubanza Rw&#8217;Indege Ya Habyarimana"},"content":{"rendered":"<p>Mu Bufaransa, ejo kuwa kabiri, urukiko rusesa imanza ruzafata icyemezo cya nyuma ku rubanza rw&#8217;indege y&#8217;uwahoze ari umukuru w&#8217;igihugu cy&#8217;u Rwanda Juvenal Habyarimana.<\/p>\n<p>Ku itariki ya 21 y&#8217;ukwa 12 mu 2018, abacamanza bakuriye urwego rw&#8217;ubugenzacyaha rwo mu Bufaransa, juges d&#8217;instruction mu Gifaransa, bafashe umwanzuro wo gufunga dosiye, bavuga ko badafite ibimenyetso bifatika ku baregwa icyenda bo muri FPR-Inkotanyi.<\/p>\n<p>Basobanuye kandi ko anketi zabo zabangamiwe n&#8217;ubuhotozi n&#8217;izimira bidasobanutse by&#8217;abatangabuhamya, no kwivanga mu kazi kabo k&#8217;inzego badasobanura.<\/p>\n<p>Mu kwezi kwa karindwi 2020, urugereko rw&#8217;ubugenzacyaha rw&#8217;urukiko rw&#8217;ubujurire rw&#8217;i Paris narwo rwemeje umwanzuro wo ku itariki ya 21 y&#8217;ukwa 12 mu 2018.<\/p>\n<p>Imiryango y&#8217;abaguye mu ndege ku itariki ya 6 y&#8217;ukwa kane 1994, i Kanombe ya Kigali, bajuririye urukiko rusesa imanza, ari narwo rwa nyuma rw&#8217;inzego z&#8217;ubutabera z&#8217;Ubufaransa. Rwasuzumye ikirego cyabo ku itariki ya 18 y&#8217;ukwa mbere gushize. Ejo kuwa kabiri ni bwo rero ruzatanga umwanzuro warwo.<\/p>\n<p>Urukiko rusesa imanza rushobora narwo kwemeza ko dosiye ifungwa. Icyo gihe, iby&#8217;anketi byaba birangiye burundu. Rushobora kuvuga se ko dosiye ikomeza ifunguye. Ubwo dosiye yasubira mu bugenzacyaha. Nk&#8217;uko ikigo ntaramakuru AFP cyo mu Bufaransa kibisobanura, iki cyemezo kibaye gishobora gusubiza irudubi na none umubano wa Kigali na Paris.<\/p>\n<p>Anketi kw&#8217;iraswa ry&#8217;indege y&#8217;uwari umukuru w&#8217;igihugu cy&#8217;u Rwanda, Juvenal Habyarimana, zatangiye mu 1998 biturutse ku kirego cy&#8217;imiryango y&#8217;abaderevu bayo batatu bose b&#8217;Abafaransa. Bareze X kuko batazi uwayirashe.<\/p>\n<p>Abagenzacyaha babanje gushyira imbere uruhare rwa bamwe mu bategetsi ba FPR-Inkotanyi, ndetse mu 2006 basohora n&#8217;impapuro zo guta muri yombi icyenda muri bo. Byatumye u Rwanda ruhita rufunga ambasade y&#8217;Ubufaransa y&#8217;i Kigali, rwirukana n&#8217;abadipolomate bayikoreraga. Ibihugu byombi byongeye gusubukura umubano nyuma y&#8217;imyaka itatu, mu 2009.<\/p>\n<p>Nyuma, abagenzacyaha barabihinduye, noneho bavuga ko abantu bari mu butegetsi bwa Habyarimana ari bo bashobora kuba baramwicanye na Perezida Cyprien Ntayamira w&#8217;Uburundi n&#8217;abaminisitiri n&#8217;abajyanama babo bari kumwe mu ndege. Ariko nta n&#8217;umwe muri bo uzwi abagenzacyaha baba barashatse gukurikirana.<\/p>\n<p>VOA\/AFP<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Mu Bufaransa, ejo kuwa kabiri, urukiko rusesa imanza ruzafata icyemezo cya nyuma ku rubanza rw&#8217;indege y&#8217;uwahoze ari umukuru w&#8217;igihugu cy&#8217;u Rwanda Juvenal Habyarimana. Ku itariki ya 21 y&#8217;ukwa 12 mu 2018, abacamanza bakuriye urwego rw&#8217;ubugenzacyaha rwo mu Bufaransa, juges d&#8217;instruction mu Gifaransa, bafashe umwanzuro wo gufunga dosiye, bavuga ko badafite ibimenyetso bifatika ku baregwa icyenda [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":6965,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[67],"tags":[],"class_list":["post-45016","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amahanga"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>U Bufansa:Hazafatwa Icyemezo Cya Nyuma Ku Rubanza Rw&#039;Indege Ya Habyarimana - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-bufansahazafatwa-icyemezo-cya-nyuma-ku-rubanza-rwindege-ya-habyarimana\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"U Bufansa:Hazafatwa Icyemezo Cya Nyuma Ku Rubanza Rw&#039;Indege Ya Habyarimana - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Mu Bufaransa, ejo kuwa kabiri, urukiko rusesa imanza ruzafata icyemezo cya nyuma ku rubanza rw&#8217;indege y&#8217;uwahoze ari umukuru w&#8217;igihugu cy&#8217;u Rwanda Juvenal Habyarimana. Ku itariki ya 21 y&#8217;ukwa 12 mu 2018, abacamanza bakuriye urwego rw&#8217;ubugenzacyaha rwo mu Bufaransa, juges d&#8217;instruction mu Gifaransa, bafashe umwanzuro wo gufunga dosiye, bavuga ko badafite ibimenyetso bifatika ku baregwa icyenda [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-bufansahazafatwa-icyemezo-cya-nyuma-ku-rubanza-rwindege-ya-habyarimana\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2022-02-14T19:01:59+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/05\/Habyalimana1.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"612\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"612\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"1 minute\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-bufansahazafatwa-icyemezo-cya-nyuma-ku-rubanza-rwindege-ya-habyarimana\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-bufansahazafatwa-icyemezo-cya-nyuma-ku-rubanza-rwindege-ya-habyarimana\/\",\"name\":\"U Bufansa:Hazafatwa Icyemezo Cya Nyuma Ku Rubanza Rw'Indege Ya Habyarimana - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-bufansahazafatwa-icyemezo-cya-nyuma-ku-rubanza-rwindege-ya-habyarimana\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-bufansahazafatwa-icyemezo-cya-nyuma-ku-rubanza-rwindege-ya-habyarimana\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/05\/Habyalimana1.jpg\",\"datePublished\":\"2022-02-14T19:01:59+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-bufansahazafatwa-icyemezo-cya-nyuma-ku-rubanza-rwindege-ya-habyarimana\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-bufansahazafatwa-icyemezo-cya-nyuma-ku-rubanza-rwindege-ya-habyarimana\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-bufansahazafatwa-icyemezo-cya-nyuma-ku-rubanza-rwindege-ya-habyarimana\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/05\/Habyalimana1.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/05\/Habyalimana1.jpg\",\"width\":612,\"height\":612,\"caption\":\"Perezida Habyalimana mu myaka ya 1980\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-bufansahazafatwa-icyemezo-cya-nyuma-ku-rubanza-rwindege-ya-habyarimana\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"U Bufansa:Hazafatwa Icyemezo Cya Nyuma Ku Rubanza Rw&#8217;Indege Ya Habyarimana\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"U Bufansa:Hazafatwa Icyemezo Cya Nyuma Ku Rubanza Rw'Indege Ya Habyarimana - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-bufansahazafatwa-icyemezo-cya-nyuma-ku-rubanza-rwindege-ya-habyarimana\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"U Bufansa:Hazafatwa Icyemezo Cya Nyuma Ku Rubanza Rw'Indege Ya Habyarimana - Umunyarwanda","og_description":"Mu Bufaransa, ejo kuwa kabiri, urukiko rusesa imanza ruzafata icyemezo cya nyuma ku rubanza rw&#8217;indege y&#8217;uwahoze ari umukuru w&#8217;igihugu cy&#8217;u Rwanda Juvenal Habyarimana. Ku itariki ya 21 y&#8217;ukwa 12 mu 2018, abacamanza bakuriye urwego rw&#8217;ubugenzacyaha rwo mu Bufaransa, juges d&#8217;instruction mu Gifaransa, bafashe umwanzuro wo gufunga dosiye, bavuga ko badafite ibimenyetso bifatika ku baregwa icyenda [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-bufansahazafatwa-icyemezo-cya-nyuma-ku-rubanza-rwindege-ya-habyarimana\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2022-02-14T19:01:59+00:00","og_image":[{"width":612,"height":612,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/05\/Habyalimana1.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"1 minute"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-bufansahazafatwa-icyemezo-cya-nyuma-ku-rubanza-rwindege-ya-habyarimana\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-bufansahazafatwa-icyemezo-cya-nyuma-ku-rubanza-rwindege-ya-habyarimana\/","name":"U Bufansa:Hazafatwa Icyemezo Cya Nyuma Ku Rubanza Rw'Indege Ya Habyarimana - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-bufansahazafatwa-icyemezo-cya-nyuma-ku-rubanza-rwindege-ya-habyarimana\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-bufansahazafatwa-icyemezo-cya-nyuma-ku-rubanza-rwindege-ya-habyarimana\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/05\/Habyalimana1.jpg","datePublished":"2022-02-14T19:01:59+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-bufansahazafatwa-icyemezo-cya-nyuma-ku-rubanza-rwindege-ya-habyarimana\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-bufansahazafatwa-icyemezo-cya-nyuma-ku-rubanza-rwindege-ya-habyarimana\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-bufansahazafatwa-icyemezo-cya-nyuma-ku-rubanza-rwindege-ya-habyarimana\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/05\/Habyalimana1.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/05\/Habyalimana1.jpg","width":612,"height":612,"caption":"Perezida Habyalimana mu myaka ya 1980"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-bufansahazafatwa-icyemezo-cya-nyuma-ku-rubanza-rwindege-ya-habyarimana\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"U Bufansa:Hazafatwa Icyemezo Cya Nyuma Ku Rubanza Rw&#8217;Indege Ya Habyarimana"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/45016","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=45016"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/45016\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":45017,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/45016\/revisions\/45017"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/6965"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=45016"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=45016"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=45016"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}