{"id":45393,"date":"2022-04-03T15:52:07","date_gmt":"2022-04-03T13:52:07","guid":{"rendered":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=45393"},"modified":"2022-04-03T15:52:07","modified_gmt":"2022-04-03T13:52:07","slug":"uganda-mukombozi-yahambirijwe-igitaraganya-asubizwa-muri-australia","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/uganda-mukombozi-yahambirijwe-igitaraganya-asubizwa-muri-australia\/","title":{"rendered":"Uganda\u00a0: Mukombozi yahambirijwe igitaraganya, asubizwa muri Australia\u00a0"},"content":{"rendered":"<p>Yanditswe na <b>Arnold Gakuba<\/b><\/p>\n<p>Amakuru aturuka muri Uganda\u00a0aremeza ko Robert Mukombozi uhagarariye Ishyaka RNC ritavuga rumwe na Leta y\u2019u Rwanda muri Australia, yirukanywe ku butaka bwa Uganda maze agasubizwa muri Australia, aho yari yaturutse aza muri icyo gihugu.<\/p>\n<p>Ibyo byabaye kuri uyu wa Gatanu tariki ya 1 Mata 2022, ubwo Robert Mukombozi yahatwaga ibibazo n\u2019abashinzwe iperereza rya Uganda, bivugwa kandi ko iperereza ry\u2019u Rwanda ryaba ryabigizemo uruhare, ubwo yakandagiraga muri icyo gihugu.<span class=\"Apple-converted-space\">\u00a0<\/span><\/p>\n<p>Robert Mukombozi wasubijwe muri Australia, yaravukiye i Kiboga muri Uganda muri 1982, akaba yarahunze u Rwanda muri 2008. Yigeze kandi kuba umunyamakuru wa \u201c<i>Daily Monitor<\/i>\u2019 nyuma aza guhungira muri Austalia. Amakuru afitiwe gihamya atangaza ko uwo mugabo yamaze amasaha atari make mu maboko y\u2019inzego zishinzwe umutekano za Uganda, nyuma biza kurangira ategetswe gusubira aho yaturutse muri Australia. Benshi bakaba bibaza impamvu y\u2019ibyo byose. Nyamara ngo impamvu ingana ururo.<\/p>\n<p>Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 2 Mata 2022, Umugaba Mukuru w\u2019Ingabo za Uganda zirwanira ku butaka, Jenerali Muhoozi Kainerugaba, yavuze kuri iryo subuzwa muri australia rya Robert Mukombozi. Abinyujije ku rubuga rwe rwa Twitter yagize ati: \u201c<i>Jenerali Kayumba, gerageza kubaha igihugu cya Uganda. Twagaruye amahoro, twe na Afande Kagame. Gerageza kubyubaha. Umuntu wawe twamwohereje iri joro<\/i>.\u201d Ayo akaba ari amarenga yacaga avuga kuri Robert Mukombozi.<\/p>\n<p>Ikinyamakuru Chimpreports cyo muri Ugandakiratangaza ko Robert Mukombozi yaba yari yoherejwe na Kayumba Nyamwasa mu gihugu cya Uganda kugirango yongere kubaka bushya inzego z\u2019ishyaka rye RNC muri icyo gihugu, nyuma y\u2019uko inzego z\u2019ubutasi za Uganda zihindurwa. Ku rubuga rwe rwa Twitter na none, Jenerali Muhoozi akaba yashimiye urwego rw\u2019ubutasi, rukuriwe na Jenerali Majoro Birungi, ku murimo w\u2019akataraboneka rwakoze. Yongeyeho ko umwanzi w\u2019u Rwanda yashubijwe iyo yari yaturutse.<\/p>\n<p>Twibutse ko Muhoozi yari yarigeze kwihanangiriza Kayumba Nyamwasa ko yareka gukoresha ubutaka bwa Uganda mu guhangabanya umutekano w\u2019u Rwanda, aho yabivuze muri aya magambo \u201c<i>Jenerali Kayumba, narakwihanangirije bihagije. Urakinira ku gihugu cyanjye, kandi bizakugiraho ingaruka mbi cyane. RNC nta mwanya ifite muri Uganda<\/i>.\u201d Aya magambo akaba yaratangajwe mu gihe Jenerali Muhoozi yari arimbanije ibiganiro na Paul Kagame w\u2019u Rwanda mu mugambi wo kugarura imibanire myiza hagari y\u2019ibihugu byombi, Uganda n\u2019u Rwanda, imibanire yari yarajemo agatotsi muri 2017.<\/p>\n<p>Nyamara ariko, Jenerali Kayumba Nyamwasa wahungiye mu gihugu cya Afrika y\u2019Epfo muri 2010, nyuma y\u2019uko aba umugaba w\u2019ingabo z\u2019u Rwanda kuva 1998 kugera muri 2002, akaba yaratangaje ko nta mugambi wo guhungabanya umutekano w\u2019u Rwanda afite. Ahubwo yavuze ko ishyaka rye rigamije gukura Paul Kagame ku ngoma binyuze mu nzira ya demokarasi. Kwitwaza ko Uganda itera inkunga ishyaka rya RNC bikaba biri mu byashubije inyuma imibanire y\u2019u Rwanda na Uganda.<\/p>\n<p>Twibutse ko, Muhoozi yigeze gutangariza ku rubuga rwe rwa Twitter ati: \u201c<i>Marume afande Kagame, mu nama ya mbere twagiranye muri Mutarama, yambwiye ko Kayumba Nyamwasa n\u2019abambari be bafite umugambi mubisha ku Rwanda<\/i>.\u201d Ikigaragara ni uko mu byo Paul Kagame yaba yarasabye Jenerali Muhoozi kugirango afungure umupaka wari umaze igihe kinini ufunze, haba harimo no gukumira abatavuga rumwe na Leta ya Kigali ku butaka bwa Uganda, kandi Jenerali Muhoozi akaba yarabimwemereye. Ikimenyimenyi, Robert Mukombozi yahambirijwe igitaraganya, maze asubizwa muri Australia.<span class=\"Apple-converted-space\">\u00a0<\/span><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Yanditswe na Arnold Gakuba Amakuru aturuka muri Uganda\u00a0aremeza ko Robert Mukombozi uhagarariye Ishyaka RNC ritavuga rumwe na Leta y\u2019u Rwanda muri Australia, yirukanywe ku butaka bwa Uganda maze agasubizwa muri Australia, aho yari yaturutse aza muri icyo gihugu. Ibyo byabaye kuri uyu wa Gatanu tariki ya 1 Mata 2022, ubwo Robert Mukombozi yahatwaga ibibazo n\u2019abashinzwe [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":45394,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[66],"tags":[],"class_list":["post-45393","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-akarere"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>Uganda\u00a0: Mukombozi yahambirijwe igitaraganya, asubizwa muri Australia\u00a0 - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/uganda-mukombozi-yahambirijwe-igitaraganya-asubizwa-muri-australia\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Uganda\u00a0: Mukombozi yahambirijwe igitaraganya, asubizwa muri Australia\u00a0 - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Yanditswe na Arnold Gakuba Amakuru aturuka muri Uganda\u00a0aremeza ko Robert Mukombozi uhagarariye Ishyaka RNC ritavuga rumwe na Leta y\u2019u Rwanda muri Australia, yirukanywe ku butaka bwa Uganda maze agasubizwa muri Australia, aho yari yaturutse aza muri icyo gihugu. Ibyo byabaye kuri uyu wa Gatanu tariki ya 1 Mata 2022, ubwo Robert Mukombozi yahatwaga ibibazo n\u2019abashinzwe [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/uganda-mukombozi-yahambirijwe-igitaraganya-asubizwa-muri-australia\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2022-04-03T13:52:07+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2022\/04\/WhatsApp-Image-2022-04-03-at-03.39.20-1.jpeg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"650\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"366\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/uganda-mukombozi-yahambirijwe-igitaraganya-asubizwa-muri-australia\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/uganda-mukombozi-yahambirijwe-igitaraganya-asubizwa-muri-australia\/\",\"name\":\"Uganda\u00a0: Mukombozi yahambirijwe igitaraganya, asubizwa muri Australia\u00a0 - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/uganda-mukombozi-yahambirijwe-igitaraganya-asubizwa-muri-australia\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/uganda-mukombozi-yahambirijwe-igitaraganya-asubizwa-muri-australia\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2022\/04\/WhatsApp-Image-2022-04-03-at-03.39.20-1.jpeg\",\"datePublished\":\"2022-04-03T13:52:07+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/uganda-mukombozi-yahambirijwe-igitaraganya-asubizwa-muri-australia\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/uganda-mukombozi-yahambirijwe-igitaraganya-asubizwa-muri-australia\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/uganda-mukombozi-yahambirijwe-igitaraganya-asubizwa-muri-australia\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2022\/04\/WhatsApp-Image-2022-04-03-at-03.39.20-1.jpeg\",\"contentUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2022\/04\/WhatsApp-Image-2022-04-03-at-03.39.20-1.jpeg\",\"width\":650,\"height\":366},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/uganda-mukombozi-yahambirijwe-igitaraganya-asubizwa-muri-australia\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Uganda\u00a0: Mukombozi yahambirijwe igitaraganya, asubizwa muri Australia\u00a0\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Uganda\u00a0: Mukombozi yahambirijwe igitaraganya, asubizwa muri Australia\u00a0 - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/uganda-mukombozi-yahambirijwe-igitaraganya-asubizwa-muri-australia\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Uganda\u00a0: Mukombozi yahambirijwe igitaraganya, asubizwa muri Australia\u00a0 - Umunyarwanda","og_description":"Yanditswe na Arnold Gakuba Amakuru aturuka muri Uganda\u00a0aremeza ko Robert Mukombozi uhagarariye Ishyaka RNC ritavuga rumwe na Leta y\u2019u Rwanda muri Australia, yirukanywe ku butaka bwa Uganda maze agasubizwa muri Australia, aho yari yaturutse aza muri icyo gihugu. Ibyo byabaye kuri uyu wa Gatanu tariki ya 1 Mata 2022, ubwo Robert Mukombozi yahatwaga ibibazo n\u2019abashinzwe [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/uganda-mukombozi-yahambirijwe-igitaraganya-asubizwa-muri-australia\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2022-04-03T13:52:07+00:00","og_image":[{"width":650,"height":366,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2022\/04\/WhatsApp-Image-2022-04-03-at-03.39.20-1.jpeg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/uganda-mukombozi-yahambirijwe-igitaraganya-asubizwa-muri-australia\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/uganda-mukombozi-yahambirijwe-igitaraganya-asubizwa-muri-australia\/","name":"Uganda\u00a0: Mukombozi yahambirijwe igitaraganya, asubizwa muri Australia\u00a0 - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/uganda-mukombozi-yahambirijwe-igitaraganya-asubizwa-muri-australia\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/uganda-mukombozi-yahambirijwe-igitaraganya-asubizwa-muri-australia\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2022\/04\/WhatsApp-Image-2022-04-03-at-03.39.20-1.jpeg","datePublished":"2022-04-03T13:52:07+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/uganda-mukombozi-yahambirijwe-igitaraganya-asubizwa-muri-australia\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/uganda-mukombozi-yahambirijwe-igitaraganya-asubizwa-muri-australia\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/uganda-mukombozi-yahambirijwe-igitaraganya-asubizwa-muri-australia\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2022\/04\/WhatsApp-Image-2022-04-03-at-03.39.20-1.jpeg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2022\/04\/WhatsApp-Image-2022-04-03-at-03.39.20-1.jpeg","width":650,"height":366},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/uganda-mukombozi-yahambirijwe-igitaraganya-asubizwa-muri-australia\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Uganda\u00a0: Mukombozi yahambirijwe igitaraganya, asubizwa muri Australia\u00a0"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/45393","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=45393"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/45393\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":45395,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/45393\/revisions\/45395"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/45394"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=45393"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=45393"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=45393"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}