{"id":46036,"date":"2022-06-21T23:29:21","date_gmt":"2022-06-21T21:29:21","guid":{"rendered":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=46036"},"modified":"2022-06-21T23:29:21","modified_gmt":"2022-06-21T21:29:21","slug":"agatsiko-kari-ku-ubutegetsi-i-kigali-kagaraguje-agati-abaturage","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/agatsiko-kari-ku-ubutegetsi-i-kigali-kagaraguje-agati-abaturage\/","title":{"rendered":"Agatsiko kari ku ubutegetsi i Kigali kagaraguje agati abaturage."},"content":{"rendered":"<p>Yanditswe na<b> KAMUFOZI\u00a0Samy <\/b><\/p>\n<p>Mu gihe Inama y\u2019ibihugu bihuriye ku rulimi ry\u2019icyongereza izateranira mu Rwanda, abenegihugu bibaza byinshi kuri uwo muryango. Ese uburenganzi bw\u2019ibanze bwa muntu ntacyo buwubwiye ku buryo ibyo bihugu byose byiyemeza gushyigikira u Rwanda mu bikorwa bigayitse ubutegetsi bugilira abaturage\u00a0?<\/p>\n<p>Uburenganzira bw\u2019ibanze bw\u2019ikiremwamuntu ni ubugara bwe mberenambere. Ibindi biza ari uko umuntu afite ubugara. Kubungabunga ubugara bwa muntu bisaba kurya agahaga. Nta we avuga atariye. Nta we ubaho atarya. Ntabyo azageraho atariye. Nta n\u2019ubwo umwana aziga ngo bijyemo atariye. Utariye ngo ahage ntazatekereza ibindi uretse ibiryo. Agatsiko kafashe igihugu bugwate gashyiraho ingamba zikenesha abaturge mu buryo bwose bushoboka.<span class=\"Apple-converted-space\">\u00a0<\/span><\/p>\n<p>\u00ab\u00a0Udakoranye inzara ntayikira\u00a0! \u00bb ni imvugo y\u2019abakurambere bacu. Ikibazo kigiiye kuba ingorabahizi ni uko n\u2019abagerageje gukorana ya nzara, Leta y\u2019u Rwanda ibabuza epfo na ruguru. Uwatinyutse kuvugira rubanda akabizira. Uvuze ko agtsiko gakandamije abaturge aregwa kugandisha rubanda, guhungabanya umutekano, guhamagalira abaturage kwanga ubutegetsi \u2026 n\u2019ibyo byaha byose bindi bigamije gucecekesha abantu. Abafunzwe bazira ko bavuze ibigoramye mu butegetsi bw\u2019i Kigali ni akangari. Gahunda yo gukenesha umuturage igiye kumara icya kane cy\u2019inyejana.<span class=\"Apple-converted-space\">\u00a0<\/span><\/p>\n<p>Ubundi bugome burenze ukwera bw\u2019agatsiko kaboshye u Rwanda bwanyujijwe mu mashuli n\u2019Uburezi bw\u2019abana ba rubanda. Abana b\u2019abubatse agatsiko biga mu mashuli ari ku rwengo mpuzamahanga mu gihe abana ba rubanda barangiza amashuli abanza batazi gusoma no kwandika. Ibyo gutekereza byo iyo Leta yasanze igomba kubatekerereza.<span class=\"Apple-converted-space\">\u00a0<\/span><\/p>\n<p>N\u2019ubwo bwose Abanyarwanda ari twe twenyine tugomba kwigobotora icyo gitugu n\u2019iryo kandamizwa twagaruweho, nasabaga abahagarariye ibihugu byabo muri uwo mulyango w\u2019ibihugu bihuriye ku rulimi ry\u2019icyongereza kubwira agatsiko kari ku ntebe i Kigali ko\u00a0: \u00ab\u00a0Umuti w\u2019ubutindi ni ukwanga guhemuka\u00a0\u00bb. Bareke gukomeza kwicira abaturage ku rwara nk\u2019inda. Maze bubake kandi bakorere icyo gihugu nk\u2019abazakiramba mo. Ubusanzwe bakora nk\u2019abacancuro. Ubukungu ni ubwo agatsiko, ibyinjiza amafaranga byose ni ibyo agatsiko. Ni mafia yo mu Rwanda. <span class=\"Apple-converted-space\">\u00a0<\/span><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Yanditswe na KAMUFOZI\u00a0Samy Mu gihe Inama y\u2019ibihugu bihuriye ku rulimi ry\u2019icyongereza izateranira mu Rwanda, abenegihugu bibaza byinshi kuri uwo muryango. Ese uburenganzi bw\u2019ibanze bwa muntu ntacyo buwubwiye ku buryo ibyo bihugu byose byiyemeza gushyigikira u Rwanda mu bikorwa bigayitse ubutegetsi bugilira abaturage\u00a0? Uburenganzira bw\u2019ibanze bw\u2019ikiremwamuntu ni ubugara bwe mberenambere. Ibindi biza ari uko umuntu afite [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":24698,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[78],"tags":[],"class_list":["post-46036","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-ibitekerezo"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v27.8 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Agatsiko kari ku ubutegetsi i Kigali kagaraguje agati abaturage. - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/agatsiko-kari-ku-ubutegetsi-i-kigali-kagaraguje-agati-abaturage\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Agatsiko kari ku ubutegetsi i Kigali kagaraguje agati abaturage. - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Yanditswe na KAMUFOZI\u00a0Samy Mu gihe Inama y\u2019ibihugu bihuriye ku rulimi ry\u2019icyongereza izateranira mu Rwanda, abenegihugu bibaza byinshi kuri uwo muryango. Ese uburenganzi bw\u2019ibanze bwa muntu ntacyo buwubwiye ku buryo ibyo bihugu byose byiyemeza gushyigikira u Rwanda mu bikorwa bigayitse ubutegetsi bugilira abaturage\u00a0? Uburenganzira bw\u2019ibanze bw\u2019ikiremwamuntu ni ubugara bwe mberenambere. Ibindi biza ari uko umuntu afite [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/agatsiko-kari-ku-ubutegetsi-i-kigali-kagaraguje-agati-abaturage\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2022-06-21T21:29:21+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/02\/nyuma-y_umuganda-abaturage-bagiranye-inama-n_abayobozi-717x400.gif\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"717\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"400\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/gif\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/agatsiko-kari-ku-ubutegetsi-i-kigali-kagaraguje-agati-abaturage\\\/#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/agatsiko-kari-ku-ubutegetsi-i-kigali-kagaraguje-agati-abaturage\\\/\"},\"author\":{\"name\":\"therwda\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"headline\":\"Agatsiko kari ku ubutegetsi i Kigali kagaraguje agati abaturage.\",\"datePublished\":\"2022-06-21T21:29:21+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/agatsiko-kari-ku-ubutegetsi-i-kigali-kagaraguje-agati-abaturage\\\/\"},\"wordCount\":319,\"commentCount\":0,\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/agatsiko-kari-ku-ubutegetsi-i-kigali-kagaraguje-agati-abaturage\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2018\\\/02\\\/nyuma-y_umuganda-abaturage-bagiranye-inama-n_abayobozi-717x400.gif\",\"articleSection\":[\"Ibitekerezo\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/agatsiko-kari-ku-ubutegetsi-i-kigali-kagaraguje-agati-abaturage\\\/#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/agatsiko-kari-ku-ubutegetsi-i-kigali-kagaraguje-agati-abaturage\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/agatsiko-kari-ku-ubutegetsi-i-kigali-kagaraguje-agati-abaturage\\\/\",\"name\":\"Agatsiko kari ku ubutegetsi i Kigali kagaraguje agati abaturage. - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/agatsiko-kari-ku-ubutegetsi-i-kigali-kagaraguje-agati-abaturage\\\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/agatsiko-kari-ku-ubutegetsi-i-kigali-kagaraguje-agati-abaturage\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2018\\\/02\\\/nyuma-y_umuganda-abaturage-bagiranye-inama-n_abayobozi-717x400.gif\",\"datePublished\":\"2022-06-21T21:29:21+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/agatsiko-kari-ku-ubutegetsi-i-kigali-kagaraguje-agati-abaturage\\\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/agatsiko-kari-ku-ubutegetsi-i-kigali-kagaraguje-agati-abaturage\\\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/agatsiko-kari-ku-ubutegetsi-i-kigali-kagaraguje-agati-abaturage\\\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2018\\\/02\\\/nyuma-y_umuganda-abaturage-bagiranye-inama-n_abayobozi-717x400.gif\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2018\\\/02\\\/nyuma-y_umuganda-abaturage-bagiranye-inama-n_abayobozi-717x400.gif\",\"width\":717,\"height\":400},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/agatsiko-kari-ku-ubutegetsi-i-kigali-kagaraguje-agati-abaturage\\\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Agatsiko kari ku ubutegetsi i Kigali kagaraguje agati abaturage.\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"url\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/author\\\/therwda\\\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Agatsiko kari ku ubutegetsi i Kigali kagaraguje agati abaturage. - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/agatsiko-kari-ku-ubutegetsi-i-kigali-kagaraguje-agati-abaturage\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Agatsiko kari ku ubutegetsi i Kigali kagaraguje agati abaturage. - Umunyarwanda","og_description":"Yanditswe na KAMUFOZI\u00a0Samy Mu gihe Inama y\u2019ibihugu bihuriye ku rulimi ry\u2019icyongereza izateranira mu Rwanda, abenegihugu bibaza byinshi kuri uwo muryango. Ese uburenganzi bw\u2019ibanze bwa muntu ntacyo buwubwiye ku buryo ibyo bihugu byose byiyemeza gushyigikira u Rwanda mu bikorwa bigayitse ubutegetsi bugilira abaturage\u00a0? Uburenganzira bw\u2019ibanze bw\u2019ikiremwamuntu ni ubugara bwe mberenambere. Ibindi biza ari uko umuntu afite [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/agatsiko-kari-ku-ubutegetsi-i-kigali-kagaraguje-agati-abaturage\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2022-06-21T21:29:21+00:00","og_image":[{"width":717,"height":400,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/02\/nyuma-y_umuganda-abaturage-bagiranye-inama-n_abayobozi-717x400.gif","type":"image\/gif"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/agatsiko-kari-ku-ubutegetsi-i-kigali-kagaraguje-agati-abaturage\/#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/agatsiko-kari-ku-ubutegetsi-i-kigali-kagaraguje-agati-abaturage\/"},"author":{"name":"therwda","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"headline":"Agatsiko kari ku ubutegetsi i Kigali kagaraguje agati abaturage.","datePublished":"2022-06-21T21:29:21+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/agatsiko-kari-ku-ubutegetsi-i-kigali-kagaraguje-agati-abaturage\/"},"wordCount":319,"commentCount":0,"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/agatsiko-kari-ku-ubutegetsi-i-kigali-kagaraguje-agati-abaturage\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/02\/nyuma-y_umuganda-abaturage-bagiranye-inama-n_abayobozi-717x400.gif","articleSection":["Ibitekerezo"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/agatsiko-kari-ku-ubutegetsi-i-kigali-kagaraguje-agati-abaturage\/#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/agatsiko-kari-ku-ubutegetsi-i-kigali-kagaraguje-agati-abaturage\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/agatsiko-kari-ku-ubutegetsi-i-kigali-kagaraguje-agati-abaturage\/","name":"Agatsiko kari ku ubutegetsi i Kigali kagaraguje agati abaturage. - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/agatsiko-kari-ku-ubutegetsi-i-kigali-kagaraguje-agati-abaturage\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/agatsiko-kari-ku-ubutegetsi-i-kigali-kagaraguje-agati-abaturage\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/02\/nyuma-y_umuganda-abaturage-bagiranye-inama-n_abayobozi-717x400.gif","datePublished":"2022-06-21T21:29:21+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/agatsiko-kari-ku-ubutegetsi-i-kigali-kagaraguje-agati-abaturage\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/agatsiko-kari-ku-ubutegetsi-i-kigali-kagaraguje-agati-abaturage\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/agatsiko-kari-ku-ubutegetsi-i-kigali-kagaraguje-agati-abaturage\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/02\/nyuma-y_umuganda-abaturage-bagiranye-inama-n_abayobozi-717x400.gif","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/02\/nyuma-y_umuganda-abaturage-bagiranye-inama-n_abayobozi-717x400.gif","width":717,"height":400},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/agatsiko-kari-ku-ubutegetsi-i-kigali-kagaraguje-agati-abaturage\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Agatsiko kari ku ubutegetsi i Kigali kagaraguje agati abaturage."}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/46036","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=46036"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/46036\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":46037,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/46036\/revisions\/46037"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/24698"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=46036"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=46036"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=46036"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}