{"id":45269,"date":"2022-03-16T15:50:07","date_gmt":"2022-03-16T13:50:07","guid":{"rendered":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=45269"},"modified":"2022-03-16T15:50:07","modified_gmt":"2022-03-16T13:50:07","slug":"gukoresha-indangururamajwi-ku-misigiti-i-kigali-byahagaritswe","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gukoresha-indangururamajwi-ku-misigiti-i-kigali-byahagaritswe\/","title":{"rendered":"Gukoresha Indangururamajwi ku Misigiti  I Kigali Byahagaritswe"},"content":{"rendered":"<p>Gutora Adhan mu gitondo cya kare, hifashishijwe indangururamajwi ku misigiti 8 yo mu mujyi wa Kigali byahagaritswe. Umuryango w\u2019Abayisiramu mu Rwanda uratangaza ko watangiye ibiganiro n\u2019inzego za Leta ngo basubire kuri iki cyemezo.<\/p>\n<p>Iri jwi riranguruye rihamagarira Abayisiramu kwitabira isengesho rya mu gitondo, hifashishijwe indangururamajwi, ryahagaritswe kuva kuri uyu wa mbere mu misigiti 8 yo mu mugi wa Kigali rwagati.<\/p>\n<p>Itangazo ryasohowe na Polise y\u2019u Rwanda rigaragaza ko uyu muhamagaro ukoresheje indangururamajwi wahagaritswe kubera ko uteza urusaku, kandi bikaba bibujijwe n\u2019amategeko.<\/p>\n<p>Itangazo ryanyujijwe ku rubuga rwayo rwa Twitter riragira, riti: \u201cIyo hari ibikorwa biteza urusaku rubangamira abaturage birahagarikwa nk\u2019uko biteganywa mu itegeko nomero 68\/2018 ryo ku wa 30 z\u2019ukwezi kwa 8\/ 2018 mu ngingo yaryo ya 267.<\/p>\n<p>Ni muri urwo rwego imisigiti yo mu Mujyi wa Kigali yabujijwe guteza urusaku.\u201d<br \/>\nUyu muhamagaro ukoreshwa n\u2019indangururamajwi mu rwego rwo kwibutsa Aba-Islam ko isaha yo gusari igeze.<\/p>\n<p>Mufti w\u2019u Rwanda, Sheikh Salim Hitimana, yabwiye Radiyo Ijwi ry\u2019Amerika ko mu misigiti myinshi bafite, 8 yo mu mujyi wa Kigali ari yo irebwa n\u2019icyo cyemezo. Uyu muyobozi asobanura ko kugeza ubu bataramenya impamvu hatoranijwe imisigiti 8 mu yindi myinshi iri mu mugi wa Kigali, ndetse no hirya no hino mu gihugu, gusa ngo batangiye ibiganiro n\u2019inzego za Leta.<\/p>\n<p>Kuva kuri uyu wa mbere, abantu banyuranye ku mbuga nkoranyambaga berekanye aho bahagaze kuri iki cyemezo. Bamwe bavuga ko leta itari ikwiye kwivanga mu myemerere y\u2019abantu, abandi bakumvikanisha ko nabo ari uburenganzira bwabo bwo kurindwa urusaku.<\/p>\n<p>Ku Bayisiramu bavuganye n\u2019Ijwi ry\u2019Amerika, benshi bagaragaje kutishimira uyu mwanzuro wa Polise y\u2019u Rwanda. Umuyobozi w&#8217;Abayisiramu mu Rwanda, Sheikh Salim Hitimana, yagaragaje ko iki cyemezo cyabangamiye Abayisiramu batari bake.<\/p>\n<p>Si ubwa mbere ibikorwa nk\u2019ibi byo guhagarika indangururamajwi zifashishwa mu guhamagara Abasiramu ku masaha yo gusenga bibayeho, kuko mu mwaka wa 2018, umurenge wa Nyarugenge wasabye ko izi ndangururamajwi zahagarara, gusa zongera gusubizwaho nyuma y\u2019iminsi ibiri.<\/p>\n<p>Inkuru ya Assumpta Kaboyi akorera Ijwi ry&#8217;Amerika mu Rwanda<\/p>\n<p><iframe loading=\"lazy\" src=\"https:\/\/www.radiyoyacuvoa.com\/embed\/player\/0\/6486239.html?type=audio\" width=\"100%\" height=\"144\" frameborder=\"0\" scrolling=\"no\" allowfullscreen=\"allowfullscreen\"><\/iframe><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Gutora Adhan mu gitondo cya kare, hifashishijwe indangururamajwi ku misigiti 8 yo mu mujyi wa Kigali byahagaritswe. Umuryango w\u2019Abayisiramu mu Rwanda uratangaza ko watangiye ibiganiro n\u2019inzego za Leta ngo basubire kuri iki cyemezo. Iri jwi riranguruye rihamagarira Abayisiramu kwitabira isengesho rya mu gitondo, hifashishijwe indangururamajwi, ryahagaritswe kuva kuri uyu wa mbere mu misigiti 8 yo [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":12322,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[79],"tags":[],"class_list":["post-45269","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-iyobokamana"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v27.8 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Gukoresha Indangururamajwi ku Misigiti I Kigali Byahagaritswe - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gukoresha-indangururamajwi-ku-misigiti-i-kigali-byahagaritswe\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Gukoresha Indangururamajwi ku Misigiti I Kigali Byahagaritswe - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Gutora Adhan mu gitondo cya kare, hifashishijwe indangururamajwi ku misigiti 8 yo mu mujyi wa Kigali byahagaritswe. Umuryango w\u2019Abayisiramu mu Rwanda uratangaza ko watangiye ibiganiro n\u2019inzego za Leta ngo basubire kuri iki cyemezo. Iri jwi riranguruye rihamagarira Abayisiramu kwitabira isengesho rya mu gitondo, hifashishijwe indangururamajwi, ryahagaritswe kuva kuri uyu wa mbere mu misigiti 8 yo [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gukoresha-indangururamajwi-ku-misigiti-i-kigali-byahagaritswe\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2022-03-16T13:50:07+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/01\/umusigiti.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"640\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"480\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/gukoresha-indangururamajwi-ku-misigiti-i-kigali-byahagaritswe\\\/#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/gukoresha-indangururamajwi-ku-misigiti-i-kigali-byahagaritswe\\\/\"},\"author\":{\"name\":\"therwda\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"headline\":\"Gukoresha Indangururamajwi ku Misigiti I Kigali Byahagaritswe\",\"datePublished\":\"2022-03-16T13:50:07+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/gukoresha-indangururamajwi-ku-misigiti-i-kigali-byahagaritswe\\\/\"},\"wordCount\":327,\"commentCount\":0,\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/gukoresha-indangururamajwi-ku-misigiti-i-kigali-byahagaritswe\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2016\\\/01\\\/umusigiti.jpg\",\"articleSection\":[\"Iyobokamana\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/gukoresha-indangururamajwi-ku-misigiti-i-kigali-byahagaritswe\\\/#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/gukoresha-indangururamajwi-ku-misigiti-i-kigali-byahagaritswe\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/gukoresha-indangururamajwi-ku-misigiti-i-kigali-byahagaritswe\\\/\",\"name\":\"Gukoresha Indangururamajwi ku Misigiti I Kigali Byahagaritswe - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/gukoresha-indangururamajwi-ku-misigiti-i-kigali-byahagaritswe\\\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/gukoresha-indangururamajwi-ku-misigiti-i-kigali-byahagaritswe\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2016\\\/01\\\/umusigiti.jpg\",\"datePublished\":\"2022-03-16T13:50:07+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/gukoresha-indangururamajwi-ku-misigiti-i-kigali-byahagaritswe\\\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/gukoresha-indangururamajwi-ku-misigiti-i-kigali-byahagaritswe\\\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/gukoresha-indangururamajwi-ku-misigiti-i-kigali-byahagaritswe\\\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2016\\\/01\\\/umusigiti.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2016\\\/01\\\/umusigiti.jpg\",\"width\":640,\"height\":480},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/gukoresha-indangururamajwi-ku-misigiti-i-kigali-byahagaritswe\\\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Gukoresha Indangururamajwi ku Misigiti I Kigali Byahagaritswe\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"url\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/author\\\/therwda\\\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Gukoresha Indangururamajwi ku Misigiti I Kigali Byahagaritswe - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gukoresha-indangururamajwi-ku-misigiti-i-kigali-byahagaritswe\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Gukoresha Indangururamajwi ku Misigiti I Kigali Byahagaritswe - Umunyarwanda","og_description":"Gutora Adhan mu gitondo cya kare, hifashishijwe indangururamajwi ku misigiti 8 yo mu mujyi wa Kigali byahagaritswe. Umuryango w\u2019Abayisiramu mu Rwanda uratangaza ko watangiye ibiganiro n\u2019inzego za Leta ngo basubire kuri iki cyemezo. Iri jwi riranguruye rihamagarira Abayisiramu kwitabira isengesho rya mu gitondo, hifashishijwe indangururamajwi, ryahagaritswe kuva kuri uyu wa mbere mu misigiti 8 yo [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gukoresha-indangururamajwi-ku-misigiti-i-kigali-byahagaritswe\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2022-03-16T13:50:07+00:00","og_image":[{"width":640,"height":480,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/01\/umusigiti.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gukoresha-indangururamajwi-ku-misigiti-i-kigali-byahagaritswe\/#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gukoresha-indangururamajwi-ku-misigiti-i-kigali-byahagaritswe\/"},"author":{"name":"therwda","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"headline":"Gukoresha Indangururamajwi ku Misigiti I Kigali Byahagaritswe","datePublished":"2022-03-16T13:50:07+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gukoresha-indangururamajwi-ku-misigiti-i-kigali-byahagaritswe\/"},"wordCount":327,"commentCount":0,"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gukoresha-indangururamajwi-ku-misigiti-i-kigali-byahagaritswe\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/01\/umusigiti.jpg","articleSection":["Iyobokamana"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gukoresha-indangururamajwi-ku-misigiti-i-kigali-byahagaritswe\/#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gukoresha-indangururamajwi-ku-misigiti-i-kigali-byahagaritswe\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gukoresha-indangururamajwi-ku-misigiti-i-kigali-byahagaritswe\/","name":"Gukoresha Indangururamajwi ku Misigiti I Kigali Byahagaritswe - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gukoresha-indangururamajwi-ku-misigiti-i-kigali-byahagaritswe\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gukoresha-indangururamajwi-ku-misigiti-i-kigali-byahagaritswe\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/01\/umusigiti.jpg","datePublished":"2022-03-16T13:50:07+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gukoresha-indangururamajwi-ku-misigiti-i-kigali-byahagaritswe\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gukoresha-indangururamajwi-ku-misigiti-i-kigali-byahagaritswe\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gukoresha-indangururamajwi-ku-misigiti-i-kigali-byahagaritswe\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/01\/umusigiti.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/01\/umusigiti.jpg","width":640,"height":480},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gukoresha-indangururamajwi-ku-misigiti-i-kigali-byahagaritswe\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Gukoresha Indangururamajwi ku Misigiti I Kigali Byahagaritswe"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/45269","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=45269"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/45269\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":45270,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/45269\/revisions\/45270"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/12322"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=45269"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=45269"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=45269"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}