{"id":45307,"date":"2022-03-22T20:42:04","date_gmt":"2022-03-22T18:42:04","guid":{"rendered":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=45307"},"modified":"2022-03-22T20:42:04","modified_gmt":"2022-03-22T18:42:04","slug":"ubukungu-bwazamutse-ni-ubwabo-ubwacu-bwo-bugeze-aharindimuka","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubukungu-bwazamutse-ni-ubwabo-ubwacu-bwo-bugeze-aharindimuka\/","title":{"rendered":"\u201cUbukungu bwazamutse ni ubwabo, ubwacu bwo bugeze aharindimuka\u201d"},"content":{"rendered":"<p>Yanditswe na <strong>Nkurunziza Gad<\/strong><\/p>\n<p>Ikigo gishinzwe Ibarurishamibare mu Rwanda cyatangaje (NISR) cyatangaje ko ubukungu bw\u2019u Rwanda mu gihembwe cya mbere cya 2021 bwiyongereye ku kigero cya 3.5%, mu cya kabiri bwiyongera 20.6%, mu cya gatatu bwiyongera ku 10.1% naho icya kane kuri 10.3%, aya makuru yateye ishavu rikomeye abaturage bamwe bavuga ko ubukungu bwazamutse ari ubw\u2019abategetsi naho rubanda yo ngo iricira isazi mu jisho.<\/p>\n<p>NISR yavuze ko muri uyu mwaka kandi umusaruro w\u2019ubuhinzi wiyongereyeho 6%, uw\u2019inganda 13%, uwa serivisi wiyongeraho 12%. Umusaruro w\u2019ibihingwa ngandurarugo wiyongereyeho 7%, uw\u2019ibihingwa ngengabukungu ugabanukaho 1%, kuko umusaruro wa kawa wagabanutseho 1% naho uw\u2019icyayi wiyongeraho 7%.<\/p>\n<p>Umusaruro w\u2019inganda zikora ibintu binyuranye wiyongereyeho 11% bitewe ahanini n\u2019izamuka rya 6% ry\u2019umusaruro w\u2019inganda zikora ibyo kunywa, 16% mu nganda zikora imyenda, 23% mu nganda zikora ibinyabutabire na 4% mu nganda zikora ibikoresho by\u2019ibyuma. Imirimo y\u2019ubwubatsi yo yiyongereyeho 15% naho ubucukuzi bw\u2019amabuye y\u2019agaciro na kariyeri bwiyongeraho 27%.<\/p>\n<p>Ubucuruzi buranguza n\u2019ubudandaza bwiyongereyeho 12%, serivisi za hotel na restaurant umusaruro wiyongeraho 20%, imirimo y\u2019ubwikoresi 15%, serivisi z\u2019imari 18%, serivisi z\u2019itumanaho 19%, serivisi z\u2019uburezi ni 59%, naho serivisi zo gusana ibintu binyuranye n\u2019amagarage umusaruro wazo uzamukaho 35%.<\/p>\n<p>\u201cIbi nukudukina ku mubyimba\u201d<\/p>\n<p>Nyuma yo gutangaza iyi mibare, bamwe mu banyarwanda b\u2019ingeri zitandukanye babinyujije ku mbuga nkoranyamabaga no mu biganiro ku ma radio atandukanye bagaragaje ko batayishimiye, bavuga ko gutangaza ko ubukungu bw\u2019igihugu bwazamutse mu gihe inzara ivuza ubuhuha mu baturage ntaho bitaniye no gukina abantu ku mubyimba.<\/p>\n<p>Mu kiganiro Zinduka gica kuri Radio 10, mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri tariki 21 Werurwe 2022, hari umuturage wahamagaye kuri radio aravuga ati \u201cNibyo koko ntawabihakana ubukungu bwabo bwarazamutse twese turabizi. Burabuzwa niki kuzamuka ko batwicira ku rwara nk\u2019inda bagahanika imisoro ku buryo nta abitwa ngo turacuruza dukorera kwishyura imisoro gusa, agahinda karenda kutwica, inzara sinakubwira.\u201d<\/p>\n<p>Undi muturage abinyujije ku rukuta rwa Twitter rwa kimwe mu binyamakuru by\u2019imizirandaro ya leta yanditse ati \u201cGutangaza ko ubukungu bw\u2019igihugu bwazamutse muri iki gihe bamwe bari guterezwa ibyabo cyamunara, abandi bagurisha ibyo bafite byose ngo barebe ko baramuka ntaho bitaniye no kudukina ku mubyimba. Urugero nkanjye ndi umucuruzi, inzu nkoreramo tuyishyura mu madorari kandi nyirayo ni umuyobozi ukomeye sirirwa muvuga, agaciro k\u2019idorari uko gahagaze uyu munsi twese turabizi, uko agaciro k\u2019ifaranga gahagaze ntawe ubiyobewe. Uzi kugirango amadorari 200 yo kwishyura ubukode? Umutima uba wenda kukuvamo none ngo ubukungu bwarazamutse? Gute se ?\u201d<\/p>\n<p>\u201cTurambiwe itekinika ryabo\u201d<\/p>\n<p>Guhera tariki 21 Werurwe 2022 ubwo hatangazwaga icyegeranyo ku ishusho y\u2019ubukungu bw\u2019u Rwanda, ku mbuga nkoranyambaga no mu ma groupe ya whatsapp nta kindi kiri kuvugwa uretse \u2018Turambiwe itekinika ryabo\u2019 abavuga ibi ni abatemeranya n\u2019imibare yatangajwe na NISR, aho bamwe banagaragagaza ko ubu bushakashatsi bushobora kuba bukorerwa mu biro \u2018Bureau\u2019 ababukora batajya bamanuka ngo begere abaturage bababaze uko babayeho.<\/p>\n<p>Raporo yakozwe na UN mu mwaka wa 2021, yashyize u Rwanda mu bihugu bitanu bya nyuma ku isi bituwe n\u2019abaturage batishimye.<\/p>\n<p>Raporo nk&#8217;iyi ya 2021, yarimo amakuru ya 2018 &#8211; 2020, u Rwanda rwari ku mwanya wa 147, u Burundi ku mwanya wa 140.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Yanditswe na Nkurunziza Gad Ikigo gishinzwe Ibarurishamibare mu Rwanda cyatangaje (NISR) cyatangaje ko ubukungu bw\u2019u Rwanda mu gihembwe cya mbere cya 2021 bwiyongereye ku kigero cya 3.5%, mu cya kabiri bwiyongera 20.6%, mu cya gatatu bwiyongera ku 10.1% naho icya kane kuri 10.3%, aya makuru yateye ishavu rikomeye abaturage bamwe bavuga ko ubukungu bwazamutse ari [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":45308,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[69],"tags":[],"class_list":["post-45307","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-ubukungu"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v27.8 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>\u201cUbukungu bwazamutse ni ubwabo, ubwacu bwo bugeze aharindimuka\u201d - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubukungu-bwazamutse-ni-ubwabo-ubwacu-bwo-bugeze-aharindimuka\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"\u201cUbukungu bwazamutse ni ubwabo, ubwacu bwo bugeze aharindimuka\u201d - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Yanditswe na Nkurunziza Gad Ikigo gishinzwe Ibarurishamibare mu Rwanda cyatangaje (NISR) cyatangaje ko ubukungu bw\u2019u Rwanda mu gihembwe cya mbere cya 2021 bwiyongereye ku kigero cya 3.5%, mu cya kabiri bwiyongera 20.6%, mu cya gatatu bwiyongera ku 10.1% naho icya kane kuri 10.3%, aya makuru yateye ishavu rikomeye abaturage bamwe bavuga ko ubukungu bwazamutse ari [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubukungu-bwazamutse-ni-ubwabo-ubwacu-bwo-bugeze-aharindimuka\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2022-03-22T18:42:04+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2022\/03\/Kigali11.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"799\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"533\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ubukungu-bwazamutse-ni-ubwabo-ubwacu-bwo-bugeze-aharindimuka\\\/#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ubukungu-bwazamutse-ni-ubwabo-ubwacu-bwo-bugeze-aharindimuka\\\/\"},\"author\":{\"name\":\"therwda\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"headline\":\"\u201cUbukungu bwazamutse ni ubwabo, ubwacu bwo bugeze aharindimuka\u201d\",\"datePublished\":\"2022-03-22T18:42:04+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ubukungu-bwazamutse-ni-ubwabo-ubwacu-bwo-bugeze-aharindimuka\\\/\"},\"wordCount\":490,\"commentCount\":0,\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ubukungu-bwazamutse-ni-ubwabo-ubwacu-bwo-bugeze-aharindimuka\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2022\\\/03\\\/Kigali11.jpg\",\"articleSection\":[\"Ubukungu\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ubukungu-bwazamutse-ni-ubwabo-ubwacu-bwo-bugeze-aharindimuka\\\/#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ubukungu-bwazamutse-ni-ubwabo-ubwacu-bwo-bugeze-aharindimuka\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ubukungu-bwazamutse-ni-ubwabo-ubwacu-bwo-bugeze-aharindimuka\\\/\",\"name\":\"\u201cUbukungu bwazamutse ni ubwabo, ubwacu bwo bugeze aharindimuka\u201d - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ubukungu-bwazamutse-ni-ubwabo-ubwacu-bwo-bugeze-aharindimuka\\\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ubukungu-bwazamutse-ni-ubwabo-ubwacu-bwo-bugeze-aharindimuka\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2022\\\/03\\\/Kigali11.jpg\",\"datePublished\":\"2022-03-22T18:42:04+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ubukungu-bwazamutse-ni-ubwabo-ubwacu-bwo-bugeze-aharindimuka\\\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ubukungu-bwazamutse-ni-ubwabo-ubwacu-bwo-bugeze-aharindimuka\\\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ubukungu-bwazamutse-ni-ubwabo-ubwacu-bwo-bugeze-aharindimuka\\\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2022\\\/03\\\/Kigali11.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2022\\\/03\\\/Kigali11.jpg\",\"width\":799,\"height\":533},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ubukungu-bwazamutse-ni-ubwabo-ubwacu-bwo-bugeze-aharindimuka\\\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"\u201cUbukungu bwazamutse ni ubwabo, ubwacu bwo bugeze aharindimuka\u201d\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"url\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/author\\\/therwda\\\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"\u201cUbukungu bwazamutse ni ubwabo, ubwacu bwo bugeze aharindimuka\u201d - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubukungu-bwazamutse-ni-ubwabo-ubwacu-bwo-bugeze-aharindimuka\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"\u201cUbukungu bwazamutse ni ubwabo, ubwacu bwo bugeze aharindimuka\u201d - Umunyarwanda","og_description":"Yanditswe na Nkurunziza Gad Ikigo gishinzwe Ibarurishamibare mu Rwanda cyatangaje (NISR) cyatangaje ko ubukungu bw\u2019u Rwanda mu gihembwe cya mbere cya 2021 bwiyongereye ku kigero cya 3.5%, mu cya kabiri bwiyongera 20.6%, mu cya gatatu bwiyongera ku 10.1% naho icya kane kuri 10.3%, aya makuru yateye ishavu rikomeye abaturage bamwe bavuga ko ubukungu bwazamutse ari [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubukungu-bwazamutse-ni-ubwabo-ubwacu-bwo-bugeze-aharindimuka\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2022-03-22T18:42:04+00:00","og_image":[{"width":799,"height":533,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2022\/03\/Kigali11.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubukungu-bwazamutse-ni-ubwabo-ubwacu-bwo-bugeze-aharindimuka\/#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubukungu-bwazamutse-ni-ubwabo-ubwacu-bwo-bugeze-aharindimuka\/"},"author":{"name":"therwda","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"headline":"\u201cUbukungu bwazamutse ni ubwabo, ubwacu bwo bugeze aharindimuka\u201d","datePublished":"2022-03-22T18:42:04+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubukungu-bwazamutse-ni-ubwabo-ubwacu-bwo-bugeze-aharindimuka\/"},"wordCount":490,"commentCount":0,"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubukungu-bwazamutse-ni-ubwabo-ubwacu-bwo-bugeze-aharindimuka\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2022\/03\/Kigali11.jpg","articleSection":["Ubukungu"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubukungu-bwazamutse-ni-ubwabo-ubwacu-bwo-bugeze-aharindimuka\/#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubukungu-bwazamutse-ni-ubwabo-ubwacu-bwo-bugeze-aharindimuka\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubukungu-bwazamutse-ni-ubwabo-ubwacu-bwo-bugeze-aharindimuka\/","name":"\u201cUbukungu bwazamutse ni ubwabo, ubwacu bwo bugeze aharindimuka\u201d - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubukungu-bwazamutse-ni-ubwabo-ubwacu-bwo-bugeze-aharindimuka\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubukungu-bwazamutse-ni-ubwabo-ubwacu-bwo-bugeze-aharindimuka\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2022\/03\/Kigali11.jpg","datePublished":"2022-03-22T18:42:04+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubukungu-bwazamutse-ni-ubwabo-ubwacu-bwo-bugeze-aharindimuka\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubukungu-bwazamutse-ni-ubwabo-ubwacu-bwo-bugeze-aharindimuka\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubukungu-bwazamutse-ni-ubwabo-ubwacu-bwo-bugeze-aharindimuka\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2022\/03\/Kigali11.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2022\/03\/Kigali11.jpg","width":799,"height":533},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubukungu-bwazamutse-ni-ubwabo-ubwacu-bwo-bugeze-aharindimuka\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"\u201cUbukungu bwazamutse ni ubwabo, ubwacu bwo bugeze aharindimuka\u201d"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/45307","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=45307"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/45307\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":45309,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/45307\/revisions\/45309"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/45308"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=45307"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=45307"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=45307"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}