{"id":45062,"date":"2022-02-17T16:16:11","date_gmt":"2022-02-17T14:16:11","guid":{"rendered":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=45062"},"modified":"2022-02-17T16:16:11","modified_gmt":"2022-02-17T14:16:11","slug":"umusizi-bahati-waburiwe-irengero-arashinjwa-gukorana-nabarwanya-leta-ya-kigali","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umusizi-bahati-waburiwe-irengero-arashinjwa-gukorana-nabarwanya-leta-ya-kigali\/","title":{"rendered":"Umusizi Bahati waburiwe irengero arashinjwa gukorana n\u2019abarwanya Leta ya Kigali"},"content":{"rendered":"<p>Yanditswe na <strong>Nkurunziza Gad<\/strong><\/p>\n<p>Nyuma y\u2019umwaka urenga Umusizi Bahati Innocent aburiwe irengero ndetse agatabarizwa n\u2019abanditsi ndetse n\u2019abasizi bo mu Bihugu bisaga 100 ku Isi, Urwego rushinzwe Ubugenzacyaha mu Rwanda rwahamije ko <em>\u201cYakoranaga n\u2019abantu bafitiye u Rwanda imigambi mibi bakorera muri Uganda, Leta zunze ubumwe z\u2019Amerika no mu Bubiligi.\u201d<\/em><\/p>\n<p>Mu Kiganiro Umuvugizi wa RIB, Dr Thierry B Murangira yagiranye na kimwe mu binyamakuru biri hafi ya Leta ya Kigali kuri uyu wa Gatatu tariki 16 Gashyantare 2022 yahamije ko bafite ibihamya by\u2019uko Bahati yambutse umupaka w\u2019u Rwanda akajya muri Uganda ndetse ngo hari amafaranga yabonaga <em>\u201caturutse mu banzi b\u2019u Rwanda ngo azayakoreshe mu kuruteza umutekano mucye.\u201d<\/em><\/p>\n<p>Yagize ati <em>\u201cUbwo twakoraga iri perereza twamenye ko mbere y\u2019uko abura, yari yasangiye na bagenzi be muri Hotel yitwa Nyanza Heritage Hotel, abo basangiye twarabajije batubwira nta kanunu k\u2019aho yarengeye. Nyuma y\u2019igihe runaka, twaje kumenya ko Innocent Bahati yajyaga acishamo akajya muri Uganda kuganira n\u2019inzego zaho zishyigikiye abanga u Rwanda babayo. Yacaga mu nzira z\u2019ubusamo. Twamenye kandi ko hari abandi bakoranaga nawe bakamuha amafaranga. Abo baba muri Amerika no mu Bubiligi. Amakuru duheruka avuga ko uyu musore nyuma yaje kwambuka, ajya muri Uganda.\u201d<\/em><\/p>\n<p>Uyu muvugizi wa RIB yongeyeho ko <em>\u201cIbi ariko ntibitangaje kuko hari abandi bantu babaga bazi ko bari mu bikorwa bitemewe n\u2019amategeko y\u2019u Rwanda bagiye mu bindi bihugu baciye ku mipaka itangenzurwa, mu nzira bita panya cyangwa iy\u2019ubusamo. Muri bo hari abagiye muri Uganda. Benewabo cyangwa inshuti zabo zihutiye gutangaza ko bashimuswe, ariko nyuma baza kongera kuboneka. Abatarabonetse ntibyatinze batangaza ku mugaragaro ko bifatanyije n\u2019imitwe ya politiki cyangwa ya gisirikare irwanya u Rwanda.&#8221;<\/em><\/p>\n<p>Yanahamije ko hari abantu benshi mu Rwanda bene wabo bagiye batangaza ko baburiwe irengero ngo nyuma bikagaragara ko bagiye <em>\u201ckwifatanya n\u2019abarwanya u Rwanda.\u201d<\/em><br \/>\nHari abo yatunze urutoki. Ati \u201cNi benshi! Urugero rwa vuba aha ni uwitwa Gilbert Shyaka. Uyu taliki 22, Kanama, 2022 yatangajwe ko yaburiwe irengero kubera gushimutwa. Bidatinze ni ukuvuga taliki 13, Mutarama, 2022 aza kuboneka avuye muri Uganda aniyemerera ko yari yarafashwe n\u2019abakora mu rwego rwa kiriya gihugu rishinzwe iperereza rya gisirikare, CMI, imusaba kuyikorera. Uwihoreye Eric (ni umuvandimwe wa Shyaka Gilbert) nawe yigeze gutangazwa ko yaburiwe irengero, icyo gihe hari mu Ukwakira, 2021, hashize iminsi aza gutangariza kuri YouTube yitwa Twibohore TV ko yihuje n\u2019abarwanya u Rwanda.\u00a0Ngendahimana David nawe byagenze uko kuko nyuma y\u2019uko atangajwe ko yaburiwe irengero, we ubwe yaje gutangariza kuri YouTube yitwa David TV n\u2019indi yitwa Ukuri Ganza ko ari muri Uganda. Mu mwaka wa 2010 umugabo witwa Mutarambirwa Theobald yatangajwe ko yashimuswe aburirwa irengero.\u00a0Nyuma y\u2019imyaka icyenda ni ukuvuga mu mwaka wa 2019 yaje gufatirwa muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo, afatwa n\u2019ingabo z\u2019iki gihugu. Yari ari mu nzira agiye kwihuza n\u2019abo mu mutwe urwanya Leta y\u2019u Rwanda witwa Mouvement Rwandais pour la Changement D\u00e9mocratique\/ National Liberation Front (MRCD-FLN) wa Paul Rusesabagina ubu ufungiye mu Rwanda nyuma yo gukatirwa n\u2019inkiko.\u00a0Na Herman Nsengimana wabaye umuvugizi wa MRCD-FLN nawe yigeze gutangirwa impuruza ko yashimuswe n\u2019inzego z\u2019umutekano w\u2019u Rwanda ariko yaje gutabwa muri yombi n\u2019ingabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo aho yari nk\u2019umwe mu bakomeye muri MRCD-FLN.\u201d<\/p>\n<p>Abajijwe icyatumye bategereza umwaka wose ngo babone gutangaza aya makuru, Murangira yavuze ati <em>\u201cIyo uri guperereza ku ngingo nk\u2019iyi wirinda kuvuga ngo ibi nzabitangaza ejo cyangwa ejo bundi. Ni igikorwa kimara igihe utateganya ukigitangira! Ibimenyetso n\u2019andi makuru ubonera muri iri perereza nibyo bigena igihe rizarangirara n\u2019igihe ibyarivuyemo byatangarizwa. Ushobora guhubuka ugatangaza ko runaka yaburiwe irengero, abe bakarira, cyangwa bakaba banakwiyahura, ejo wajya kubona ukabona wa muntu arahasesekaye!\u2019\u00a0Hari n\u2019abantu bagenda bakibera ahantu batabazi, mu rwego rwo kwihisha kubera ibyaha baba bakurikiranyweho, ukazajya kumva ukumva ngo runaka aba ibunaka. Ikindi abantu bagomba kumenya ni uko iperereza ku byaha riba rigomba gukorwa mu ibanga, ibivuyemo bikagezwa ku bushinjacyaha bwonyine.\u201d<\/em><\/p>\n<p>Yanabajijwe niba mu makuru bafite hari ikintu umusizi Bahati yaba yaratangaje kijora ubutegetsi. Arasubiza ati <em>\u201cNtacyo nzi yaba yarakoze ariko abaye yaranabikoze simbona ko byaba bigize icyaha. Hari abantu benshi mu Rwanda bajora Leta kandi ntibakurikiranwe. Ni uburenganzira bahabwa n\u2019Itegeko nshinga bwo kuvuga ibyo babona bitagenda neza mu mikorere ya Guverinoma.<\/em><\/p>\n<p>Yanabajijwe niba mbere y\u2019uko aburirwa irengero yaba yarigeze ajya mu bikorwa bigize icyaha yigeze akora, asubiza ko ntabyo ariko ubu ngo <em>\u201cBigaragara ko hari ibintu bigize icyaha yakoze.\u201d<\/em><\/p>\n<p>Tariki 8 Gashyantare 2022, Abanditsi, abanyabugeni, n\u2019abasizi barenga 290 bo muri Africa, Aziya, Uburayi na Amerika zombi bandikiye perezida w\u2019u Rwanda bamusaba gukurikirana ibura ry\u2019umusizi Innocent Bahati <em>\u201cmu nyungu z\u2019uburenganzira ku buzima bwe, ubwisanzure, no kubaho neza\u201d.<\/em><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Yanditswe na Nkurunziza Gad Nyuma y\u2019umwaka urenga Umusizi Bahati Innocent aburiwe irengero ndetse agatabarizwa n\u2019abanditsi ndetse n\u2019abasizi bo mu Bihugu bisaga 100 ku Isi, Urwego rushinzwe Ubugenzacyaha mu Rwanda rwahamije ko \u201cYakoranaga n\u2019abantu bafitiye u Rwanda imigambi mibi bakorera muri Uganda, Leta zunze ubumwe z\u2019Amerika no mu Bubiligi.\u201d Mu Kiganiro Umuvugizi wa RIB, Dr Thierry [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":39489,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[30],"tags":[],"class_list":["post-45062","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-rwanda"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>Umusizi Bahati waburiwe irengero arashinjwa gukorana n\u2019abarwanya Leta ya Kigali - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umusizi-bahati-waburiwe-irengero-arashinjwa-gukorana-nabarwanya-leta-ya-kigali\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Umusizi Bahati waburiwe irengero arashinjwa gukorana n\u2019abarwanya Leta ya Kigali - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Yanditswe na Nkurunziza Gad Nyuma y\u2019umwaka urenga Umusizi Bahati Innocent aburiwe irengero ndetse agatabarizwa n\u2019abanditsi ndetse n\u2019abasizi bo mu Bihugu bisaga 100 ku Isi, Urwego rushinzwe Ubugenzacyaha mu Rwanda rwahamije ko \u201cYakoranaga n\u2019abantu bafitiye u Rwanda imigambi mibi bakorera muri Uganda, Leta zunze ubumwe z\u2019Amerika no mu Bubiligi.\u201d Mu Kiganiro Umuvugizi wa RIB, Dr Thierry [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umusizi-bahati-waburiwe-irengero-arashinjwa-gukorana-nabarwanya-leta-ya-kigali\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2022-02-17T14:16:11+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/02\/Skjermbilde-2021-02-11-kl.-01.10.42.png\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"470\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"640\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/png\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"4 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umusizi-bahati-waburiwe-irengero-arashinjwa-gukorana-nabarwanya-leta-ya-kigali\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umusizi-bahati-waburiwe-irengero-arashinjwa-gukorana-nabarwanya-leta-ya-kigali\/\",\"name\":\"Umusizi Bahati waburiwe irengero arashinjwa gukorana n\u2019abarwanya Leta ya Kigali - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umusizi-bahati-waburiwe-irengero-arashinjwa-gukorana-nabarwanya-leta-ya-kigali\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umusizi-bahati-waburiwe-irengero-arashinjwa-gukorana-nabarwanya-leta-ya-kigali\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/02\/Skjermbilde-2021-02-11-kl.-01.10.42.png\",\"datePublished\":\"2022-02-17T14:16:11+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umusizi-bahati-waburiwe-irengero-arashinjwa-gukorana-nabarwanya-leta-ya-kigali\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umusizi-bahati-waburiwe-irengero-arashinjwa-gukorana-nabarwanya-leta-ya-kigali\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umusizi-bahati-waburiwe-irengero-arashinjwa-gukorana-nabarwanya-leta-ya-kigali\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/02\/Skjermbilde-2021-02-11-kl.-01.10.42.png\",\"contentUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/02\/Skjermbilde-2021-02-11-kl.-01.10.42.png\",\"width\":470,\"height\":640,\"caption\":\"Umusizi Innocent Bahati, waburiwe irengero\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umusizi-bahati-waburiwe-irengero-arashinjwa-gukorana-nabarwanya-leta-ya-kigali\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Umusizi Bahati waburiwe irengero arashinjwa gukorana n\u2019abarwanya Leta ya Kigali\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Umusizi Bahati waburiwe irengero arashinjwa gukorana n\u2019abarwanya Leta ya Kigali - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umusizi-bahati-waburiwe-irengero-arashinjwa-gukorana-nabarwanya-leta-ya-kigali\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Umusizi Bahati waburiwe irengero arashinjwa gukorana n\u2019abarwanya Leta ya Kigali - Umunyarwanda","og_description":"Yanditswe na Nkurunziza Gad Nyuma y\u2019umwaka urenga Umusizi Bahati Innocent aburiwe irengero ndetse agatabarizwa n\u2019abanditsi ndetse n\u2019abasizi bo mu Bihugu bisaga 100 ku Isi, Urwego rushinzwe Ubugenzacyaha mu Rwanda rwahamije ko \u201cYakoranaga n\u2019abantu bafitiye u Rwanda imigambi mibi bakorera muri Uganda, Leta zunze ubumwe z\u2019Amerika no mu Bubiligi.\u201d Mu Kiganiro Umuvugizi wa RIB, Dr Thierry [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umusizi-bahati-waburiwe-irengero-arashinjwa-gukorana-nabarwanya-leta-ya-kigali\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2022-02-17T14:16:11+00:00","og_image":[{"width":470,"height":640,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/02\/Skjermbilde-2021-02-11-kl.-01.10.42.png","type":"image\/png"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"4 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umusizi-bahati-waburiwe-irengero-arashinjwa-gukorana-nabarwanya-leta-ya-kigali\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umusizi-bahati-waburiwe-irengero-arashinjwa-gukorana-nabarwanya-leta-ya-kigali\/","name":"Umusizi Bahati waburiwe irengero arashinjwa gukorana n\u2019abarwanya Leta ya Kigali - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umusizi-bahati-waburiwe-irengero-arashinjwa-gukorana-nabarwanya-leta-ya-kigali\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umusizi-bahati-waburiwe-irengero-arashinjwa-gukorana-nabarwanya-leta-ya-kigali\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/02\/Skjermbilde-2021-02-11-kl.-01.10.42.png","datePublished":"2022-02-17T14:16:11+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umusizi-bahati-waburiwe-irengero-arashinjwa-gukorana-nabarwanya-leta-ya-kigali\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umusizi-bahati-waburiwe-irengero-arashinjwa-gukorana-nabarwanya-leta-ya-kigali\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umusizi-bahati-waburiwe-irengero-arashinjwa-gukorana-nabarwanya-leta-ya-kigali\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/02\/Skjermbilde-2021-02-11-kl.-01.10.42.png","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/02\/Skjermbilde-2021-02-11-kl.-01.10.42.png","width":470,"height":640,"caption":"Umusizi Innocent Bahati, waburiwe irengero"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umusizi-bahati-waburiwe-irengero-arashinjwa-gukorana-nabarwanya-leta-ya-kigali\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Umusizi Bahati waburiwe irengero arashinjwa gukorana n\u2019abarwanya Leta ya Kigali"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/45062","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=45062"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/45062\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":45063,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/45062\/revisions\/45063"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/39489"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=45062"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=45062"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=45062"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}