{"id":45979,"date":"2022-06-15T23:31:40","date_gmt":"2022-06-15T21:31:40","guid":{"rendered":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=45979"},"modified":"2022-06-15T23:32:40","modified_gmt":"2022-06-15T21:32:40","slug":"leta-ya-uk-irateganya-urundi-rugendo-rwabasaba-ubuhungiro-nyuma-yurwaburijwemo","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-ya-uk-irateganya-urundi-rugendo-rwabasaba-ubuhungiro-nyuma-yurwaburijwemo\/","title":{"rendered":"Leta y&#8217;Ubwongereza irateganya urundi rugendo rw&#8217;abasaba ubuhungiro nyuma y&#8217;urwaburijwemo"},"content":{"rendered":"<div class=\"bbc-19j92fr essoxwk0\" dir=\"ltr\">\n<p class=\"bbc-ph03xj e1cc2ql70\" dir=\"ltr\">Leta y&#8217;Ubwongereza yavuze ko imyiteguro ikomeje y&#8217;urundi rugendo rw&#8217;indege rujyana mu Rwanda abasaba ubuhungiro bavuye mu Bwongereza.<\/p>\n<\/div>\n<div class=\"bbc-19j92fr essoxwk0\" dir=\"ltr\">\n<p class=\"bbc-ph03xj e1cc2ql70\" dir=\"ltr\">Urugendo rwa mbere rwaburijwemo ku wa kabiri nimugoroba habura iminota ngo indege ihaguruke.<\/p>\n<\/div>\n<div class=\"bbc-19j92fr essoxwk0\" dir=\"ltr\">\n<p class=\"bbc-ph03xj e1cc2ql70\" dir=\"ltr\">Uruhare rw&#8217;urukiko rw&#8217;Uburayi rw&#8217;uburenganzira bwa muntu (ruzwi nka ECHR, mu mpine) rwatumye habaho ukundi gutambamira iyo gahunda mu nkiko zo mu Bwongereza.<\/p>\n<\/div>\n<div class=\"bbc-19j92fr essoxwk0\" dir=\"ltr\">\n<p class=\"bbc-ph03xj e1cc2ql70\" dir=\"ltr\">Minisitiri w&#8217;umurimo n&#8217;ikiruhuko cy&#8217;izabukuru w&#8217;Ubwongereza Th\u00e9r\u00e8se Coffey yavuze ko leta &#8220;yatunguwe kandi ibabajwe&#8221; n&#8217;icyo cyemezo.<\/p>\n<\/div>\n<div class=\"bbc-19j92fr essoxwk0\" dir=\"ltr\">\n<p class=\"bbc-ph03xj e1cc2ql70\" dir=\"ltr\">Ariko yavuze ko &#8220;abanyamategeko ba minisiteri y&#8217;ubutegetsi bw&#8217;igihugu bamaze gukora ku bigiye gukurikiraho&#8221;.<\/p>\n<\/div>\n<div class=\"bbc-19j92fr essoxwk0\" dir=\"ltr\">\n<p class=\"bbc-ph03xj e1cc2ql70\" dir=\"ltr\">Ati: &#8220;Ndabizi ko abategetsi bamaze gutangira gutegura urugendo rukurikiyeho&#8221;.<\/p>\n<\/div>\n<div class=\"bbc-19j92fr essoxwk0\" dir=\"ltr\">\n<p class=\"bbc-ph03xj e1cc2ql70\" dir=\"ltr\">Aho, yasobanuraga intego ya leta y&#8217;Ubwongereza yo gushyiraho &#8220;inzira zitekanye ku bantu zo kubona ubuhungiro&#8221;.<\/p>\n<\/div>\n<div class=\"bbc-19j92fr essoxwk0\" dir=\"ltr\">\n<p class=\"bbc-ph03xj e1cc2ql70\" dir=\"ltr\">Umunyamategeko Geoffrey Robertson QC, washinze akaba anayobora inzu y&#8217;ubwunganizi Doughty Street Chambers yakoze ubwunganizi bw&#8217;ibanze ku Rwanda mu rukiko ECHR, yagize ati:<\/p>\n<\/div>\n<div class=\"bbc-19j92fr essoxwk0\" dir=\"ltr\">\n<p class=\"bbc-ph03xj e1cc2ql70\" dir=\"ltr\">&#8220;Kimwe mu bintu bituma Ubwongereza ari igihugu cy&#8217;igihangange&#8230; ni uko tuzakurikiza [ibyemezo by&#8217;] inkiko mpuzamahanga n&#8217;amategeko mpuzamahanga&#8221;.<\/p>\n<\/div>\n<div class=\"bbc-19j92fr essoxwk0\" dir=\"ltr\">\n<p class=\"bbc-ph03xj e1cc2ql70\" dir=\"ltr\">Iyi gahunda yo kohereza mu Rwanda abasaba ubuhungiro bavuye mu Bwongereza yatangajwe na leta mu kwezi kwa kane.<\/p>\n<\/div>\n<div class=\"bbc-19j92fr essoxwk0\" dir=\"ltr\">\n<p class=\"bbc-ph03xj e1cc2ql70\" dir=\"ltr\">Igamije kohereza ubutagaruka bamwe mu basaba ubuhungiro binjiye mu Bwongereza bambutse umuhora wa Channel (La Manche), bakaba ahubwo ari ho basaba ubuhungiro.<\/p>\n<\/div>\n<div class=\"bbc-19j92fr essoxwk0\" dir=\"ltr\">\n<p class=\"bbc-ph03xj e1cc2ql70\" dir=\"ltr\">Leta y&#8217;Ubwongereza yavuze ko iyi gahunda izaca intege abandi ntibambuke uwo muhora.<\/p>\n<div class=\"bbc-19j92fr essoxwk0\" dir=\"ltr\">\n<p class=\"bbc-ph03xj e1cc2ql70\" dir=\"ltr\">Ku wa kabiri nimugoroba, abantu bagera kuri barindwi bari bitezwe gukurwa mu Bwongereza bakajyanwa mu Rwanda n&#8217;indege yo mu bwoko bwa Boeing 767.<\/p>\n<\/div>\n<div class=\"bbc-19j92fr essoxwk0\" dir=\"ltr\">\n<p class=\"bbc-ph03xj e1cc2ql70\" dir=\"ltr\">Bigereranywa ko yari yakodeshejwe ku giciro cy&#8217;amapawundi 500,000 (angana na miliyoni 617 mu mafaranga y&#8217;u Rwanda).<\/p>\n<\/div>\n<div class=\"bbc-19j92fr essoxwk0\" dir=\"ltr\">\n<p class=\"bbc-ph03xj e1cc2ql70\" dir=\"ltr\">Minisitiri w&#8217;ubutegetsi bw&#8217;igihugu w&#8217;Ubwongereza Priti Patel yavuze ko &#8220;ababajwe&#8221; n&#8217;icyemezo cy&#8217;urwo rukiko ariko yongeraho ati: &#8220;Imyiteguro y&#8217;urugendo rukurikiyeho ubu iratangiye&#8221;.<\/p>\n<\/div>\n<div class=\"bbc-19j92fr essoxwk0\" dir=\"ltr\">\n<p class=\"bbc-ph03xj e1cc2ql70\" dir=\"ltr\">Iyo ndege yari yitezwe guhaguruka saa yine z&#8217;ijoro n&#8217;iminota 30 (22h30) ku isaha yo mu Bwongereza.<\/p>\n<\/div>\n<div class=\"bbc-19j92fr essoxwk0\" dir=\"ltr\">\n<p class=\"bbc-ph03xj e1cc2ql70\" dir=\"ltr\">Yari guhagurukira ku kibuga cy&#8217;indege cya gisirikare cy&#8217;i Wiltshire mu majyepfo ashyira uburengerazuba bw&#8217;Ubwongereza.<\/p>\n<\/div>\n<div class=\"bbc-19j92fr essoxwk0\" dir=\"ltr\">\n<p class=\"bbc-ph03xj e1cc2ql70\" dir=\"ltr\">Ariko umwanzuro w&#8217;urukiko ECHR rukorera i Strasbourg mu Bufaransa, uhagarika kohereza mu Rwanda umwe mu bagabo, wahageze nyuma gato ya saa moya n&#8217;iminota 30 (19h30).<\/p>\n<\/div>\n<div class=\"bbc-19j92fr essoxwk0\" dir=\"ltr\">\n<p class=\"bbc-ph03xj e1cc2ql70\" dir=\"ltr\">Uru rukiko rw&#8217;i Strasbourg &#8211; rutari urwego rw&#8217;umuryango w&#8217;Ubumwe bw&#8217;Uburayi ariko ruri mu kanama k&#8217;Uburayi, kagifata Ubwongereza nk&#8217;umunyamuryango wako &#8211; rwavuze ko umugabo w&#8217;Umunya-Iraq yari &#8220;mu byago byo kwangirika kudasanwa&#8221; iyo aguma muri iyo ndege.<\/p>\n<div class=\"bbc-19j92fr essoxwk0\" dir=\"ltr\">\n<p class=\"bbc-ph03xj e1cc2ql70\" dir=\"ltr\">Urukiko rukuru rw&#8217;i London rwari rwasanze uwo mugabo wiswe gusa KN ashobora gusubizwa mu Bwongereza mu gihe ubusabe bwe bwo kuburizamo gahunda yo kujyanwa mu Rwanda bwakwemerwa.<\/p>\n<\/div>\n<div class=\"bbc-19j92fr essoxwk0\" dir=\"ltr\">\n<p class=\"bbc-ph03xj e1cc2ql70\" dir=\"ltr\">Urukiko ECHR rwavuze ko uwo mugabo adakwiye koherezwa mu Rwanda kugeza hatangajwe icyemezo cyuzuye kijyanye no kumenya niba iyi gahunda ya leta ikurikije amategeko, kizafatwa n&#8217;urukiko rw&#8217;ikirenga, cyitezwe mu kwezi kwa karindwi.<\/p>\n<\/div>\n<div class=\"bbc-19j92fr essoxwk0\" dir=\"ltr\">\n<p class=\"bbc-ph03xj e1cc2ql70\" dir=\"ltr\">Minisitiri Coffey yavuze ko ari &#8220;ingenzi&#8221; ko leta yiga kuri icyo cyemezo cy&#8217;urukiko, cyabujije ko indege ya mbere itwaye abasaba ubuhungiro yerekeza mu Rwanda.<\/p>\n<\/div>\n<div class=\"bbc-19j92fr essoxwk0\" dir=\"ltr\">\n<p class=\"bbc-ph03xj e1cc2ql70\" dir=\"ltr\">Yavuze ko leta y&#8217;Ubwongereza yari &#8220;yateganyije ko habaho imbogamizi nyinshi zo mu rwego rw&#8217;amategeko&#8221; kandi ko &#8220;izashyigikira bikomeye&#8221; iyi gahunda.<\/p>\n<\/div>\n<div class=\"bbc-19j92fr essoxwk0\" dir=\"ltr\">\n<p class=\"bbc-ph03xj e1cc2ql70\" dir=\"ltr\">Yabwiye BBC ati: &#8220;Dufite amateka meza kandi turashaka gutuma duca intege inzira zidatekanye zinyuranyije n&#8217;amategeko zo kwinjira muri iki gihugu ari na ko tugumishaho inzira zitekanye kandi zikurikije amategeko&#8221;.<\/p>\n<\/div>\n<div class=\"bbc-19j92fr essoxwk0\" dir=\"ltr\">\n<p class=\"bbc-ph03xj e1cc2ql70\" dir=\"ltr\">Minisiteri y&#8217;ingabo z&#8217;Ubwongereza yavuze ko ku wa kabiri yatahuye abimukira 444 bambuka umuhora wa Channel mu Bwongereza bari mu mato (ubwato) matoya.<\/p>\n<\/div>\n<div class=\"bbc-19j92fr essoxwk0\" dir=\"ltr\">\n<p class=\"bbc-ph03xj e1cc2ql70\" dir=\"ltr\">Uyu ni wo mubare munini cyane ubayeho mu mezi abiri ashize, kuva ubwo abantu 562 batahurwaga bambuka Channel ku itariki ya 14 y&#8217;ukwezi kwa kane.<\/p>\n<\/div>\n<div class=\"bbc-19j92fr essoxwk0\" dir=\"ltr\">\n<p class=\"bbc-ph03xj e1cc2ql70\" dir=\"ltr\">Minisitiri w&#8217;ubutegetsi bw&#8217;igihugu w&#8217;Ubwongereza Patel yavuze ko &#8220;benshi mu bakuwe muri uru rugendo rw&#8217;indege bazashyirwa mu rukurikiyeho&#8221;.<\/p>\n<\/div>\n<div class=\"bbc-19j92fr essoxwk0\" dir=\"ltr\">\n<p class=\"bbc-ph03xj e1cc2ql70\" dir=\"ltr\">Yanavuze ko &#8220;bariyeri zakomeje kubaho zo mu rwego rw&#8217;amategeko&#8221; zisa n&#8217;izo leta yahuye na zo mu kundi kohereza abantu mu mahanga.<\/p>\n<\/div>\n<div class=\"bbc-19j92fr essoxwk0\" dir=\"ltr\">\n<p class=\"bbc-ph03xj e1cc2ql70\" dir=\"ltr\">Leta y&#8217;u Rwanda yavuze ko &#8220;idaciwe intege&#8221; no kuba indege ya mbere itashoboye kwerekeza i Kigali.<\/p>\n<\/div>\n<div class=\"bbc-19j92fr essoxwk0\" dir=\"ltr\">\n<p class=\"bbc-ph03xj e1cc2ql70\" dir=\"ltr\">Yavuze ko igikurikiza ibikubiye mu masezerano yagiranye n&#8217;Ubwongereza<\/p>\n<p dir=\"ltr\">BBC<\/p>\n<\/div>\n<\/div>\n<\/div>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Leta y&#8217;Ubwongereza yavuze ko imyiteguro ikomeje y&#8217;urundi rugendo rw&#8217;indege rujyana mu Rwanda abasaba ubuhungiro bavuye mu Bwongereza. Urugendo rwa mbere rwaburijwemo ku wa kabiri nimugoroba habura iminota ngo indege ihaguruke. Uruhare rw&#8217;urukiko rw&#8217;Uburayi rw&#8217;uburenganzira bwa muntu (ruzwi nka ECHR, mu mpine) rwatumye habaho ukundi gutambamira iyo gahunda mu nkiko zo mu Bwongereza. Minisitiri w&#8217;umurimo n&#8217;ikiruhuko [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[67],"tags":[],"class_list":["post-45979","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amahanga"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>Leta y&#039;Ubwongereza irateganya urundi rugendo rw&#039;abasaba ubuhungiro nyuma y&#039;urwaburijwemo - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-ya-uk-irateganya-urundi-rugendo-rwabasaba-ubuhungiro-nyuma-yurwaburijwemo\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Leta y&#039;Ubwongereza irateganya urundi rugendo rw&#039;abasaba ubuhungiro nyuma y&#039;urwaburijwemo - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Leta y&#8217;Ubwongereza yavuze ko imyiteguro ikomeje y&#8217;urundi rugendo rw&#8217;indege rujyana mu Rwanda abasaba ubuhungiro bavuye mu Bwongereza. Urugendo rwa mbere rwaburijwemo ku wa kabiri nimugoroba habura iminota ngo indege ihaguruke. Uruhare rw&#8217;urukiko rw&#8217;Uburayi rw&#8217;uburenganzira bwa muntu (ruzwi nka ECHR, mu mpine) rwatumye habaho ukundi gutambamira iyo gahunda mu nkiko zo mu Bwongereza. Minisitiri w&#8217;umurimo n&#8217;ikiruhuko [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-ya-uk-irateganya-urundi-rugendo-rwabasaba-ubuhungiro-nyuma-yurwaburijwemo\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2022-06-15T21:31:40+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2022-06-15T21:32:40+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-ya-uk-irateganya-urundi-rugendo-rwabasaba-ubuhungiro-nyuma-yurwaburijwemo\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-ya-uk-irateganya-urundi-rugendo-rwabasaba-ubuhungiro-nyuma-yurwaburijwemo\/\",\"name\":\"Leta y'Ubwongereza irateganya urundi rugendo rw'abasaba ubuhungiro nyuma y'urwaburijwemo - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"datePublished\":\"2022-06-15T21:31:40+00:00\",\"dateModified\":\"2022-06-15T21:32:40+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-ya-uk-irateganya-urundi-rugendo-rwabasaba-ubuhungiro-nyuma-yurwaburijwemo\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-ya-uk-irateganya-urundi-rugendo-rwabasaba-ubuhungiro-nyuma-yurwaburijwemo\/\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-ya-uk-irateganya-urundi-rugendo-rwabasaba-ubuhungiro-nyuma-yurwaburijwemo\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Leta y&#8217;Ubwongereza irateganya urundi rugendo rw&#8217;abasaba ubuhungiro nyuma y&#8217;urwaburijwemo\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Leta y'Ubwongereza irateganya urundi rugendo rw'abasaba ubuhungiro nyuma y'urwaburijwemo - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-ya-uk-irateganya-urundi-rugendo-rwabasaba-ubuhungiro-nyuma-yurwaburijwemo\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Leta y'Ubwongereza irateganya urundi rugendo rw'abasaba ubuhungiro nyuma y'urwaburijwemo - Umunyarwanda","og_description":"Leta y&#8217;Ubwongereza yavuze ko imyiteguro ikomeje y&#8217;urundi rugendo rw&#8217;indege rujyana mu Rwanda abasaba ubuhungiro bavuye mu Bwongereza. Urugendo rwa mbere rwaburijwemo ku wa kabiri nimugoroba habura iminota ngo indege ihaguruke. Uruhare rw&#8217;urukiko rw&#8217;Uburayi rw&#8217;uburenganzira bwa muntu (ruzwi nka ECHR, mu mpine) rwatumye habaho ukundi gutambamira iyo gahunda mu nkiko zo mu Bwongereza. Minisitiri w&#8217;umurimo n&#8217;ikiruhuko [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-ya-uk-irateganya-urundi-rugendo-rwabasaba-ubuhungiro-nyuma-yurwaburijwemo\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2022-06-15T21:31:40+00:00","article_modified_time":"2022-06-15T21:32:40+00:00","author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-ya-uk-irateganya-urundi-rugendo-rwabasaba-ubuhungiro-nyuma-yurwaburijwemo\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-ya-uk-irateganya-urundi-rugendo-rwabasaba-ubuhungiro-nyuma-yurwaburijwemo\/","name":"Leta y'Ubwongereza irateganya urundi rugendo rw'abasaba ubuhungiro nyuma y'urwaburijwemo - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"datePublished":"2022-06-15T21:31:40+00:00","dateModified":"2022-06-15T21:32:40+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-ya-uk-irateganya-urundi-rugendo-rwabasaba-ubuhungiro-nyuma-yurwaburijwemo\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-ya-uk-irateganya-urundi-rugendo-rwabasaba-ubuhungiro-nyuma-yurwaburijwemo\/"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-ya-uk-irateganya-urundi-rugendo-rwabasaba-ubuhungiro-nyuma-yurwaburijwemo\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Leta y&#8217;Ubwongereza irateganya urundi rugendo rw&#8217;abasaba ubuhungiro nyuma y&#8217;urwaburijwemo"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/45979","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=45979"}],"version-history":[{"count":3,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/45979\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":45982,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/45979\/revisions\/45982"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=45979"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=45979"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=45979"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}