{"id":45383,"date":"2022-04-01T21:39:48","date_gmt":"2022-04-01T19:39:48","guid":{"rendered":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=45383"},"modified":"2022-04-01T23:25:32","modified_gmt":"2022-04-01T21:25:32","slug":"mu-ngo-abafashwe-bagakingirwa-ku-mbaraga","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/mu-ngo-abafashwe-bagakingirwa-ku-mbaraga\/","title":{"rendered":"Rwanda: Abayobozi binjira mu ngo abafashwe bagakingirwa ku mbaraga"},"content":{"rendered":"<p>Kuva mu ntangira z&#8217;iki cyumweru BBC yakiriye ubutumwa bw&#8217;abaturage binubira ibikorwa bibahutaza by&#8217;inzego z&#8217;ibanze mu byaro bikorerwa abatarakingirwa.<\/p>\n<p>Bavuga imikwabu ya hato na hato yinjira no mu ngo abafashwe bagakingirwa ku mbaraga.<\/p>\n<p>Umuvugizi wa leta avuga ko &#8220;nta muntu bagomba gutegeka gukingirwa&#8221;, anamagana abafatira iby&#8217;abandi kuri iyo mpamvu.<br \/>\nInzego zishinzwe ubuzima ku isi zivuga ko inkingo zemejwe nta ngaruka zihariye zigira ku buzima bw&#8217;abantu ahubwo zibarinda kuzahazwa na Covid-19.<\/p>\n<p>Hari abavuga ko imitungo yabo nk&#8217;amapikipiki n&#8217;amagare byafatiriwe ndetse ngo hakaba n&#8217;abandi batemererwa kujya mu mirima yabo.<\/p>\n<p>Hari abavuga ko hari abirirwa bihishe mu bihuru bwakwira bagataha, abahungiye mu mujyi wa Kigali cyangwa abihisha mu ngo zamaze gukingirwa.<\/p>\n<p>BBC yageze mu duce dutandukanye tw&#8217;intara y&#8217;uburasirazuba n&#8217;amajyaruguru ahavugwa umubare munini w&#8217;abataremera gukingirwa.<\/p>\n<p>Hari aho twasanze inzu yatangiye kurengerwa n&#8217;ibyatsi kubera ko nyirayo yahunze.<\/p>\n<p>Abo twaganiriye nk&#8217;uyu mukobwa ntibifuje ko imyorondoro yabo itangazwa.<\/p>\n<p>Ati: &#8220;Barimo gukomeza kutwirukaho tugahunga tukagenda twabona ducogoye tukagaruka, nanone bamenya ko duhari bakagaruka.<\/p>\n<p>&#8220;Nk&#8217;uko babivuze ko umuntu utarakingiwe atemerewe kujya mu isoko n&#8217;ahandi hose, numvaga batureka tukigumira mu rugo bakaturekera uburenganzira bwacu ntibakomeze kutwirukaho.&#8221;<\/p>\n<p>Uretse ingaruka bakeka ko zizakurikira uru rukingo, hari n&#8217;abahuriza ku kibazo cy&#8217;imyemerere bakabona gukingirwa nko gukora icyaha.<\/p>\n<p>Pastor Fidele Rukundo umushumba w&#8217;itorero Umuriro wa Pentekoti avuga ko kwanga urukingo bitari mu nyigisho batanga.<br \/>\nAti: &#8220;Ntaho bihuriye n&#8217;imyizerere ntaho bihuriye n&#8217;ijambo ry&#8217;Imana, gusa umuntu ku giti cye ashobora kugira iyo myumvire ikaba yanakwangiza n&#8217;abandi bitewe n&#8217;uko baganira.&#8221;<\/p>\n<p>Abaganiriye na BBC bose binubira ibikorwa bibahutaza nko kubakubita no kubafunga bikorwa n&#8217;inzego z&#8217;ibanze nyamara nta tegeko ryemejwe ryo gukingirwa.<\/p>\n<p>Umuvugizi wa leta wungirije Alain Mukurarinda avuga ko icyifuzo cya leta ari uko abaturage bose bakingirwa, yamagana abahohotera abaturage kuko batakingiwe.<\/p>\n<p>Yagize ati: &#8220;Nta muntu bagomba gutegeka gukingirwa ahubwo bagomba gukora ubukangurambaga bagasobanurira abantu ibyiza byo kwikingiza.<\/p>\n<p>&#8220;Nta muntu ufite uburenganzira bwo gufatira ikintu cy&#8217;umuntu atabiherewe uburenganzira n&#8217;itegeko. Ibyo ni ukurengera.<\/p>\n<p>&#8220;Uwanze gukingirwa akanangira uwo nawe hari ibyo abuzwa nawe agomba kubyirengera.&#8221;<\/p>\n<p>Mu kwezi gushize, umukuru w&#8217;Akarere ka Gicumbi kamwe mu twavuzwemo guhohotera abadashaka gukingirwa yabwiye BBC ko nta bikorwa nk&#8217;ibyo bikorerwa abatabishaka.<\/p>\n<p>Hashize umwaka urukingo rwa COVID-19 rutangiye gutangwa ndetse abanyagihugu bakabakaba miliyoni icyenda bamaze guterwa nibura rwa mbere.<\/p>\n<p>Ibyemezo bikarishye bibuza abantu kugera ahahurira benshi nko mu masoko byatumye abantu bitabira kwikingiza.<\/p>\n<p>Ku ruhande rumwe kwikingiza bikorwa n&#8217;ubishaka ariko ubwinyagamburiro ku muntu wahisemo kudaterwa urushinge bwo busa nk&#8217;aho ari ntabwo.<\/p>\n<p>BBC<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Kuva mu ntangira z&#8217;iki cyumweru BBC yakiriye ubutumwa bw&#8217;abaturage binubira ibikorwa bibahutaza by&#8217;inzego z&#8217;ibanze mu byaro bikorerwa abatarakingirwa. Bavuga imikwabu ya hato na hato yinjira no mu ngo abafashwe bagakingirwa ku mbaraga. Umuvugizi wa leta avuga ko &#8220;nta muntu bagomba gutegeka gukingirwa&#8221;, anamagana abafatira iby&#8217;abandi kuri iyo mpamvu. Inzego zishinzwe ubuzima ku isi zivuga ko [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":45384,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[36],"tags":[],"class_list":["post-45383","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-umuturage"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>Rwanda: Abayobozi binjira mu ngo abafashwe bagakingirwa ku mbaraga - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/mu-ngo-abafashwe-bagakingirwa-ku-mbaraga\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Rwanda: Abayobozi binjira mu ngo abafashwe bagakingirwa ku mbaraga - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Kuva mu ntangira z&#8217;iki cyumweru BBC yakiriye ubutumwa bw&#8217;abaturage binubira ibikorwa bibahutaza by&#8217;inzego z&#8217;ibanze mu byaro bikorerwa abatarakingirwa. Bavuga imikwabu ya hato na hato yinjira no mu ngo abafashwe bagakingirwa ku mbaraga. Umuvugizi wa leta avuga ko &#8220;nta muntu bagomba gutegeka gukingirwa&#8221;, anamagana abafatira iby&#8217;abandi kuri iyo mpamvu. Inzego zishinzwe ubuzima ku isi zivuga ko [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/mu-ngo-abafashwe-bagakingirwa-ku-mbaraga\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2022-04-01T19:39:48+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2022-04-01T21:25:32+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2022\/04\/inzu1.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"800\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"600\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/mu-ngo-abafashwe-bagakingirwa-ku-mbaraga\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/mu-ngo-abafashwe-bagakingirwa-ku-mbaraga\/\",\"name\":\"Rwanda: Abayobozi binjira mu ngo abafashwe bagakingirwa ku mbaraga - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/mu-ngo-abafashwe-bagakingirwa-ku-mbaraga\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/mu-ngo-abafashwe-bagakingirwa-ku-mbaraga\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2022\/04\/inzu1.jpg\",\"datePublished\":\"2022-04-01T19:39:48+00:00\",\"dateModified\":\"2022-04-01T21:25:32+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/mu-ngo-abafashwe-bagakingirwa-ku-mbaraga\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/mu-ngo-abafashwe-bagakingirwa-ku-mbaraga\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/mu-ngo-abafashwe-bagakingirwa-ku-mbaraga\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2022\/04\/inzu1.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2022\/04\/inzu1.jpg\",\"width\":800,\"height\":600,\"caption\":\"BBC yavuganye n'ababa muri uru rugo bahunze kubera gutinya gukingirwa ku ngufu\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/mu-ngo-abafashwe-bagakingirwa-ku-mbaraga\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Rwanda: Abayobozi binjira mu ngo abafashwe bagakingirwa ku mbaraga\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Rwanda: Abayobozi binjira mu ngo abafashwe bagakingirwa ku mbaraga - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/mu-ngo-abafashwe-bagakingirwa-ku-mbaraga\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Rwanda: Abayobozi binjira mu ngo abafashwe bagakingirwa ku mbaraga - Umunyarwanda","og_description":"Kuva mu ntangira z&#8217;iki cyumweru BBC yakiriye ubutumwa bw&#8217;abaturage binubira ibikorwa bibahutaza by&#8217;inzego z&#8217;ibanze mu byaro bikorerwa abatarakingirwa. Bavuga imikwabu ya hato na hato yinjira no mu ngo abafashwe bagakingirwa ku mbaraga. Umuvugizi wa leta avuga ko &#8220;nta muntu bagomba gutegeka gukingirwa&#8221;, anamagana abafatira iby&#8217;abandi kuri iyo mpamvu. Inzego zishinzwe ubuzima ku isi zivuga ko [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/mu-ngo-abafashwe-bagakingirwa-ku-mbaraga\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2022-04-01T19:39:48+00:00","article_modified_time":"2022-04-01T21:25:32+00:00","og_image":[{"width":800,"height":600,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2022\/04\/inzu1.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/mu-ngo-abafashwe-bagakingirwa-ku-mbaraga\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/mu-ngo-abafashwe-bagakingirwa-ku-mbaraga\/","name":"Rwanda: Abayobozi binjira mu ngo abafashwe bagakingirwa ku mbaraga - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/mu-ngo-abafashwe-bagakingirwa-ku-mbaraga\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/mu-ngo-abafashwe-bagakingirwa-ku-mbaraga\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2022\/04\/inzu1.jpg","datePublished":"2022-04-01T19:39:48+00:00","dateModified":"2022-04-01T21:25:32+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/mu-ngo-abafashwe-bagakingirwa-ku-mbaraga\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/mu-ngo-abafashwe-bagakingirwa-ku-mbaraga\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/mu-ngo-abafashwe-bagakingirwa-ku-mbaraga\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2022\/04\/inzu1.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2022\/04\/inzu1.jpg","width":800,"height":600,"caption":"BBC yavuganye n'ababa muri uru rugo bahunze kubera gutinya gukingirwa ku ngufu"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/mu-ngo-abafashwe-bagakingirwa-ku-mbaraga\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Rwanda: Abayobozi binjira mu ngo abafashwe bagakingirwa ku mbaraga"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/45383","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=45383"}],"version-history":[{"count":3,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/45383\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":45387,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/45383\/revisions\/45387"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/45384"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=45383"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=45383"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=45383"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}