{"id":4649,"date":"2014-01-10T18:57:46","date_gmt":"2014-01-10T16:57:46","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=4649"},"modified":"2014-01-10T18:57:46","modified_gmt":"2014-01-10T16:57:46","slug":"ishyaka-ps-imberakuri-ryihanganishije-umuyobozi-waryo-me-ntaganda-ndetse-rinasura-izindi-mfungwa-zifungiye-muri-gereza-ya-nyanza","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ishyaka-ps-imberakuri-ryihanganishije-umuyobozi-waryo-me-ntaganda-ndetse-rinasura-izindi-mfungwa-zifungiye-muri-gereza-ya-nyanza\/","title":{"rendered":"ISHYAKA PS IMBERAKURI RYIHANGANISHIJE UMUYOBOZI WARYO Me NTAGANDA NDETSE RINASURA IZINDI MFUNGWA ZIFUNGIYE MURI GEREZA YA NYANZA ."},"content":{"rendered":"<p>Nyuma yuko umubyeyi wa perezida fondateri w\u2019ishyaka PS Imberakuri yitabiye Imana ndetse n\u2019umuvandimwe w\u2019umuyobozi wungirije w\u2019ishyaka ;\u00a0Rigarutse kandi ku isurwa ry\u2019imfungwa ryakozwe uyu munsi kuwa 10\/01\/2014 ishyaka PS Imberakuri riratangariza abanyarwanda by\u2019umwihariko abaharanira impinduka ibi bikurikira.<!--more--><\/p>\n<p>Ishyaka ry\u2019Imberakuri rirashimira abarwanashyaka baryo bose ndetse n\u2019abaharanira impinduka y\u2019amahoro baribaye hafi mu rupfu rw\u2019umubyeyi w\u2019umuyobozi w\u2019ishyaka ndetse no mu rupfu rw\u2019umuvandimwe w\u2019umubozi w\u2019ishyaka wungirije.<\/p>\n<p>Ibi byose byatweretse ko tutari twenyine ku rugamba nubwo hakiri benshi bigira ba ntibindeba mu gufatanya n\u2019abandi mu byago. Ishyaka PS Imberakuri kandi rifatanyije nabagize umuryango w\u2019umuyobozi w\u2019ishyaka Me NTAGANDA Bernard uyu munsi kuwa 10\/01\/2014 bagiye kumwihanganisha aho afungiye muri gereza ya Nyanza ndetse baboneraho n\u2019umwanya wo gusura izindi mpirimbanyi za politiki zirimo umuyobozi wa PDP Imanzi bwana MUSHAYIDI Deo na Col HABIMANA Michel wahoze ari umuvugizi wa FDLR.<\/p>\n<p>Mu magambo ye bwite umuyobozi w\u2019ishyaka yishimiye abamusuye ndetse nuburyo abarwanashyaka b\u2019ishyaka babaye hafi umuryango we mu gihe cy\u2019urupfu rw\u2019umubyeyi we,ati rwose uwasiga yasiga Imberakuri nkamwe kuko ntimwigeze muntererana kandi ibyo mwakoze bihesha ishema perezida wanyu ndetse n\u2019ishyaka muri rusange,mugende mufatanye nabandi urugamba twatangiye murukomeze kandi nanjye ndaje mbafashe.<\/p>\n<p>Nk\u2019uko umuyobozi w\u2019ishyaka yabivuze ni nako abandi baryunzemo bose bahuriza ku mvugo igira uti mubura iki kugira muhuze imbaraga,ntacyo bimaze gutatanya imbaraga mwakagombye kurenga ibibatanya maze mukazirikana ko muri ku rugamba rumwe. Nyuma yo gusurwa abasuwe bishimiye igikorwa cya PS Imberakuri ndetse basaba ko ibyo batumye byashyika kubo bafatanyije urugamba.<\/p>\n<p>Twababwira ko umunyamabanga uhoraho bwana MWIZERWA Slyvere ariwe waruhagarariye ishyaka nyuma yo kurangiza amezi atandatu atemerwa gusura kuko yafunguwe,kuri uno munsi niho yarangije iyo minsi ubutegetsi bwa Kigali bwashyizeho yo gukomeza gutsikamira uburenganzira bwa muntu.<\/p>\n<p>Kubwa PS Imberakuri<\/p>\n<p><strong>Alexis BAKUNZIBAKE <\/strong><\/p>\n<p>Umuyobozi wungirije.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Nyuma yuko umubyeyi wa perezida fondateri w\u2019ishyaka PS Imberakuri yitabiye Imana ndetse n\u2019umuvandimwe w\u2019umuyobozi wungirije w\u2019ishyaka ;\u00a0Rigarutse kandi ku isurwa ry\u2019imfungwa ryakozwe uyu munsi kuwa 10\/01\/2014 ishyaka PS Imberakuri riratangariza abanyarwanda by\u2019umwihariko abaharanira impinduka ibi bikurikira.<\/p>\n","protected":false},"author":4,"featured_media":1191,"comment_status":"closed","ping_status":"closed","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[62],"tags":[],"class_list":["post-4649","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-politiki"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>ISHYAKA PS IMBERAKURI RYIHANGANISHIJE UMUYOBOZI WARYO Me NTAGANDA NDETSE RINASURA IZINDI MFUNGWA ZIFUNGIYE MURI GEREZA YA NYANZA . - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ishyaka-ps-imberakuri-ryihanganishije-umuyobozi-waryo-me-ntaganda-ndetse-rinasura-izindi-mfungwa-zifungiye-muri-gereza-ya-nyanza\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"ISHYAKA PS IMBERAKURI RYIHANGANISHIJE UMUYOBOZI WARYO Me NTAGANDA NDETSE RINASURA IZINDI MFUNGWA ZIFUNGIYE MURI GEREZA YA NYANZA . - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Nyuma yuko umubyeyi wa perezida fondateri w\u2019ishyaka PS Imberakuri yitabiye Imana ndetse n\u2019umuvandimwe w\u2019umuyobozi wungirije w\u2019ishyaka ;\u00a0Rigarutse kandi ku isurwa ry\u2019imfungwa ryakozwe uyu munsi kuwa 10\/01\/2014 ishyaka PS Imberakuri riratangariza abanyarwanda by\u2019umwihariko abaharanira impinduka ibi bikurikira.\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ishyaka-ps-imberakuri-ryihanganishije-umuyobozi-waryo-me-ntaganda-ndetse-rinasura-izindi-mfungwa-zifungiye-muri-gereza-ya-nyanza\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2014-01-10T16:57:46+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwandan\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwandan\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"1 minute\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ishyaka-ps-imberakuri-ryihanganishije-umuyobozi-waryo-me-ntaganda-ndetse-rinasura-izindi-mfungwa-zifungiye-muri-gereza-ya-nyanza\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ishyaka-ps-imberakuri-ryihanganishije-umuyobozi-waryo-me-ntaganda-ndetse-rinasura-izindi-mfungwa-zifungiye-muri-gereza-ya-nyanza\/\",\"name\":\"ISHYAKA PS IMBERAKURI RYIHANGANISHIJE UMUYOBOZI WARYO Me NTAGANDA NDETSE RINASURA IZINDI MFUNGWA ZIFUNGIYE MURI GEREZA YA NYANZA . - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ishyaka-ps-imberakuri-ryihanganishije-umuyobozi-waryo-me-ntaganda-ndetse-rinasura-izindi-mfungwa-zifungiye-muri-gereza-ya-nyanza\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ishyaka-ps-imberakuri-ryihanganishije-umuyobozi-waryo-me-ntaganda-ndetse-rinasura-izindi-mfungwa-zifungiye-muri-gereza-ya-nyanza\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"\",\"datePublished\":\"2014-01-10T16:57:46+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ishyaka-ps-imberakuri-ryihanganishije-umuyobozi-waryo-me-ntaganda-ndetse-rinasura-izindi-mfungwa-zifungiye-muri-gereza-ya-nyanza\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ishyaka-ps-imberakuri-ryihanganishije-umuyobozi-waryo-me-ntaganda-ndetse-rinasura-izindi-mfungwa-zifungiye-muri-gereza-ya-nyanza\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ishyaka-ps-imberakuri-ryihanganishije-umuyobozi-waryo-me-ntaganda-ndetse-rinasura-izindi-mfungwa-zifungiye-muri-gereza-ya-nyanza\/#primaryimage\",\"url\":\"\",\"contentUrl\":\"\",\"width\":\"225\",\"height\":\"225\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ishyaka-ps-imberakuri-ryihanganishije-umuyobozi-waryo-me-ntaganda-ndetse-rinasura-izindi-mfungwa-zifungiye-muri-gereza-ya-nyanza\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"ISHYAKA PS IMBERAKURI RYIHANGANISHIJE UMUYOBOZI WARYO Me NTAGANDA NDETSE RINASURA IZINDI MFUNGWA ZIFUNGIYE MURI GEREZA YA NYANZA .\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461\",\"name\":\"therwandan\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwandan\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwandan\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"ISHYAKA PS IMBERAKURI RYIHANGANISHIJE UMUYOBOZI WARYO Me NTAGANDA NDETSE RINASURA IZINDI MFUNGWA ZIFUNGIYE MURI GEREZA YA NYANZA . - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ishyaka-ps-imberakuri-ryihanganishije-umuyobozi-waryo-me-ntaganda-ndetse-rinasura-izindi-mfungwa-zifungiye-muri-gereza-ya-nyanza\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"ISHYAKA PS IMBERAKURI RYIHANGANISHIJE UMUYOBOZI WARYO Me NTAGANDA NDETSE RINASURA IZINDI MFUNGWA ZIFUNGIYE MURI GEREZA YA NYANZA . - Umunyarwanda","og_description":"Nyuma yuko umubyeyi wa perezida fondateri w\u2019ishyaka PS Imberakuri yitabiye Imana ndetse n\u2019umuvandimwe w\u2019umuyobozi wungirije w\u2019ishyaka ;\u00a0Rigarutse kandi ku isurwa ry\u2019imfungwa ryakozwe uyu munsi kuwa 10\/01\/2014 ishyaka PS Imberakuri riratangariza abanyarwanda by\u2019umwihariko abaharanira impinduka ibi bikurikira.","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ishyaka-ps-imberakuri-ryihanganishije-umuyobozi-waryo-me-ntaganda-ndetse-rinasura-izindi-mfungwa-zifungiye-muri-gereza-ya-nyanza\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2014-01-10T16:57:46+00:00","author":"therwandan","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwandan","Est. reading time":"1 minute"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ishyaka-ps-imberakuri-ryihanganishije-umuyobozi-waryo-me-ntaganda-ndetse-rinasura-izindi-mfungwa-zifungiye-muri-gereza-ya-nyanza\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ishyaka-ps-imberakuri-ryihanganishije-umuyobozi-waryo-me-ntaganda-ndetse-rinasura-izindi-mfungwa-zifungiye-muri-gereza-ya-nyanza\/","name":"ISHYAKA PS IMBERAKURI RYIHANGANISHIJE UMUYOBOZI WARYO Me NTAGANDA NDETSE RINASURA IZINDI MFUNGWA ZIFUNGIYE MURI GEREZA YA NYANZA . - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ishyaka-ps-imberakuri-ryihanganishije-umuyobozi-waryo-me-ntaganda-ndetse-rinasura-izindi-mfungwa-zifungiye-muri-gereza-ya-nyanza\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ishyaka-ps-imberakuri-ryihanganishije-umuyobozi-waryo-me-ntaganda-ndetse-rinasura-izindi-mfungwa-zifungiye-muri-gereza-ya-nyanza\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"","datePublished":"2014-01-10T16:57:46+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ishyaka-ps-imberakuri-ryihanganishije-umuyobozi-waryo-me-ntaganda-ndetse-rinasura-izindi-mfungwa-zifungiye-muri-gereza-ya-nyanza\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ishyaka-ps-imberakuri-ryihanganishije-umuyobozi-waryo-me-ntaganda-ndetse-rinasura-izindi-mfungwa-zifungiye-muri-gereza-ya-nyanza\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ishyaka-ps-imberakuri-ryihanganishije-umuyobozi-waryo-me-ntaganda-ndetse-rinasura-izindi-mfungwa-zifungiye-muri-gereza-ya-nyanza\/#primaryimage","url":"","contentUrl":"","width":"225","height":"225"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ishyaka-ps-imberakuri-ryihanganishije-umuyobozi-waryo-me-ntaganda-ndetse-rinasura-izindi-mfungwa-zifungiye-muri-gereza-ya-nyanza\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"ISHYAKA PS IMBERAKURI RYIHANGANISHIJE UMUYOBOZI WARYO Me NTAGANDA NDETSE RINASURA IZINDI MFUNGWA ZIFUNGIYE MURI GEREZA YA NYANZA ."}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461","name":"therwandan","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwandan"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwandan\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/4649","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/4"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=4649"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/4649\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=4649"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=4649"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=4649"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}