{"id":45497,"date":"2022-04-14T18:31:59","date_gmt":"2022-04-14T16:31:59","guid":{"rendered":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=45497"},"modified":"2022-04-23T18:33:56","modified_gmt":"2022-04-23T16:33:56","slug":"ps-imberakuri-rirashima-raporo-ya-amerika-yerekeranye-niyubahirizwa-byuburenganzira-bwikiremwamuntu-mu-rwanda","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ps-imberakuri-rirashima-raporo-ya-amerika-yerekeranye-niyubahirizwa-byuburenganzira-bwikiremwamuntu-mu-rwanda\/","title":{"rendered":"PS IMBERAKURI RIRASHIMA RAPORO YA AMERIKA YEREKERANYE N\u2019IYUBAHIRIZWA BY\u2019UBURENGANZIRA BW\u2019IKIREMWAMUNTU MU RWANDA"},"content":{"rendered":"<p>ITANGAZO RIGENEWE ABANYAMAKURU N\u00b0008\/PS.IMB\/NT.B\/ 2022<\/p>\n<p><strong>\u201cISHYAKA PS IMBERAKURI RIRASHIMA RAPORO YA LETA ZUNZE UBUMWE Z\u2019AMERIKA YEREKERANYE N\u2019IYUBAHIRIZWA BY\u2019UBURENGANZIRA BW\u2019IKIREMWAMUNTU MU RWANDA ARIKO NI NA NGOMBWA KO IKURIKIRWA N\u2019IBIKORWA\u201d<\/strong><\/p>\n<p>Muri raporo yashyizwe ku mugaragaro irebana n\u2019ukuntu uburenganzira bw\u2019ikiremwamuntu bwubahirijwe mu Rwanda mu mwaka ushize wa 2021, Leta Zunze Ubumwe z\u2019Amerika ziratunga agatoki ku buryo butaziguye ukuntu Leta y\u2019u Rwanda iyobowe na FPR yahonyanze bidasubirwaho uburenganzira bw\u2019ikiremwamuntu dore ko yabigize intwaro yo kuramba ku ubutegetsi.<\/p>\n<p>Ishyaka PS Imberakuri rirashima byimazeyo igihugu cya Leta Zunze Ubumwe z\u2019Amerika kuba kitavuze kiziga ikibazo cy\u2019uburenganzira bw\u2019ikiremwamuntu bukomeje guhonyangwa na Leta y\u2019u Rwanda uko umwaka uhise undi ugataha dore ko ihora itungwa agatoki muri raporo zose zikorwa buri mwaka.<\/p>\n<p>Ariko, nubwo Ishyaka PS Imberakuri rishima iyi raporo, rirasanga ari ngombwa ko igihugu cya Leta Zunze Ubumwe z\u2019Amerika gitera indi ntambwe maze kigafatira ibyemezo Leta y\u2019u Rwanda yakomeje kudaha agacira raporo zose zakozwe n\u2019iki gihugu ku birebana n\u2019uburenganzira bw\u2019ikiremwamuntu cyane cyane ko uko umwaka ushize ibintu birushaho kumera nabi mu Rwanda.<\/p>\n<p>Muri urwo rwego, birakwiye ko abafite uruhare bose mu guhungabanyanga uburenganzira bw\u2019ikiremwamuntu mu Rwanda bafatirwa ibihano ku giti cyabo bwite ariko Leta ya FPR nayo igafatirwa ibihano byo mu rwego rw\u2019ubukungu cyane cyane mu birebana no guhagarikirwa imfashanyo kuko izi mfashanyo bigaragara ko zishobora kuba zidakoreshwa mu nyungu za rubanda ahubwo zikaba zishobora kuba zikoreshwa mu bikorwa byo guhungabanya uburenganzira bwabo.<\/p>\n<p>Ishyaka PS Imberakuri rirasanga igihe ari iki cyo gufata ibyo bihano cyane cyane ko igihugu cya Leta Zunze Ubumwe z\u2019Amerika gisohoye iyi raporo mu gihe abatavugarumwe na Leta y\u2019u Rwanda baba imbere mu gihugu, abanyamakuru ndetse n\u2019izindi mpirimbanyi bakomeje gutotezwa, kuburirwa irengero, gufungwa n\u2019ibindi bikorwa bihungabanya uburenganzira bw\u2019ikiremwamuntu.<\/p>\n<p>Ishyaka PS Imberakuri rirasanga kuba Leta Zunze Ubwumwe z\u2019Amerika zisukiranya uko umwaka utashye raporo zinenga u Rwanda nyamara ntizifatire ibihano abo bose babigizemo uruhare nk\u2019uko zibikora mu bindi bihugu bituma izi raporo zishyira Abanyarwanda mu rujijo kandi zikaba zafatwa nka raporo za nyirarureshwa naho Leta y\u2019u Rwanda ikazifata nk\u2019ibikangisho.<\/p>\n<p>Bikorewe i Kigali, kuwa 14 Mata 2022<\/p>\n<p><strong>Me NTAGANDA Bernard<\/strong><br \/>\nPrezida Fondateri wa PS Imberakuri (S\u00e9)<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>ITANGAZO RIGENEWE ABANYAMAKURU N\u00b0008\/PS.IMB\/NT.B\/ 2022 \u201cISHYAKA PS IMBERAKURI RIRASHIMA RAPORO YA LETA ZUNZE UBUMWE Z\u2019AMERIKA YEREKERANYE N\u2019IYUBAHIRIZWA BY\u2019UBURENGANZIRA BW\u2019IKIREMWAMUNTU MU RWANDA ARIKO NI NA NGOMBWA KO IKURIKIRWA N\u2019IBIKORWA\u201d Muri raporo yashyizwe ku mugaragaro irebana n\u2019ukuntu uburenganzira bw\u2019ikiremwamuntu bwubahirijwe mu Rwanda mu mwaka ushize wa 2021, Leta Zunze Ubumwe z\u2019Amerika ziratunga agatoki ku buryo butaziguye ukuntu [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":10055,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[45],"tags":[],"class_list":["post-45497","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amatangazo"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>PS IMBERAKURI RIRASHIMA RAPORO YA AMERIKA YEREKERANYE N\u2019IYUBAHIRIZWA BY\u2019UBURENGANZIRA BW\u2019IKIREMWAMUNTU MU RWANDA - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ps-imberakuri-rirashima-raporo-ya-amerika-yerekeranye-niyubahirizwa-byuburenganzira-bwikiremwamuntu-mu-rwanda\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"PS IMBERAKURI RIRASHIMA RAPORO YA AMERIKA YEREKERANYE N\u2019IYUBAHIRIZWA BY\u2019UBURENGANZIRA BW\u2019IKIREMWAMUNTU MU RWANDA - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"ITANGAZO RIGENEWE ABANYAMAKURU N\u00b0008\/PS.IMB\/NT.B\/ 2022 \u201cISHYAKA PS IMBERAKURI RIRASHIMA RAPORO YA LETA ZUNZE UBUMWE Z\u2019AMERIKA YEREKERANYE N\u2019IYUBAHIRIZWA BY\u2019UBURENGANZIRA BW\u2019IKIREMWAMUNTU MU RWANDA ARIKO NI NA NGOMBWA KO IKURIKIRWA N\u2019IBIKORWA\u201d Muri raporo yashyizwe ku mugaragaro irebana n\u2019ukuntu uburenganzira bw\u2019ikiremwamuntu bwubahirijwe mu Rwanda mu mwaka ushize wa 2021, Leta Zunze Ubumwe z\u2019Amerika ziratunga agatoki ku buryo butaziguye ukuntu [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ps-imberakuri-rirashima-raporo-ya-amerika-yerekeranye-niyubahirizwa-byuburenganzira-bwikiremwamuntu-mu-rwanda\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2022-04-14T16:31:59+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2022-04-23T16:33:56+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2015\/04\/Bernard-Ntaganda.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"960\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"720\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ps-imberakuri-rirashima-raporo-ya-amerika-yerekeranye-niyubahirizwa-byuburenganzira-bwikiremwamuntu-mu-rwanda\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ps-imberakuri-rirashima-raporo-ya-amerika-yerekeranye-niyubahirizwa-byuburenganzira-bwikiremwamuntu-mu-rwanda\/\",\"name\":\"PS IMBERAKURI RIRASHIMA RAPORO YA AMERIKA YEREKERANYE N\u2019IYUBAHIRIZWA BY\u2019UBURENGANZIRA BW\u2019IKIREMWAMUNTU MU RWANDA - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ps-imberakuri-rirashima-raporo-ya-amerika-yerekeranye-niyubahirizwa-byuburenganzira-bwikiremwamuntu-mu-rwanda\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ps-imberakuri-rirashima-raporo-ya-amerika-yerekeranye-niyubahirizwa-byuburenganzira-bwikiremwamuntu-mu-rwanda\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2015\/04\/Bernard-Ntaganda.jpg\",\"datePublished\":\"2022-04-14T16:31:59+00:00\",\"dateModified\":\"2022-04-23T16:33:56+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ps-imberakuri-rirashima-raporo-ya-amerika-yerekeranye-niyubahirizwa-byuburenganzira-bwikiremwamuntu-mu-rwanda\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ps-imberakuri-rirashima-raporo-ya-amerika-yerekeranye-niyubahirizwa-byuburenganzira-bwikiremwamuntu-mu-rwanda\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ps-imberakuri-rirashima-raporo-ya-amerika-yerekeranye-niyubahirizwa-byuburenganzira-bwikiremwamuntu-mu-rwanda\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2015\/04\/Bernard-Ntaganda.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2015\/04\/Bernard-Ntaganda.jpg\",\"width\":960,\"height\":720,\"caption\":\"Me Bernard Ntaganda\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ps-imberakuri-rirashima-raporo-ya-amerika-yerekeranye-niyubahirizwa-byuburenganzira-bwikiremwamuntu-mu-rwanda\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"PS IMBERAKURI RIRASHIMA RAPORO YA AMERIKA YEREKERANYE N\u2019IYUBAHIRIZWA BY\u2019UBURENGANZIRA BW\u2019IKIREMWAMUNTU MU RWANDA\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"PS IMBERAKURI RIRASHIMA RAPORO YA AMERIKA YEREKERANYE N\u2019IYUBAHIRIZWA BY\u2019UBURENGANZIRA BW\u2019IKIREMWAMUNTU MU RWANDA - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ps-imberakuri-rirashima-raporo-ya-amerika-yerekeranye-niyubahirizwa-byuburenganzira-bwikiremwamuntu-mu-rwanda\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"PS IMBERAKURI RIRASHIMA RAPORO YA AMERIKA YEREKERANYE N\u2019IYUBAHIRIZWA BY\u2019UBURENGANZIRA BW\u2019IKIREMWAMUNTU MU RWANDA - Umunyarwanda","og_description":"ITANGAZO RIGENEWE ABANYAMAKURU N\u00b0008\/PS.IMB\/NT.B\/ 2022 \u201cISHYAKA PS IMBERAKURI RIRASHIMA RAPORO YA LETA ZUNZE UBUMWE Z\u2019AMERIKA YEREKERANYE N\u2019IYUBAHIRIZWA BY\u2019UBURENGANZIRA BW\u2019IKIREMWAMUNTU MU RWANDA ARIKO NI NA NGOMBWA KO IKURIKIRWA N\u2019IBIKORWA\u201d Muri raporo yashyizwe ku mugaragaro irebana n\u2019ukuntu uburenganzira bw\u2019ikiremwamuntu bwubahirijwe mu Rwanda mu mwaka ushize wa 2021, Leta Zunze Ubumwe z\u2019Amerika ziratunga agatoki ku buryo butaziguye ukuntu [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ps-imberakuri-rirashima-raporo-ya-amerika-yerekeranye-niyubahirizwa-byuburenganzira-bwikiremwamuntu-mu-rwanda\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2022-04-14T16:31:59+00:00","article_modified_time":"2022-04-23T16:33:56+00:00","og_image":[{"width":960,"height":720,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2015\/04\/Bernard-Ntaganda.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ps-imberakuri-rirashima-raporo-ya-amerika-yerekeranye-niyubahirizwa-byuburenganzira-bwikiremwamuntu-mu-rwanda\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ps-imberakuri-rirashima-raporo-ya-amerika-yerekeranye-niyubahirizwa-byuburenganzira-bwikiremwamuntu-mu-rwanda\/","name":"PS IMBERAKURI RIRASHIMA RAPORO YA AMERIKA YEREKERANYE N\u2019IYUBAHIRIZWA BY\u2019UBURENGANZIRA BW\u2019IKIREMWAMUNTU MU RWANDA - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ps-imberakuri-rirashima-raporo-ya-amerika-yerekeranye-niyubahirizwa-byuburenganzira-bwikiremwamuntu-mu-rwanda\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ps-imberakuri-rirashima-raporo-ya-amerika-yerekeranye-niyubahirizwa-byuburenganzira-bwikiremwamuntu-mu-rwanda\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2015\/04\/Bernard-Ntaganda.jpg","datePublished":"2022-04-14T16:31:59+00:00","dateModified":"2022-04-23T16:33:56+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ps-imberakuri-rirashima-raporo-ya-amerika-yerekeranye-niyubahirizwa-byuburenganzira-bwikiremwamuntu-mu-rwanda\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ps-imberakuri-rirashima-raporo-ya-amerika-yerekeranye-niyubahirizwa-byuburenganzira-bwikiremwamuntu-mu-rwanda\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ps-imberakuri-rirashima-raporo-ya-amerika-yerekeranye-niyubahirizwa-byuburenganzira-bwikiremwamuntu-mu-rwanda\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2015\/04\/Bernard-Ntaganda.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2015\/04\/Bernard-Ntaganda.jpg","width":960,"height":720,"caption":"Me Bernard Ntaganda"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ps-imberakuri-rirashima-raporo-ya-amerika-yerekeranye-niyubahirizwa-byuburenganzira-bwikiremwamuntu-mu-rwanda\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"PS IMBERAKURI RIRASHIMA RAPORO YA AMERIKA YEREKERANYE N\u2019IYUBAHIRIZWA BY\u2019UBURENGANZIRA BW\u2019IKIREMWAMUNTU MU RWANDA"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/45497","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=45497"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/45497\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":45498,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/45497\/revisions\/45498"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/10055"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=45497"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=45497"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=45497"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}