{"id":45321,"date":"2022-03-23T21:52:29","date_gmt":"2022-03-23T19:52:29","guid":{"rendered":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=45321"},"modified":"2022-03-23T21:52:29","modified_gmt":"2022-03-23T19:52:29","slug":"rwanda-guhatira-abagabo-kwisiramuza-ku-gahato-bihatse-iki","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-guhatira-abagabo-kwisiramuza-ku-gahato-bihatse-iki\/","title":{"rendered":"Rwanda: Guhatira abagabo kwisiramuza ku gahato bihatse iki?"},"content":{"rendered":"<p>Yanditswe na <strong>Nkurunziza Gad<\/strong><\/p>\n<p>Leta y\u2019u Rwanda imaze imyaka yarashyizeho gahunda yo gusiramura abana b\u2019abahungu bakivuka, abagabo n\u2019abasore nabo bategekwa kwisiramuza bubi na bwiza ndetse ubu byashyizwe no mu mihigo.<\/p>\n<p>Kwisiramuza\/gukebwa (circumcision) ubusanzwe ni umwe mu migenzo y\u2019abayoboke b\u2019idini ya Islam n\u2019abandi babikora ku bwende bwabo, ariko magingo aya mu Rwanda bisa nk\u2019ibyabaye itegeko kuva byakwinjizwa mu mihigo y\u2019abayobozi b\u2019inzego z\u2019ibanze n\u2019abandi bashinzwe ubuzima mu myaka itanu ishize.<\/p>\n<p>Mu bukangurambaga bwo gushishikariza abagabo kwisiramuza bumaze iminsi bubera hirya no hino mu Rwanda, ab\u2019igitsinagabo babwirwa ko gukata \u2018agahu\u2019 kari ku mutwe w\u2019igitsina ari isuku ikorwa mu rwego rwo kubarinda indwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina idakingiye.<\/p>\n<p><strong>\u201cKwisiramuza byabaye itegeko\u201d<\/strong><\/p>\n<p>Mu karere ka Kamonyi hari abagabo batubwiye ko baherutse gukoreshwa inama n\u2019ubuyobozi bakabwirwa ko umugabo wese udasiramuye akwiye kwihutira kubikora, uwo bizamenyekana ko adasiramuye akazacibwa amande.<\/p>\n<p>Hari umugabo watubwiye ati \u201cHano mu Murenge wa Runda mu Karere ka Kamonyi kwisiramuza byabaye itegeko. Abajyanama b\u2019ubuzima basigaye bagenda urugo ku rundi babaza abagabo n\u2019abana b\u2019abahungu niba basiramuye. Hari n\u2019inama duherutse gukoreshwa n\u2019umuyobozi w\u2019umurenge, atubwira ko umugabo wese ndetse n\u2019umusore bazasanga adasiramuye azajya acibwa amande y\u2019amafaranga ibihumbi 10.\u201d<\/p>\n<p>Undi mugabo wo mu Karere ka Gatsibo yaratubwiye ati \u201cUjya gusaba icyangombwa bakubaza niba warisiramuje. Iyo uvuze ngo warisiramuje bakubaza igihe wabikoreye naho wabikoreye iyo basanze ubeshya baguca amande guhera ku bihumbi bibiri kugeza ku bihumbi icumi.\u201d<\/p>\n<p>Hari n\u2019umuyobozi mu nzego z\u2019ibanze watubwiye ngo \u201cDusigaye duhiga imihigo yo kugira umubare runaka w\u2019abagabo bisiramuje mu gihe iki niki. Nukuvuga ngo niba uhize ko muri uyu mwaka wa 2021-2022 ab\u2019igitsinagabo 1000 bazisiramuza birumvikana ko ugomba gukoresha imbaraga zose kugirango bigerweho. Abaturage dufite bamwe bumva batinze, udashyizeho igitsure ntibakwisiramuza.\u201d<\/p>\n<p><strong>Bamwe mu bisiramuje bavuga ko byabagizeho ingaruka<\/strong><\/p>\n<p>Kubera gutinya ibihano bahabwa n\u2019abayobozi, ndetse bamwe bakaba badafite amikoro ahagiye yo kujya kwisiramuza ku baganga b\u2019inzobere, bamwe mu bagabo bahitamo kujya kwisiramuza no gusiramuza abana babo b\u2019abahungu mu bavuzi gakondo cyangwa se mu bayisiramu rimwe na rimwe bigakorwa nabi bikabagiraho ingaruka zitandukanye.<\/p>\n<p>Hari umugabo wo mu Murenge wa Mahama mu Karere ka Kirehe watubwiye ko \u201cIgitsina cyaraboze kubera ukuntu umuvuzi gakondo yansiramuye nabi[&#8230;] nta mafaranga nari mfite yo kujya kwa muganga ikibungo byatumye rero njya kumuvuzi gakondo duturanye kuko nabonaga n\u2019abandi bajyayo akabasiramura. Njyewe nagize umwaku ankata nabi akata n\u2019inyama y\u2019imbere none igitsina kimaza umwaka kitarakira ahubwo cyaraboze mfite ububabare budashira.\u201d<\/p>\n<p>Hari n\u2019undi muturage uherutse gutanga ubuhamya kuri imwe mu maradio yigenga, avuga ko igitsina cy\u2019umwana we w\u2019imyaka irindwi kidakora kuko \u201cAnyara hifashishijwe sonde nyuma yo kumusiramura nabi ari uruhinja.\u201d<\/p>\n<p>Mu buhamya butandukanye bw\u2019abo twaganiriye, harimo n\u2019abagabo bavuga ko kuva babasiramura batongeye gushobora gukora umurimo w\u2019abashakanye.<\/p>\n<p>Ubushakashatsi bwa Gatandatu ku buzima n\u2019imibereho by\u2019abaturage n\u2019ubuzima (RDHS ) bugaragaza ko abagabo bafite imyaka 15-49, abagera kuri 56% basiramuye, muri bo 51% basiramuwe n\u2019abaganga mu gihe 3% basiramuwe n\u2019abahanga gakondo cyangwa abandi. Ubaze kuva ku myaka 15-59 ni 52.5%.<\/p>\n<p>Mu mujyi wa Kigali niho hari abagabo benshi basiramuye bangana na 72.4%, ukurikiwe n\u2019Intara y\u2019Uburengerazuba ifite 62.6%, Uburasirazuba ni 56.3%, Amajyaruguru ni 49.8% naho Amajyepfo ni 41.4%.<\/p>\n<p>Ugendeye ku madini, abagabo b\u2019Abanyagatolika bisiramuje mu Rwanda ni 52.9%, Abaporotesitanti ni 57%, Abadivantisiti ni 57.2%, Abayisilamu ni 90.7%, Abahamya ba Yehova ni 57%, Abatagira idini babarizwamo ni 47.5%.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Yanditswe na Nkurunziza Gad Leta y\u2019u Rwanda imaze imyaka yarashyizeho gahunda yo gusiramura abana b\u2019abahungu bakivuka, abagabo n\u2019abasore nabo bategekwa kwisiramuza bubi na bwiza ndetse ubu byashyizwe no mu mihigo. Kwisiramuza\/gukebwa (circumcision) ubusanzwe ni umwe mu migenzo y\u2019abayoboke b\u2019idini ya Islam n\u2019abandi babikora ku bwende bwabo, ariko magingo aya mu Rwanda bisa nk\u2019ibyabaye itegeko kuva [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":15174,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[36],"tags":[],"class_list":["post-45321","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-umuturage"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>Rwanda: Guhatira abagabo kwisiramuza ku gahato bihatse iki? - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-guhatira-abagabo-kwisiramuza-ku-gahato-bihatse-iki\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Rwanda: Guhatira abagabo kwisiramuza ku gahato bihatse iki? - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Yanditswe na Nkurunziza Gad Leta y\u2019u Rwanda imaze imyaka yarashyizeho gahunda yo gusiramura abana b\u2019abahungu bakivuka, abagabo n\u2019abasore nabo bategekwa kwisiramuza bubi na bwiza ndetse ubu byashyizwe no mu mihigo. Kwisiramuza\/gukebwa (circumcision) ubusanzwe ni umwe mu migenzo y\u2019abayoboke b\u2019idini ya Islam n\u2019abandi babikora ku bwende bwabo, ariko magingo aya mu Rwanda bisa nk\u2019ibyabaye itegeko kuva [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-guhatira-abagabo-kwisiramuza-ku-gahato-bihatse-iki\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2022-03-23T19:52:29+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/08\/abaturage.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"800\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"600\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-guhatira-abagabo-kwisiramuza-ku-gahato-bihatse-iki\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-guhatira-abagabo-kwisiramuza-ku-gahato-bihatse-iki\/\",\"name\":\"Rwanda: Guhatira abagabo kwisiramuza ku gahato bihatse iki? - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-guhatira-abagabo-kwisiramuza-ku-gahato-bihatse-iki\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-guhatira-abagabo-kwisiramuza-ku-gahato-bihatse-iki\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/08\/abaturage.jpg\",\"datePublished\":\"2022-03-23T19:52:29+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-guhatira-abagabo-kwisiramuza-ku-gahato-bihatse-iki\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-guhatira-abagabo-kwisiramuza-ku-gahato-bihatse-iki\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-guhatira-abagabo-kwisiramuza-ku-gahato-bihatse-iki\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/08\/abaturage.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/08\/abaturage.jpg\",\"width\":800,\"height\":600},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-guhatira-abagabo-kwisiramuza-ku-gahato-bihatse-iki\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Rwanda: Guhatira abagabo kwisiramuza ku gahato bihatse iki?\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Rwanda: Guhatira abagabo kwisiramuza ku gahato bihatse iki? - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-guhatira-abagabo-kwisiramuza-ku-gahato-bihatse-iki\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Rwanda: Guhatira abagabo kwisiramuza ku gahato bihatse iki? - Umunyarwanda","og_description":"Yanditswe na Nkurunziza Gad Leta y\u2019u Rwanda imaze imyaka yarashyizeho gahunda yo gusiramura abana b\u2019abahungu bakivuka, abagabo n\u2019abasore nabo bategekwa kwisiramuza bubi na bwiza ndetse ubu byashyizwe no mu mihigo. Kwisiramuza\/gukebwa (circumcision) ubusanzwe ni umwe mu migenzo y\u2019abayoboke b\u2019idini ya Islam n\u2019abandi babikora ku bwende bwabo, ariko magingo aya mu Rwanda bisa nk\u2019ibyabaye itegeko kuva [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-guhatira-abagabo-kwisiramuza-ku-gahato-bihatse-iki\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2022-03-23T19:52:29+00:00","og_image":[{"width":800,"height":600,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/08\/abaturage.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-guhatira-abagabo-kwisiramuza-ku-gahato-bihatse-iki\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-guhatira-abagabo-kwisiramuza-ku-gahato-bihatse-iki\/","name":"Rwanda: Guhatira abagabo kwisiramuza ku gahato bihatse iki? - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-guhatira-abagabo-kwisiramuza-ku-gahato-bihatse-iki\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-guhatira-abagabo-kwisiramuza-ku-gahato-bihatse-iki\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/08\/abaturage.jpg","datePublished":"2022-03-23T19:52:29+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-guhatira-abagabo-kwisiramuza-ku-gahato-bihatse-iki\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-guhatira-abagabo-kwisiramuza-ku-gahato-bihatse-iki\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-guhatira-abagabo-kwisiramuza-ku-gahato-bihatse-iki\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/08\/abaturage.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/08\/abaturage.jpg","width":800,"height":600},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-guhatira-abagabo-kwisiramuza-ku-gahato-bihatse-iki\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Rwanda: Guhatira abagabo kwisiramuza ku gahato bihatse iki?"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/45321","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=45321"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/45321\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":45322,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/45321\/revisions\/45322"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/15174"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=45321"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=45321"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=45321"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}