{"id":4539,"date":"2013-12-28T19:40:05","date_gmt":"2013-12-28T17:40:05","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=4539"},"modified":"2013-12-28T19:41:18","modified_gmt":"2013-12-28T17:41:18","slug":"umubyeyi-wa-me-ntaganda-umukuru-wa-ps-imberakuri-yitabye-imana","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umubyeyi-wa-me-ntaganda-umukuru-wa-ps-imberakuri-yitabye-imana\/","title":{"rendered":"Umubyeyi wa Me Ntaganda, umukuru wa PS Imberakuri yitabye Imana."},"content":{"rendered":"<p>ITANGAZO RIGENEWE ABANYAMAKURU N\u00b0 024\/<a href=\"http:\/\/p.s.imb\/013\" target=\"_blank\" rel=\"nofollow\">P.S.IMB\/013<\/a> UBUTUMWA BW\u2019AKABABARO.<\/p>\n<p>Ishyaka PS Imberakuri ribabajwe no kumenyesha abanyarwanda, inshuti z\u2019u Rwanda, abaharanira impinduka y\u2019amahoro ariko cyane cyane IMBERAKURI, ko umubyeyi wa Perezida Fondateur Me Bernard NTAGANDA, amaze kwitaba Imana uyu munsi kuwa 25\/12\/2013 saa sita(12h00).<!--more--><\/p>\n<p>Uyu mubyeyi Agnes NYIRAMONDO, mama wa Perezida Fondateri w\u2019ishyaka PS Imberakuri yaranzwe n\u2019urukundo yagiriraga buri wese, ahereye ku muryango we, abaturanyi be, natwe IMBERAKURI nk\u2019abana be. Ntazibagirana mu barwanashyaka b\u2019ishyaka ryacu cyane ko yitangiye urugamba turimo iruhande rw\u2019umwana we mu gihe hari abatari bake bamucagaho kugirango bakunde baduce intege.<\/p>\n<p>Kuva umwana we yafata iya mbere mu guharanira ko abanyarwanda twese tubana mu mahoro mu rwatubyaye, tugakorera hamwe mu rukundo ruzira imbereka, uyu mubyeyi yakomeje kumuba hafi ari nacyo cyakomeje kumutera imbaraga zo gukomeza inshingano twari tumaze kumuha zo kutubera umuyobozi. Ubutwari bw\u2019uyu mubyeyi bwagaragaye cyane ubwo umwana we yari amaze gufungwa kubera impamvu za politiki aho ubutegetsi bwa leta ya Kigali bwakoze ibishoboka byose kugirango bumuteshe umutwe, areke gukomeza kumusura, maze buhereho bumuca intege mu gukomeza urugamba rw\u2019amahoro yiyemeje. Ninde utibuka ukuntu yahoraga yikorera indobo agemuriye umwana we kuri 1930 ? Ni nde utibuka ukuntu inshuro nyinshi yaburabujwe n\u2019inzego z\u2019abacungagereza, iza CID n\u2019abandi, ariko byose ntibimuce intege. Aha niho hatweretse cyane ko ingufu Me NTAGANDA akomeje kugaragaza mu bikorwa bye bya politiki abikesha uyu mubyeyi we utabarutse. Aho Me Bernard NTAGANDA yimuriwe muri gereza ya Mpanga muri 2012, niho mukecuru yatangiye kugira intege nke kuberako atari agishobora kumubona kenshi. Nta washidikanya ko ubuzima bwe bwazahajwe n\u2019ingendo yakoraga yitangira umwana ndetse n\u2019Imberakuri muri rusange no kudutekerezaho. Nyamara, hejuru y\u2019ibyo byose, ubutegetsi bwa Kigali ntibwigeze bunagira impuhwe ngo bube bwamukura kuriyo ngoyi, cyane ko buzi neza ko umwana we kugeza ubu afunze azira akarengane ka politiki kandi ko kumufunga ataribyo bizatuma buramba ubuziraherezo. Ishyaka PS Imberakuri ryifatanyije n\u2019umuryango wa Perezida Fondateur w\u2019ishyaka, Me Bernard NTAGANDA, rikaba by\u2019umwihariko riboneyeho umwanya wo kumwihanganisha muri ibi bihe bibi arimo, aho atanafite uburenganzira bwo gushyingura umubyeyi we yakundaga cyane. Imana yonyine imuhe kubyakira. Ishyaka PS Imberakuri ryifurije umubyeyi wa Me Bernard NTAGANDA iruhuko ridashira.<\/p>\n<p>Alexis BAKUNZIBAKE<\/p>\n<p>Visi Perezida wa mbere.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>ITANGAZO RIGENEWE ABANYAMAKURU N\u00b0 024\/P.S.IMB\/013 UBUTUMWA BW\u2019AKABABARO. Ishyaka PS Imberakuri ribabajwe no kumenyesha abanyarwanda, inshuti z\u2019u Rwanda, abaharanira impinduka y\u2019amahoro ariko cyane cyane IMBERAKURI, ko umubyeyi wa Perezida Fondateur Me Bernard NTAGANDA, amaze kwitaba Imana uyu munsi kuwa 25\/12\/2013 saa sita(12h00).<\/p>\n","protected":false},"author":4,"featured_media":1191,"comment_status":"closed","ping_status":"closed","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[64],"tags":[],"class_list":["post-4539","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amakuru"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v27.8 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Umubyeyi wa Me Ntaganda, umukuru wa PS Imberakuri yitabye Imana. - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umubyeyi-wa-me-ntaganda-umukuru-wa-ps-imberakuri-yitabye-imana\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Umubyeyi wa Me Ntaganda, umukuru wa PS Imberakuri yitabye Imana. - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"ITANGAZO RIGENEWE ABANYAMAKURU N\u00b0 024\/P.S.IMB\/013 UBUTUMWA BW\u2019AKABABARO. Ishyaka PS Imberakuri ribabajwe no kumenyesha abanyarwanda, inshuti z\u2019u Rwanda, abaharanira impinduka y\u2019amahoro ariko cyane cyane IMBERAKURI, ko umubyeyi wa Perezida Fondateur Me Bernard NTAGANDA, amaze kwitaba Imana uyu munsi kuwa 25\/12\/2013 saa sita(12h00).\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umubyeyi-wa-me-ntaganda-umukuru-wa-ps-imberakuri-yitabye-imana\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2013-12-28T17:40:05+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2013-12-28T17:41:18+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwandan\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwandan\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/umubyeyi-wa-me-ntaganda-umukuru-wa-ps-imberakuri-yitabye-imana\\\/#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/umubyeyi-wa-me-ntaganda-umukuru-wa-ps-imberakuri-yitabye-imana\\\/\"},\"author\":{\"name\":\"therwandan\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461\"},\"headline\":\"Umubyeyi wa Me Ntaganda, umukuru wa PS Imberakuri yitabye Imana.\",\"datePublished\":\"2013-12-28T17:40:05+00:00\",\"dateModified\":\"2013-12-28T17:41:18+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/umubyeyi-wa-me-ntaganda-umukuru-wa-ps-imberakuri-yitabye-imana\\\/\"},\"wordCount\":373,\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/umubyeyi-wa-me-ntaganda-umukuru-wa-ps-imberakuri-yitabye-imana\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"\",\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/umubyeyi-wa-me-ntaganda-umukuru-wa-ps-imberakuri-yitabye-imana\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/umubyeyi-wa-me-ntaganda-umukuru-wa-ps-imberakuri-yitabye-imana\\\/\",\"name\":\"Umubyeyi wa Me Ntaganda, umukuru wa PS Imberakuri yitabye Imana. - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/umubyeyi-wa-me-ntaganda-umukuru-wa-ps-imberakuri-yitabye-imana\\\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/umubyeyi-wa-me-ntaganda-umukuru-wa-ps-imberakuri-yitabye-imana\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"\",\"datePublished\":\"2013-12-28T17:40:05+00:00\",\"dateModified\":\"2013-12-28T17:41:18+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/umubyeyi-wa-me-ntaganda-umukuru-wa-ps-imberakuri-yitabye-imana\\\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/umubyeyi-wa-me-ntaganda-umukuru-wa-ps-imberakuri-yitabye-imana\\\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/umubyeyi-wa-me-ntaganda-umukuru-wa-ps-imberakuri-yitabye-imana\\\/#primaryimage\",\"url\":\"\",\"contentUrl\":\"\",\"width\":\"225\",\"height\":\"225\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/umubyeyi-wa-me-ntaganda-umukuru-wa-ps-imberakuri-yitabye-imana\\\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Umubyeyi wa Me Ntaganda, umukuru wa PS Imberakuri yitabye Imana.\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461\",\"name\":\"therwandan\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g\",\"url\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwandan\"},\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/author\\\/therwandan\\\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Umubyeyi wa Me Ntaganda, umukuru wa PS Imberakuri yitabye Imana. - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umubyeyi-wa-me-ntaganda-umukuru-wa-ps-imberakuri-yitabye-imana\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Umubyeyi wa Me Ntaganda, umukuru wa PS Imberakuri yitabye Imana. - Umunyarwanda","og_description":"ITANGAZO RIGENEWE ABANYAMAKURU N\u00b0 024\/P.S.IMB\/013 UBUTUMWA BW\u2019AKABABARO. Ishyaka PS Imberakuri ribabajwe no kumenyesha abanyarwanda, inshuti z\u2019u Rwanda, abaharanira impinduka y\u2019amahoro ariko cyane cyane IMBERAKURI, ko umubyeyi wa Perezida Fondateur Me Bernard NTAGANDA, amaze kwitaba Imana uyu munsi kuwa 25\/12\/2013 saa sita(12h00).","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umubyeyi-wa-me-ntaganda-umukuru-wa-ps-imberakuri-yitabye-imana\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2013-12-28T17:40:05+00:00","article_modified_time":"2013-12-28T17:41:18+00:00","author":"therwandan","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwandan","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umubyeyi-wa-me-ntaganda-umukuru-wa-ps-imberakuri-yitabye-imana\/#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umubyeyi-wa-me-ntaganda-umukuru-wa-ps-imberakuri-yitabye-imana\/"},"author":{"name":"therwandan","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461"},"headline":"Umubyeyi wa Me Ntaganda, umukuru wa PS Imberakuri yitabye Imana.","datePublished":"2013-12-28T17:40:05+00:00","dateModified":"2013-12-28T17:41:18+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umubyeyi-wa-me-ntaganda-umukuru-wa-ps-imberakuri-yitabye-imana\/"},"wordCount":373,"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umubyeyi-wa-me-ntaganda-umukuru-wa-ps-imberakuri-yitabye-imana\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"","articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umubyeyi-wa-me-ntaganda-umukuru-wa-ps-imberakuri-yitabye-imana\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umubyeyi-wa-me-ntaganda-umukuru-wa-ps-imberakuri-yitabye-imana\/","name":"Umubyeyi wa Me Ntaganda, umukuru wa PS Imberakuri yitabye Imana. - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umubyeyi-wa-me-ntaganda-umukuru-wa-ps-imberakuri-yitabye-imana\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umubyeyi-wa-me-ntaganda-umukuru-wa-ps-imberakuri-yitabye-imana\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"","datePublished":"2013-12-28T17:40:05+00:00","dateModified":"2013-12-28T17:41:18+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umubyeyi-wa-me-ntaganda-umukuru-wa-ps-imberakuri-yitabye-imana\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umubyeyi-wa-me-ntaganda-umukuru-wa-ps-imberakuri-yitabye-imana\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umubyeyi-wa-me-ntaganda-umukuru-wa-ps-imberakuri-yitabye-imana\/#primaryimage","url":"","contentUrl":"","width":"225","height":"225"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umubyeyi-wa-me-ntaganda-umukuru-wa-ps-imberakuri-yitabye-imana\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Umubyeyi wa Me Ntaganda, umukuru wa PS Imberakuri yitabye Imana."}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461","name":"therwandan","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwandan"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwandan\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/4539","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/4"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=4539"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/4539\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=4539"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=4539"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=4539"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}