{"id":45073,"date":"2022-02-18T15:07:45","date_gmt":"2022-02-18T13:07:45","guid":{"rendered":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=45073"},"modified":"2022-02-18T15:07:45","modified_gmt":"2022-02-18T13:07:45","slug":"leta-kigali-yemeye-ko-ifaranga-ryayo-ryataye-agaciro","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-kigali-yemeye-ko-ifaranga-ryayo-ryataye-agaciro\/","title":{"rendered":"Leta Kigali yemeye ko ifaranga ryayo ryataye agaciro"},"content":{"rendered":"<p style=\"font-weight: 400;\">Yanditswe na <strong>Nkurunziza Gad<\/strong><\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\"><em>Hari hashize imyaka abaturage bitotombera ko ibiciro ku masoko byatumbagiye, abajijutse bo bakavugira mu matamatama ko ifaranag ry\u2019u Rwanda ryataye agaciro abavugira Leta bakabyamaganira kure bemeza ko ubukungu bwifashe neza, none cyera kabaye Banki nkuru y\u2019u Rwanda yemeje ko ifaranga ryataye agaciro.<\/em><\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\">Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane tariki 17 Gashyantare 2022, BNR yasohoye itangazo rivuga ko \u201cyazamuye igipimo cy\u2019inyungu fatizo itangiraho amafaranga yayo kuri banki z\u2019ubucuruzi,\u00a0inyungu ikaba yavuye\u00a0<em>4<\/em>.5% ikagezwa kuri 5% mu rwego rwo gukumira izamuka rikabije ry\u2019ibiciro ku isoko no gukomeza gushyigikira &#8220;izahuka ry\u2019ubukungu\u201d.<\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\">BNR ivuga ko muri uyu mwaka wa 2022, hateganyijwe ko igipimo mpuzandengo cy\u2019ihindagurika ry\u2019ibiciro ku isoko, kizaba hejuru y\u2019igipimo fatizo cya 5% Banki Nkuru igenderaho ndetse kikaba cyajya hejuru y\u2019urubibi ntarengwa rwa 8% mu mpera z\u2019umwaka.<\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\"><strong>\u201cSinavuga ko bikabije, ariko FRW biragaragara ko ari guta agaciro\u201d<\/strong><\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\">Mu kiganiro yagiranye n\u2019imwe mu ma Radio akorera mu Rwanda, Guverineri wa Banki Nkuru y\u2019u Rwanda, John Rwangombwa yavuze ko ifaranga ry\u2019u Rwanda ryataye agaciro.<\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\">Ati \u201cSinavuga ko bikabije ku buryo igikuba cyacitse, ariko FRW y\u2019u Rwanda hari impamvu nyinshi zigaragaza ko riri guta agaciro. Ibi biterwa n\u2019uko ubukungu bw\u2019isi buhagaze muri iki gihe kandi si mu Rwanda honyine. Ibicuruzwa fatizo birimo kuzamuka cyane ku masoko mpuzamahanga, ibi rero bituma Banki Nkuru z\u2019Ibihugu zitekereza gukaza ingamba za politiki y\u2019ifaranga mu rwego rwo gukumira izamuka rikabije ry\u2019ibiciro rusange ku isoko.\u201d<\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\">Mu nkuru zitandukanye twagiye tubagezaho twababwiye ko ubuzima bwifashe nabi mu bice bitandukanye by\u2019u Rwanda, aho usanga ibicuruzwa bimwe na bimwe ndetse n\u2019ubukode bw\u2019amazu y\u2019ubucuruzi ba nyirabyo bahitamo kubyishyuza mu madolari kubera ko ifaranga ry\u2019u Rwanda ryataye agaciro.<\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\">Ni mu gihe kandi ibiciro ku masoko bitumbagira uko bwije n\u2019uko bucyeye. Urugero niba uyu munsi uguze umuti w\u2019isabune yo kumesa ku mafaranga 1000, ejo mu gitondo uragenda ugasanga iragura amafaranga 1200, ibi kandi niko bimeze no ku bindi bicuruzwa by\u2019ibanze bikenerwa n\u2019abaturage mu buzima bwa buri munsi.<\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\"><strong>\u201cGukena kwacu Leta ibifitemo uruhare\u201d<\/strong><\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\"><em>Umwe mu batuye mu Karere ka Nyarugenge twaganiriye kuri iki kibazo cy\u2019agaciro k\u2019ifaranga ry\u2019u Rwanda yavuze ati \u201cNkorera ubucuruzi bw\u2019imyenda muri Matheus guhera mu 1998, ariko ni ubwa mbere muri iyo myaka yose mbona aho ba nyir\u2019inzu dukoreramo batwishyuza mu madorali ($) twatakambiye Leta ngo ibatubwirire badohore tujye twishyura mu manyarwanda Leta ntacyo yadufashishije. Gukena kwacu Leta ibifitemo uruhare kuko usanga aya mazu dukoreramo amenshi ari ay\u2019abo bategetsi bakomeye b\u2019igihugu.\u201d<\/em><\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\">Ikigo gishinzwe ibarurishamibare mu Rwanda cyari giherutse gutangaza ko ibiciro ku masoko yo mijyi byazamutse ku gipimo cya 4.3% hagati ya Mutarama(1) 2021 na Mutarama 2022.<\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\">Abasesenguzi mu bijyanye n\u2019ubukungu bw\u2019u Rwanda, bavuga ko n\u2019ubwo Leta irema agatima abaturage ivuga ko ifaranga ritataye agaciro ku buryo bukabije, ibi ari ikinyoma cyambaye ubusa ugereranyine n\u2019uko ubukungu buhagaze muri rusange ndetse n\u2019ingano y\u2019amadeni igihugu gifite.<\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\">Mu kwezi k\u2019Ukuboza 2021, umwenda rusange w\u2019igihugu haba uw\u2019imbere mu gihugu no hanze ndetse n\u2019umwenda w\u2019amasosiyete ya leta [ayo leta yishingira], byose ubishyize hamwe byanganaga na 71,3% by\u2019umusaruro mbumbe w\u2019igihugu.<\/p>\n<p style=\"font-weight: 400;\">Ku gihugu kiri mu nzira y\u2019amajyambere, uyu mwenda ni umutwaro ukomeye ku buryo kuzahuka k\u2019ubukungu bishobora kuzagorana<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Yanditswe na Nkurunziza Gad Hari hashize imyaka abaturage bitotombera ko ibiciro ku masoko byatumbagiye, abajijutse bo bakavugira mu matamatama ko ifaranag ry\u2019u Rwanda ryataye agaciro abavugira Leta bakabyamaganira kure bemeza ko ubukungu bwifashe neza, none cyera kabaye Banki nkuru y\u2019u Rwanda yemeje ko ifaranga ryataye agaciro. Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane tariki 17 [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":18803,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[69],"tags":[],"class_list":["post-45073","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-ubukungu"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v27.8 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Leta Kigali yemeye ko ifaranga ryayo ryataye agaciro - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-kigali-yemeye-ko-ifaranga-ryayo-ryataye-agaciro\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Leta Kigali yemeye ko ifaranga ryayo ryataye agaciro - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Yanditswe na Nkurunziza Gad Hari hashize imyaka abaturage bitotombera ko ibiciro ku masoko byatumbagiye, abajijutse bo bakavugira mu matamatama ko ifaranag ry\u2019u Rwanda ryataye agaciro abavugira Leta bakabyamaganira kure bemeza ko ubukungu bwifashe neza, none cyera kabaye Banki nkuru y\u2019u Rwanda yemeje ko ifaranga ryataye agaciro. Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane tariki 17 [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-kigali-yemeye-ko-ifaranga-ryayo-ryataye-agaciro\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2022-02-18T13:07:45+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/01\/BNR.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"824\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"539\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/leta-kigali-yemeye-ko-ifaranga-ryayo-ryataye-agaciro\\\/#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/leta-kigali-yemeye-ko-ifaranga-ryayo-ryataye-agaciro\\\/\"},\"author\":{\"name\":\"therwda\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"headline\":\"Leta Kigali yemeye ko ifaranga ryayo ryataye agaciro\",\"datePublished\":\"2022-02-18T13:07:45+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/leta-kigali-yemeye-ko-ifaranga-ryayo-ryataye-agaciro\\\/\"},\"wordCount\":542,\"commentCount\":0,\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/leta-kigali-yemeye-ko-ifaranga-ryayo-ryataye-agaciro\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2017\\\/01\\\/BNR.jpg\",\"articleSection\":[\"Ubukungu\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/leta-kigali-yemeye-ko-ifaranga-ryayo-ryataye-agaciro\\\/#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/leta-kigali-yemeye-ko-ifaranga-ryayo-ryataye-agaciro\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/leta-kigali-yemeye-ko-ifaranga-ryayo-ryataye-agaciro\\\/\",\"name\":\"Leta Kigali yemeye ko ifaranga ryayo ryataye agaciro - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/leta-kigali-yemeye-ko-ifaranga-ryayo-ryataye-agaciro\\\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/leta-kigali-yemeye-ko-ifaranga-ryayo-ryataye-agaciro\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2017\\\/01\\\/BNR.jpg\",\"datePublished\":\"2022-02-18T13:07:45+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/leta-kigali-yemeye-ko-ifaranga-ryayo-ryataye-agaciro\\\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/leta-kigali-yemeye-ko-ifaranga-ryayo-ryataye-agaciro\\\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/leta-kigali-yemeye-ko-ifaranga-ryayo-ryataye-agaciro\\\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2017\\\/01\\\/BNR.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2017\\\/01\\\/BNR.jpg\",\"width\":824,\"height\":539},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/leta-kigali-yemeye-ko-ifaranga-ryayo-ryataye-agaciro\\\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Leta Kigali yemeye ko ifaranga ryayo ryataye agaciro\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"url\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/author\\\/therwda\\\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Leta Kigali yemeye ko ifaranga ryayo ryataye agaciro - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-kigali-yemeye-ko-ifaranga-ryayo-ryataye-agaciro\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Leta Kigali yemeye ko ifaranga ryayo ryataye agaciro - Umunyarwanda","og_description":"Yanditswe na Nkurunziza Gad Hari hashize imyaka abaturage bitotombera ko ibiciro ku masoko byatumbagiye, abajijutse bo bakavugira mu matamatama ko ifaranag ry\u2019u Rwanda ryataye agaciro abavugira Leta bakabyamaganira kure bemeza ko ubukungu bwifashe neza, none cyera kabaye Banki nkuru y\u2019u Rwanda yemeje ko ifaranga ryataye agaciro. Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane tariki 17 [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-kigali-yemeye-ko-ifaranga-ryayo-ryataye-agaciro\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2022-02-18T13:07:45+00:00","og_image":[{"width":824,"height":539,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/01\/BNR.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-kigali-yemeye-ko-ifaranga-ryayo-ryataye-agaciro\/#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-kigali-yemeye-ko-ifaranga-ryayo-ryataye-agaciro\/"},"author":{"name":"therwda","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"headline":"Leta Kigali yemeye ko ifaranga ryayo ryataye agaciro","datePublished":"2022-02-18T13:07:45+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-kigali-yemeye-ko-ifaranga-ryayo-ryataye-agaciro\/"},"wordCount":542,"commentCount":0,"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-kigali-yemeye-ko-ifaranga-ryayo-ryataye-agaciro\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/01\/BNR.jpg","articleSection":["Ubukungu"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-kigali-yemeye-ko-ifaranga-ryayo-ryataye-agaciro\/#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-kigali-yemeye-ko-ifaranga-ryayo-ryataye-agaciro\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-kigali-yemeye-ko-ifaranga-ryayo-ryataye-agaciro\/","name":"Leta Kigali yemeye ko ifaranga ryayo ryataye agaciro - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-kigali-yemeye-ko-ifaranga-ryayo-ryataye-agaciro\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-kigali-yemeye-ko-ifaranga-ryayo-ryataye-agaciro\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/01\/BNR.jpg","datePublished":"2022-02-18T13:07:45+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-kigali-yemeye-ko-ifaranga-ryayo-ryataye-agaciro\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-kigali-yemeye-ko-ifaranga-ryayo-ryataye-agaciro\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-kigali-yemeye-ko-ifaranga-ryayo-ryataye-agaciro\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/01\/BNR.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/01\/BNR.jpg","width":824,"height":539},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-kigali-yemeye-ko-ifaranga-ryayo-ryataye-agaciro\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Leta Kigali yemeye ko ifaranga ryayo ryataye agaciro"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/45073","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=45073"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/45073\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":45074,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/45073\/revisions\/45074"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/18803"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=45073"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=45073"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=45073"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}