{"id":45947,"date":"2022-06-14T22:48:07","date_gmt":"2022-06-14T20:48:07","guid":{"rendered":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=45947"},"modified":"2022-06-14T23:11:29","modified_gmt":"2022-06-14T21:11:29","slug":"itangazo-rigenewe-abanyamakuru-mu-kwitegura-chogm-leta-yu-rwanda-irarimbanyije-mu-guhisha-abakene-ariko-guhisha-ubukene-bwayo-byayinaniye","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/itangazo-rigenewe-abanyamakuru-mu-kwitegura-chogm-leta-yu-rwanda-irarimbanyije-mu-guhisha-abakene-ariko-guhisha-ubukene-bwayo-byayinaniye\/","title":{"rendered":"MU KWITEGURA CHOGM LETA Y\u2019U RWANDA IRARIMBANYIJE MU GUHISHA ABAKENE ARIKO GUHISHA UBUKENE BWAYO BYAYINANIYE\u2019\u2019"},"content":{"rendered":"<div class=\"page\" title=\"Page 1\">\n<div class=\"layoutArea\">\n<div class=\"column\">\n<p><iframe loading=\"lazy\"  id=\"_ytid_36687\"  width=\"640\" height=\"360\"  data-origwidth=\"640\" data-origheight=\"360\" src=\"https:\/\/www.youtube.com\/embed\/HwAGuVPsqzs?enablejsapi=1&#038;autoplay=0&#038;cc_load_policy=0&#038;cc_lang_pref=&#038;iv_load_policy=1&#038;loop=0&#038;modestbranding=0&#038;rel=1&#038;fs=1&#038;playsinline=0&#038;autohide=2&#038;theme=dark&#038;color=red&#038;controls=1&#038;\" class=\"__youtube_prefs__  epyt-is-override  no-lazyload\" title=\"YouTube player\"  allow=\"accelerometer; autoplay; clipboard-write; encrypted-media; gyroscope; picture-in-picture\" allowfullscreen data-no-lazy=\"1\" data-skipgform_ajax_framebjll=\"\"><\/iframe><\/p>\n<p>Kuva ku italiki ya 20 Kamena 2022 kugeza ku italiki ya 24 Kamena 2022, u Rwanda ruzakira inama izahuza abakuru b\u2019ibihugu n\u2019aba za guverinoma baturutse mu bihugu binyuranye bivuga ururimi rw\u2019 icyongereza izabera mu Murwa mukuru w\u2019u Rwanda Kigali.<\/p>\n<p>Mu rwego rwo kwitegura abo bashyitsi u Rwanda rufata nk\u2019imena mu gihe abatuye mu Mugi wa Kigali bababonamo nk\u2019icyicamahirwe, Leta y\u2019u Rwanda irimbanyije imyiteguru ititaye ku nyungu z\u2019Abanyarwanda batuye i Kigali.<\/p>\n<p>Abatavugarumwe na Leta y\u2019u Rwanda baba imbere mu gihugu batewe impungenge n\u2019 ibyemezo biri gufatwa na Leta y\u2019u Rwanda bibangamiye imibereho y\u2019abatuye i Kigali ndetse bikaba binahungabanya n\u2019uburenganzira bw\u2019ikiremwamuntu. Abatavugarumwe na Leta y\u2019u Rwanda baba imbere mu gihugu baramagana icyemezo cyafashwe na Ministeri y\u2019Uburezi cyo guhagarika amashuri yose akorera mu mugi wa Kigali mu gihe cy\u2019inama ya CHOGM kuko kibangamiye inyungu rusange z\u2019abana b\u2019u Rwanda zijyanye n\u2019uburezi buboneye kandi bikaba bibangamiye n\u2019abakora umwuga wo gutwara abantu harimo abatwara za bisi na moto bakura amaramuko mu gutwara abo banyeshuri.<\/p>\n<p>Kuba Leta y\u2019u Rwanda yafashe icyemezo cyo gufunga amashuri yose yo mu Mugi wa Kigali, ibi birerekana neza ko iri kwirinda kuzahura n\u2019ikibazo cy\u2019imodoka nyinshi zishobora gufunga imihanda mu gihe ba bashyitsi bayo b\u2019imena bazaba bajya mu nama cyangwa bazaba bazivamo, ibi bikaba byayitamaza maze igata ibaba dore ko ibeshya amahanga ko u Rwanda rwateye imbere mu bikorwaremezo by\u2019imihanda.<\/p>\n<p>Kuba rero Leta y\u2019u Rwanda igomba kwirarira ku bashyitsi bayo, Abatavugarumwe na Leta y\u2019u Rwanda baba imbere mu gihugu barasanga iki cyemezo cy\u2019urukozasoni cya Ministeri y\u2019Uburezi ari ikimenyetso simusiga kibanziriza ibindi byemezo bigiye gufatwa na Leta y\u2019u Rwanda byo guhagarika ibikorwa byose by\u2019urujya n\u2019uruza rw\u2019abatuye Umugi wa Kigali mu gihe inama ya CHOGM izaba irimbanyije, yirengagije ko abatuye mu Mugi wa Kigali abenshi babaho ari uko baciye inshuro; ibi bisa nk\u2019aho CHOGM izatera guma mu rugo y\u2019indi!<\/p>\n<p>Abatavugarumwe na Leta y\u2019u Rwanda baba imbere mu gihugu barasanga ibi ntawe byatangaza cyane cyane ko hari n\u2019ibindi byemezo byafashwe na Leta y\u2019u Rwanda byagiye by\u2019amaganwa n\u2019abanyapolitiki batavugarumwe nayo ndetse n\u2019imiryango iharanira uburenganzira bw\u2019ikiremwamuntu, birimo nko kubuza abatuye Umugi wa Kigali kujya gushakisha imibereho bazira gusa ko ari abakene kandi Leta y\u2019u Rwanda igomba kwereka abitabiriye inama ya CHOGM ko i Kigali nta bakene bahaba no kugaragaza ko Umugi wa Kigali ukeye dore ko na zimwe muri izo modoka zitwara abo banyeshuri zishaje.<\/p>\n<p>Mu gusoza, Abatavugarumwe na Leta y\u2019u Rwanda baba imbere mu gihugu barasaba Leta y\u2019u Rwanda kwirinda ibikorwa nk\u2019ibi byo kwirarira no kwigaragaza neza imbere y\u2019amahanga itegura inama nk\u2019izi kandi itaragira ibikorwaremezo by\u2019ingenzi kuko ibi ari byo byatumye, mu kwitegura iyi inama, ifata biriya byemezo bibangamira uburenganzira ntavogerwa, inyungu n\u2019ituze rusange bya rubanda. Barasanga kandi Ubuyobozi bwa Commonwealth butari bukwiye kwemerera igihugu nk\u2019u Rwanda kidafite ibikorwaremezo by\u2019ibanze ndetse kitubahiriza n\u2019amahameremezo y\u2019Umuryango wa Commonwealth kwakira inama nk\u2019iyI ya CHOGM.<\/p>\n<\/div>\n<\/div>\n<div class=\"layoutArea\">\n<div class=\"column\">\n<p>Bikorewe i Kigali, kuwa 14 Kamena 2022<\/p>\n<p><strong>Mme Victoire Ingabire Umuhoza<\/strong><\/p>\n<p>Prezidate wa DALFA UMURINZI (S\u00e9)<\/p>\n<p>Tel: +250 784 113 846<\/p>\n<\/div>\n<div class=\"column\">\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p><strong>Ma\u00eetre Ntaganda Bernard<\/strong><\/p>\n<p>Prezida Fondateri w\u2019Ishyaka PS Imberakuri. Kandida Prezida mu Matora ya 2024 (S\u00e9)<br \/>\nTel: +250 781 207 188<\/p>\n<\/div>\n<\/div>\n<\/div>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Kuva ku italiki ya 20 Kamena 2022 kugeza ku italiki ya 24 Kamena 2022, u Rwanda ruzakira inama izahuza abakuru b\u2019ibihugu n\u2019aba za guverinoma baturutse mu bihugu binyuranye bivuga ururimi rw\u2019 icyongereza izabera mu Murwa mukuru w\u2019u Rwanda Kigali. Mu rwego rwo kwitegura abo bashyitsi u Rwanda rufata nk\u2019imena mu gihe abatuye mu Mugi wa [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":7091,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[45],"tags":[],"class_list":["post-45947","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amatangazo"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>MU KWITEGURA CHOGM LETA Y\u2019U RWANDA IRARIMBANYIJE MU GUHISHA ABAKENE ARIKO GUHISHA UBUKENE BWAYO BYAYINANIYE\u2019\u2019 - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/itangazo-rigenewe-abanyamakuru-mu-kwitegura-chogm-leta-yu-rwanda-irarimbanyije-mu-guhisha-abakene-ariko-guhisha-ubukene-bwayo-byayinaniye\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"MU KWITEGURA CHOGM LETA Y\u2019U RWANDA IRARIMBANYIJE MU GUHISHA ABAKENE ARIKO GUHISHA UBUKENE BWAYO BYAYINANIYE\u2019\u2019 - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Kuva ku italiki ya 20 Kamena 2022 kugeza ku italiki ya 24 Kamena 2022, u Rwanda ruzakira inama izahuza abakuru b\u2019ibihugu n\u2019aba za guverinoma baturutse mu bihugu binyuranye bivuga ururimi rw\u2019 icyongereza izabera mu Murwa mukuru w\u2019u Rwanda Kigali. Mu rwego rwo kwitegura abo bashyitsi u Rwanda rufata nk\u2019imena mu gihe abatuye mu Mugi wa [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/itangazo-rigenewe-abanyamakuru-mu-kwitegura-chogm-leta-yu-rwanda-irarimbanyije-mu-guhisha-abakene-ariko-guhisha-ubukene-bwayo-byayinaniye\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2022-06-14T20:48:07+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2022-06-14T21:11:29+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/05\/ntaganda-ingabire.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"1306\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"1465\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/itangazo-rigenewe-abanyamakuru-mu-kwitegura-chogm-leta-yu-rwanda-irarimbanyije-mu-guhisha-abakene-ariko-guhisha-ubukene-bwayo-byayinaniye\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/itangazo-rigenewe-abanyamakuru-mu-kwitegura-chogm-leta-yu-rwanda-irarimbanyije-mu-guhisha-abakene-ariko-guhisha-ubukene-bwayo-byayinaniye\/\",\"name\":\"MU KWITEGURA CHOGM LETA Y\u2019U RWANDA IRARIMBANYIJE MU GUHISHA ABAKENE ARIKO GUHISHA UBUKENE BWAYO BYAYINANIYE\u2019\u2019 - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/itangazo-rigenewe-abanyamakuru-mu-kwitegura-chogm-leta-yu-rwanda-irarimbanyije-mu-guhisha-abakene-ariko-guhisha-ubukene-bwayo-byayinaniye\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/itangazo-rigenewe-abanyamakuru-mu-kwitegura-chogm-leta-yu-rwanda-irarimbanyije-mu-guhisha-abakene-ariko-guhisha-ubukene-bwayo-byayinaniye\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/05\/ntaganda-ingabire.jpg\",\"datePublished\":\"2022-06-14T20:48:07+00:00\",\"dateModified\":\"2022-06-14T21:11:29+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/itangazo-rigenewe-abanyamakuru-mu-kwitegura-chogm-leta-yu-rwanda-irarimbanyije-mu-guhisha-abakene-ariko-guhisha-ubukene-bwayo-byayinaniye\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/itangazo-rigenewe-abanyamakuru-mu-kwitegura-chogm-leta-yu-rwanda-irarimbanyije-mu-guhisha-abakene-ariko-guhisha-ubukene-bwayo-byayinaniye\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/itangazo-rigenewe-abanyamakuru-mu-kwitegura-chogm-leta-yu-rwanda-irarimbanyije-mu-guhisha-abakene-ariko-guhisha-ubukene-bwayo-byayinaniye\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/05\/ntaganda-ingabire.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/05\/ntaganda-ingabire.jpg\",\"width\":1306,\"height\":1465,\"caption\":\"Me Bernard Ntaganda na Mme Victoire Ingabire mu 2009\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/itangazo-rigenewe-abanyamakuru-mu-kwitegura-chogm-leta-yu-rwanda-irarimbanyije-mu-guhisha-abakene-ariko-guhisha-ubukene-bwayo-byayinaniye\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"MU KWITEGURA CHOGM LETA Y\u2019U RWANDA IRARIMBANYIJE MU GUHISHA ABAKENE ARIKO GUHISHA UBUKENE BWAYO BYAYINANIYE\u2019\u2019\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"MU KWITEGURA CHOGM LETA Y\u2019U RWANDA IRARIMBANYIJE MU GUHISHA ABAKENE ARIKO GUHISHA UBUKENE BWAYO BYAYINANIYE\u2019\u2019 - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/itangazo-rigenewe-abanyamakuru-mu-kwitegura-chogm-leta-yu-rwanda-irarimbanyije-mu-guhisha-abakene-ariko-guhisha-ubukene-bwayo-byayinaniye\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"MU KWITEGURA CHOGM LETA Y\u2019U RWANDA IRARIMBANYIJE MU GUHISHA ABAKENE ARIKO GUHISHA UBUKENE BWAYO BYAYINANIYE\u2019\u2019 - Umunyarwanda","og_description":"Kuva ku italiki ya 20 Kamena 2022 kugeza ku italiki ya 24 Kamena 2022, u Rwanda ruzakira inama izahuza abakuru b\u2019ibihugu n\u2019aba za guverinoma baturutse mu bihugu binyuranye bivuga ururimi rw\u2019 icyongereza izabera mu Murwa mukuru w\u2019u Rwanda Kigali. Mu rwego rwo kwitegura abo bashyitsi u Rwanda rufata nk\u2019imena mu gihe abatuye mu Mugi wa [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/itangazo-rigenewe-abanyamakuru-mu-kwitegura-chogm-leta-yu-rwanda-irarimbanyije-mu-guhisha-abakene-ariko-guhisha-ubukene-bwayo-byayinaniye\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2022-06-14T20:48:07+00:00","article_modified_time":"2022-06-14T21:11:29+00:00","og_image":[{"width":1306,"height":1465,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/05\/ntaganda-ingabire.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/itangazo-rigenewe-abanyamakuru-mu-kwitegura-chogm-leta-yu-rwanda-irarimbanyije-mu-guhisha-abakene-ariko-guhisha-ubukene-bwayo-byayinaniye\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/itangazo-rigenewe-abanyamakuru-mu-kwitegura-chogm-leta-yu-rwanda-irarimbanyije-mu-guhisha-abakene-ariko-guhisha-ubukene-bwayo-byayinaniye\/","name":"MU KWITEGURA CHOGM LETA Y\u2019U RWANDA IRARIMBANYIJE MU GUHISHA ABAKENE ARIKO GUHISHA UBUKENE BWAYO BYAYINANIYE\u2019\u2019 - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/itangazo-rigenewe-abanyamakuru-mu-kwitegura-chogm-leta-yu-rwanda-irarimbanyije-mu-guhisha-abakene-ariko-guhisha-ubukene-bwayo-byayinaniye\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/itangazo-rigenewe-abanyamakuru-mu-kwitegura-chogm-leta-yu-rwanda-irarimbanyije-mu-guhisha-abakene-ariko-guhisha-ubukene-bwayo-byayinaniye\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/05\/ntaganda-ingabire.jpg","datePublished":"2022-06-14T20:48:07+00:00","dateModified":"2022-06-14T21:11:29+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/itangazo-rigenewe-abanyamakuru-mu-kwitegura-chogm-leta-yu-rwanda-irarimbanyije-mu-guhisha-abakene-ariko-guhisha-ubukene-bwayo-byayinaniye\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/itangazo-rigenewe-abanyamakuru-mu-kwitegura-chogm-leta-yu-rwanda-irarimbanyije-mu-guhisha-abakene-ariko-guhisha-ubukene-bwayo-byayinaniye\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/itangazo-rigenewe-abanyamakuru-mu-kwitegura-chogm-leta-yu-rwanda-irarimbanyije-mu-guhisha-abakene-ariko-guhisha-ubukene-bwayo-byayinaniye\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/05\/ntaganda-ingabire.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/05\/ntaganda-ingabire.jpg","width":1306,"height":1465,"caption":"Me Bernard Ntaganda na Mme Victoire Ingabire mu 2009"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/itangazo-rigenewe-abanyamakuru-mu-kwitegura-chogm-leta-yu-rwanda-irarimbanyije-mu-guhisha-abakene-ariko-guhisha-ubukene-bwayo-byayinaniye\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"MU KWITEGURA CHOGM LETA Y\u2019U RWANDA IRARIMBANYIJE MU GUHISHA ABAKENE ARIKO GUHISHA UBUKENE BWAYO BYAYINANIYE\u2019\u2019"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/45947","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=45947"}],"version-history":[{"count":3,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/45947\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":45958,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/45947\/revisions\/45958"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/7091"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=45947"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=45947"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=45947"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}