{"id":45340,"date":"2022-03-25T15:10:01","date_gmt":"2022-03-25T13:10:01","guid":{"rendered":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=45340"},"modified":"2022-03-26T15:20:03","modified_gmt":"2022-03-26T13:20:03","slug":"impunzi-ziri-mu-rwanda-zirinubira-ibyiciro-byubudehe-zashyizwemo","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/impunzi-ziri-mu-rwanda-zirinubira-ibyiciro-byubudehe-zashyizwemo\/","title":{"rendered":"Impunzi ziri mu Rwanda zirinubira ibyiciro by\u2019ubudehe zashyizwemo"},"content":{"rendered":"<p>Yanditswe na <strong>Nkurunziza Gad<\/strong><\/p>\n<p>Mu nkambi zitandukanye z\u2019impunzi ziri mu Rwanda hari urunturuntu rwatewe n\u2019ibyiciro by\u2019ubudehe bashyizwemo bivuye ku gitekerezo cya Leta y\u2019u Rwanda.<\/p>\n<p>Imyaka igiye kuba ibiri mu nkambi z\u2019impunzi ziri mu Rwanda bahabwa iposho hashingiwe ku byiciro by\u2019ubudehe. Iyi gahunda yateje umwiryane ndetse n\u2019urwikekwe mu mpunzi, dore ko n\u2019ubusanzwe zitafatwaga kimwe, ahubwo zihabwa agaciro bitewe n\u2019inyungu abategetsi b\u2019u Rwanda bazifiteho.<\/p>\n<p>Zimwe mu mpunzi twaganiriye zo mu Nkambi ya Nyabiheke mu Karere ka Gatsibo hamwe n\u2019izo mu nkambi ya Mahama mu Karere ka Kirehe zatubwiye ko kubera ibyo byiciro, bamwe muri bo basigaye barebana ay\u2019ingwe na bagenzi babo, ubujura ndetse n\u2019ubusambanyi nabyo ngo byariyongereye kubera imibereho mibi.<\/p>\n<p>Hari uwatubwiye ati \u201cIcyo twahunze twese ni kimwe, ariko twatangajwe no kubona batuzanamo ibice bakadushyira mu byiciro. Muri twe ko ntawufite isambu ngo arahinga ko ntawahunganye inzu yabagamoko, ntawahunganye inka yarafite iwacu muri Congo kuki baducamo ibice?\u201d<\/p>\n<p>Undi mugabo nawe ati \u201cHano mu nkambi hari ibyiciro bitatu, icy\u2019abishoboye, abo hagati hamwe n\u2019abakene. Iposho itangwa hakurikijwe ikiciro umuntu arimo. Hari aho usanga bitewe n\u2019ikiciro umuntu arimo, agenerwa 50 Frw yo kurya ku munsi, ahandi ugasanga aragenerwa 200FRW. Ibi bintu ni amacakubiri kandi byatumye mu mpunzi hacikamo ibice.\u201d<\/p>\n<p>Umwe mu bayobora imwe mu nkambi zavuzwe haruguru yatubwiye ko iyi gahunda yo guca ibyiciro by\u2019ubudehe mu mpunzi, yateje umwuka mubi cyane kandi ko byakozwe batagishijwe inama.<\/p>\n<p>Yavuze ati \u201cNtibigeze batugisha inama nk\u2019abahagarariye impunzi, ahubwo mu mwaka wa 2020 ujya gushira nibwo batubwiye ko bagiye kujya batanga iposho bakurikije ikiciro umuntu yashyizwemo. Twumva ngo hano mu Rwanda abaturage nibo bashyirana mu byiciro kuki bataretse ngo natwe tubyishyiremo cyangwa se ngo badusabe ibitekerezo? Ibi bintu ni amahano twarumiwe.\u201d<\/p>\n<p>Uyu muyobozi yakomeje avuga ko \u201cBibaye byiza batugabanya ibihari uko bingana kose tukabisaranganya, aho kugirango baducemo ibice kandi icyo twahunze ari kimwe \u2018status\u2019 yacu muri iki gihugu ni imwe nta mpamvu yo kutujogora.\u201d<\/p>\n<p>Andi makuru twamemenye nuko iyi gahunda y\u2019ibyiciro by\u2019ubudehe, ikoreshwa gusa mu nkambi zirimo impunzi z\u2019abarundi n\u2019abanyecongo(Inkambi ya Mahama mu Karere ka Kirehe) hamwe n\u2019inkambi ya Nyabiheke irimo impunzi z\u2019abanyecongo gusa.<\/p>\n<p>Ku zindi mpunzi nk\u2019izavuye muri Libya zikambitse mu Karere ka Bugesera, hamwe n\u2019izavuye muri Afghanistan. Impamvu y\u2019iri robanura ngo ikaba iterwa n\u2019umuterankunga w\u2019izi mpunzi.<\/p>\n<p>Hari umuyobozi muri Minisiteri ishinzwe impunzi mu Rwanda watubwiye ati \u201cHari impunzi ziza mu Rwanda ku bw\u2019amasezerano abayobozi b\u2019igihugu bagiranye n\u2019imiryango mpuzamahanga nka UN, ndetse hari n\u2019ibihugu nka Leta Zunze Ubumwe z\u2019Amerika,Canada n\u2019ahandi baba birasezeranije u Rwanda inkunga runaka mu gihe rwaba rwemeye gucumbikira izo mpunzi. Abo rero urumva ko igihugu kiba gifitemo inyungu mu buryo [\u2026] batandukanye na za mpunzi ziva congo cg Burundi zikaza n\u2019amaguru, imibereho yabo si imwe.\u201d<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Yanditswe na Nkurunziza Gad Mu nkambi zitandukanye z\u2019impunzi ziri mu Rwanda hari urunturuntu rwatewe n\u2019ibyiciro by\u2019ubudehe bashyizwemo bivuye ku gitekerezo cya Leta y\u2019u Rwanda. Imyaka igiye kuba ibiri mu nkambi z\u2019impunzi ziri mu Rwanda bahabwa iposho hashingiwe ku byiciro by\u2019ubudehe. Iyi gahunda yateje umwiryane ndetse n\u2019urwikekwe mu mpunzi, dore ko n\u2019ubusanzwe zitafatwaga kimwe, ahubwo zihabwa [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":45341,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[30],"tags":[],"class_list":["post-45340","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-rwanda"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v27.8 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Impunzi ziri mu Rwanda zirinubira ibyiciro by\u2019ubudehe zashyizwemo - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/impunzi-ziri-mu-rwanda-zirinubira-ibyiciro-byubudehe-zashyizwemo\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Impunzi ziri mu Rwanda zirinubira ibyiciro by\u2019ubudehe zashyizwemo - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Yanditswe na Nkurunziza Gad Mu nkambi zitandukanye z\u2019impunzi ziri mu Rwanda hari urunturuntu rwatewe n\u2019ibyiciro by\u2019ubudehe bashyizwemo bivuye ku gitekerezo cya Leta y\u2019u Rwanda. Imyaka igiye kuba ibiri mu nkambi z\u2019impunzi ziri mu Rwanda bahabwa iposho hashingiwe ku byiciro by\u2019ubudehe. Iyi gahunda yateje umwiryane ndetse n\u2019urwikekwe mu mpunzi, dore ko n\u2019ubusanzwe zitafatwaga kimwe, ahubwo zihabwa [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/impunzi-ziri-mu-rwanda-zirinubira-ibyiciro-byubudehe-zashyizwemo\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2022-03-25T13:10:01+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2022-03-26T13:20:03+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2022\/03\/nyabiheke.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"900\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"600\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/impunzi-ziri-mu-rwanda-zirinubira-ibyiciro-byubudehe-zashyizwemo\\\/#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/impunzi-ziri-mu-rwanda-zirinubira-ibyiciro-byubudehe-zashyizwemo\\\/\"},\"author\":{\"name\":\"therwda\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"headline\":\"Impunzi ziri mu Rwanda zirinubira ibyiciro by\u2019ubudehe zashyizwemo\",\"datePublished\":\"2022-03-25T13:10:01+00:00\",\"dateModified\":\"2022-03-26T13:20:03+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/impunzi-ziri-mu-rwanda-zirinubira-ibyiciro-byubudehe-zashyizwemo\\\/\"},\"wordCount\":473,\"commentCount\":0,\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/impunzi-ziri-mu-rwanda-zirinubira-ibyiciro-byubudehe-zashyizwemo\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2022\\\/03\\\/nyabiheke.jpg\",\"articleSection\":[\"Rwanda\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/impunzi-ziri-mu-rwanda-zirinubira-ibyiciro-byubudehe-zashyizwemo\\\/#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/impunzi-ziri-mu-rwanda-zirinubira-ibyiciro-byubudehe-zashyizwemo\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/impunzi-ziri-mu-rwanda-zirinubira-ibyiciro-byubudehe-zashyizwemo\\\/\",\"name\":\"Impunzi ziri mu Rwanda zirinubira ibyiciro by\u2019ubudehe zashyizwemo - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/impunzi-ziri-mu-rwanda-zirinubira-ibyiciro-byubudehe-zashyizwemo\\\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/impunzi-ziri-mu-rwanda-zirinubira-ibyiciro-byubudehe-zashyizwemo\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2022\\\/03\\\/nyabiheke.jpg\",\"datePublished\":\"2022-03-25T13:10:01+00:00\",\"dateModified\":\"2022-03-26T13:20:03+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/impunzi-ziri-mu-rwanda-zirinubira-ibyiciro-byubudehe-zashyizwemo\\\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/impunzi-ziri-mu-rwanda-zirinubira-ibyiciro-byubudehe-zashyizwemo\\\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/impunzi-ziri-mu-rwanda-zirinubira-ibyiciro-byubudehe-zashyizwemo\\\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2022\\\/03\\\/nyabiheke.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2022\\\/03\\\/nyabiheke.jpg\",\"width\":900,\"height\":600},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/impunzi-ziri-mu-rwanda-zirinubira-ibyiciro-byubudehe-zashyizwemo\\\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Impunzi ziri mu Rwanda zirinubira ibyiciro by\u2019ubudehe zashyizwemo\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"url\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/author\\\/therwda\\\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Impunzi ziri mu Rwanda zirinubira ibyiciro by\u2019ubudehe zashyizwemo - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/impunzi-ziri-mu-rwanda-zirinubira-ibyiciro-byubudehe-zashyizwemo\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Impunzi ziri mu Rwanda zirinubira ibyiciro by\u2019ubudehe zashyizwemo - Umunyarwanda","og_description":"Yanditswe na Nkurunziza Gad Mu nkambi zitandukanye z\u2019impunzi ziri mu Rwanda hari urunturuntu rwatewe n\u2019ibyiciro by\u2019ubudehe bashyizwemo bivuye ku gitekerezo cya Leta y\u2019u Rwanda. Imyaka igiye kuba ibiri mu nkambi z\u2019impunzi ziri mu Rwanda bahabwa iposho hashingiwe ku byiciro by\u2019ubudehe. Iyi gahunda yateje umwiryane ndetse n\u2019urwikekwe mu mpunzi, dore ko n\u2019ubusanzwe zitafatwaga kimwe, ahubwo zihabwa [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/impunzi-ziri-mu-rwanda-zirinubira-ibyiciro-byubudehe-zashyizwemo\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2022-03-25T13:10:01+00:00","article_modified_time":"2022-03-26T13:20:03+00:00","og_image":[{"width":900,"height":600,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2022\/03\/nyabiheke.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/impunzi-ziri-mu-rwanda-zirinubira-ibyiciro-byubudehe-zashyizwemo\/#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/impunzi-ziri-mu-rwanda-zirinubira-ibyiciro-byubudehe-zashyizwemo\/"},"author":{"name":"therwda","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"headline":"Impunzi ziri mu Rwanda zirinubira ibyiciro by\u2019ubudehe zashyizwemo","datePublished":"2022-03-25T13:10:01+00:00","dateModified":"2022-03-26T13:20:03+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/impunzi-ziri-mu-rwanda-zirinubira-ibyiciro-byubudehe-zashyizwemo\/"},"wordCount":473,"commentCount":0,"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/impunzi-ziri-mu-rwanda-zirinubira-ibyiciro-byubudehe-zashyizwemo\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2022\/03\/nyabiheke.jpg","articleSection":["Rwanda"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/impunzi-ziri-mu-rwanda-zirinubira-ibyiciro-byubudehe-zashyizwemo\/#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/impunzi-ziri-mu-rwanda-zirinubira-ibyiciro-byubudehe-zashyizwemo\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/impunzi-ziri-mu-rwanda-zirinubira-ibyiciro-byubudehe-zashyizwemo\/","name":"Impunzi ziri mu Rwanda zirinubira ibyiciro by\u2019ubudehe zashyizwemo - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/impunzi-ziri-mu-rwanda-zirinubira-ibyiciro-byubudehe-zashyizwemo\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/impunzi-ziri-mu-rwanda-zirinubira-ibyiciro-byubudehe-zashyizwemo\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2022\/03\/nyabiheke.jpg","datePublished":"2022-03-25T13:10:01+00:00","dateModified":"2022-03-26T13:20:03+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/impunzi-ziri-mu-rwanda-zirinubira-ibyiciro-byubudehe-zashyizwemo\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/impunzi-ziri-mu-rwanda-zirinubira-ibyiciro-byubudehe-zashyizwemo\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/impunzi-ziri-mu-rwanda-zirinubira-ibyiciro-byubudehe-zashyizwemo\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2022\/03\/nyabiheke.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2022\/03\/nyabiheke.jpg","width":900,"height":600},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/impunzi-ziri-mu-rwanda-zirinubira-ibyiciro-byubudehe-zashyizwemo\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Impunzi ziri mu Rwanda zirinubira ibyiciro by\u2019ubudehe zashyizwemo"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/45340","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=45340"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/45340\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":45342,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/45340\/revisions\/45342"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/45341"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=45340"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=45340"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=45340"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}